Higishwe umukobwa guhakanira umuntu wese ushaka kumukoresha imibonano kaboneke niyo yaba ari umukunzi we. Abana benshi ntibazi gukakana cyane cyane iyo agiye mu rukundo bwa mbere. Aba akeka ko umuntu uryamanye nawe aba yiteguye no kumutwara or siko biba biri.
Wouah.toutes mes félicitations Rose chérie kuntambwe nziza wateye kuri chaine yawe.imana ikomeze iguhe imigisha.Maman Mugwiza wacu ivyo avuze ni ukuri pee . Le problème de l'Afrique dans ce domaine c'est l'hypocrisie.En Europe bigisha le corps masculin et féminin et la contraception depuis la 6 ème primaire.bakura babizi ariko siko banywa iyo miti ariko baba Bazi ico gukora au cas où !!Erega izo pilules du lendemain nos enfants et petites sœurs africaines birigwa bafata nivyo bibi caneeee.
Mbona ikintu kididiza société muri rusange, ni uko higishwa urihande rumwe. Nk'ubwo hongerewe ibiganiro no ku bana b'abahungu Bari kubyiruka, nabyo bishobora gutanga impinduka nziza.
Abo ba defenda umuco n'idini barwanya kwirinda inda ku bangavu bakora iki? Ese abo bana batwara izo nda bari hehe? Nibaceceke rero hafatwe izindi ngamba. Ministre avuga ukuri ni bareke kwijijisha.
Gusura channel ya MUGWIZA
youtube.com/@MUGWIZAGERRY?si=MUigNETE-feti6C2
Naho kumuvugisha ni 0788350667
Urumunyabwenge mubyeyi❤ thx Rose ndagukunda❤
Mama Mugwiza komeza utambutse ibitekerezo byawe birimo ubuhanga bwimbitse kubyumva birasaba kubanza gusohoka muri comfort zone twiberamo , stay positive stay insipired and motiveted Mama ❤❤❤
Uyu mubyeyi ndamukunda cyane, murakoze kumuzana❤❤❤
Higishwe umukobwa guhakanira umuntu wese ushaka kumukoresha imibonano kaboneke niyo yaba ari umukunzi we. Abana benshi ntibazi gukakana cyane cyane iyo agiye mu rukundo bwa mbere. Aba akeka ko umuntu uryamanye nawe aba yiteguye no kumutwara or siko biba biri.
Amen
Nangye ndabyakiriye Mugwiza mwiza ❤
Ikiruta byose nuko baganirizwa bakanibutswa gutuza bakazirikana Ibyo bigishwa bakitwararika !
Naho ubundi turavomera mu kiva😊
Wouah.toutes mes félicitations Rose chérie kuntambwe nziza wateye kuri chaine yawe.imana ikomeze iguhe imigisha.Maman Mugwiza wacu ivyo avuze ni ukuri pee . Le problème de l'Afrique dans ce domaine c'est l'hypocrisie.En Europe bigisha le corps masculin et féminin et la contraception depuis la 6 ème primaire.bakura babizi ariko siko banywa iyo miti ariko baba Bazi ico gukora au cas où !!Erega izo pilules du lendemain nos enfants et petites sœurs africaines birigwa bafata nivyo bibi caneeee.
Uhummm arkoo Tujye dukoma urustyo n ingasire...
Abahungu bo, bana datongerwa ngo bumve ko nabo bibarebaa???
Ndamukunda Mugwiza
Mbona ikintu kididiza société muri rusange, ni uko higishwa urihande rumwe. Nk'ubwo hongerewe ibiganiro no ku bana b'abahungu Bari kubyiruka, nabyo bishobora gutanga impinduka nziza.
Nabahungu nabo nukubigisha kuko nabo Hari ibibareba kuko nibo bazitera
Nimwigishe abana umuco wo kwirinda gukora imibonano mpuzabitsina. Abakobwa birinde ababashuka, abahungu birinde kugira irari. Guha abana ibibarinda kubyara, nu ukubaha gutinyuka gusambana. Hari ibindi byakorwa byateza imbere urubyiruko rukaziteza imbere
Inyigisho n'ibiganiro bijye byibanda hose, yewe si no kwirinda inda zitateguwe gusa, bajye batozwa no kuzavamo abagabo beza, ababyeyi beza, kuko kenshi usanga habwirwa abakobwa n'abagore gusa.
Mugwize ubwenge amen
Welcome murwiza to rose tv show we love you ❤
koko ingaruka zo kubyara imburagihe ziri hejuru cyane
Biranezereje kumva umubyeyi wumvise ubuzima, akabuzirikana kandi akabitangaho n'ibitekerezo bye!!! Ndabashimiye!!!
Welcome Mubyeyi
Thank you ❤❤
Jyewe ndabishyigikiye kuko izindi nzira zose zarananiranye: uburere bw'ababyeyi, ubwo mw'ishuri, inyigisho za gikristu ndetse n'ubukangurambaga bwa leta. Umwana w'umukobwa niwe ugirwaho ingaruka zo gutwara inda itateganijwe, uwayimuteye yiraramiye. Niba umukobwa adafite imbaraga physique et ou morale yo kwanga iyo mibonano, then nafate iyo miti. Tugire dute se?
😢na bagore bakuru biratumanira nkanswe abana🙄nibabyige neza naho ubundi ni danger
Reka mbakurikire kuko ndabakunda we😘😘😘🙏🏾
Ariko uwo ministri uvuga ibyo harya sumwe wari warabiciye ku bitaro bya Ruhengeli.ibyo avuga arabizi.babyeyi murinde abana banyu.amazi si yayandi
Dukumbuye na Kanyana Gisele ,Ro na we mutuzanire
ukuri kuzuye pe.
Kuboneza urubyaro sibyo bikenewe kuruta kushyira imbaraga mukurwanya ubusambanyi mubangavu.
Wabirwanya ute??
Abo ba defenda umuco n'idini barwanya kwirinda inda ku bangavu bakora iki? Ese abo bana batwara izo nda bari hehe? Nibaceceke rero hafatwe izindi ngamba. Ministre avuga ukuri ni bareke kwijijisha.
MUGWIZA NTUKANSETSE NGO ELEPHANTIASIS YO MU GITSINA ? UBWOSE YASHOBORA KUGENDA?? CYABA KIRERETA