ITONDERE iyi mvugo utazicuza nyuma|URAHEMUKIRA umwana niba ukora iri KOSA nk'umubyeyi|Sr Immaculée
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 21 ก.ย. 2024
- Ikaze kuri SINAI TV. Ni urubuga rwa Gikristu rugufasha gukura mu buryo bw'Umwuka n'umubiri binyuze mu biganiro dukora bishingiye ku ijambo ry'Imana gusa.
A warm welcome to SINAI TV, one of the most trusted online Christian Television.
This TV brings you the good news of Jesus-Christ with people sharing their educational, informative, encouraging, and inspiring messages through the Word of God, life testimonies, and social life analyses about different topics.
All rights reserved.
Unauthorized use, modification or editing of the video without our permission is a violation of applicable laws.
REBA IGICE CYA MBERE cy'iki kiganiro hano:th-cam.com/video/my9IdQlk0tY/w-d-xo.html
Nize pe!
Ni ukuri
Ma soeur nuwo muri kumwe murakoze cyane Imana ibakomereze imigisha kdi ma soeur dushimira Imana yagugaye ingabire yo gufasha benshi mu nyigisho nzaza. Nyagasani naharirwe ikuzo n'ibisingizo ubu n'iteka those Amen! Turabakunda
Biratangaje ukunu uvuga situation zo mu ngo neza kandi uri utarashatse uri umubikira, ingabire y'Imana iratangaje! Ndagukunda ma soeur♥️ Nyagasani agukomeze
Hhhh ! Umenya ute ibyo utabamo ?
@@charleskazungu1454 umwuka wera .
Ubanza Ari impano y,Imana byo
Non,ariko yavutse mu muryango,ahubwo yarezwe neza muri za ndangagaciro.
@@alicekayihura3845 Aba baba barize barasomye ibitabo byinshi, ahubwo urwego barimo bumva byinshi bakuye mu miryango itandukanye.
Tureke imvugo nkiza Evode Uwizeye wifatiye ku gahanga Musenyeri wa Byumba ati avuga ibibazo by'ingo ataranashatse. Byose abitekereza nka Avocat mu mategeko...
Harya uwuremye amashuli ya Kaminuza yaba we yarigeze kuyiga ra? Experience nibwo bumenyi.
Murakoze ma Soeur. Uvuze rwose ibintu byingenzi . Abana bakeneye kubona uburenganzira bwo kubaho kandi umubyeyi utabikora akurikiranwe bibaye ngombwa bibe penal....kuko abana benshi babihomberamo bakagira ibikomere byo mu gihe kirekire.... .
Imana iguhe umugisha,uruhura imitima ya benshi
Twabuze abantimu bavugisha ukuri nkawe ma soeur. Ino topic irakomeye cyane kandi uyisobanuye neza
Nibyo cyane.Imana ikomeze kubana nawe.
Sr Immaculee, Imana ni umukozi wumuhanga, mpora nyishimira ko yakuremye. Gusa rero twe abanyarwanda iyo tuza kugira abameze nkawe benshi. Kuko inyigisho zawe iteka iyo nzumva ndatekereza nti iyaba hari nkabandi banyarwanda nka magana abiri(200) bafite ibitekerezo bizima nkibyawe nukuri hari byinshi byahinduka mu bantu biyi si ya none.
Murakoze kur'icyo kiganiro n'impanuro za sœur immaculé kuko byishi 90%umuntu yagira ngo niwe babgira.urakoze m'a sœur
Urakoze kuduhugura rwose.
Murakoze kunyigisho nziza muduhaye lmana ibahe umugisha
Ma soeur.
Urakoze cyane. Ugeze ahantu hakomeye cyane. Ndagukunda cyane. Ntugacike intege. Be blessed
Ma sœur lmana igume iguha inkomezi kugira ubandanye uhugura igihugu c'lmana. Umwana ni ingabire itangwa n'lmana n'ikimenyamenya nuko hari abamwifuza ntibamuronke. Rero kwica umwana mu buryo ubwaribwo bwose ni icaha gikomeye cane kandi kizana umuvumo ku muntu no mu muryango nyene. Imigambi yose ibihugu bifata ngo ni ukugabanya imvyaro tumenye ko ari ukuvuguruza lmana. Rero bitebe bitebuke lmana izobiduhanira
Ma sœur uturonkeje ikiganiro ngirakamaro nakwirikiye cane gose ndanezerewe cane
Ndifuza KO wobandanya utuyagira udukebura twebwe abavyeyi
Uhezagirwe
God bless you SISTER, I learnt more for sure
You have nice names my dear!
May God bless you dear Sister 🙏
My sinaï TV ndabemera. Noneho murandemeye pe! Ndabakunda ni ukuri
God bless you sister nukuri ♥️♥️♥️
Sr Immaculė💝💘💋💖💖💙🖤🖤❣❣💟💜💕💚🤍❤❤🖤🤎🤎 urwanda rufite byibuze abantu 5 mufite ukuri n'ubwenge nimpamo yo guhugura abantu ibibazo biri mumiryango byashira. IMANA IGUHE UMUGISHA
Ukuri 100%
Masoeur ndagukunda pe,uvuga ibintu biri ukuri koko,gusa abakeneye kwinjira muri famille Esperance babigenza gute,ndabikeneye
SOEUR IMMACULE IMANA IGUHE IMIGISHA
Iki kiganiro byaba byiba kigeze kubabyeyi benshi bashoboka, impungenge mfite nuko abagera kuri TH-cam ari bakeya.
Bajye bagikicisha kuri Radio Rwanda
Mwiriwe!
Murakoze ku bw'ikiganiro cyiza!
Bisaba icyi kwinjira muri famille Esperance?
Bagusubize nanjye numvireho
Nanjye nkeneye ku bimenya byaba byiza ma soeuragarutse abitubwiraho
Wubahwe ma soeur. Ariko uvuga nka ma fille Alliah
Ibi urimo uvuga nukuri 100%. Gutandukana kwababyeyi byanze bukunze byangiza ubwonko bw'abana, kandi bimukurikirana ubuzima bwe bwose
Be merciful and kind to all people if we want to have the right to call the true God our father, we must put into practice in our lives everything that the word of God says Jesus taught that we must be merciful and kind to all people even to our enemies read Luke chapter 6verse 32, to 36, if you want to have favor from the true God love others.
Urugo Ni urugendo rukomeye mbere yo gushinga urugo mugomba kubwizanya ukiri kose kubera ko urugo Ari ikintu gikomeye kndi cyubakira kukuri. Amateka yose ameza namabi yose agomba gusangirwa kugira urukundo ruzaryohe ,ukuri kubumanzi kubusugi ukuri kwanyu gusangiwe
Biriya bintera muzungu😀😀, Yewe Data we , Minerval se ivugana n umwana?🤔😁😁
Ark se domini kongukunda nzagirente
Ndabyubashye cyaane! Imana iguhe umugisha🙏
Uraterese izuba riva😀🤣
Nanjye ndamukunda, ni umunyamakuru w'umuhanga aganira neza😘
Nanjye ndamukunda, ni umunyamakuru w'umuhanga aganira neza😘
Nanjye ndamukunda, ku musozi we w'ivugabutumwa ahahagaze neza ni umunyamakuru w'umuhanga😘
Icyo ngukundira ni uko ubivugana n amarangamutima , ukagaragaza uko ubona ibintu
8000
Wavuga ntuvura ma soeur.
👍👍👍
Humura turumvanubwo amatwi avuniyemo ibiti
Sr murakoze kubwiki kiganiro, ariko ibyo byose nisi ya satan. Kubera ko utubaha Imana ntacyo atakora. Iyo nigahunda ya satan, kuko nki cyumba cyumukobwa ku mashuli kiba kirimo ibini byo kudasama, condom nikimwe mubikangurira urubyiruko kujya mubusambanyi. Ariko mw'ijuru hari Imana
Kwishyura minerval cg guhaha murugo wagirango nibyo dushakamo amahoro .dufite ikibazo isi yauzuyemo nyamwigendaho gusa.(égoïsme)lmana itubabarire
Nonese ubu mungire inama, ubu ko ababyeyi banjye batoraguye umwana ari uruhinja bakamufata bakamurera, bamwiyandikaho, none abantu ba abaturanyi batangiye kubwira umwana ngo twaramutoraguye tabibajije papa aramuhakanira. nonese ubu tuzabimubwire !? afite imyaka 6
Simbona ko mwobimubwira kubera mubimubwiye naho nukuraba uko meobimubwira ariko umwana ntakomeretswe nivyo muzoba umubwiye. Nukuraba I'm ugomba yoroheje kugira umwana Abe a l'aise ntabe traimatise
Nicogituma gushika uyu musi nkunda umugore wanje
Umugore yarambereye umufasha vyukuri aranderera abana neza. Baramukunda nawe arabakunda. Nucogituma gushika uyu musi nkunda
Oui ma soeur.nivyo jewe vyaranshikiye narafushije madamu wanje,ariko kurongora vyarabanje kungora nariinabihevye kubera abana yari yaransigiye. Nagiye kurongora aruko habaye pression yuwundi mugore anyemeje ko azondonkera umugore azonderera abana neza. Rero imana yarangiye imbere umugore ambera v
Uwo mwana aracyari muto cyane,nimumubwira ko mwamutoraguye kumuhana yakoze ikosa azajya yumva ko aruko mutamubyaye,nanjye ndamufite abaturanyi barabimubwira,namusobanuriye ko impamvu bavuga ko namutoraguye aruko inda yamfashe ngiye mu kazi nkamubyarira mu nzira ,n'abandi bana mbabwira aho nababyariye,umwana Niko abizi kdi niyo aganira n'abandi ubona yishimye ntacyo bimubwiye,gusa nateguye kuzabimubwira asoje tronc comun azaba akuze ubu afite imyaka 8 .
Ni ukuri pe,iyaba isi yarifite nibura 10% yabantu nka masele hano .
Nimunkurikire dufatanye kubaka dore gusenyuka kwumuryango wacu urikwiyongera.
th-cam.com/video/Cuj43ljdI20/w-d-xo.html