Umujyi wa Kigali uvuga ko witeguye gufasha imiryango 5 yari ifite inzu mu Mudugudu w’Urukumbuzi
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 16 เม.ย. 2023
- Join this channel to get access to perks:
/ @rwandantvrbahafiyawe
#RBANews #RBAAmakuru #Rwanda #RBAHafiYawe
Click here to SUBSCRIBE : th-cam.com/users/RwandanT...
Follow us on Twitter:
/ rbarwanda
/ rwandatv
/ kc2_rw
Follow us on IG:
/ rba.rwanda
Like us on Facebook: / rwandatvofficial
For more great content go to www.rba.co.rw and download our apps:
Android : play.google.com/store/apps/de...
iOS : apps.apple.com/app/app-name/i...
Ariko rero ibyo Dubai akora byo biteye ubwoba muzarebe Inzu ari kubaka ikanombe
rwose akwiye gukurikiranwa cg akazubaka niyo wukubakisha rukarakara neza byarutwa nibi bibazwe ababikoze ariko abaturage barengerwe rwose
Amafaranga ya leta apfubusa kweri. Nonese ayo bazazubakisha n'imishahara yabo cyangwa ni mumisoro yabaturange? Njye numva bakayabakase pe
Izi nyibako zifite ikizihishe inyuma si Dubai gusa
Mbega inzu😂😂😂 ubundi zubatswe abayobozi bareba he? Bajye bahita birukanwa kuko biragaragara ko ruswa mumyubakire ivuza ubuhuha
Abaturage baragowe pee!!
gusa baze bakemura ibibibazo bitaragiraho ingaruka umuturage!!
Mbere yo kugura inyubako ushora Miliyoni zirenga icumi y'amafaranga, niwegere inzobere ikugire inama umwishyure miliyoni imwe bityo bikurinde igihombo cy'aka kageni. Nimwitondere imiturire n'imyubakire kubera ko iyo bikozwe nabi biteza igihombo benshi.
Ntabwo ari Dubai wenyine.
Hari benshi bubaka inzu zo kugurisha bagenda basondeka.Nanjye byambayeho.
I kanombe zigiye zihari abantu bagombye kugenda basubiramo.
Iyo uvuganye n'abafundi bakubwira ko banyiri kuzubakisha bakoresha umufuka umwe wa sima ku ikamyo bakunze kwita Dyna.
BIRABABAJE RWOSE KUBONA AHANTU HUZUYE AMAZU ASIZE AMARANGI MEZA CYANE NYAMARA INYINSHI ARI NK'IBIHUMYO BIBORA.
😊
Poor quality sasa
Nimugumamo zirabagwaho
Reka nubundi bijyebigarukira leta nubundi bibabyakozwe mumanyanga.