Wifuza kumenya ibice binyuranye by' Igihugu cya Israel, bivugwa muri Bibiliya?(Igice cya 7)
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 5 ธ.ค. 2019
- Nshuti mukunzi w'Agakiza.org ni ikiganiro Ubutumwa bukiza, ikaze muri iki kiganiro tukwifurije guhemburwa nacyo wibuke kugisangiza abandi. Wifuza gusengerwa by'umwihariko cyangwa kugisha inama waduhamagara kuri 0788422984 (whatsapp), email: agakiza1975@gmail.com
- บันเทิง
Yesu abahezagire cyane.
Mbegamateka mezawe yanyayo ubundi twabyunvaga mubyandiswe tutabireba pasitor Desire lmana Ige iguhumugisha nawe mbonye na pasitro zigiricuti mwese ndabakunda. Cyane
Imana ibahezagira kutugezaho ivyovyiza
Imana izakujyane mwijuru udapfuye kuko uratangaje nahoraga untera intambwe bikanga ariko uko nkomeza kugukurikirana mbanumva Imana imaze kunyubaka kukigero gishimishije kdi nakomeje ❤😊
Murakoze cane
Rwose uvuze neza birababaje ko idini ry'ivanga na leta ni ikizira rwose
Ahhh wamuntuwe imana ikubabariri pe
Yesu azahagara mu kirere muzasome neza
Soma neza:
ZEKARIYA 14:4
Ariko kandi azanatunguka i Yerusalemu aje kwima ingoma y'imyaka 1000
Imana idutadare
Thx Paster
Ubarikiwe sana kubwo kudusangiza amateka yabakurambere bacu
You did great work.Be lessed
Imana iguhe umugisha kdi mwinshi cyane
Muraho imana ibane namwe ariko nifuzaga kubabaza ese haba hatuye abantu? kuko iyurebye amafoto ubona ntabantu baba murizo nzu murakoze muzadusobanurire
God bless 🙏 you ❤
Iki gihugu ko umbonye urwanda rukirusha kuba cyiza.burya abavuga ko Eden ari muri Africa yo hagati abantu bakwiriye kubireba neza
Nonese abayislaheri ntibasiga irangi amazu kombona zose ntakarangi
Mbega Aho Mariya yahambwe mwohatwereka. Mwebwe mujayo? KO hariho abavuga ngo ntiyzhambwe?
Urumugisha kuritwe past
Ntabwo inkike zubatswe munsi murongo itanu nubiri ahubwo igihe cyo gusana yerusalemu,kubaka impavu ndetse no gutegereza Mesiya byatwaye ibyumweru 70bya gihanuzi bihwanye niminsi 490 kuko umunsi umwe uhwanye n'umwaka icyo gikorwa cyamaze imyaka 490 uherereye muri -457mbere ya Christo kugeza muri 34 nyuma ya Christo ubwo Stefano yaterwaga amabuye hari hashize imyaka 490
Ubu wagiye udusobanurira ibyiza by'iwanyu ukareka kurindagira no kurindagiza abandi😂
Nzabanza menye ibice bigize u Rwanda, menye Africa.
Ibyo bindi ni inkuru wa mugani wanyu ngo inkurunziza😂
E ok bizagufasha iki kumenya ibice bigize urwanda
Ushobora gusanga urwanda nacyo urumariye Imana igutabare urarushyepe!
@@EnockSafari-pb6zn kumenya u Rwanda bizanshimish kurusha kumenya amahanga atampaye agaciro.
Kumenya Israel bimaze iki uretse gucurama ubwenge??
Ubu wasanga nawe uvuga ngo uri umu Israel,🤣
Dushyize mu gaciro wowe wumva ko u Rwanda ntacyo ndumariye
Wasanga Ari wowe warubereye imfabusa kuko uri umunyarwanda wa Israel ntukiri uwacu
TURI BENSHI BISHIMIYE KUBONA AMASO KUMASO YIBYO DUSOMA WOWE UTUKABANTU NGO BARACURAMYE NTI DUTUNGUWE NA NTIKRISTO YESU MUSHUMBA WACU ARI MASO KUGEZA NAHO MUTUKANA MURAKABYAPE