MUYOBOKE AVUZE UBUGOME BWA COACH GAEL ARARIRAðYADUCIYEMO IBICEðLuckman Twari IncutiðĨšMelody Kuki ?
āļāļąāļ
- āđāļāļĒāđāļāļĢāđāđāļĄāļ·āđāļ 6 āļ.āļĒ. 2024
- Welcome to my new TH-cam Channel @DC TV RWANDA thanks to everyone's comfort message for the lost of first TH-cam Channel. the video started by ARCHIVE are the videos which deleted on our first TH-cam channel. if you have any advise, idea, don't hestate to send us Email on nt.claude95@gmail.com or Whatsapp number #dc_Clement_0723858815.
Tubahaye ikaze mwese kuri TH-cam Channel yacu nshyashya ya @DC TV RWANDA . dushimiye mwese mwatubaye hafi kubwo kubura Channel yacu yambere. video zose zitangizwa na ARCHIVE ni video twagaruye nyuma yo gusibwa kuri TH-cam yacu yambere. ufite ikibazo, igitekerezo cg inyunganizi, twandikire kuri Email: nt.claude95@gmail.com
cg kuri Whatsapp #0723858815 iyo numero wanayiduhamagaraho. Murakoze
Mwa bavanguzi b'amoko mwe Muyoboke n'agatsiko kawe, mureke kwironda musingiza ibidashinga murwanya the real talents z'abanyarwanda.
Reka mbabwire,Theben ni umunyamugisha cyane ko anitwa Mugisha.Abamurwanya baribeshya nta nagito bazamukoraho.Theben ni umunyamahoro agira umutima mwiza nta shyari agira yicisha bugufi nicyo Imana izamuzamurira.Jyewe twarabanye ndamuzi neza .Abamurwanya nibatitonda Imana izabakubita kubera Theben.
Cyaneee
Imana irahari Ben arasengeye ureke abo bapagani bashaka gusenya aba legend
ðĒâĪ nukuriiii
Ngabo Abanyarwanda batajya bifuza ko mwene wabo atera imbere , Ben iyo Imana yakwabitse igikundiro ntawe ufite ubushibizi bwo kukikwambura , abanyeshyari baziyahure tukuri inyuma
Wowe Brianne nta soni uravuga ngo baravuga imiryango!!!!! Ntuherutse kwibasira Maman Mugwiza ugashyiramo abana be!!!!! Nta sonið ð ð ð ð ð
Brianne ni ingegera y'imbobokazo
Brianne we yakabije gushyanuka bamurase kwazikwiruka none yarenze iwabo
Theben ariyubaha abatiyubaha nibo bamuzengereza,ni mugisha nkizina ryeâĪkuki mutsikamira abahanzi beza mugakunta abafite ubwiyemezi,kdi itiku muyoboke babwire kabisa gael na melody muzi aho amatiku nubugome aho byagejeje urwanda ni kujya kuri hit sukugambanira the ben erega turumva.ukuri
Good father ubundi ukunda iki ? Kuko nunva ibiganiro byawe nkunva urinjiji .
Ninjiji byahatari
Ninjiji cyane ahubwo abamwitaba nabo mbibazaho
ðððððð
@@shemajeandamour7719 ubundi wamugani abashoboza iki ðððĪĢ harimo ibanga
Yes! Ni bene za ngunguru zirimo ubusa.
Muyoboke mbona yaragize ikibazo cyuko haje undi muntu ufata umuhanzi akamufasha anashoyemo cash we yumvaga ariwe bazahora baririmba ngo niwe manager gusaðððð ibi yirirwa yitaka ntajyana bifite nareke abandi babe aribo bamuvuga ibigwi.nkunda ko gael yicecekera.
The ben ni king kbsa
Muyoboke urakoze kuvuga neza Ben rwose akwiye ibyizaaa
Ark ibu mwibagiwe intambara ya diamond na alikiba ibi bizarangira ch
Cyakoza sinarinziko muri 2023 abanyarwanda bazangira umuntu wuju urwango ,ubugome ubujiji nka Godfather maze namwe mukamwumva can you imagine muyoboke kwita Godfather nkaho ari minister nibaranahura oww lord
Amateka atandukanye nubugambo . Nimwe mwishe umuziki
Good father ngewe mbona yarigize igitangaza. Ese ubundi uwo Good father niki mu bintu? Yigize igitangazaaaaa!!!! Impamvu batagusubiza nuko utari muri classe imwe nabo. Baba bagusuzuguye kuko urasuzuguritse. Voilà .
Godfather urintwari ukuri guca muziko ntigushye,melody na gael bafite ubugome sinziko umusic nyarwanda uzongera gukundðŪwa kebera abobagabo babagome ibibuka igihe ,meddy,manimarite,theben,dream boyz na knowless,na tom close,kitoko na bandi kobyari byiza bakundana ariko uwo melody aho aje mumusic nyarwanda uretse abameze nkawe abandi twese twiyumvura gosple sawa mukumire ubugome bakiri kare tube abanyarwanda bazima batari indryarya,ubucakura sibya bigutera hit,ndavuga abo bagabo2
Ibi byose ni Gael wabizanye ngo afite amaf Kandi DC yarabivuze muramuseka.Gael azawica muraho mureba ngo nibisanzwe.Tjr Gael
ðĒnukuri
Sister bawishe kera. Muribuka Jay polly abanyamakuru bose bamwanga kuko yavuze ukuri. Ko batasakuje abo bamuyoboke basakuze bavuge ko polly icyogihe yarenganye ko itangazamakuru ryica umuziki? Njyewe icyo ntemera nukwataka umuryango ark ibindi byose bya music nimwe mubyica . Amaruswa yo mwayatanze kera. Ubu c odda paccy arihe ? Siwoe muyoboke wamurangije? Abanyamukuru bo iyo mbumvise ngira ikirungurira.
Iki kigoryi ngo godfather ngo ntago cyabyihanganira wowe se urigiki muri Rwandan music
Amba! Ukuri kuzababatura, avuze uko byagenze ngo ahagomba kubera igitaramo ntaho bihuriye nibihuha mwakwirakwije ngo Gael niwe wishyuraga?:ndumiwe nari nababwiye ko Gael atatanga cash ziwe ngo arishyura ibintu bitarimo inyungu ari muri business , Gael azabarege ko mwakwirakwije ibihuha bigamije kwangisha abantu undi
Bose bruce na ben ni abakozi ark muyoboke nawe gabanya kwirata inkovu z imiringa niba warakoze nuko nyine ntagahora gahanze man
Mwese muregera papa wanyu za godfather ðð mureke gael sha âĨïļ
Mwariye show mwibagirwa businessððð
Muyoboke numubabo afasha nabo atazi ndabazi yafashije umuvandimwe wajye wumuhanzi na jihad yubahweeeee nawe yaramufashijepeee
Abanyamakuru na bwenge mugira nimwe muteranya abantu
Niyo mpamvu Meddy yabaye abihoreye ngo mukomeze mwivurugute mwe nyine muriyi myanda yanyu.Gael n'umugome kubigaragara
Abanyamakuru nimwe mwica ibintu kubera ko mwari waramenyereye kurya amaruswa mwkaka abahanzi amafaranga ubu rero ntibigikunda. Ese muyoboke twabwirwa niki niba ibyo avuga arukuri? Wagakwiye gukina amajwi ya muyoboke ark ugashaka na gael ibi wakoze ntibyemewe. Muvane amatiku mubahanzi bacu baduhe imiziki mureke kubaremamo urwango
Ese ubundi mureke mbabaze bifu niryari zitabaye . Nimwe mwishyuraga abanyamakuru ngo badakina music yabandi .
Muyoboke ubwatsi buruma hakaza ubundi igihe cyararangiye mubise Gael na bruce melody ubwose haje ba Rafiki miss jojo nabandi bavuga iki? Kuzima bibaho k john nabandi benshi Naho Gael we mureke ntazi abanyakigli azababaze Bad Rama naba Virgile mugenze gake naho Gael ni umushyongezi nkwbandi bose
Amarira n'amatikuð , Gael koko yabananije iki!??? Ibigwari gusaððð
ðĒNgaho mubashoborere
The Ben numukozi Kdi ariyubaha
Bruce melodie numukozi ariko ashaka kuvugwa
Aba bahanzi bose ntacyo bapfa ,ikibazo kiri kuri gael
Gael afitanye ikibazo na gael ibi bigomba gutuma Bruce melodie nawe abizamo
Ariko hagataho the Ben na melodie ntanakimwe bapfa
Nkatwe abafana ntitwite kubugoryi bwaba banyamakuru bashaka kwigira nyirandabizi bavuga ibisenya ibintu gusa
Gael nimungu nibyo ariko abanyamakuru nabo numuswa umunga igiti
Rata nimukumire ikibi kuko bitabaye ibyo ntaho twaba tugana ababyita amatiku ntibazi power of the word
Ahubwo se ubu Muyoboke uvuze iki ? Tuza nkuhe isomo nahuye naryo mu ubuzima nyuma yo kubona ko nafashije benshi ? ICYAPA KIKWEREKA AHO UJYA NTIKIKUGEZAYO ... please gabanya ubutiku ntawe wagiriye neza byari bimwe mu ibigize akazi kawe ... ngaho TUZA WA KIBWA WE ...
Njyewe nabuze urwo rukundo rwumuziki mugira. Urwo rukundo rurihe iwacu music igihe mwavugiye ninde wayivuze? Clistopher ninde wamucuze ko ari muri tour muri USA ninde umuvugaho? Urwo rukundo rwumuziki rurihe? Njyewe icyo ntemera nimiryango ark ibindi byose bavuga nukurengera uwo muhagarariye. Dutegereje final. Byose muzasanga arugutwika
Ese uragirango abantu bagendere kubitrkerezo byawe gusa ðibintu byarahindutse muyoboke we urashaje hindura uburyo bugezwehoð
Mwaragowe
Muyoboke yinjiye nimiziki (manager) ashaka gukamura abo a managing none haje ushora inote kugira umuhanzi yunguke nuwashoye yunguke none yazanye amatiku ese yagiye atandukana gute nabo yamanaginze Bose sibapfaga buriya ko acuruza umuziki wabo bo sibaronke we akaronka ...ko nabonye Bose batatandukanye neza ahubwo bazaze bavuge....cg nabo azake cash uriya wazanye the Ben nabo abeamenemo nkuko yazihaye DC clement nabo baze bavuge fake news nkizi.....DC Clement nabandi nkawe mwaretse the Ben na Bruce koko bakazamura umuziki wi Rwanda muri mubiki inzara ibakoreshe koko ðĒðĒðĒðĒ
Muyoboke we amashyari nawe arakwishe ese niba abikora mwaretse kwirirwa mumatiku mukajya kumurega muri abanyamatiku rwose
Mumubwire uyu mutama w uruhara ntiyumva ngira arananiw muri la tÊte ððhaha
Uvuze ukuri 100% peðððð
Gael na Bruce melody numunyamakuru utazi iyo yavuye luck winjinji wiryarya ndabaziye
Muve mumatiku mukore
Ariko muyoboke we reka nkubwire baravugango icyukoze ugisanga imbere the ben urigushima wita umurokore lmana ije ikamwerekana ubuhemu akorera abantu yitwikiriye uburokore ngewe amarira narize kubera ubuhemu yankoreye akanyambura naramufashije ntamahoro azagira iyisi irishyura izamwishyura kandi singewe ngenyine the ben numwambuzi kandi yitwaje ngo numurokore abeshya gusa widukanga kuko natwe the ben turamuzi nu mwambuzi numuhemu lmana izamugaragaza nawe warukwiriye kwibaza impamvu kuki bavuga kuri the ben gusa!??? Why ??? Ntanzu icumba umwotsi idafite umuriro
Muyoboke ubundi c ubusanzwe akora?
arko muyoboke konumva yivugira amateka ye
Muyoboke ibintu byose uvuga ubona haba huzuyemo amarangamutima yuzuye uburyarya ... icyo uba ugendereye ni ugutaranga abantu
Ndasaba The Ben kwicecekera akituriza ibi bizarangizwa nigihe
Ibi byose nugutwika. Ben yaramaze igihe kingana iki atavugwa ? So mureke gutwika ntamuziki. Muzane music twumve ibindi mubireke. Njyewe sinumva ukuntu melody agarukamo kandi ben na melody bavuga ko ntakibazo bafitanye. Niba ben yaratawe muri hotel ibyo ntibyakabaye ikibazo niba harikibazo yagiranye nuwamujyanye. Njyewe ndabemera mwese ark nakazi wururimo. Muyoboke yes ukunda music ark nakazi uba urimo . Dc clement siwe wavuze ukuntu mwahaga abanyamakuru ruswa ngo badakina imiziki yabandi? Uwo arisudi muvuga yakoze iki? Abanyamakuru mutekujya mubavuga mubantu bateza umuziki imbere. Hari bamwe bakoze ibyiza ark abenshi nibisambo. Abanyamakuru bateza umuziki imbere ntitwakumva radio ikina imiziki yohanze kuva mugitondo kugeza nijoro.
Harikintu gikomeye Ben abarusha kura guceceka nubutwari ahubwo rwose ndabona arumu kristo
Ubuc tubibutse ukuntu mwishyuraga abanyamakuru kugira ngo bakine music yabahanzi bamwe abandi babareke? Ubu c hip hop irihe? Simwe muyishe mutanga amafaranga kugira ngo bakinye ama rnb akinywe? Urwo rukundo rwumuziki nuruhe? Ubu ntamafaranga muvanayo mwabijyamo? Ahubwo mwamye mukorera abantu ubugome none namwe bibagezeho mutangiye kurira? Bruce na ben bavuga ko ntakibazo bafitanye ahubwo nimwe muri kubateranya. Ahubwo mureke ubujajwa muduhe show
Alex keep up ,I know gusa abanyarwanda ntibumva neza ukuntu music ðķ iri bon kurusha ibyo batiyumvisha mwakoze amateka buj, I wish next time u gona burn bruxelles âĪ
Wowese manage wakorikise
Tuzabakubita agakoni kundaâĪâĪ
Mury muva mumatiku abagabo nkamwe naho mutaniye nabagorr
Only jealous numvise mu ijambi rya muyoboke
Nakore agabanye indanini ibyuko yazamuye umuziki abivemo kuko igihe kigira ibyabyo
Muyoboke Alex nta Nkotanyi itsindwa tuzatsinda umwanzi
Ariko ibyo murimo murumva bizageza hehe uwo muziki murwanira ð ð ð aho gukora uraho utwiratira inkovu zimiringa gusa puu ð ð
Ariko Godfather urumugome Kweli ,ese ushimishwa niki koko niyo mpamvu namaraso yakugya kumubiri urimubi pee
Good
Narumugabo sijambo
Wowese aho uvugira uburi mu gihugu cyawe?!!! Ishyari gusa
Ayo mukubasubiza bajye babajyana mu mategeko iryo ni ishinyagurira abo banyamakuru bakora bajye babajyana mu nkiko babanze barye imvungure
Ndi hano the Ben ntawamuhagarika
Ariko disi the Ben bamuhora iki?kuburyo byagera aha.njye icyo maze kubona Team ya Gael irimo cya kigoryi kitwa fatakumavuta kuko nibyo bavuga uba wumva harimo ubugome bwinshi.
Ni ba kazungu
Nonese ko ataza ngo yivugire uwo Ben mwese muri ba Marira toka Kure wakibwa weð ð ð ð
Nagatwiko bashaka utu dutiku bazi ko aritwo dutwika tukazanira uwo bita ko yinasiwe igikundiro
Arko ubundi Gael wazengereje abantu ni umunyarwanda cg ni umurundi kuki adatabwa muri yombi umuntu ukora ibyo nin'umwanzi w'igihugu
ðNGO ni umurundi
Nuko nta cyaha yagirizwa dear! Kko ubuyobozi burahari nabwo bwumvise harimo ibigize ibyaha yamufata, so rero ibyo byose nibyo mumuhimbira kugira mumwangishe abantu
Igihe yahereye awubakase yawugejeje kuki abahanzi bose bamunyuze muntoki ububarihe ntungurwa nukuntu aza akigira mwiza nkaho amabaraye twayibagiwe navuge avuyaho
Harya wowe wakoze iki?
hhhhhhhhhhhhhhhh@@ntakirutimanaemmychris8549
Igicucu ð
ahubwo c iyo bitaba muyoboke uba aba bahanzi benshi baba arinzererezi zo kumihanda
Wagirango se akore iki kirenze kuba warabamenye? Kuki mbese ibyo mutakoze ubundi mubituma abandi? Nkawe usakuza wakoze iki kiruta icyo yakoze? Mureke amatiku mukundane mureke kubabaza abantu niba Muyoboke ntacyo yakoze ngwino ukore ibyobatakoze.the ben niba adasohora musique buri gihe umva indi yasohotse cg usohore iyawe .
Genda Muyoboke ushaje nabi ðððððððððððððððð mbese urumva udasha ukurenga cg uwakujya hejuru ese Wariye ððððð Coach Gael ntacyo uzamutwaraðpe arakurusha frs aracyafite imbaragaðibyo bya noopja rero twese turabizi ko ntakiza yavugira kiza 1:55 Am ahubwo uzarwara troma aho buzakera hohoyiiiii ðððð ikimbabaza nuko Ben ushaka kumushyiramo inzango. Reka nirebere Arsenal na Mcity ðð
Inkovu zimiringa ni ubusebwa, kumubiri
Amatiku gusa?! Munanirwe kujya mu kazi mwirwe mu bujajwa bwâamarangamutima.
Godfather watabarije nyoko uboreye mageragere ukareka ubunginga
Azira iki uwo mubyei?
Ubukishe abantu harikindi
@@jeanbaptistenshimyumuremyi8858 nubundi
Ese muyoboke afite ikihe kibazo ko ntacyumvikana mubyo avuga
Amatiku gusa ððð
Godfather niyompamvu ngukunda nta blague ugira nanjye ntabyo mfana sinzi nibyaribyo
ntamahera afise numukozi
Good father tâes nul 0
Ikigabo kikijajwa gusa kiri kugenda kivuga amateka nkaho ubu it matters. Stupid muyoboke
Uyumugabo wuruda nuruhara ngo ni Muyoboke numunyeshyari yanga abakire iyo urumukire ntumuhe kalibu yakwegera uka minding your business ahita atangira ubugamboo ibikise bimukorerwa? Abakobwa baguhunze batakureba none uwo theben batije ikoti kuki atigeze yibuka ise upfuye ntankweto yigeze yambara yarabyaye star?ngo aho theben yavuye?? Umu star wavuye mubyuzuye ninde? Wowe muyoboke gabanya ishyari just rya kubufaranga bwa theben nurangiza uzibe
Woe birimvakana ko udakomeye mumutwe kuko nibyo uvuga ntakimwe cyerekeranye numuziki kbs ahubwo ndumva ariwoe wuzuye amatiku
ðððððð
ððð
Rata nimukumire ikibi kuko bitabaye ibyo ntaho twaba tugana ababyita amatiku ntibazi power of the word
Uyo ngo nugwikerema rushaka kuzana amatiku mubantu