Ako kantu nanjye kandumye ahantu.Mama Pasteur ko mwe nta mukorogo mugira kuki wiyemezaga kwirwanirira urwana n'indaya!?Vuga ko nyine wowe wari umenyereye ubwo buzima bwa gikonyine nk'uko ubyivugira,ahubwo ndumva ari mwe mufite mukorogo mu mitwe yanyu!
Yego rwose ibis bivugirwa mu muryango ntibijya Ku gasozi rwose Erega abatajya kuvuga kuri youtube si uko batababaye aliko hari ibidasoboka hanze kandi ntibyubaka abana none se we ni Malayika ?
Na profil yawe ntushobora no kuyerekana, kuko n'ibyo uvuga ari uguhimba ngo uze gushyigikira uwo mwenewanyu! Nanjye se ko ndi umuturanyi yewe ko nabaye no mu church yabo nahamaze nk' imyaka 2, iyi nkuru ko izwi, ko uyu mugabo yarwambaye, urarengera iki ?! Icyiza ni ukwihana, kuko Imana yo ntituyihisha izi byose! 😅😅😅
Noneho vayo tuguhuze na Jeanne kuri kamera umushije kuko tuzineza ukoyashoje agafashwa niwabo kd abana numugabo wabwakazi we tuzi imaza za johne najani wamuhemu we tuzi ubutwari bwa Jani urere abana wenyine wabwa we impoka tuzi uburaya bwa johne tuzineza ko bamuhagaritse kubupaster ngaho noneho vayobaguhuze na Jeanne imbona nkubone turebe ko wojyera nokuvuvura wabwa we urimokumoka the 😮😮
Wazize ubugoryi watewe no kwirundurira mu idini, nanubu kandi uracyari ikigoryi kuko wibwira ko Bible haircyo yakumarira, abapasitori ni abajura , ni abagamabanyi, ni indaya ni byose,washatse umujura kandi nawe waribaga kuko wigishaga ubugoryi. uzacyizwa no kuzava kuri ayo manjwe yo muri israel. Menya neza ko ibyo bintu mwigisha ntakiza cyabyo ni ubushushungwe gusa ntakindi
Jeanne 0794 397 877
Hhh yewe mugoremwiza humura imana irahari
New life mumfashe tuyishimire nanjye yaranyishuriye amashuri yose ❤
Maman nibakureke uvuge uruhuke.Abakubuza kuvuga bihorere nibahura n,ibyo wahuye nabyo ,bo bazaceceke turebe.
Ntacyobabwiye kuko mukaga kanjye natwe nijyeze mbona uburengazira nubwanjye nibyovuga nukuri ,benabo ndabarenga ntacyo bavuze murijye ,,🤭👁️👁️🙋😊
Komera shenge Abagore benshi niba JEANNE. Ariko imana ikunda abarengana bose nawe ntizakurekura. Komera❤❤❤
Urakoze,👁️👁️🤝
Urakoze
Ikintu avuze nicyo Dr kabano ndamuzi nindaya idatinya numwana abyaye
Yesu we nbega amahano ndumiwe pe harigihe uba uzi ko ibyawe aribyo bikomeye
Wowe c kandi wabayiki?
Pole sana mama Imana Igukomereze mu buntu bwayo warahuritse pe!!
Yoooo sha Gerard nubasha gusoma iyi sms yange uzambwirire umuntu wese utarasha ngo nagira amahirwe imana ikamumenera ibanga kumuntu baribagiye kubana azashyireho atantion cyane ashishoze impamvu imana imubwiye ibyo bintu kuko mwibuke uyu mubyeyi yatubwiyeko harumuhanuzi wamubwiyeko nibamara kubana umugabo azamutana abana, so imana yaravuze ngo nshyize inzira2 imbere yawe uhitemo ikibi nikiza rero yahisemo kubana nawe yirengagiza ibyo umuhanuzi yamubwiye niyompamvu yahuye nibi byose gusa nakomere imana izamwomora kuko kugera kure siko gupfa
Wikwirengagiza ko hari nabahanuzi bibinyoma ahubwo vuga Uti twamenya gute ko Ari imana ibivuze Koko
ihangane mama nange iryo 1:24:30
Kubivuga ntacyo bitwaye, yagize ubwo butwari,kuko haribeshi avugiye bamfite ibikomere😭😭😭 ...ihangane mubyeyi🤝
Pole cher,YEWE SABI BUGANDE GUSA, AHUBWO NABABUZE UBWENGE , USIBYE KO HARI NUBURERE BUBI BAMWE BANZE KUREKURA. BIRABABAJE KWIGIRA UO UTARIWE, 💔💔
Mwitonde haramagini abana namaste batabizi
Nabantu
Ariko Mana kuki wemera abagore beza bashaka abagabo b,ibisimba! Mpore mama.
Ivyo ntibashira kuri social média babitwara imbere y’Imana. Nyuma ibibazo wacoyemwo bibera intahe abandi bikanabafasha. Vyose Imana irabizi .
Mama komera komera,gusa ariko nkumukritso ntiwarukwiye kuvuga ngo urupfu rwerekere kwa kanaka,cg se ngo uvuge amazina yabantu kuri kamera Kuko ejo nabo bakwihana bakazivugira nabo ibyaha byabo.
None ikibazo nikihe ga muvukanyi, niko yarongowe abisi komwa mushaka guhishirira abantu nabavuge kuko baramubabaje
Uwo mugabo wawe,NTABWO ARI PASTEUR! ahubwo ni IMBWA y,umulizo...huwuwuuuuu!!!Ndetse arutwa n,imbwa kuko yo iba " honest 100%" kugeza aho yapfa irwanira NYIRAYO!.
Ntuvuge Kandi KO ntukanye,kuko ntawagutumye kuza kwandarika uwo MWASHAKANYE!.
Njyewe NTANZE own opinion,MUKULINDA IZINA RY,ABA PASTEURS NYABO,Kandi umunsi nakitwa Pasteur,nzaba ndiwe 100%! Kuburyo umugore nashatse nubwo yaba MUKAGATARE,ATABYARA,or ABISHYA UBUZIMA,,,... njyewe nakwerura TUGAKORA divorce kumanywa y,ihangu ariko sinajya hanze gusambana!.
ABAGABO bazwiho ubuhangange,bayobora ibigugu birimo millions nyinshi BANANIWE N,UMUGORE 1 gusa😅🤗harimo Nelson Mandela " ISI YOSE YEMERA"!!!
Vradimir Putin utegeka Russia ituwe na millions zirenga 180!!!
Bose bakoze divorce kumanywa yihangu,barongora BUSHYASHYA ,banga kubundabunda nkuko Uyu Muma arega Cheri we,uyoboye udutama tutagera no Kuri 1 million.!!!
Ese ubundi,mama...KO utatubwira igituma umugabo wawe ajya hanze!!!??? Wowe Uri SHYASHYA!!!??? Ugomba kumenya KO" umugabo wawe iyo Ari imbere y,intama ...nibwo ABA yitwa" Pasteur!!!" Iyo mugeze muburiri...ABA yavuye mumwuka,YASUBIYE MUMUNTU!!!??? You must take care of your husband accordingly.,,kuko burya umugore wa Pasteur nawe ABA Ari Pasteur!.
Ndakuva cyane najye byambayeho nubatse urugo ariko biranga peee
Abagore bi Rwanda nabavuye I Burundi ngo dufite mukorogo mumutwe wamuswa we😅ubwose wowe ufite ubwenge? umukecuru uza guta kugasozi umuryango wawe ? Mbega agaciro gake mwihaye kukarubanda ndakugaye rwose .
Ako kantu nanjye kandumye ahantu.Mama Pasteur ko mwe nta mukorogo mugira kuki wiyemezaga kwirwanirira urwana n'indaya!?Vuga ko nyine wowe wari umenyereye ubwo buzima bwa gikonyine nk'uko ubyivugira,ahubwo ndumva ari mwe mufite mukorogo mu mitwe yanyu!
Mbega mbega umubyeyi wahuye na hora weeeee, komera Maman. Imana Iguhoze ayo warize.
Ariko nyamara ibi bintu by'amateka y'abantu akenshi hano haza abantu batanga ubuhamya ariko burya abantu tuvuga abantu tubarundaho itaka nyamara wamuntu nawe yaza akavuga ukumva umwe wabanje nimubi.mugitabo cy'imigani18:17 haravugango murubanza ubanje kuvuga asa nkurengana ngo nyamara uwo yaregaga iyo aje aramuhinyuza cyane.rwose nibyiza muge muge mwumva ariko burya akenshi abaza barira kenshi ni ukwitondo kuko buri umwe ari ku ishuri
Mubyeyi ufite depression chr nanjye ndimuri ikigihe numvaga nabwira buri muntu wese ibyanjye gusa nyuma yogushaka abo mbwira nararuhutse ubu meze neza pole ndakumva komera❤
Ariko jeanne yarakokeretse pe!gusa mbona kubivugira aha atariho hari igisubizo nyacyo!abana bazakubonamo intege nke !
Yego rwose ibis bivugirwa mu muryango ntibijya Ku gasozi rwose Erega abatajya kuvuga kuri youtube si uko batababaye aliko hari ibidasoboka hanze kandi ntibyubaka abana none se we ni Malayika ?
nanjye sinabivuga, ananiye namureka mu mahitamo ye.
Akabi nikamenywe na bose, ntitugahishire ikibi, kuko tuba tugihaye intebe! 😅😅😅
Agahwa Kari kuwundi... Niba ariho abohokera!!!
@@tetamediatv7499umuryango niba ntawafite se? Ubwo yatungwaga namazi uwo muryango wari he? Ubu se bwo bari he?
Ndabona indaya nindaya ngabo zamwihaya ,guta abana 4 umuntu wumugabo urumva atari ubukunguzi Imana yo mwijuru izakubitishe inkuba ahubwo inkozi zibibi gusa
ihangane jeane jye nkuzi ikanombe uruhana utwana twawe duto uba kwa afande geni agufasha abana washobewe afande ujye umushimira gusa ihangane abana bazaguhoza
Mbega abazimu YESU we uwiteka aguhe kuzabona IMANA
Amena😊
igice cyakabiri turagikeneye turamukunze cyane
ariko ibintu bizagira ingaruka kubaha wagiye uhisha amasura na amazina cg bakajya kuba Dr
wihangane mubyeyi mwiza imbere ninyuma
Mbabazi uzabwire uyumu maman ntazongere kwirirwa avuga amazina yabantu,kuri camera sivyiza pe.
Aha mbuze icyo mvuga😢ngo ubwiza bwumukobwa ntibumubuzabkuruha koko,Reba ukuntu Ari mwiza pe
Ahubwo abeza nibo mbona baruha cyane pe😢
Sha ndebera nukuri
Ihangane mubyeyi Ingo zo nibyoroshye lmana niyo yokudushoboza
Maman wibagiye kuri kuri camera nukuri ngowarasenze iwabo wiyondaya bagapfisha abana burimusi sivyiza nukuri pe urababaye nyene nturikumenya ivyuvuga.
Umu kristo nyakuri muriyisi bazanyura mumuriro muhumure mukomere, ntacyo uzabatwara. Gusa ntimuzave mubyizerwa
Imana irikumwe natwe kd tiyikomeyeho
Warakoze kuba intwari mugore mwiza! Nangye ndunva story arimwe pe!
Mbega ibintu bya prudence muvuze ndikurya bikantera iseseme ngatera indobo Gusa Ihangane mubyeyi Imana niyo yomora
*Mbega **#Abakonyine** weee😮😮*
*Uwo mugabo yahanzweho n’umwuka w’ubusambanyi n’ubugengera kweli.😢*
Wihangane madame paster icogikombe narakinwereyeko ndabiziko kivuna
Imana ishimwe iyo wizeye Imana ntacyo ikwima
Komera si ibyawe gusa ibyo uvuze najye niko bimereye ariko ubuzima burakomeje
Ndabakomeje abagore babayeho bababariye mu ngo zabo. Ariko ntimukageze aho kwiyibagirwa ngo muri kugira abo mwitangira dore ko aribyo mwigishijwe kuva kera!!
Ba maman pasteur nibo bagira ibikomere birenze.Kuko ngo bagomba kubika ibanga kandi bagomba guceceka niyo bafatwa nabi.😢😢
Pole sana imana nikuru
Abashumba ni abajura bemerewe gukama izo baragiye
Ahubwo basigaye bazikama amarindira ndetse bakayarwanira kuko basigaye bakama izo basangiye
Ahahwa Kari kuwundi karahandurika. Use ahagurutse ntacyibazo yahuye ntacyo????
Ubuse ko imana itubwira kuvugisha ukuri , none kuko muvuga ko atahomba kuvugisha ukuri. Humura Jeanne imana ireba ahirengeye izaguha ibyishimo humura.
Muraho neza ,uyumuma nihungabana rimutera vuga gurya 😢😢 kuko mbambona yaratandukiriye pe ibintu byamubanye byinshi 😅 gusa nanone imana izakomora humura❤
Maze Imana yakugiriye neza iherezo ryawe ryabaye ryiza nisingizwe iteka ryose
Arikose inkuru nkizi zifasha iki koko?? Umubyeyi nkuyu we aba avuga ibi ngo bigende bite??
Kugirango dépression igabanuke
@@muganemariyafrancoise3796ubu nibwo ayikubye ahubwo anayihaye abana!
IMANA ISHIMWE KUBA UBU UKOMEYE N’ABANA BAWE. GUSA NDATANGAZWA NO KUMVAKO ABO WITA ABAROKORE ARIBO BAZIMA KANDI URUGO RWAWE RWARI RUMEZE GUTYO KANDI RUGIZWE N’ABAPASITORO !!! UMUNTU N’IKIMWIHISHEMO UBU TUMAZE KUBONA NEZAKO ABIYITA ABAROKORE HAFI YA BOSE ARI ABAKARASI N’ABATEKAMUTWE BA KARUNDURA 😮
Ntabwo aribose bavuye uganda uwange aruvikana ndecye cyane
Ariko ye umugore yirirwaga arikuratira mugenziwe ibyiza byumugabowe kandi uwo arikuratira ariwe umugabowe baryamanye nawe .akamusekera mumutima
🇧🇮 mpore Maman Jeanne
Urakoze❤
Refer aho Imana iguhe imbaraga zo kubyibagirwa kuko kubivuga ntibikwiriye kuri you tube
Mwitonde caneeee kuko Jeanne numuntu uzikurwana intambara ze kd yareze abana be neza kd numuntu uzikwifatira ibyemezo
Umubabaro uvugisha byinshi pe ,gusa nkababyeyi tujye tuvuga ariko tuvugane ubwenge tuvuge tuziga, kuko ikoranabuhanga ntabanga rigira kandi ijambo ryagiye kurigarura. Biragoye,gusa Imana iratabara izagutabara kandi umugabo wagutaye azakwifuza ndetse azakugarukira.
mu rwanda nta bahanga benshi mu by'imitekerereze ya muntu dufite nibo bakabwiwe ibyo. nabo dufite bigondera umugabo
Reka mbasobanurire Jeanne uwoariwe (1) Jani numuntu utapfa kwijiramo 2) numuntu uzikwihanga a canee kd numuntu uzikwikorera muburyo bwogushaka amafaranga (3)niwawundi utashyiramo ibikurimo byose(4 ) yanga amanyanga hahandi mwabipfa cane kd iyo umuzanyemo amafuti YAWE cagwa ugashaka kumwijiramo niwamuntu mwajyeranayo hahandi ushatse kumwendereza bikujyeza kure
Mbega Imana igukomeze
Komera sha ntawakoreye Imana uzikorera amaboko
Yego
Mana we aka nagahinda kamutera kuvuga byise ark komera mu ijuru harimana itabara
Sha lmana izikurinda najye yaradize
UYumumama ubyavuga bimwe nibyo ibindi sibyo kuko kuvugako urugo rudashobora kubona icyoruha abana bimpinja babyaye kumvako batunze umukozi womurugo utarya udahibwa nabyo ntibisobanutse
Ariko iyo muvuga ' PASTER NUNVA MUNISHEKEJE. IBYAHA BYABO ININKIBYABANDII BOSE, ABAZIMA NI MBARWA NAZO NABAZWI NI MANA YONYINE,.USIBYE NAWE NI MANA IRARAKARA KANDI UMUNTU MUZIMA ARABABARA AKANISHIMA ,UTABYUNUJE NTUBA URI MUZIMA.
*#Mubyeyi**, ikintu uvuze kitari kiza, nuko kuntu uvuze ngo **#wasengaga** amasengesho yo gusabira **#gupfusha** k’uwo muryango w’iyo ndaya.😢*
*Wapi amasengesho ngo abantu bapfushe, ntabwo ari ibintu byiza ku muntu wamenye Imana.*
Nagahinda kabimuteye
@@user-dy3tm5uq9wYego ndabyumva ariko ntabwo byari ngombwa kubivuga imbere ya caméra.
Ibihe uzaba urimo nibyobizaguha isengesho ryo gusenga nokwatura
Mbanje kugukomeza wa mubyeyi we ibyo wahuye nabyo birababaje cyane ariko kandi nawe kuza kubishyira hano witwa konuri pastor ntibyari bikwiye. Aho kwibaza ko umurimo w’Imana uwubaka ahubwo uriho urawusenya.
Ibi byagakozwe n’undi utari mu mwanya nkuwo wowe urimo. Ntakubeshye jyewe maze kumva ubu buhamya bwawe byangora kwicara mu itorero uhagaze imbere ubwiriza.
Ibi sibyo rwose❌
Ndagukunze Kandi nange ndi maama paser nange nabwiwe ibyo wabwiwe
Ngaho tubwire ko wowe uzi ukobiryana aceceke akomeze abigishwa cyagwa akomeze atugamirize tubwire
Witaye hanze rwose!
Ubu c hano turagufasha iki uretse kuba uhemukiye umuryango wanyu ku mpande zombi.
Ibi nukubura ubwenge.
Gerard nawe rwose akwiye kutajya ashyira ibintu bisebya abantu hano. Mu rubanza ubanje kuvuga asa n'ukiranuka, Ariko uwo yaregaga iyo aje aramuhinyuza cyane.
(Imigani 18:17)
muryeryeburera wowe se ukor'iki hano?😏
Sha gusa burya iyo umuntu yababaye yumva gukora kwe ariko yavuga kdi bikaba byiza iyo abonye umutega amatwi ntibivuze ko ntamakosa arimo ariko mwumve mumubabaro we kuruta kumutunga intoki kuko iyo muba muri hafi ye muba mwaramuganije none ntimwahabaye nyine gusa byo ku generalization sisawa byo yanavuze byinshi ariko ntakundi tubyumve kimwe Sha yarababaye pe Sha umuntu ukubabaza yiyita umukiranutsi ahhhh!!!
Ntabwo navuzeko atababaye ariko buriya arimo guhemukira abana be n'imiryango cyane abo agenda avuga amazina.
Wowe akuvuze hano byagushimisha?
Niba ari umukristo koko nabwire se uzi iby'ahiherereye .Ariko hano arimo guteranya imiryango Ushobora no gusanga bimwe arimo no gukabya kubera umubabaro
Jeanne komera warakometse
Humura Mama Imana izaguhoza
Amarira warize
Komera cyane mubyeyi, nukuri ibyo uvuga humera turakwizeye
Abo ni bamwe Yesu azabwira ko atigeze kubamenya. Iki nikimwe nkundira Yesu ntajya abeahya.
Mana Yanjye! 😢😢😢 Imana izabagure bambe
Ariko mujye muzana n'abo urushako rwahiriye maze dukore ikigereranyo bitabaye ibyo bizarangira amanjwe y'urugo tuyaretse!
Amanjwe yurugo hhhhhhhh
Ihangane ibyo byose nabinyuzemo nange yari Bishop Ariko ngewe nakoresheje imiti ihagarika urubyaro nabyaraga buhoro wenyine ngewe yansabye ko dutandukana turatandukana ubu abana bange barakuze ni banne gusa kandi nkomeje umurimo wimana
Urakoze cane tuzahure tuganire kuko ndunva haricyo nakubaza turikumwe
Yooooooo ntivyarivyoroshe pe
Mbona arumu dam atuje Kandi kuvuga biramuruhura Kandi harabo basangiye ibibazo ariko aremesha
Mumureke avuge afite ishingiro kuko yareze abana be neza icyndi numuntu wiyubashye kubamuzi ikindi numunyabuntu bwishi cane muburyo atarikubura undi mugabo kuba rero ashoboye kubisangiza abandi ndunva aribwo buhamya bwiza kuko yakomeje kuba mushingano kurera abana wenyine anana (4) ndetse mubuzia bigoye uyumugore mumuveho ibyo avuga nukuri birakwiye kd arimo kwivgisha abandi nibyiza ahubwo muze tumube hafi tumufashe tumushimire ko yareze abana. E neza kd yarihanganye ❤❤❤ abashumba muzetumusure tumutabare nabandi muzi invune zokurera munyemereye tumusure tumutabare kuko yabaye itwari
Abobyafashije nibeshiiiii❤❤❤❤ 😂😂😂 ahubwose bamugarure kukowe arabasha kibivugaho kd muvugoye harimo nogushima imana yabanye nawe ahoavuga uko imana yigishije abana be afite guhamya
Uyu mumama si umusazi afite ubwenge n'ibyo avuga arabizi wenda kubivuga niko koroherwa kwe! Ihangane mukobwa mwiza
Rega aracyaru murokore aromo gufasha nabandi kuko abagore ba ba paster bamerewe GUTYA nibeshi cane
Komera mubyeyi Imana isumba byose izakumara inguma
Mbega igikomere!Imana iguhe gukomera
Afite ukuntu ajya gusa na sanyu uwera wa ambassador of Christ choir mumaso
Komera cyne wamubyeyi weee, uwiteka azakumara inguma
Sha nanjye umugore wanjye niko yambwiriga ko ntakwiranye nawe
Pore sana
Nawe wihane uzahabwe ubugingo kuko biragoye gukiranukira uwakugomeye ariko uzakiranuke ugeze kugupfa uzihane nuwo mugabo uzamubabarire kuko ntiwemerewe gutana ngo ushake undi mugabo muzababarirane nta divorce mu bana b'Imana.
Ndakunva chane mubyeyi Abagabo bomuriyuganda nuko bateyepe ndabihamya.
Arega aravuga ibyoyahuye nabyo kd yarababaye❤❤❤❤ imana imuremete amashimwe
Aha siho hari ibisubizo,mujye mumenya ko gusebya uwo mwabyaranye si byiza ,muvuge make ,ayo namafaranga mushaka atagutunga ubuzima bwose
Ibi nanjye ndabigaya
Reka avuge yiruhukire
Wabaye nyirabayazana kuki umuntu avuga ibyabaye mukamuserereza noneho se murashima ugutesha umutwe byose yakora Ara yemerewe mumahitamoye kuko afite ukurikobyamubayeho mureke
Part two please 🙏
Ihangane Mubyeyi muri yiminsi Satani yahagurukiye ingo nugusenga menshi Imana ikaturwanirira
Yewe gaye bariya bagabo akenshi baturuka hariya ni indaya nuwutari Pasteur akenshi kukijyanye namafaranga no gusambana ni bariharwa
Yooo arafashije lmana izakugirira neza
Amena
OOO pore sana mamier
I can't wait to hear the second part
Arko izinkuru zisebya ababanye koko bagiye bihanga bakazitangira mugikari!!.ubuse abakwe n'abakazana babyumva cg bazabyumva sibikomere kuribo!??
Baramaze kuko sabiwanyu
Ubuhamya bwiza mama Pasiteri, Jerad wazampuje n'uyu mu mama tukaganira
zana suite yiyintahe
Yooooooooo pole sana
nkeneye part 2
Gerald na mumugarure kd amureke yisazure kuko yafashije beshiiii😂 rwose mugarure p (2)turayishaka
Abanyabugesera ningare💃💃ntago bavugirwamo
Hhhhhhhhhhhhh uransekeje
Ese Gerard ko platform yawe yabaye platiform yaho abagore baza gukyurira no gusebya abagabo babo. Rimwe na rimwe wagiye utumira nabobagabo ngo nabo ubahe ijambo? ese buriya ntiwunva konabo baduhe vision yabo? Murakoze
Habites benshi hakuna beneyo!!!
Habwirwa benshi hakunva beneyo.
Havuga ubabaye
@@judithbabyeyi9735 nibyo. Arababaye kandi ababajwe nukuri
Umuntu avuga ababaye, byaramurenze mureke aruhuke
Niko babigenza kugirango batazafatwa bagahagarikwa ndetse basambanira mungo zabo.Ni akaga.Gusa mu ijuru hari Imana ihorere
Hari umupfakazi uturanye babo kabeza johne yarububaga akajya gutesha umutwe uwomupfakazi kujyeza aho uwomupfakazi yamukigiranye munzu nijoro uwomupfakazi ahita ajyagutabaza abasaza babaturangi ngobaze bamukize paster johne ibtyo byarabaye mubibaze umsaza womumuduvudu wakabeza utuye hepfo yokibuga cyumupira umsaza upfuye igisho rimwe birazwi johne nkumuhemu numusambanyi nigisambo
Wahinduye amateka yabatwa,kuki utahinduye ayawe,mujye mureba kubeshya ariko
Abagabo ntibakunda pe uyumuvyeyi nimwiza nukuri kuva muburiri ukaja kuryama mubishokoro nuburwayi nimyuka mibi pe komera muvyeyi yesu niwe gisubizo ukatwomora.
Imana ikomeze ikugirire neza.M
Iyo umugore mwashwanye aba yumva yakwangisha abantu bose,ikindi si byiza kugeneraliza(abakoyine,abavuye uganda,abanyabugesera
Murakoze
Good ,uvuze ukuri
NKICYUMVA INTRODUCTION, HARI IGIHE IMANA IKWEREKA IBINTU BIBI BIZAKUBAHO ARI WARNING, IMANA ISHAKA KO IBYO BINT UUTABYINJIRAMO. IMANA IBA IGIRA NGO IBIKURINDE.
Yewe!!!! Yezu ati niba bagenzereje igiti kibisi icyumye bizagenda gute? Niba pasteri akora ibi udasenga azakora ibimeze gute? Ingo zirugarijwe pe!!!!!
Kuko urimo kuvuga nkuru yawe vuga ibyawe bwite gusa ureke kuvugako abakonyine Bose bameze nkumugabo wawe
Jeanne uyu arabeshya Aho avuga nimurugo ndamuzi abo booose avuga turaturanye babyumvise bakumirwa gusa uwo Mugabo asebya nubu araho ntarashaka kuko uwo mugore yamuzinuye abagore.jye nzi amabi Jeanne yakoraga John uretse kumirwa
Na profil yawe ntushobora no kuyerekana, kuko n'ibyo uvuga ari uguhimba ngo uze gushyigikira uwo mwenewanyu! Nanjye se ko ndi umuturanyi yewe ko nabaye no mu church yabo nahamaze nk' imyaka 2, iyi nkuru ko izwi, ko uyu mugabo yarwambaye, urarengera iki ?! Icyiza ni ukwihana, kuko Imana yo ntituyihisha izi byose! 😅😅😅
Noneho vayo tuguhuze na Jeanne kuri kamera umushije kuko tuzineza ukoyashoje agafashwa niwabo kd abana numugabo wabwakazi we tuzi imaza za johne najani wamuhemu we tuzi ubutwari bwa Jani urere abana wenyine wabwa we impoka tuzi uburaya bwa johne tuzineza ko bamuhagaritse kubupaster ngaho noneho vayobaguhuze na Jeanne imbona nkubone turebe ko wojyera nokuvuvura wabwa we urimokumoka the 😮😮
Ahubwo uyumugore nitwRi caneee witonde
@@shinefamilytv Muvandimwe ndabyumva ko urakaye, wumvise abo bashinyaguzi bashaka guhindura Jeanne umubeshyi no kurengera uwo mugabo-mbwa mwenewabo, ariko nanone tugerageze tubabwirane ineza, gusubiza dutukana ntibikwiye, na Bible irabitubuza ! N'ubwo bibabaje ko abitwa Abapasteri ari bo shyano n'ibibi byose, iyi nkuru ya Jeanne irabitwereka! Dusenge Imana ikure urumamfu mu ngano, maze abakoza isoni izina ryayo ntibakomeze kwiyoberanya mu Itorero, bambikwe ubusa, ntibakomeze kugusha benshi ! 😊😊
Ikibazo cyamatsiko zampanga warutwite zabayeho ?
Oya
Wazize ubugoryi watewe no kwirundurira mu idini, nanubu kandi uracyari ikigoryi kuko wibwira ko Bible haircyo yakumarira, abapasitori ni abajura , ni abagamabanyi, ni indaya ni byose,washatse umujura kandi nawe waribaga kuko wigishaga ubugoryi. uzacyizwa no kuzava kuri ayo manjwe yo muri israel. Menya neza ko ibyo bintu mwigisha ntakiza cyabyo ni ubushushungwe gusa ntakindi