Umutoza nagende ku mpamvu zikurikira: 1.akinira kuri rythme ya adversaire nta game imposition agira. 2.ntazi gukora psychological thinking and mental change out and in the game. 3.Yumva ko Ari hejuru y'amavubi n'abanyarwanda ✍️✍️ 4.twavuga ko ari umuhanga gute adatsinda imikino iri prioritaire ahubwo yanacyemangwa niba atabettinga.kuko kenshi usanga abakinnyi nibo bifatira icyemezo iyo babonye ibyo ari kubakinisha batabishaka So,amavubi n'abanyarwanda ducyeneye gutsinda ducomfirma apana kubahatisha😔😔 Iriya equipe uwayiha mashami. 🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼⚽⚽⚽⚽
Ubu kandi muzi ngo mutsinze Nigeria? Man reka gusigiriza amavubi yarinaniwe ni uko Nigeria ntacyo yarwaniraga kuko yananiwe guhangana na Benin na Lybia mukure agashinyaguro aho. Umutoza se yakoze iki uretse kudusuzugura?
Nibyo birababaje Ark umutoza nawe atumy tutajyayo Kk yanze guhamagara Byiringiro,sahabu na rafayeri kuko baba rafayeri nasahabu baba baratanz ibirenze ibya mugisha na muhire nkaho Byiringiro ab yarafatanyij n barafind nkaho umutoza nawe arivangira
Formule ni ugutsindwa match ibanza tugatsinda match ikurikiyeho.gusa nubwo dusezerewe,nibashyire imbaraga mugushaka abakina i Burayi ubundi dushake ticket y' ubutaha
Ndakwemera brother 💯
Ndabasuhuje cyane, twasezerewe rwose ntakundi , muri baza ko iyo bakinisha 1 team Nigeria twari kuyitsinda oya pe, ese Nigeria iyo iba itari qualify twari kuyitsinda oya pe, so tujye twibwiza ukuri simply uyu mutoza bamushyire muri development kuko nibyo ashoboye noneho bashake undi mutoza ushoboye kumurusha kdi habeho gufungura imiryango batange nationality ku bakinnyi bashoboye cyane muri attack ubundi tureke kujyanwa na marangamutima gusa
Uyumutoza bamwongerere amasezerano ndakwemera lorenzo❤❤❤❤
Nagahinda
Lorenzo we sinemeranya nawe uyu mutoza ntagikombe yaguha ameze nku betinga imikino ikenewe ntayitsinda ahubwo agatsinda idakenewe najyende aratubihirije kandi dufite abakinnyi beza kandi bakomeye
Umutoza turamwera
Twirangayeho dutsindwa na Libya kuko imibare yahize izamo argebre! Ubuse libya biyimariye iki koko kuba idusibije ibyishimo byacu koko😭
Nakundi
Niclarisse rusatira nkunda umupira wamaguri ndababaye cyan arko abasore bacu ntako batagize mujya muvug ngo umuhanga yigirakumakosa yabandi ahotuguye nimunsiyurugo ariko ubutaha tuzaikosora ndaba kundacyan
Abakunda lorenzo mumpe sbn
Uyu mutoza aradusuzugura cyane
xaw Lorenzo wacu twari tugukumbuye
Ntakundi ,reka duhange amaso Chan naho nukwihangana
Nyunvaneza muvandimwe rorenzo icyokwiye gukora nugusigasira ibyagezweho nkurwanda tugakoza uyumurongo turimo undimwaka byababyiza kurushaho
Big up musaza gusa nyine bibaho Nakundi Amavubi yakoze ibikwiye mugihe bidakwiye pee twakagobye gutsindwa kare
Njye nubu sinumva ukuntu amavubi yananiwe gutsinda Libya ark ikaba itsinze Nigeria 😅biratangaje pee
Nagende kuko hari abakinnyi bakomeye atahamagara
Byo ni carlos
umupira ubera kuri tap vl sinibaza niba match narebye niba Ariyo warebye ureste biriyani bitego nikihecyindi twacyinnye nitukabeshyannye
But ndakwemera sana❤❤❤
Njye mbona haricyizere nidukomerezaha ubutaha tuzanjyayo
Nakundi🎉❤❤
Umutoza nagende ku mpamvu zikurikira:
1.akinira kuri rythme ya adversaire nta game imposition agira.
2.ntazi gukora psychological thinking and mental change out and in the game.
3.Yumva ko Ari hejuru y'amavubi n'abanyarwanda ✍️✍️
4.twavuga ko ari umuhanga gute adatsinda imikino iri prioritaire ahubwo yanacyemangwa niba atabettinga.kuko kenshi usanga abakinnyi nibo bifatira icyemezo iyo babonye ibyo ari kubakinisha batabishaka
So,amavubi n'abanyarwanda ducyeneye gutsinda ducomfirma apana kubahatisha😔😔
Iriya equipe uwayiha mashami.
🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼⚽⚽⚽⚽
Ndababaye sukukubeshya
Lorenzo ndahabaye
Hejuru cyane
Wp nagende nubundii
Ntakundi byagenda ark ibyiza birimbere
😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢
Umutoza we azakomeze kuko amaze kumenyerana n'abakinnyi
Mwabyanga mwabyemera uyu mutoza ni mwiza pe,kabone nubwo yavuga amagambo akomeye ariko ibyinshi avuga akenshi biba arukuri, wenda icyo namunengaho nukutabana neza nabakinnyi bamwe nabamwe bashoboye like York and Sahab Hakim kandi nabakinnyi bamufasha byinshi kuruta Muzungu na Hadji.
My friend,uri kwikirigita ngo urebeko waseka😢 Nigeria idutinye ite ko ntacyo ihombye mubyo iharanira?🤔 Igiye muri Afcon kandi no kujya mucy' isi birashoboka cyane.rero tubabazwe n' ibyacu.twazize kutadefanda libya.😥
Lorenzo ujyutugezaho ibihe bitangaje byabaye muri buri weekend udushya twabaye muri mikino itandukanye nka wamukinnyi was police wakuyemo ikabutura
Lorenzo nitwa Dieudonne igitekerezo mfite ntakuntu umutoza bamwongera amasezerano azatuma ategura CAN yubutaha kugira agumame abakinyi bategura Afcon
Ubu kandi muzi ngo mutsinze Nigeria? Man reka gusigiriza amavubi yarinaniwe ni uko Nigeria ntacyo yarwaniraga kuko yananiwe guhangana na Benin na Lybia mukure agashinyaguro aho. Umutoza se yakoze iki uretse kudusuzugura?
❤❤❤❤❤
❤❤❤❤
Nibyo birababaje Ark umutoza nawe atumy tutajyayo Kk yanze guhamagara Byiringiro,sahabu na rafayeri kuko baba rafayeri nasahabu baba baratanz ibirenze ibya mugisha na muhire nkaho Byiringiro ab yarafatanyij n barafind nkaho umutoza nawe arivangira
Lorenzo ngewe nashyigikirako uyumutoza ahabwa andi masezerano akagumana iyi kipe nibura indi myaka ibiri tukareba uko bizagenda kuko nundi uzaza azajya gufatiisha 18 babanzamo bigoranye
bajye bakora vuba batiriwe bijyana mu mibare
Wowe ndumva usankaho ushyigikiye umutoza kdi asigaye anshanga
Naginda gusa umutoza atangaza a
Turagushyigikiye cyaneee gusa turaye nabiii kbs
Yanga guhamagara abashobora guterura umupira none ngo ahagume wapi
Amavubi asigaye akina yataka , umutoza nta cyo twamushinja.
Nibagende
Nibyiza urabonako haricyo gushima twibukeko,mashami yazozaga,afite,2
Ikibazo cyuyu mutoza nikimwe mach yambere akinnye arayitsindwa agatsinda iya kabiri
Ntabwo uyu mu escron ashobora gutsinda match ebyiri zikurikirana! Bisobanuye ko ubutaha azatsindwa😅,
Harya abandi batoza bakoze iki? Twibutse.
@@EmmanuelNSABIMANA-j7iyegora natubwire
Formule ni ugutsindwa match ibanza tugatsinda match ikurikiyeho.gusa nubwo dusezerewe,nibashyire imbaraga mugushaka abakina i Burayi ubundi dushake ticket y' ubutaha
Ndabishinja abafite ikipe munshi ngano kuko icyotwabuze nirutayizamu kuko wibuke ukaziyotwarase kuriribiya kukotwabuze rutayizamu
Mwihagane tuza njya mukisi
Nakundi rekatwihagane
Nyamara ikisi turakijyamo pe
Kuki mugera kuri micro ntimuvuge ibyo muvuga hano
Ari kutwicira ikipeee
Birababaj😊
Ngaho musesengure
Nitukabeshyane nijeriya niyacyinnye uko izanzwe ikina niba ubyibukaneza mugihe fiaker yavunikaga arigufata uramupira umucyinnyi wa Nigeria yamusetse yibaza niba
Niba ikix
Gusaamavubi nakoatangize bibaho
Bamusezerere agende ntako atagize.
Ntamateka mbonye.
Ubukoko turazira iki
Urandakaje kbs
Gusa amakosa twakoze nayo kuri match iheruka ntibizasubire
Umva nubwo duseserewe ariko dukomereze aho tungeze
Wapi baratubeshye mumahoro
ntacyobimaze wuvuga ubusa
Birababaje
Turababaye ntakundi uyumutoza ntaducike
Yakoziki
Bamwongerere
Numuswa ajyende ariyemera cyane ntaho yatugeza aceho
Umutoza ni umuhanga cyne...bamuhe...igihe.....yongerere.... abakinnyi speed....no ku giving up..!
Buriyase uko futsinze bariya nabamburaziriye ywazanye
uyu mutoza ni umuhanga birashoboka ko andi makipe akomeye yamutwara uhereye kuri Nigeria kuko nayo nta mutoza ifite! na Libya nayo iramwifuza gusa agiye guhenda!!! umutoza utsindira Nigeria iwayo!!!!!
Bamwihe yirire niba nawe
Bibaho nukwihangana
😢😢😢😢😢
Njyewe mhona umutoza ashoboye❤
Tuzize umutoza wikimara buria kuri ribia yasimbuje nabi kbx bidakenewe🤦🤦🤦🤦
❤❤❤❤
Naginda gusa umutoza atangaza a
❤❤❤❤
❤❤❤❤
ark uyumutoza ahagume pe