Ikibazo si ba Muvunyi ahubwo ni J.Fidèle wikakaza akumva kw,Ari président akagirango ni président w,igihugu nyamara na HE ariyoroshy,akeger,ab,ayobora.
Karenzi na Regis nibo bazanye Rtd kuyobora I kipe atazi iby'umupira? Karenzi na Regis nibo batumye Rtd Amara imyaka 5 nta Gikombe cya Championa? Rtd nagende Rayon ayisubize aba Rayon yisubirire aho yahoze mbere y'uko aza mu byumupira kuko si ibintu bye
Ariko niki nkawe wavuga tukakumva koko nukuntu warangije kuryama kuri Rtd? Ese yaguhaye iki gituma uza kuvuga amangambure cg amateshwa? Wowe wikwigira umu rayon kuko ntuyikunda wa kigoryi we
Tuzaho tumwibukira ku madeni se twirengagize uburyo atsindwa na bugesera aller et retour,kugurisha isuka mu gihe cy' ihinga, gukora nk' uhima abafana......
INDI MIRIRO IRI KURI IYI LINK🔥🔥🔥🔥 th-cam.com/video/fD3HSmie4Ok/w-d-xo.htmlsi=tbLOWLgWCYvXV0SZ KURI RETIRED, MUHAJIRI, ... JYERAYO UKANDE SUBSCRIBE
Urakoze cyane. Aba rayon bashyigikire Rayon ntibashyigikire umuntu kuko nundi wajyaho batamushyigikiye ntaho yagera. Kwiyumvishako umukire yaza akayitunga!! Ntibishoboka
Nubuswa, ese ubundi Rayon niyande? Niyabayikunda, uyikunda tuzatanga umusanzu wacu, nubujiji kumva ko Rayon Ari iyabantu bamwe
Ndakwemera
Ariko Sha Aime murinda musaba bariya bagabo ngo bagaruke muri rayon sports batange amafaranga yabo batazagiraho ijambo, mutiyobagije muba mwumva byakunda?, President Fidel niwe ukwiye gushaka inzira zibagarura muri equipe kuko ni win win, rayon sports irabakeneye Kandi nabo barayikeneye.
ubu Koko J Fidel we kwicarana muri General Assembly n'abantu badafite ubushobozi byibuze bwo gukusanya 5M Ako kanya biramunyura?, nashake uko status ivugururwa abo ikumira yongere ibagarure, naho ubundi ibyo uvuze uretse bimwe byabarayon twigize byo kubyina nta muziki, iyi Apr fc iraza kutudiha nidutaka police fc yongezemo, amagambo araza kudushiramo.
Courage bro
Ariko Aimé uri umusesenguzi mwiza ariko Rayon yarasenywe tuzabibona ntimukatuyobye , RTD yaje kuzuza umugambi julien mette yabivuze neza cyane
Mujye mugira intro ngufi naho ibindi ni sawa sanaaaa
Muba muri kutumarir,ama mega Mujye mugairiranhanze ya micro.
Aime turemeranya cyane
Ariko c Mana yera Koko watubabariye ugasubiza rayon kurwego yahozeho Koko?
Tubikore nkaba rayon se nukubanza bakatugenera pr
Rayon igihe yagarutse tuzongera
Uzabireke twe tuyikunda tuzayishyigikira
Ikibazo si ba Muvunyi ahubwo ni J.Fidèle wikakaza akumva kw,Ari président akagirango ni président w,igihugu nyamara na HE ariyoroshy,akeger,ab,ayobora.
Rayon nishake izamare imyaka9 ntagikombe yongeye gutwara agasuzuguro basuzuguye abantu bari bafitiye ikipe akamaro ngo nabajura Rtd numujyanama we sadate bazirwarize nibarambirwa bazayisubuze
Raoul
ubundi se ninde wazana cash ze 300M ngo ajye azishyira mu ikipe ?
kandi Aimé abantu bazivanemo ijambo ngo “ banyirayo “ nibazemo bose nk abafatanya bareke inzangano bazanamo .
arko murera rwose nyamukandagira igiye kuba PSG yinyarugenge
Musigaye mubeshya cyane😂😂😂😂😂😂😂😅😅😢😢😢😢
Birakomeye pe, kugirango duhangane na APR nibazane Raul bamwereke ubushobozi bafite yishakire jouer beza badahenze
Wivugira RTD niba bisaba 300M yo kugura abakinnyi akaba ntayo afite narekure ibyu mupira ntabyo azi
Aime ndakwemera ureke karenzi na Regis birirwa banjyisha abafana eqwipe mbabazwa nuburyo basuzugura izina rya reyon wakwanga umuyobozi ningobwa usebye ikipe kuriya gusa karenzi na regis nubwo mubita aba senior haribyo bakora ukabona bafite abatuma bavuga reyon nabi
Karenzi na Regis nibo bazanye Rtd kuyobora I kipe atazi iby'umupira? Karenzi na Regis nibo batumye Rtd Amara imyaka 5 nta Gikombe cya Championa? Rtd nagende Rayon ayisubize aba Rayon yisubirire aho yahoze mbere y'uko aza mu byumupira kuko si ibintu bye
Ibintu ni sawa ariko mutinda muganira ibindi bindi biri inyuma yikiganiro
Abo mwitaga ibisambo se mutangiye kubagarukira
Ibyawe nugushigikira rtd😢
Jyuvuga ibyuvuga ntugapangire imishinga yawe kuri camera.turashaka amakuru.
Wowe rero udufaranga twamafuti urya ukaza umusingiza urwanya aba rayon bitangiraga ikipe bashoramo ayabo. Wa muswa we
STOP TRY USE FINANCE CALCULATION atabyo uzi. 2015 rate is not equal to 2024 rate. Kubwo kumva cane ,kora imibare ufatiye kw’i dollar:
Ark nimugatrate isesemi barinda bamufasha siwe wabirikanye Azana ndembo nibamureke ibitobange uko abonyebisiri yamuzanye izongera imutimukane
Ese urahamagaza gushyira hamwe harya uwarugiye kugura Elijah byagenze ute.uzatinye umuntu ushaka kuyobora wenyine
Ariko niki nkawe wavuga tukakumva koko nukuntu warangije kuryama kuri Rtd? Ese yaguhaye iki gituma uza kuvuga amangambure cg amateshwa? Wowe wikwigira umu rayon kuko ntuyikunda wa kigoryi we
Ase kuki wumva ko bariya bagabo bwacya bakiyibagiza!!! Kuki utabwira SADATE gusaba imbabazi kubyo yakoze!!! Noneho bwacya Retired akongera gusubiramwo biriya bigambo bye byo kwiba.
Twebwe turababaye!:uwo sobuja utagirwa inama nkeka ko nawe icyamuzanye arukutwicira ikipe mu nyungu za abamutumye. Kd deja yabigezeho
ikibazo cyizi transfer (PaPlay, Fitina) zirarambiranye
Aime turabizi ugera kurepe muri rayon icyo nagusaba tuvuganire comite yiyambure byose yirengagize byose ishake abashyizwe inyuma baze bafatanye nicyo cyintu kiza cyatuma rayon yongera kuzuka Kandi nicyo cyintu twazahora twibukira kuri rtd
Ariko aime ,karenzi ntiyavuzeko uwitwa kagabo yashakaga Kugura eni elja rtd akanga!kuki uvugako abantu biheje?urumva Atari ubuyobozi bwa rayon bwabaheje!qu'a meme mujye mumenyako mubwira public inijutse Kandi ikora analysis.
Ujyaho ukabeshya abantu ngo Deal done . Twaramenye mwese
Nuko nyine naringize nundi ugiye kuvuga twe dukunda abo tutazi
Jya mbona ibi ataribyawe kbs ibintu uvuga byose nibipapirano ushaka views kuri rayosport
Shaka Kandi kzi boss
Niyibizi turakwemera pe
Twararambiwe😢😢😢
Twe twariyakiriye rwose sitwetwenyine na kiyovu ntiyiyanze rero biriya ritayadi akora naho iri niho bashaka abamutumye gusa ntambeba isazira mukigega
Eserek nkubaz ko wigize inkomamashyi yaritayadi ubona cyerekez mfite woe naritayad kimwenabandi mufatanyij bizabagez kuki muraruhira ubusa
RAYON niyabantu bashoboye
Nzongera gufana arko fidel yagiye muri security ye avuye muri rayon
Ukaba uhimye nde ?
Ariko Rtd ntakunda reyo ndamu yishakira icyubahiro no kubyibuha kuruta ikipe ayikunda yakunga ubumwe bwaba reyo
Courage bro ❤
Prince nimuto yakinaga mubatoya bacu kacyiru
Rtd ihuha byiwe rwarabirambiwe jyewe ndakubwizukuri aime ntejyereje igitondo cyimwe rtd ikipe yayitaye ubundi nibamuhe kuyobora iyabagore kuko iyabagabo yaramunaniye pe name banyamakuru mucyimuryamyehi nukubera indonke mucyimukuraho
Ariko mwagiye mureka kubeshya abarayon no kwangisha abarayon equipe
Nibax abona batamushaka yabivuyemo syiii
Aime mureke kubeshya abantu
Ark mufitanye ikibazo na Aime si gusa
Yego rata ibintu twihaye byishyamba byo kudasenyera umugozi umwe ntaho bizatugeza
Murera tuyirek igende koko
Aime arigucyebaguzwa nk'uwatanze commande yaka benzi😂😂
😂😂
Ibyobihuha byanyu twarabirambiwe
Aime urabeshya
Usigaye uri ikibwa
Niwowe wabiteye ubeshya
Namwe mwabuze ibyo muvuga
Turapfa ubusa aba rayon sibo nifuza ko ibyabo bitagenda ababikora barabizi gusa tuzayigumaho ntimugapfe ubusa rero
Uru ubanza avuga amakuru ya rayon gusa 😀😀
Tibahaye ikaze hano kayonza
MUVUGE APR niyo ifite amakuru mureke kubeshya abantu
Mbabajwe niriya miliyari igiye gushya
Sinzi ikikubabaje kdi iyo milliard itariyawe🤣😂🤣@@simpungajpierre8614
Uramenye utatubwire ibihuha bya rtd
Aimé iyo Umuyobozi atagirwa inama urwego ayobora rusubira inyuma.
ushobora kuba wirengagiza uruhare rwumuyobozi nyamara nubyibuka neza urasanga abashaka gutanga umusanzu mu ikipe ntanzira babona.
Wamugiriye inama biranga
Niba hari ibicucu nabonye nawe urimo peee! Ubu wahisemo kuba inkomamashyi ya fidel? Kuki niba warageze imbere yumwarimu utagaragaza ubwenge mubyo uvuga? Sinzi kbsa ubanza nibyo byanwa byawe binuka bigiramo uruhare
Nukuri ntituziranye ariko nkunda kugukurikirana gusa ufite ubwenge,gusa ujye umenya ko yafashe murera afite amadeni menshi nayo mujye muyibuka yari isenyutse uzabyibutse abo mukorana ark ndakwemera pe
Tuzaho tumwibukira ku madeni se twirengagize uburyo atsindwa na bugesera aller et retour,kugurisha isuka mu gihe cy' ihinga, gukora nk' uhima abafana......
Ark uretse ibihuha ubu yakwereka raporo yishyuriyeho amadeni uretse igipindi
Ndakwemera