ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
Nshaka ko Benita na Devu murisha umubu Bella 😂😂😂❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto❤
👍👍👍
Nukur abantu Banga bella nkang mump like ❤❤
❤️❤️❤️
Ndamwanga pe
Abantu mwishimiye uburyo Benitha ya ctinze ikibazo cya Dave musige like
❤❤❤
Ahubwo devu &benitha &Nsabi &Cloudia mubarekere urubuga aribobakina gusa abandi mubemwegeyeyo inkundozanyu igihezahereye ariko hakaba ntanumwe wariwashyirumwana mumago
Mama Kaminuza nawe wivangira Devu ngo nuko ushaka umwuzukuru😂😂❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto❤
Njye uyu Mukecuru aranjagaraza 😅😅agarutse vuba
❤❤
Bashakindi ko mission bamwoherezamp pe
Bijiyobija weee ufite umugore mwiza wigira icyo umwima sha❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto❤
❤️❤️
Dave yashaje kubera ibibazo, Benita namukunze sana.
Devu azi kwisanisha na scene ari gukina!!uziko wagirango biri kuba byanyabyo!!yarahonze mu maso
Abashimishijwe nu kuntu Benitha akomeje guhumuriza umukunzi we Devu amuba bugufi mubibazo arimo musige like,hagataho my ❤ hejuru cyane
Wow abakunze ukuntu Clodia na Nsabi baririmby neza munsigire like ❤❤
Abafuzakubona nsabi arigucuruza akaba umubosi mubigaragaze
👍👍👍👍
Ygo rwose
Abantu mubonye uburyo bella atunguwe bavuze akuzukuru so mama devu rwose reka guhubuka udashyira umwana wawe mukaga😢😢😢
Abantu mutishimira ukuntu maman Devu yacting mureke tumenyane❤👍
Njye nzahora mvuga nti bella nakorwe nisoni rwose, Dadi nagire uko abigenza pe devu yishime byibuze bwa rimwe
Bijyiyobijya niwe wange ❤❤❤❤ngo wikigogiwe narinakubwirako urigicucu niba nawe umwemera mpa like
😂😂😂😂 noneho ngukurire agahukunyo 😂😂😂 nzakubyagiza 😂😂😂😂😂😂 nakasamutwe 😂😂😂
😅❤
Abodufatanyije gukunda my heat mbaye uwambere abazanyuma yange musige Like ❤️❤️🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰
like here
Wawu abishimiye urukundo rwa nsabi nakorodi nimumpe like ndabona twaforomina byakomeje kugorana na bijiyobija esekomeruka bafite terefone bazisizehe kobarigutira abaribazikobazi fite nimumpe lik
Rek nsabi Azan mubugiryi agakaby
mutubabarire Devu nawe yishime peee 😢
Daddy wahuje benitha na devu na bella ahari ndashaka ko bella abonako love always win ntakomeze guhatiriza ashaka gusenya urukundo rwabandi
Nsabi & Claudia❤❤
Aho bigeze My heart ❤️❤️ iruta films zo kuri Netflix 😂😂😂 ,ntag muri kuvuga uburyo kwa Scott na Natach hari umuriro😂😂😂
Nanjy ndumv aribyo nshaka pee ibintu byumuriro nkabiriya😅😂😅😂
Shn nana ndimo kumwanga ukuntu yitwara kuri jojo😢
Umuntu utubaha nyina wabo kweri. Indisciplinée total
Umvugiye ibintu! Urabona kuntu kaba kamusuzuguye nkaho bangan? Ubundi nana iziga kugira ikinyabupfura ryari? Ntazi intambara yishoyemo ejobundi suzi namutumura nzafasha jojo guserebra😂 nuko jojo ntamutima mubi yigirira😢
Nana nubushinzibwe nonese nana Jojo nigitambo cyanyu
Couple ya Nana nimyitwarireye iteye Isesemi
Mama kaminuza nuzana uwo mukobwa muriyo nzi Wanze kumva Devu iyo nzi azayibasigemo kdi muzayiyishyurire. Kuko ufite akajagari murukundo rwabandi😢 kwanza nana kwanze
Jolie banza utwarinda urebeko ibiba kubavandimwe bawe nawebizakubaho ahubwo utinya gutwita
Muriyiminsi amashusho ntago arikugarara nezA ako kantu mwagakosora ubundi tugakomeza tukaryoherwa na my heart ❤
Team yose ya m'y Heart ❤,mwana wa maman imana yaduhaye byose iturinda kureba mumutima wumuntu,ibaze nkibyobyose ububwira uwowita inshuti ,utazi ibimurimo.
Yego disi Fausin❤
Ark turashaka Yannick na nyambo bimeze gute dukumbuy kubabona barikumwe ❤❤❤❤❤
😂😂😂umwuzukuru yabaye umwuzukuru 😅😂mama kaminuza yabikajije kabisa😂 eeeeeeee dadi ndakwemera cyane
Deric ! Amahirwe azarimwe mubuzima wamuswa we! Ufashe umugisha wawe urawutanze Sha! Imana yariguteye iteka iguhuza numugisha none ubiteye inyoni p reka ukuri kujye ahagaragara uzavuge ko washutswe Bose ubavuge. Ntimugakomeze gukinira kuri yanike wacu mwabaswa mwe!
Number One❤❤❤❤❤gusa nkunda ukuntu nsabi Ari romantic❤❤❤❤
Mama Dave 😩😩😂😂😂arashaka umwuzukuru kungufu😂😂😥😥 ubu ejo hazagera kweri 🙄🙄 CG dusabe Daddy atwongere lfunguro
😂😂😂😂
Devu rero nashake uko asubiza maman we Kuba mucyaro ndabona agiye kutwicira vibes we na Bella
Mihitiremo nsabi icyoyakora nashinge depo yibirayi nibitoki azabikura imisanze iwabo like nyishi
Super heroe (daddy wacu) komeza utsindire imitima yacu kbsa uri umwanditsi wumuhanga ❤❤❤
Wow nsabi na Claudia kunda cyane Benitha na Davu rwose ndumva nabagurira akantu
After 1min nahageze abantu mwikundira couple ya nsabi na cloudia mumpe like ❤❤🫶🫶🫶
❤
Urakoze cyane mubyeyi wacu dukunda ibyo mudukinira biratwubaka Kandi biratwugisha ntituzahwema kubashimira imana ikomeze ibahe umugisha mubyo mukora byose
Aba big Energyyyy twari Dukumbuye Mama Devu ASAP ?🤭🌚
🤫🤫
@@UwaseRebecca-nc8usoya x knd😂😂😂😂
@@NiyonsabaLea nibyo this is film
Maman kaminuza😂umva mubyeyi ntuhubuke udateza ibibazo umwana wae,ahubwo mwumve
Ase mwabantumwe koko mwakuye devu mubibazo
Kandi ariyo role ye itwika😂😂😂
Abashyigicyiye urukundo rwa nsabi na kolodia❤❤❤❤
Ninjye pe❤️❤️🥰
Njewe
Isimbi tv
Nsabi niwe umeze neza abandi muzingo muri kureba film nzabi nazabe umwana kbxa ❤❤
😂😂😂
Nyamara ugumunsi nanje mpajyeze nduwa mbere my heart ❤❤❤❤❤🕺
😂
Nkunze uko benitha akomeza kubahafi deve Ariko nana kwaduza ijwi cane akibagira kwariwe yatumye kasha amenya Aho jojo ari nana urumuhanuzi mubi ntukikunde reka reka anti nawe yishime Mama kaminuza ivyurimwo ntubizi ivyo vyishimo urimwo kumwana ataruwa deve Ewe Willy ntuzi uwo urikubwira ngo fungura amaso umuhanura ❤❤❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Maman Dave atwawe namarangamutima kuko ashaka umwuzukuru cyane Dave wacu uzabicamo neza cyane nukuri ❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️ (Daddy wacu Turagukunda cyane)
yego rata
Nana ziba aho wowe ibinyoma byawe urabyibagiwe humura ruriye abandi wowe rutakuretse wagiye wubaha tante wawe mbega indaya mbi nko ni nana aheeeeeer
Uriya mukobwa n,isasu ntiyubaha mba mbona adakwiye no kujya mumuryango wo kwa Yannick kabishywe na nyirabukwe amwanga
Daddy mbabarira ikibazo cya Rwema Natasha na Scott ugikomeze abagabo nka Rwema babanze bige.
😂😂😂😂😂😂
Nanjy nkurinyuma rwose
ahubwo
Wawoooo Nsabi and Claudia ndabafana cyane
Juriya nareke gufunga umutwe yemere ibyo gadi amubwira nibyanga babone kwadabuta umwana ahandi ababyumva nkange mumpe like
Wasanga azi ibyo yakoze wenda nta yakuyemo inda byose bivamoo,nta nda ibyara agifite.ubona atari agacanzi ukuntu😂😂😂😂😂
You're right @@Fillette_54
My number one only daddy wange 😂❤❤❤
Nsabi weeeee itetere sh ❤
Ndumva ntahaze Daddy ❤😢niba bishoboka, twongere ni ukuri i!! amatsiko abaye menshi y'uko Bella agiye kuza kwa Devu😢
Benitha urimo umugore wicyitegererezo nibake bakwakira ikibazo dave arimo pe i love you 😘❤️
Number One mumpe like
Kararisakarasira
@@NayiturikiInnocent-rr7ebto 😢😢😅😢😢😢😢
Mbaye uwa 1 mpume izo likes ❤❤❤❤
Yega Nana sarahinduka aracyari wawundi wacyera cyereka jojo agakubise urushyi afite agasuzuguro kenshi nsabi na Claudia Devu na Benitha mukomerezaho muzatsinda❤❤❤
Ikiza cyokuvuga ukuri dev aguze ukuri none aruhutse umutima umunu ubibona nam like
Claudia and nsabi ❤❤ Benitha urukundo Nicyo ruvuga komeza urwanirire Devu❤❤🎉🎉
Cyaza ndigufana Nsabi na Cloudia ❤ thx our Daddy
Niba ukunda my heart ❤️ Impa like👍👍👍👍
❤@@UwaseRebecca-nc8us
Courage cane ndabona my heart iguma iryoha gose ❤❤❤❤❤🎉🎉🎉
Benitha weee we LV u Bby woe na Devu twishimye ukuntu wamu tabaye ariko noneh mm Devu aje nabi 😢😢
Abodufatanije kushyigikira urukundo rwa Nsabi na Claudia mumpe like
Claudia and nsabi congratulations courage mubirimo neza💞💞💞💞
kbx bamez nez
Sha ndaknda nuyumuvye mm ndevu zarasetsa❤❤❤❤❤irambire muvyeyi💑💑🌹🌹🌹
Ka Nana ni nkagasazi Kagira Ishyari umuntu Ufihira na Nsabi
😂😂😂😂😂 wabibonye
@@UwaseRebecca-nc8us Uwase Sallama
nakagome
Ese ko mbona wagirango ibintu bimwe bagombaga kubikina mbere yibyatambutse nibande babibona nkanjye?
Urugero?
Ababyeyi batabwiza abana babo ukuriii bibaho ugahura numuntu mugakundana finally ugasanga arumuvandimwe wawe noneh mwarakoze namahano ahaaaaa
Ibintu bike muri vyinshi maze gutahura muriyi film.1. Urukundo ntirubona ruja kuwariwe Wese uwize nuwutize uwubona nuwutabona bavuga batavuga...2. Imana ntaho itokura umuntu waba ushaj canke urimuto3. Kwitwa umuvyeyi sukuvyara umwana ng akuve munda Imana itanga abana munzira nyinshi4. Ukora iciza ukagisanga imbere ninabi nayo nkuko5. Ubwenge buv kumana derrick yize umushinga atagira amashure menshi.......🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Wouuu🎉🎉🎉🎉 urakoze cyanee
Imbyo uvuze nibyo imana nibyose❤❤
Noeho mama devu arabihuhuye ese devu nabimenya ko mama yafashe uriya mwanzuro atamugishije inama biragenda gute ❤❤❤❤❤❤❤
Turahabaye❤
Daddy urakoze cyane ubundi udufashe bijyobija atwereke ibirori
Abantu bafite umubyeyi nka mama kaminuza ndabasengera kuko yatuma utora amashashi umubyeyi utumva umwana we koko abakanda devu agatoki hejuru
Ark mama wa devu ubundi sumusazi buriya urandebera we cg arigukina ntamubyeyi wateza ibibazo umwana we kuriya ngo numwuzukuru😢😢😢😢mbega umukecuru unteye umujinya aheeeee
Wow nsabi na cloudia nirwogere rwose✌️✌️✌️✌️
Yanick ikinigitekerezo tuzishima tubonye Dave arigushimira Benitha kubwikibazo yamubayehafi mugutwita kwa Bella.mugihe bella na dave bazapima DNA bagasanga dave atazaba arise w umwana 🤝🤝🤝🤝🤝👂
Abanu turikumwe mugukunda daddy musige like ❤❤❤❤
Waoooo Benita ururugero rwiza kweri ndagukunze cyane
Ahubwo mama wa Devi ajyane na Bella mucyaro niba akomeje kuzana amahane yinda
Mushake ukuntu devu atoroka azagaruke Bella yarabyaye bapime DNA❤❤❤
atoroka ajyahex bella ni RIB
Nsabi yahoraga arikigoryicyacudukunda hatarazamo urukundo nonerujemo bihuhukiye nukuripe 😂😂😂😂😂😂gusa ndakwemera ndabafana wowe na capo yawe😅
Gad wanjye rekura mwana agende ese konumv amafaranga azarikora ahaBrother komera doredore nabuze urukundo rwanjye Kubera ntamafaranga mfite Ngo yabonye abayamuhas😢
Nsabi nuwambere🎉🎉🎉
🎉🎉🎉
nanjy niko mbibona rata
Yego sha willy we, reka ahatane k'umugore wowe Chris mwiyereke ark, finally nzaba mbabona k'ugumi nyinyiiii
Benita na devu ubu ndi ni mwebange nukuri benita nda gukunda cyane
Ese guys abakobwa nka Benitha baraharira? Konjyewe numiwe
Nsabi, usibye na film gusa, Claudia n'uwawe uzamubwire ko umukunda niba atarashaka ❤❤ muraberanye cyane
Ubundi Nana w'isasu niwe wacu👌👌👌 Nana rwose iyo yitonze ntibiryoha🤭🤭🤭🤭
Nana wijyubinshinzi cyawubaha abakuru nabato, nibukunze kasha musange wiroha undimwana , wikwikunda cyane
Njyewe nibwo mpageze mwari muraho ariko ubu nsigaye ndigufana urukundo rwansabi na cloudia nirwogere kbs my heart niyambere ikanikurikira daddy urakoze cyane 🙏🙏 nkukunda ntabunebwe✊✊✊
Kbx ndabikundira cyaneeeee Ariko nsigaye mfuhira Cloudia iyombonye nsabi amwikoreshaho burikanya ndababara cyane 😂😂😂😂
❤❤❤❤
@@SINDIKUBWABOStevenwowe turikumwe
@@UwaseRebecca-nc8us👍🥰❤️
@@MuhozaAlice-wo8vy 🤣 nawe se wikundira nsabi 🤣 ?
Daddy thank you so much ❤ imana izigutera imbaraga nyishi inshaa Allah
My heart ❤️❤️ usigaye arumuti
Hhhhhhhhhhhh bijiyobija udukorera umunsi kbx ❤😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
My Heart Ndi mu Abantu batangiranye nayo nyitegereza, nyikangurira n'Abandi bacuti banjye. Nibwira ko n'Abandi bagiye baza kubera bacuti babo bayimenye mbere.Ubu Imaze kujya hejuru cne Ingero zose zirayikurikira. Numva Ibitutsi cg imvugo mbi mwabireka kuko Nta mumaro, nta Nyigishisho nziza bitanga ku Abayireba... Murakoze!
Wow mbaye uwambere Daddy nizereko wabibonye abandi babibonye mumpe like
Mwankandira kufoto ko imana izabaha imigisha pls
Bijyiyobijya ndakwemera ❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ark x ntabantu mwari mukumbuye iyi puburisit? Hanyuma x abantu babona Suzi ashaka ko Bobo akundana na Natasha musige like
Umva 👌ndabemera murimukazi ❤
Derc na banga ni mbwa ahubwo abo babaho cyneee 😮😮
Nana gabanya kwikunda reka aunt wawe yishime
Abumva daddy yaduha Indi funguro uyumunsi musige like ❤❤❤
Nshaka ko Benita na Devu murisha umubu Bella 😂😂😂❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto❤
👍👍👍
Nukur abantu Banga bella nkang mump like ❤❤
❤️❤️❤️
Ndamwanga pe
Abantu mwishimiye uburyo Benitha ya ctinze ikibazo cya Dave musige like
❤❤❤
Ahubwo devu &benitha &Nsabi &Cloudia mubarekere urubuga aribobakina gusa abandi mubemwegeyeyo inkundozanyu igihezahereye ariko hakaba ntanumwe wariwashyirumwana mumago
Mama Kaminuza nawe wivangira Devu ngo nuko ushaka umwuzukuru😂😂❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto❤
Njye uyu Mukecuru aranjagaraza 😅😅agarutse vuba
❤❤
Bashakindi ko mission bamwoherezamp pe
Bijiyobija weee ufite umugore mwiza wigira icyo umwima sha❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto❤
❤️❤️
Dave yashaje kubera ibibazo, Benita namukunze sana.
Devu azi kwisanisha na scene ari gukina!!uziko wagirango biri kuba byanyabyo!!yarahonze mu maso
Abashimishijwe nu kuntu Benitha akomeje guhumuriza umukunzi we Devu amuba bugufi mubibazo arimo musige like,hagataho my ❤ hejuru cyane
❤❤
Wow abakunze ukuntu Clodia na Nsabi baririmby neza munsigire like ❤❤
Abafuzakubona nsabi arigucuruza akaba umubosi mubigaragaze
👍👍👍👍
Ygo rwose
Abantu mubonye uburyo bella atunguwe bavuze akuzukuru so mama devu rwose reka guhubuka udashyira umwana wawe mukaga😢😢😢
Abantu mutishimira ukuntu maman Devu yacting mureke tumenyane❤👍
❤❤
Njye nzahora mvuga nti bella nakorwe nisoni rwose, Dadi nagire uko abigenza pe devu yishime byibuze bwa rimwe
Bijyiyobijya niwe wange ❤❤❤❤ngo wikigogiwe narinakubwirako urigicucu niba nawe umwemera mpa like
😂😂😂😂 noneho ngukurire agahukunyo 😂😂😂 nzakubyagiza 😂😂😂😂😂😂 nakasamutwe 😂😂😂
❤❤
😅❤
Abodufatanyije gukunda my heat mbaye uwambere abazanyuma yange musige Like ❤️❤️🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰
like here
❤❤❤
Wawu abishimiye urukundo rwa nsabi nakorodi nimumpe like ndabona twaforomina byakomeje kugorana na bijiyobija esekomeruka bafite terefone bazisizehe kobarigutira abaribazikobazi fite nimumpe lik
Rek nsabi Azan mubugiryi agakaby
❤❤❤
mutubabarire Devu nawe yishime peee 😢
Daddy wahuje benitha na devu na bella ahari ndashaka ko bella abonako love always win ntakomeze guhatiriza ashaka gusenya urukundo rwabandi
Nsabi & Claudia❤❤
❤❤
Aho bigeze My heart ❤️❤️ iruta films zo kuri Netflix 😂😂😂 ,ntag muri kuvuga uburyo kwa Scott na Natach hari umuriro😂😂😂
Nanjy ndumv aribyo nshaka pee ibintu byumuriro nkabiriya😅😂😅😂
Shn nana ndimo kumwanga ukuntu yitwara kuri jojo😢
❤❤❤
Umuntu utubaha nyina wabo kweri. Indisciplinée total
Umvugiye ibintu! Urabona kuntu kaba kamusuzuguye nkaho bangan? Ubundi nana iziga kugira ikinyabupfura ryari? Ntazi intambara yishoyemo ejobundi suzi namutumura nzafasha jojo guserebra😂 nuko jojo ntamutima mubi yigirira😢
Nana nubushinzibwe nonese nana Jojo nigitambo cyanyu
Couple ya Nana nimyitwarireye iteye Isesemi
Mama kaminuza nuzana uwo mukobwa muriyo nzi Wanze kumva Devu iyo nzi azayibasigemo kdi muzayiyishyurire. Kuko ufite akajagari murukundo rwabandi😢 kwanza nana kwanze
Jolie banza utwarinda urebeko ibiba kubavandimwe bawe nawebizakubaho ahubwo utinya gutwita
Muriyiminsi amashusho ntago arikugarara nezA ako kantu mwagakosora ubundi tugakomeza tukaryoherwa na my heart ❤
❤❤❤
Team yose ya m'y Heart ❤,mwana wa maman imana yaduhaye byose iturinda kureba mumutima wumuntu,ibaze nkibyobyose ububwira uwowita inshuti ,utazi ibimurimo.
Yego disi Fausin❤
Ark turashaka Yannick na nyambo bimeze gute dukumbuy kubabona barikumwe ❤❤❤❤❤
❤️❤️❤️
😂😂😂umwuzukuru yabaye umwuzukuru 😅😂mama kaminuza yabikajije kabisa😂 eeeeeeee dadi ndakwemera cyane
Deric ! Amahirwe azarimwe mubuzima wamuswa we! Ufashe umugisha wawe urawutanze Sha! Imana yariguteye iteka iguhuza numugisha none ubiteye inyoni p reka ukuri kujye ahagaragara uzavuge ko washutswe Bose ubavuge. Ntimugakomeze gukinira kuri yanike wacu mwabaswa mwe!
Number One❤❤❤❤❤gusa nkunda ukuntu nsabi Ari romantic❤❤❤❤
❤️❤️❤️
Mama Dave 😩😩😂😂😂arashaka umwuzukuru kungufu😂😂😥😥 ubu ejo hazagera kweri 🙄🙄 CG dusabe Daddy atwongere lfunguro
😂😂😂😂
Devu rero nashake uko asubiza maman we Kuba mucyaro ndabona agiye kutwicira vibes we na Bella
Mihitiremo nsabi icyoyakora nashinge depo yibirayi nibitoki azabikura imisanze iwabo like nyishi
❤❤❤
Super heroe (daddy wacu) komeza utsindire imitima yacu kbsa uri umwanditsi wumuhanga ❤❤❤
❤❤❤
Wow nsabi na Claudia kunda cyane Benitha na Davu rwose ndumva nabagurira akantu
After 1min nahageze abantu mwikundira couple ya nsabi na cloudia mumpe like ❤❤🫶🫶🫶
❤
Urakoze cyane mubyeyi wacu dukunda ibyo mudukinira biratwubaka Kandi biratwugisha ntituzahwema kubashimira imana ikomeze ibahe umugisha mubyo mukora byose
Aba big Energyyyy twari Dukumbuye Mama Devu ASAP ?🤭🌚
❤❤❤
🤫🤫
@@UwaseRebecca-nc8usoya x knd😂😂😂😂
@@NiyonsabaLea nibyo this is film
Maman kaminuza😂umva mubyeyi ntuhubuke udateza ibibazo umwana wae,ahubwo mwumve
Ase mwabantumwe koko mwakuye devu mubibazo
Kandi ariyo role ye itwika😂😂😂
Abashyigicyiye urukundo rwa nsabi na kolodia❤❤❤❤
❤
Ninjye pe❤️❤️🥰
Njewe
❤❤
Isimbi tv
Nsabi niwe umeze neza abandi muzingo muri kureba film nzabi nazabe umwana kbxa ❤❤
😂😂😂
Nyamara ugumunsi nanje mpajyeze nduwa mbere my heart ❤❤❤❤❤🕺
❤️❤️❤️
😂
Nkunze uko benitha akomeza kubahafi deve
Ariko nana kwaduza ijwi cane akibagira kwariwe yatumye kasha amenya Aho jojo ari nana urumuhanuzi mubi ntukikunde reka reka anti nawe yishime
Mama kaminuza ivyurimwo ntubizi ivyo vyishimo urimwo kumwana ataruwa deve
Ewe Willy ntuzi uwo urikubwira ngo fungura amaso umuhanura ❤❤❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Maman Dave atwawe namarangamutima kuko ashaka umwuzukuru cyane Dave wacu uzabicamo neza cyane nukuri ❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️ (Daddy wacu Turagukunda cyane)
❤️❤️❤️
yego rata
Nana ziba aho wowe ibinyoma byawe urabyibagiwe humura ruriye abandi wowe rutakuretse wagiye wubaha tante wawe mbega indaya mbi nko ni nana aheeeeeer
Uriya mukobwa n,isasu ntiyubaha mba mbona adakwiye no kujya mumuryango wo kwa Yannick kabishywe na nyirabukwe amwanga
Daddy mbabarira ikibazo cya Rwema Natasha na Scott ugikomeze abagabo nka Rwema babanze bige.
😂😂😂😂😂😂
Nanjy nkurinyuma rwose
ahubwo
Wawoooo Nsabi and Claudia ndabafana cyane
❤❤❤
❤️❤️
Juriya nareke gufunga umutwe yemere ibyo gadi amubwira nibyanga babone kwadabuta umwana ahandi ababyumva nkange mumpe like
Wasanga azi ibyo yakoze wenda nta yakuyemo inda byose bivamoo,nta nda ibyara agifite.ubona atari agacanzi ukuntu😂😂😂😂😂
You're right @@Fillette_54
My number one only daddy wange 😂❤❤❤
Nsabi weeeee itetere sh ❤
❤️❤️❤️
Ndumva ntahaze Daddy ❤😢niba bishoboka, twongere ni ukuri i!! amatsiko abaye menshi y'uko Bella agiye kuza kwa Devu😢
Benitha urimo umugore wicyitegererezo nibake bakwakira ikibazo dave arimo pe i love you 😘❤️
Number One mumpe like
Kararisakarasira
@@NayiturikiInnocent-rr7ebto 😢😢😅😢😢😢😢
Mbaye uwa 1 mpume izo likes ❤❤❤❤
❤❤❤
Yega Nana sarahinduka aracyari wawundi wacyera cyereka jojo agakubise urushyi afite agasuzuguro kenshi nsabi na Claudia Devu na Benitha mukomerezaho muzatsinda❤❤❤
Ikiza cyokuvuga ukuri dev aguze ukuri none aruhutse umutima umunu ubibona nam like
Claudia and nsabi ❤❤ Benitha urukundo Nicyo ruvuga komeza urwanirire Devu❤❤🎉🎉
Cyaza ndigufana Nsabi na Cloudia ❤ thx our Daddy
👍👍👍
Niba ukunda my heart ❤️
Impa like👍👍👍👍
👍👍👍
❤@@UwaseRebecca-nc8us
Courage cane ndabona my heart iguma iryoha gose ❤❤❤❤❤🎉🎉🎉
Benitha weee we LV u Bby woe na Devu twishimye ukuntu wamu tabaye ariko noneh mm Devu aje nabi 😢😢
Abodufatanije kushyigikira urukundo rwa Nsabi na Claudia mumpe like
Claudia and nsabi congratulations courage mubirimo neza💞💞💞💞
❤️❤️❤️
kbx bamez nez
Sha ndaknda nuyumuvye mm ndevu zarasetsa❤❤❤❤❤irambire muvyeyi💑💑🌹🌹🌹
Ka Nana ni nkagasazi Kagira Ishyari umuntu Ufihira na Nsabi
😂😂😂😂😂 wabibonye
@@UwaseRebecca-nc8us Uwase Sallama
nakagome
Ese ko mbona wagirango ibintu bimwe bagombaga kubikina mbere yibyatambutse nibande babibona nkanjye?
Urugero?
Ababyeyi batabwiza abana babo ukuriii bibaho ugahura numuntu mugakundana finally ugasanga arumuvandimwe wawe noneh mwarakoze namahano ahaaaaa
Ibintu bike muri vyinshi maze gutahura muriyi film.
1. Urukundo ntirubona ruja kuwariwe Wese uwize nuwutize uwubona nuwutabona bavuga batavuga...
2. Imana ntaho itokura umuntu waba ushaj canke urimuto
3. Kwitwa umuvyeyi sukuvyara umwana ng akuve munda Imana itanga abana munzira nyinshi
4. Ukora iciza ukagisanga imbere ninabi nayo nkuko
5. Ubwenge buv kumana derrick yize umushinga atagira amashure menshi
.......🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Wouuu🎉🎉🎉🎉 urakoze cyanee
Imbyo uvuze nibyo imana nibyose❤❤
Noeho mama devu arabihuhuye ese devu nabimenya ko mama yafashe uriya mwanzuro atamugishije inama biragenda gute ❤❤❤❤❤❤❤
Turahabaye❤
❤️❤️❤️
Daddy urakoze cyane ubundi udufashe bijyobija atwereke ibirori
Abantu bafite umubyeyi nka mama kaminuza ndabasengera kuko yatuma utora amashashi umubyeyi utumva umwana we koko abakanda devu agatoki hejuru
Ark mama wa devu ubundi sumusazi buriya urandebera we cg arigukina ntamubyeyi wateza ibibazo umwana we kuriya ngo numwuzukuru😢😢😢😢mbega umukecuru unteye umujinya aheeeee
Wow nsabi na cloudia nirwogere rwose✌️✌️✌️✌️
Yanick ikinigitekerezo tuzishima tubonye Dave arigushimira Benitha kubwikibazo yamubayehafi mugutwita kwa Bella.mugihe bella na dave bazapima DNA bagasanga dave atazaba arise w umwana 🤝🤝🤝🤝🤝👂
Abanu turikumwe mugukunda daddy musige like ❤❤❤❤
Waoooo Benita ururugero rwiza kweri ndagukunze cyane
Ahubwo mama wa Devi ajyane na Bella mucyaro niba akomeje kuzana amahane yinda
Mushake ukuntu devu atoroka azagaruke Bella yarabyaye bapime DNA❤❤❤
❤️❤️❤️
atoroka ajyahex bella ni RIB
Nsabi yahoraga arikigoryicyacudukunda hatarazamo urukundo nonerujemo bihuhukiye nukuripe 😂😂😂😂😂😂gusa ndakwemera ndabafana wowe na capo yawe😅
Gad wanjye rekura mwana agende ese konumv amafaranga azarikora aha
Brother komera doredore nabuze urukundo rwanjye
Kubera ntamafaranga mfite
Ngo yabonye abayamuhas😢
Nsabi nuwambere🎉🎉🎉
🎉🎉🎉
nanjy niko mbibona rata
Yego sha willy we, reka ahatane k'umugore wowe Chris mwiyereke ark, finally nzaba mbabona k'ugumi nyinyiiii
Benita na devu ubu ndi ni mwebange nukuri benita nda gukunda cyane
Ese guys abakobwa nka Benitha baraharira? Konjyewe numiwe
🎉🎉🎉
Nsabi, usibye na film gusa, Claudia n'uwawe uzamubwire ko umukunda niba atarashaka ❤❤ muraberanye cyane
Ubundi Nana w'isasu niwe wacu👌👌👌 Nana rwose iyo yitonze ntibiryoha🤭🤭🤭🤭
Nana wijyubinshinzi cyawubaha abakuru nabato, nibukunze kasha musange wiroha undimwana , wikwikunda cyane
Njyewe nibwo mpageze mwari muraho ariko ubu nsigaye ndigufana urukundo rwansabi na cloudia nirwogere kbs my heart niyambere ikanikurikira daddy urakoze cyane 🙏🙏 nkukunda ntabunebwe✊✊✊
Kbx ndabikundira cyaneeeee Ariko nsigaye mfuhira Cloudia iyombonye nsabi amwikoreshaho burikanya ndababara cyane 😂😂😂😂
❤❤❤❤
@@SINDIKUBWABOStevenwowe turikumwe
@@UwaseRebecca-nc8us👍🥰❤️
@@MuhozaAlice-wo8vy 🤣 nawe se wikundira nsabi 🤣 ?
Daddy thank you so much ❤ imana izigutera imbaraga nyishi inshaa Allah
My heart ❤️❤️ usigaye arumuti
Hhhhhhhhhhhh bijiyobija udukorera umunsi kbx ❤😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
😂😂😂
My Heart Ndi mu Abantu batangiranye nayo nyitegereza, nyikangurira n'Abandi bacuti banjye.
Nibwira ko n'Abandi bagiye baza kubera bacuti babo bayimenye mbere.
Ubu Imaze kujya hejuru cne Ingero zose zirayikurikira. Numva Ibitutsi cg imvugo mbi mwabireka kuko Nta mumaro, nta Nyigishisho nziza bitanga ku Abayireba...
Murakoze!
Wow mbaye uwambere Daddy nizereko wabibonye abandi babibonye mumpe like
❤❤
Mwankandira kufoto ko imana izabaha imigisha pls
Bijyiyobijya ndakwemera ❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ark x ntabantu mwari mukumbuye iyi puburisit? Hanyuma x abantu babona Suzi ashaka ko Bobo akundana na Natasha musige like
❤❤❤
Umva 👌ndabemera murimukazi ❤
❤❤
Derc na banga ni mbwa ahubwo abo babaho cyneee 😮😮
Nana gabanya kwikunda reka aunt wawe yishime
❤️❤️❤️
Abumva daddy yaduha Indi funguro uyumunsi musige like ❤❤❤