Iyo uri single ukagira ubushuti n'umuntu uri marié (e) buriya uba urimo utanga urukundo rujya sens unique. Aba arimo kurukwiba. Kuko we ntagukunda ahubwo aba arimo gukinisha umutima wawe. Birangira ubabaye.
Emma uri mu kuri pe! No need yo kujya in love n’umuntu wa mugenzi wawe kuko affection yagomba guha mugenzi we ntazo aba akimuhaye kuko aba ize yazibonye nkuko bigora kumenya ko mugenzi wawe ashonje mu gihe wowe uhaze!
Gusa hari igihe uba murugo umugabo atagukunda ukabaho akubwira nabi cyane
Iyo uri single ukagira ubushuti n'umuntu uri marié (e) buriya uba urimo utanga urukundo rujya sens unique. Aba arimo kurukwiba. Kuko we ntagukunda ahubwo aba arimo gukinisha umutima wawe. Birangira ubabaye.
Yes njye byambayeho numva nkunda umusore knd njye ndubaste nfite abana batanu ariko narahengamye kumwikuramo byaranze njye mbona impamvu zihari cyane
Bjr jewe niho nkiyiraba iyi video hama nagomba mumfashe jewe kuva nkiri inkumi nakunzwe numugabo yubatse tumarana 2ans ndamuryohereza nyuma nubaka numusore twari dukundanye burya nyuma vyaranseko tubiheba nubu birabandanya knd vyuukuri ndiko ndaraba najewe aranca inyuma noe naramwikuyemwo vyaranze nagomba mungire inama murakoze
Wagirango urimo kuvuga umugabo wanjye umugabo wanjye yanshiye inyuma kenshi ndabimenya none nanjyenasubiye murukundo nu mu exwanjye ndamukunda cyanee kuburyo mbona byafashe indi ntera mu mutima wanjye
Kabisa nta gukundana numugabo cg umugore wubatse abubatse nta gihombo ariko iyo uri single ubihomberamo igihe igihe kirahenda
Mwaramutse neza gusa harigihe ukundana n'umugabo wubatse urugo kandi mumubano wanyu ntihazemo Kuryamana
Rero iyo ugize amahirwe urabona ugukunda gusa ikibi niyo uwo mugabo Ari umusazi cg akaba atiyubashye kuburyo yagushyira hanze
Murakoze cyane nanjye mwanshyira muri group
Kongukunda cyane wambabariye ukandajyira umugabo wumuzungu
nkuda ijwi ryawe jyansinzira nkumva ;uruwagaciro all the best
Changz turagukunda cyane inama zawe burikimwe Imana iguhe umugisha
Ndagukunda cane ndagusabe unshire muriyo grzupr
Impamvu 1 nuko uwo mwashakanye iyo mutumvikana uba ushaka aho waruhukira ikya 2 nukuba omwe murimwe afite uburwayi atakikurongora kandi umubiri wo ubikeneye
Mumpe link ya group
thank you so much
Si Kigali honyine, we all share!!
Mwanshyize muri group
Ugira ibiganiro byiza cyane,mpa link ya watsup group & email
Nanje mwashira muri group nimba bishoboka 👏
Ndagukunda cyane
Mwiriwe neza?nange mumfashe munshyire muri group
turakwemera cyaneeeee
Murakoze cyane
turabakunda cyane
Emma uri mu kuri pe!
No need yo kujya in love n’umuntu wa mugenzi wawe kuko affection yagomba guha mugenzi we ntazo aba akimuhaye kuko aba ize yazibonye nkuko bigora kumenya ko mugenzi wawe ashonje mu gihe wowe uhaze!
Nukur umugore washatse aba afite urukundo bitewe umugabo we 😂😂wadushyira muri group murakoze
Plz mwanshyize muri group ya what's up ndabasabye nukuri
akenshi abakobwa barabiterwa nuko abagabo baba barekura agafaranga neza kuko baragakunda, hama abahungu nabo akenshi babiterwa nuko abagore ntibagorana cane mugutanga ibintu
Salut
Waduhaye number ukoresha kuri Whatsup nkakwandikira mugikari.
Muraho mwashyize muri group
Mwiriwe neza ncuti yanjye mwarimu wanjye. Uranyubaka, ungira inama, hari byinshi byamfashije watanzemo ikiganiro
Nanjye nshira muri groupe
Nukuri gukundana numugabo ufite urugo ubgo nibura ya kuko uba use ya inyigisho za bandi.
Ushyire muri group
Nc
Mom
Shangazi nanjye ndagukurikirana cyane aliko please ndashaka number yawe hari byinshi nifuza kukugishaho inama.
Nanjjye mushyire muri groupe yeeee
Ntampamvu nimwe yatuma uca inyuma uwo mwashaka uretse kuba urindaya kuko buriya nubwo abagore bitwa indaya kubera bahura nabagabo benshi burya nasanze abagabo arindaya kurusha abagore
Ese urinda ugira umuntu kuruhande ,niba wumva utagikunda uwomwashaknye byababyiza umubwijukuri mugatandukana kumugaragaro ahokumutera umwanya ,kuko nawe abafite uwamukunda hanze,jyenikombyumva ,ariko ntimunyumve nabi ,abantu baratandukanye ukobumvibintu.
Kandi ngo abagabo baratinda kurangiza
Ubwo n,uburaya pe.enda tunyurwe n,abagabo n,abagore bacu
@@singelodelphine903 nanjye niko mbibona peee hako umbabariza umutima nsezerera hakiri kare ubundi ngumane amahoro nawe uyerereze igitsina cyawe
Changazi ndifuza ko mwanshira muri groupe mwaba mukoze
Gukundana n,umugabo urumwigeme beshi bavuga kw,abagabo babagumirza ibanga
Nanjye munjyire muri group
Nanjye nshaka kujya muri group.murakoze
Uduha inama nziza Emma! Nanjye nshaka kwinjira muri gpe whatsap mumfashe
Uri umujyanama mwiza .turagukunda. Link ya WhatsApp ntabwo iriho mwayiduha.Murakoze
Mpa izo numero ukoresha kuri wasthapp
𝐋𝐢𝐧𝐤 𝐤𝐨𝐧𝐭𝐚𝐲𝐢𝐛𝐨𝐧𝐚
Mudusangize link
Link ntabwo igaragara
Nukuri mushire muri groupe
Wampaye namba yawe
Umuntu wafashe number what's app please help me nayitakaje kubera bahise bampamagara kuri 4ne ntarayemeza 😖
Icyindi nkwisabira kushyira murigrupe yanyu byanezeza
Mwashyira nanjye muri grp ya wsp
Nanje
Nanje pe
Ndasaba kujya muri groupe
Pls munshyire muri group ya watsp
Nshaka nember yawe
Hobe Emma wamfashije ukampa iyo number koko!!
Muraho! Mwaba mwabonye number whatsap ya Emma ngo muyimpe! Murakoze
Shangazi nigute nakwinjira mu group ya Whatsapp?
Shagazi mushire muri grpe dabibasavye
Biracyashoboka kujya muri watsap group?
Nkukukundaumungoreutangiraudimungabowabingenzautekomukundawentankunde
Suje yo gufuha uyivuzeho ukuri ndabikunze
Akokantu ninyamibwape
Ijwi ni rito uze uvuga cane
Emma nahureka kera émission yaw kera
Jye nkunda umugabo ufite umugore
Mail yaw?
igituma umugabo acinyuma Umugorewe Nukubera kutanyurwa nibyo umugore ataguha??
entirenganya@yahoo.fr
Je nishakira groupe ya WhatsApp
@@emmaclaudinempa whatsapp
Merci Emma
Mwiriwe neza?nange mumfashe munshyire muri group