🔴LIVE: DUSANGIRE IJAMBO: Impumeko nyuma y'itangira ry'amashuri n'ingamba nshya
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 20 ก.ย. 2024
- Join this channel to get access to perks:
/ @rwandantvrbahafiyawe
#RBANews #RBAAmakuru #Rwanda #RBAHafiYawe
Click here to SUBSCRIBE : www.youtube.co...
Follow us on Twitter:
/ rbarwanda
/ rwandatv
/ kc2_rw
Follow us on IG:
/ rba.rwanda
Like us on Facebook: / rwandatvofficial
For more great content go to www.rba.co.rw and download our apps:
Android : play.google.co...
iOS : apps.apple.com...
Muraho bayobozi,nukuri birushya ababyeyi,iyo ujyanye kure umubyeyi akazabura na ticket yokujya gusura umwan,birababaza cyane,umukuye kigali umujyanye nyabihu,ntibyorosye pe murakoze.
Mutubarize ku bijyanye nihindagurika rya hato na hato rya gahunda zimyigishirize Reba Rwanda equip iraje iratsinzwe,ubu haje PBA,ese koko mubona biterwa niki
Mwiriwe!Mutubarize impamvu REB ifata umuntu ikamuvana Huye akajya Rwamagana mandi HUYE ahasize umwanya!Cyangwa se mukabisikana
Ni Gute Minister of state avugako babonye ko ntakibazo muri overloaded curic. Kandi ariwe uvuze ko Abana batsindwa. Ni contradictoire ibyo asobanura
Ikindi kibazo ku bantu bigishiriza kuri A1 bagakora examen ya A0 bagatsinda bakatujyana kure nyamara aho twavuye bagahita bahaashyira mwarimu wa A0 wize nk'ibyo wize.Rwose mudufashe kuko tubona ari ikibazo
Mutubarize impamvu Abarimu ba Bugesera badahabwa bonus
Kujyana mwarimu kure y'urugo rwe biri gusenya ingo nyishi cyakora abasore n'abakobwa kubajyana kure nta kibazo banahubaka ariko gufata umuntu uri kurera abana akarenga uturere 6 agiye kwigisha ni ikibazo ntabwo azigisha atuje.Murakoz
Ariko ibitekerezo byabo ndumva ntagisubizo na kimwe mubahaye pe!
Uyu mudamu arabeshya cyane pepepe. Ariko SE abo mwohereje ahandi bavuye I Rusizi bo ntibariho?
Bariho ariko sibyo bagakwiye korohereza abantu
Ubundi abarimu bahabwa za mutations na MINEDUC kandi uburezi bwarabaye decentralised m'uturere aho DDE nabo bakorana mu burezi nibo byakabaye babikoraho
Ubundi imyanya itangirwq mu Turere nibyo byari byiza kuko nta wavaga mu Karere ke ajya ahandi