Umunyarwanda yise umwana we "Bazubagira"(abakobwa) Yitegereje ababyeyi benshi hafi 90% basazanye ibyishimo n'umunezero nababyaye abakobwa just look around you nurangiza umbwire niba mbeshye. So mubyeyi mwiza shikama urere abana bawe neza ubahe uburere bwiza ubavunikire uko ushoboye ubahe urukundo then ubaragize Nyagasani ubundi uzambwira mu mwaka iri imbere uzaba uri mubabyeyi beza kdi bishimye muriki gihugu👌
Uno mubyeyi yarababaye pe gusa njye namusaba kubanza kwikunda mbere yo gukunda umugabo we ndetse n'abana be. Ikindi akishakamo igihe gishoboka malgré ko agomba kwita ku bana wenyine akita ku bana akabaha affection ibahaza bakibagirwa se w'inzererezi. Ikindi uri mwiza cyane uri umukobwa mwiza cyane ikunde pe 🥰🥰🥰💕
Umva maman ihangane wirerere abakobwa bawe bazakubera umugisha. Uwo mugabo wawe kimwe nabandi batekereza nkawe "igitsina c y'umwana kigenwa na se w'umwana" murekere kujya mu hohotera abagore banyu kubw'ubujiji bwanyu🙄😒. Kuri mukuru wawe we mureke rwose azumirwa.... She'll eventually face her own karma.
Hahhahahahahhahhaha. Ndi umugabo ariko ngaya abagabo bagenzi banjye bafite ibitekerezo biciriritse bamwe babiterwa no kuba batakandagiye mu ishuri, abandi bakabiterwa n' imyumvire yabo iciriritse aho BATAZI ko IGITSINA cy' umwana gitangwa n' umugabo atari umugore. Let's learn how to appreciate whatever is heavenly gifted. Illiteracy is the mother of almost all evil things in this World.
Pole bambeeee, Abakobwa bawe bazaba abamikazi. Humura Imana Izabagirira neza.Amen
Pole Madam! Ihangane kbsa! Umuvandimwe wawe yakubereye umuhemu kuva kera! Gusa uwo mugabo wawe na Leta ikwiye kugenzura izo ngendo abamo , ikamenya impamvu yarashwe , nibyo yararimo araswa , Kuko simbyumva!
Yooo pole Ange,sis wawe yarakubeshye uri mwiza cyane!! Kandi uwo mugabo mureke azabibazwa!Imana izakomore ibikomere byose bambi ❤
Humura Maman Imana yabaguhaye kubwimpamvu nziza Natwe twavutse turabakobwa5 Gs ubu benshi baratwifuza kdi bazakubera abumugisha🙏🏾🥰
Shahu natwe ibi uyu mumama avuga natwe byatubayeho twe turi 7 ark ubu twakuze twabonye natwe batwita abana knd twari byontazi…. Ibyomanzi… nandi mazina 😢😢😢
Nsanze intimba tuyifite turi benshi,nange Umuvandimwe numugabo wange ubu barikumwe kd twonse rimwe, depression igiye kunyica,umugabo ari proud na murumuna wange ari proud banca amazi babikora kumugaragaro ngo ninshake niyahure, Imana inkomeze kuko ndenda gushwanyuka
pole mama
Ihangane mama Imana niyo nkuru ikomore ibikomere
Ihangane mama,umubyeyi ahoza undi
😭😭😭
Niba ufite icyo ukora cyashobora kugutungira abana, ukabasha kwishyura inzu, ituruze wiyakire uve kuri abo bahemu, wikunde wirerere abana kuko nicyo gishoro ufite. Ubundi wiyegereze Imana ntakiyinanira
Disi uri mwiza cyaneee uratuje ikundanire na Yesu niwe uzakubanira neza naho icyo cyohe kireke kizabona ishyano
Uramubeshye cyane yesu ntacyo amaze mubizazo hano mu isi
Umunyarwanda yise umwana we "Bazubagira"(abakobwa)
Yitegereje ababyeyi benshi hafi 90% basazanye ibyishimo n'umunezero nababyaye abakobwa just look around you nurangiza umbwire niba mbeshye.
So mubyeyi mwiza shikama urere abana bawe neza ubahe uburere bwiza ubavunikire uko ushoboye ubahe urukundo then ubaragize Nyagasani ubundi uzambwira mu mwaka iri imbere uzaba uri mubabyeyi beza kdi bishimye muriki gihugu👌
Yego rate niyirere abana bakure neza, bazamuha umunezero atabonye
Abana Bose nabana Kandi umugabo niwe igitsina cyumwana giturukaho
Ubizi ni sawa papa na maman sahaje bushimiye kubaho neza kubera twebwe abakobwa.Yewe nibigushobokera uzirere utwana twawe nawe tuzokwitaho mubusaza.
@@twizelimanadorothee8320 Barabimenya se muvandi? Nibwira ko ababivuga ari abatagize amahirwe yo kwiga.
Hari nundi nzi wise umwe amaze kubyara undi mukobwa bari bategereje umuhungu wahise amwita " ubifitiye"( abakobwa) kandi abakobwa be bamugiriye akamaro amaze no gusaza bamusazisha neza kurusha umuhungu yaje kubyara nyuma. Imyumvire ikwiye guhinduka pe
Humura Yezu ni igisubizo. Mwizere, mugire inshuti, mubwire byose ntazagutenguha. Komeza ushakishe ukore hamwe na Yezu bizagenda neza. Nkuragije Yezu, umubyeyi Bikira Mariya agusabire kandi akubere ulubyeyi muri byose. Umurebereho uko yababaye, agatuza akihangana ariko agakomera ku mwana we kugeza gupfa. Humura urakunzwe, Uri mwiza, Uri igitego Imana Data yateze ku isi. Gira amahoro n'ibyishimo Yezu Atanga.
Abantu bo kwisi twuzuye ibikomere kweri,humura abo bakobwa bazagukiza amarira ashire.
Uno mubyeyi yarababaye pe gusa njye namusaba kubanza kwikunda mbere yo gukunda umugabo we ndetse n'abana be. Ikindi akishakamo igihe gishoboka malgré ko agomba kwita ku bana wenyine akita ku bana akabaha affection ibahaza bakibagirwa se w'inzererezi. Ikindi uri mwiza cyane uri umukobwa mwiza cyane ikunde pe 🥰🥰🥰💕
Uritonda😭😭 komerezaho Imana izagufashe wirerere abana Imana yaguhaye abakobwa ibyo ntacyo bivuze kuko sitwe twiha ibitsina by'abana kuko bitangwa n'uwiteka urumunyamugisha kuko wahawe urubyaro kuko abifuza abana babaze nibenshi bifuza nabo bakobwa nibenshi babuze urubyaro✌️
Muvandi higa ubufasha urihe iyonzu.kuk nibayiteza cyamunara bizaba bibi cyaaane.umugabo urekane nawe wirerere abana.
Ssbin, erega harigihe ubona ukubwira ngo tugende ugahita wiruka bitewe n'ubuzima umuntu aba arimo
Isabire Yesu akubere inshuti nibwo uzaruhuka,mu isi twese dufashe igihe mu intambara zitandukanye ark abari muri Yesu bagira amahoro Ye muri iyo mibabaro y'isi kdi tuzahanagurwa amarira yose twarize nitugera mu ijuru.
Ariko mana abagore bagira uburushyi international I am telling u!! So speechless 😢
Ez
Had😅&,er😮f😢u🎉 dr 20:25 Iowa
22:😂 d10 ip😢y🎉 😢😢ye UR rl😮or even nd n😮we’rer 😢k
Kk Izvestia
Wew😮mby😢p😢m😮
Uri mwiza Sha yarakubeshyaga .
Ihangane muvyeyi ubwonubujiji bababafise natwe turabakobwa5 papa yadutaye kuberako turabakobwa arik turiko dukura aho Maman ageze kubwacu arashima nanj ndavyishimira cane😍😍
Umugabo niwe ugena igitsina cy'umwana,abagabo b'injiji babimenye.
Exactly, I am glad someone said it.
Injiji injiji pe
Injiji mbi cyane nuko zimera hari nabica abagore aricyo bazize ahubwo nuko n'abagore batisobanukirwa ntawukwiye kuzira ibyo
Sabin uzatumire umuganga wimyororokere, adusobanurire uko umukobwa n' umuhungu baboneka, abagabo bekujya batoteza abagore ngo babyaye igitsina kimwe, abantu dukwiye guhindura imyumvire rwose
Kbsa turamukeneye
Iyi nkuru irababaje cane. Uwu mugabo ibintu ariko akorera madame wiwe nukuri imana izobimubaza. Ukuvyara abakobwa canke abahungu umudamu ntaruhara abigiramwo. Umwana atangwa n'imana. Jew ndumurundi knd mfise licence yomubijanye na santé publique rero ndaziko ataruhara umudamu agira muvyo kuvyara igitsina runaka
Pole sana madame nukuri iyi nkuru irababaje cane. Birerekana ko itarinkuru mpimbano nkuko bimenyerewe ko abantu bahimba inkuru kumvo izi canke ziriya
Uburyo urimwiza uratuje 😭🥰Imana izakomora humura🥹
Uwo mukuru wawe nikivume mwihorere ndetse numugabo singombwa ko umutegerezaho cyane ahubwo shikama urere abana bawe gusa Kandi abana bawe numugisha
Bambe, humura uri mwiza kd nizeye ko hano uri buhakure ihumure ry'igihe kirekire
Ngo uri mubi? Barakubeshye chérie!
Ange urimwiza cyanee kd Imana irakureba kuko igufiteho umugambi mwiza humura
Ubwo akora natangire yishyure iyo credit atazabura aho aba nabana,kandi nimba bidashoboka nasabe ubutane inzu igurishwe yishyure uwo mwenda asigarane ayamufasha kurera abana. Naho uwo mugabo ntaco azakugezaho
Umva maman ihangane wirerere abakobwa bawe bazakubera umugisha. Uwo mugabo wawe kimwe nabandi batekereza nkawe "igitsina c y'umwana kigenwa na se w'umwana" murekere kujya mu hohotera abagore banyu kubw'ubujiji bwanyu🙄😒. Kuri mukuru wawe we mureke rwose azumirwa.... She'll eventually face her own karma.
Ariko abagore twaragowe mubyare igitsina kimwe ngo nunugore. Mubure urubyaro nyo numugore. Sinarinzi ko harabagifite iyo myumvire muribi bihe tugezemo. Ugira umugisha abyara umukobwa. Uwakamiwe na Nyampinga ntiwamubwira utwo dufuti. Nuwarumbiwe numuhungu ninkuko. Nakundaga Data kuko nkabo basubiza abakobwa inyuma yarabagayaga cyane kandi yari mubantu bo hambere mubihe byingoma z'Ubwami. Musinga ngo yimye ingoma arimukuru. Ugasanga arusha ubujijuke nabiyita ko ngo bize.
Sabin uzashaki therapy nawe ibyo wunva ntabwo byoroshye
Ndabona uyu mubyeyi afite igikomere pee . Imana imube hafi
Uyu mudam afise intimba disii yarababaye cane naho avuga uba ubona agahinda ko kuzuye umutima nyagasani amuhe kubohoka kandi yiyakire arekane niyongirwa mugabo ubundi yikomereze ubuzima kuko mugihe uwo mugabo azoba agenda yagaruka akamwakira azokwama amukomeretsa ntazihera akira ibikomere.
Iyi nkuru irambabaj pe..Mama nukuri urihangana pe . Imana yomwijuru igucire inzira
Uyu mudam afite intimba koko
Inzu yogurishe kugiti cyawe abe ari wowe wishyure ideni rya banque ugire icyo usagura. Kuko banque nigurisha izayitangira make kdi igusige mu ideni.
Yewe wararenganye rwose nta mugore ubyara nyabuneka😟😟😠😠😠😠😠,umugore n’isambu rwose iryoshye yuzuye ifumbire y’umwimerere idakenera mva ruganda, icyuteyemo cyangwa se ubibyemo nicyo kizamuka😀😀😀😀. Uwo mugabo azahabwe amasomo cyangwa n’abandi batekereza ko umugore ariwe ubyara. Komera mugore Imana irakubona.
Nanjye niko byumva
Niko bimeze
Impore mugore mwiza! Mbega mukuru wawe ngo aragukomeretsa weeeh! Nta kintu kibabaza nko guhemukirwa n'umuntu wawe wizeraga😭. Uwo mugabo wawe ntashobotse nubwo wakomeje kumwihanganira, rwose abagore mujye mwimenya umuntu nakubera mubi urekere hakiri kare utaragera mu bana 5! Ni ikibazo kumva ko ugomba kwemera imibabaro gutyo ngo ni umugabo!
Harinababa badafite kukuvugisha wongereye imbaraga ufite numuhate hari nabasa nabi batagira icyokwambara bashobora gucya bagasa neza bakambara noneho bagatanga ubuhamya kubera wowe nigitekerezo cyanjye
Be strong sweetheart 😭😭😭😭❤️🥰😍😍
Disi ndabona ubuzima bwarahindutse 🥰 courage Mama!
Sabin umuvyeyi yakuvyaye aragahora araheka.uri uw agaciro
Uri Mwiza ,useka neza mbese uri beautiful
Pore maman ariko suko wavyara abakobwa ahubwo numugabo mubi mubi Imana ikorohereze.
Ayiwe mbega umubyeyi wahuye nakaga uwo mugabo calm iramutegereje naho umugore Ijuru riramutegereje kuko arenze zahabu nifeza❤❤
Ihangane mama komera kdi urimwiza cyaneee
Uri ikinyamahoro weeee!!mana weee Imana igutabare,gusa woe ukwiye gufata mukuruwawe,ukamusengera ukamuregera Imana......nawe akumva.kd uguhora kwimana kurarenze.najya kukarago kugeza nawe abonye ibimibabaza nkuko yambabaje
Ihangane ndakumva akababaro ufite gs urihangana jye sinabishobora ariko nibyiza iyo ubishoboye ntakumdi nugusenga. Imana ikagushoboza kurera abana
Jesus Christ 🙏 utabare ndakwinginze umwomore umutima.
Ariko dis uyu mubyeyi numunyamahoro cyane
Pole imana izaguhoza amarira mukuruwawebizamugaruka
Ese ubwo uwo nimukuru we mana? Yesu afite akazi
Nimwiza anaseka neza ... abagore bararushye ukuyemo mukuru we
Abagore mukunda abagabo sinanagukurikira rwose waza nkakujugunya hanze itaka rikakwakana
Nange sinakingura
Komera Mama Imana irahari kandi iratabara🙏🙏🙏🙏🙏
Sha uwo mugabo n'umugome pe,nawe nyene agomba kuba ata mashule afise kuko umuntu yize nta tegeka umugore yashatse ngo ategerezwa kumuvyarira umuhungu,iyaba yarize yosobanukiwe ingene abana bavuka na cane cane ko batangwa n'imana,ariko uko biri kose Ange ukomere cane imana irakubona umunsi umwe izogutwengera 🙏
Disi Ange yarababaye peee urabona ukuntu aseka kumutsi w’iryinyo
Humura mama iyisi yuzuyeho ibikomere bitandukanye nyagasane azakomore ubwo buribwe ilove you so much wumv kutari wenyine🌹💗🙏
Imana yamahoro iguhe ihumure Angel chr ndamuzi ikabuga disi numugore uhora acecetse ntiwamenya ibyo ko byamubayeho😭😭😭😭Imana igukomeze mugore mwiza
Sha nukuri urimwiza unabimenye nubundi uwo mugabo watwaye ntago yaragukwiriye rwose
Iyo nta kibi kiri mubiganza byawe muguhemukirwa ukaba nta kuboko wasesetsemo dear Imana ibana nawe ikaguhoza amarira yose mwizere Imana pe
Ariko ukuntu inkoni iryana,nibaza abazihanganira simbyumve,gusa nakwihanganira ibindi ariko inkoni zo ntizirimo
Sha nangye inkoni sinazihanganira
Uri mwiza rwoseee kdi cyane pee
Sabin arantwengeje 😊ngo impuhwe biba bimeze bite ...nihatali pe
Hariho abagabo bazotuma à bagore bamwe n'a bamwe batazobona ijuru, kuko biragoye kwakira.
Ibyo nibyo rwose 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
@@vava8702 guha imbabazi umugabo wiwe hamwe na mukuru wiwe ni urugendo rurerure,, niyompanvu n'avuze ko hari à bagore batazobona ijuru kubera abagabo.
Niko kuri urushako rubi nigehonome!!😭💔
kwica nibaza yuko ataricaha twopfuma dupfana twes kabisa
Mbega Umugabo wimbwa we😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢
Nibp miss jolly yavuze
@@lolitaimena9782 Mere yarababaye kweli😢😢😢😢😢😢😢😢 Umugabo wo kwanga abana ngo nabakobwa cyakoze Imana yaramuhannye
Umugore nta ruhare agira mukubyara abakobwa changes abahungu, umugabo niwe biturukaho!! Uwo mugabo yaguhoraga ubusa!! Wihangane Kandi ukomere.
Mana we nziko uri umucamanza uruta abandi bacamanza uyu mugabo na mukuru we ubahembe ibikwiriye nibyo bakoreye uyu mubyeyi nziko isi ihora muzumva
Aaah yayaya 😢haribyonumva bikandenga !! Umenya nubundi yarari muri M23 😂bakamurasa 😅None yasubiyeyo 🫣Narangiza urugamba arimuzima uzabona ahinguste🤣🤣🤣🤣Gusa courage Madame, uracyafite ubuzima ,rwana nokurera Abakobwa bawe , nawe ikunde 🙏🏾Imana ibane Nawe 🙏🏾
Vuga ngo arere abana apana abakobwa bawe. Nugusenga
@@juliennenyirandikumana5575Ndumva ntacyomvuze kitari normal ?!!!Kwitwa umukobwa se nicyaha ??kubumukobwase bivanaho kubumwana ???!!!
Icyo nabonye cyo nuko urugo rwubakwa nurukundo, iyo rudahari rwose uretse guhorana umutima ukomeretse ujojoba ntakindi, Mama komera wishakire ubuzima bwabana , Urekane niyo mpyisi isi izamwumvisha, suko bizahora, imana izazana ntizaceceka
Sinjya numva ibi biganiro ,ariko ibi birarenze ISI irashaje peeeeeeee
Wihangane muvyeyi uri mwiza abantu b isi baragoye ivyiza birimbere ububabare bwawe buzohiduka umunezero
Ihangane bibaho nanjye murumuna wanjye yatwaye umugabo baranabyaranye. Iturize bizashira kandi imana igufitiye indi mibereho uzampamamagare nkuganize bizagufasha
Mbegaa pole disi, ubuse muravugana? Ubwo kandi wasanga waramwishyuriye n'amashuli.
Isi yabaye iyindi peee
Uzampamagara ndumva duhuje amateka
Ubundii c Abana Bose nabana irere Abana bakure wongere wiyubake ureke kumva ko kubaho ubikesha abandi nutisobanukirwa uzongera ubabare nkuko mukuru waw yakubabaj nuwo mugabo waw guhora agenda akaza ukamwakira ntubuzi ibyaba akuzaniye
Imana igushoboze mubyeyi wirerere abana unishyure Bank ubundi witurize
Va ku nzererezi,irerere abana
Ese ntimurabona Abahungu bananiranye?
Nzi umubyeyi wabyaye abahungu gusa ni ibirara bamwe ni abanywatabi abandi babyara bazanira nyina ngo arere. Uwo mubyeyi yibaza impamvu atabyaye abakobwa
ibaz akubwiy ati ntuzongereho uwundi nawe ukamukurikira kandi uziko havyara IMANA .non ibintu birimubagabo biryoshe kuburyo umugabo ahakwa kukwica ukahaguma ufise so nanyoko
Uwo mugabo ni inyamaswa.Iyo uhamagara Mama wawe akaza kukurwaza akareba nutwo twana.
Isirashaje uwomukuruwawe ubanzarumurozi yaramurozepe
Nakumiro nukuri Inyana yibwa niyo kbs Gusa komera
Gusa wihutire kwisuzumisha urebe uko ubuzima bwawe buhagaze....
Uwo mugabo uhora yabunze ni hatari
Ibigabo by’ibijiji bitaziko aribyo bitanga igitsina koko biziko abagore aribo babyara kobo bakira ibyo abagabo babahaye syigari we
I bijiji gusa Mana we
Hahhahahahahhahhaha. Ndi umugabo ariko ngaya abagabo bagenzi banjye bafite ibitekerezo biciriritse bamwe babiterwa no kuba batakandagiye mu ishuri, abandi bakabiterwa n' imyumvire yabo iciriritse aho BATAZI ko IGITSINA cy' umwana gitangwa n' umugabo atari umugore. Let's learn how to appreciate whatever is heavenly gifted.
Illiteracy is the mother of almost all evil things in this World.
Sabin niwe wanjye
Ntibamutwaye ninzerezi mugani wa babana imana ikomeze iguhe kwirerera abana mwiza
Maman wihangane wirere abana
Komera chr humura ibibondo byawe bizaguhoza
Yewe nakumiro nukuri njyewe narindi mumarira ngonatwawe umugabo ninshuti yanjye none ndihanaguye mukuru wawe ndumiwe peeeeee
Njyewe umuvandimwe ariwe untwaye umugabo ntakibazo sinkuwo mugasozi!
@@twizelimanadorothee8320 Sha birababaza birenze ahubwo
Na murumuna WA we aramutwara da
@@twizelimanadorothee8320 hum sawa
Murumuna wange ko ubu arikumwe nuwo twashakanye kd nkaba ndi kukiriri?umva ndarembye mumutima
Nukuri isi yameze amenyo pe 😭😭
Uyo mugabo ni umushenzi! Igitsina agitanga! Du moins kubize barabizi! Hanyuma Pole sanaa mbona usa n'abandi bagore. Iyo uba hafi yanje nakwikundira!
Umugore yihangana kandi useka neza!
Isi irashaje
Umva mama ihangane wirerere abana bazaguhoza amarira bikurenge.umunyarwanda yise umwana we Bazubagira:bivuze ko hahirwa uwufite abo bakobwa.
Ariko kuki abantu batakigira ub'umuntu Koko😰
Icyakora abagabo baragwiraa😢
Uwanyereka uko uwo mukuru wawe asa
Ariko abagore bafite amazi mu mutwe pe pe , ubwo n ubundi utegereje ko azagaruka narumiwe koko
Iturize abagabo benshi Nuko bameze ubu ariko nigitsinagore ntitwunva pe tuza wirerere abana bawe kirimwo kuzerera kireke icyokibwa
warufise maman wawe mwiza kabisa yarakubwira ngo taha nawe ukadadika sha nukuri jew ndatuntura nkarira nunvirije inkuru nkizi
sabin naw uratwenza umwana wimyaka17 ivyokumenyana ntavyoyitaho
Ariko Mana yagasani useka neza disi .komera cane
Ko nta number ya Ange washyizeho ngo tumuganirize?
Self esteem niyo uyu madame akeneye naho iby'uwo Mugabo byo ni hatari .
Ngo uzongera umufate?
Ntamugabo umurimo, reka ishyano.