i don't agree with the trainer at one point, i mean girls are not made for simple things like sending email and making excel sheets🙄we can also code ubwo rero owning a latest version of Macbook is not a big deal for girls it's a normal okayyyyyy
The girls got point but the guy is not understanding them well what they want to mean. Type ahita abaca mwijambo ataretse ngo yumve neza icyo bashaka kuvuga
Ese nkuyu harya ngo numusiri hhhhhhhh English yawe ko numva itaryoshye koko umusirimu nyawe ntavanga indimi pee nimba ari ikinyarwanda jyugikoresha cyonyine nimba ari urundi rurimi bibe uko kuko ububwira abagukurikira kandi ugasanga ubaha ibice kbx biraciriritse kbx murakoze!
Rero birantangaza iyo umuntu avuze ngo yubaha akazi k umuntu wese yarangiza akiha aba postinga nk aho ari imburamukoro. Instagram hari abantu itunze kdi niba rwandair imuhaye kubamamariza of course it's a business trip. Kuba umuntu yagenda first flight ntibivuze ko atari business trip kdi business si ubucuruzi bw imyenda n inkweto gusa mujye musirimuka. Ndumva mutarumva ko umuntu acuruza services cg brand ye ubwo guhostinga mutarumva ibyo aribyo
Muraho neza abatwins namwe abo duhuje kubakurikira?mukomere cyane kdi twigire kur trainer abantu mukunita iyo kitchen paper ku meza ntimuzongere iba mu gikoni ikindi musure google murebe umumaro wayo pe please!
The trainer on this point of machine u're wrong. Kuko abakobwa ntago dukoresha machine only for reporting only. This time we are even coding and dealing with big systems. Ahubwo reach out to me turebe ukuntu twakora aka website ka trainer😊
👍CYAKOZE INAMA UTANZE KU MUNOTA WA 24 NICYO , HARI AMAHIRWE ABANTU BABURA KUBERA GU FAKINGA UBUZIKA BWABO. IYI SI KANDI AHO TUGEZE GUSHYIRA HANZE UBUZIMA NIYO MODEL SI N'ICYAHA CYANE KO BITUNZE ABANTU BENSHI.
Ariko se! Ari iwe nta kibazo! Niba wowe warize guteka, amabwiriza wayahawe ko wari mu ishuli et pas dans ta cuisine! Kandi bakagutozaga kuza kora ahantu. Niba utajya utembera, ahantu bateka bambaye neza ndetse na bijoux bazishyizeho, uzarebe film basi.
i don't agree with the trainer at one point, i mean girls are not made for simple things like sending email and making excel sheets🙄we can also code ubwo rero owning a latest version of Macbook is not a big deal for girls it's a normal okayyyyyy
Girls who code are freaks... I was told this by multiple people lol
Tuvuge se ko utumva ubwoko bw'abakobwa avuga ra?ntabwo ari kuvuga abakobwa bakora akazi kiyubashye kakabahesha ibyo bafite, aravuga indaya VIP
Sha ibyo trainer avuga byose I agree with him a hundred percent 💯. Totally true
Uriharira ijambo urigaragaza kuzi byose 😂😂😂😂 umusirimu araha kbx impanga zacu turabikundira naho ndumva mwagendesheje kbx kuganira nuwiyuta nyirandabizi!!!!!!
Ibyo uvuga nibyo ariko rero nawe wikabya uziko wagirango bakwishyuye ngo utere comment panka ikiganiro kirangiye
Ishyari ni ribi wowe utinze kwisi wanaroga nakwambia
Ishyari ni ribi wowe utinze kwisi wanaroga nakwambia
Iyi mvange iraryoshe ariko hari ka salade cg vegetables like spinach cg choux na avocats byaba aribyiza cyane
Sha icyo mbonye iyo umuntu yagize amahirwe bikemera abo byayobeye bitwa injiji kuko ntacyo nkuyemo uretse agasuzuguro nubwiyemezi ubuse nkuyu avuze iki?ntamukire ubyina nabi pe!
As long as there's a Jo twins ❤❤❤❤❤
Nukuri ukwiye kurekera gushyira hasi igitsina gore gutyo pe ntago ari bose please jyutanga respect ku bakobwa bashoboye
Shn nanjye namugaye ahubwo arabaca amazi Kandi ndumva ariwe uri hasi bitewe nibyavuga
Icyiza ibyo avuga tubatwabyumvise gusa nawe wihangane..niba utisanzemo urebe ibikureba kuko yavuzemo byinshi ..
@@davidbyiringiro5300 courage 🤝
@@JulietteMutoni-lu4sy Mu byukuri ibikorwa bye birahagije ngo abantu bamufatireho icyitegererezo kuko ntako atagira pe, ariko iyo avuze uba wumva bipfuye byose kbs
Hhh! Yesss Sirrrrr🔥😁😂😂, The Best Sounds on the World😅 and The kitchen was real cheering
Thanks for inviting Jo Twins ❤
Mbabajwe numugore wae pee kuko usankaho wumva igihe cyose igitecyerezo cyawe cyaba aricyambere
Sha nanjy nibyo maze kubona kandi kenshii igihe cyose abayumv ibyavuga byose arukuri
This man really needs an increased number of subscriptions 😇 what you lot think?♥️
The trainer Ntago azi kuganira no kwakira idea zabandi 😢 ameze nkaho atabitayeho cne 😂
Nukumvako ari hejuru yabo 😮😅
Ninkirabuheri😏😂😂😂😂😂
@@clementinekaranga3416 arikwitwara nkubarusha ibintu rebukuntu batarikumuvugiramo ngo bikunde? Yaabacishije bugufi nabo baremera Rebukuntu barikumugenderaho kd ataruko bemeranwa nawe😭
@@IMN7724 nabibonye
Narinziko arinjye wabibonye gusa shn umva ngurumusirimu uraciritse nubwo wishyize hejuru ntacyo ubarusha kuko iyonzu twabonye niyampnga wibifatira rero kuko ntabyacitse kuri wowe kbx 🤮🤮🤮🤮🤮🤮 ntutuma bavuga nyine bakwihoreye kuko bakubonye mumutwe ko wiyumva cyaneeee sukumureka kundi!!!!!
Ibyo uyu musore avuga nibyo 100% ni bake cyane lubacuruzi bagenda muri Business class ,kuko ifaranga ty'umucuruzi ahora aribaramo inyundu , ABA Fonctionnels nibo bazigendamo kenshi kuko ni Leta IBA yabishyuriye ! Uyu lusore agité ibiitekerezo byiza cyane👌
Trainer ndamwemera pe uvuga ukuri
Uyu mutipe arirya koko nagasuzuguro rugeretse
Oya kdi sa gasuzuguro avuga uko abyumva none c ushaka avuge uko abishaka?
Iyaba ari umukobwa ari kuvuga abagabo ntimwari kuvuga ibyo ?
Ntago nzi impamvu nshimishwa no kubona umu type uri guteka mbambona bishimishije kbx 👌🤗🤗
Trainer chia ntabwo narinziko uganira gutya kbc
More tips kbx kuko uvuga ibintu byubwenge kwl💯
Ndi Donald from Burundi 🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Ndakunz ikiganiro Kandi ngiy kugura imbabura ,nsume nongere nteke imvang hama numv uko bimera!
Uzashake intebe ndende zokwicaraho ;urabonako uriya mukobwa wambaye ikanzu yananiwe
Nukuri yananiwe cyane uraboka uko arikugira 😘😘😘
Urabona uko yananiwe
Shn mpise mbona impamvu watandukanye numugore niwowe udashobotse peee urumva uburyo avuga ngo ntarugero syiii
Ahhh Nigeria 🇳🇬 welcome baby women rwanda😂 we have connections money 💰 😅😅
Inteko yumugabo niyumugabo nyene itomati ayishize mukirahuri pe🤣🤣🤣👊🏾
Aba Jo twins ❤️
Icyongereza cya trainer kiranyica,
cyazeee! u got factor kbx
Akakajwi ka trainer karanyica
mn umeze nkumuntu wiyumva kd ubigenzuye neza ufite ubwenge bucye nyine urumwana pee uzabanze wumveko urumuntu usanzwe apana kumvako uri special
You inspire me the trainer noneho business trip niyo irenze cyaze abakobwa nibo bantu bashimishwa nutuntu tudashinga
Nukuri niko tumeze
Waoo jo twins show mbakundakubi wakoze kubatumir mwaganiriye nez vbs kitchen mbese byari show
You are correct totally
Ark nawe utwo duphoto two mundege no kuri aéroport nawe udushiraho
Ese abakobwa mupfa iki?? Hhhh ntago abakobwa ariko bameze rwose uribeshye ese ubwo iyo wirebye ubona uri mwiza ijana kw Ijana😂😂😂😂 hhhh abakobwa bite byabaye uwakubwira imbwa z abahungu ziri hano hanze z abatekamutwe genda va aho ngaho rwose ntakigenda cyawe wavuze gira inama ahubwo abagabo
Uyu se ubona atari mumbwa umuntu yataye umugore ntiyayja mubagabo
Njye ntekereza ko ari kuvuga abo yahuye cg yamenyanye nabo.
Abakobwa bose si bamwe Trainer
Ikiganiro ni good kabisaa👍
Mpinga byira bimeze bite,ndabakunda from DRC
The girls got point but the guy is not understanding them well what they want to mean. Type ahita abaca mwijambo ataretse ngo yumve neza icyo bashaka kuvuga
Yigize uwacyane ariko nawe yahuye na isimbi model aramufeka cyane too amwereka ko nawe amurenzeho nyine niko isi imeze kbx
Mpinga wanjye yari yananiwe pe
Ese ibiryo babininnye bagakuramo amazi buriya ziba zihifite intungamunbiri 😅😅😅😅😅😅nuko dukomeza kumirwa
Uyu muhungu kuki ashyira hasi cyane igitsina gore koko abona byarakunze akagirango abandibo ntibagerageza uretseko bidahira bose
Biterwa n'abakobwa yagiye akundana nabo bagiye bamuha ibyubahiro birenze bityo bituma yumva ko abakobwa cg abagore Bose bari hasi kdi sibyo rwose
Ese nkuyu harya ngo numusiri hhhhhhhh English yawe ko numva itaryoshye koko umusirimu nyawe ntavanga indimi pee nimba ari ikinyarwanda jyugikoresha cyonyine nimba ari urundi rurimi bibe uko kuko ububwira abagukurikira kandi ugasanga ubaha ibice kbx biraciriritse kbx murakoze!
❤❤❤❤❤❤
Rero birantangaza iyo umuntu avuze ngo yubaha akazi k umuntu wese yarangiza akiha aba postinga nk aho ari imburamukoro. Instagram hari abantu itunze kdi niba rwandair imuhaye kubamamariza of course it's a business trip. Kuba umuntu yagenda first flight ntibivuze ko atari business trip kdi business si ubucuruzi bw imyenda n inkweto gusa mujye musirimuka. Ndumva mutarumva ko umuntu acuruza services cg brand ye ubwo guhostinga mutarumva ibyo aribyo
Y'all need to know that prostitution is a business trip too ☠️🤣😂💀
Ngwino ndagukunda ❤💋💯🌹
The trainer agree with you❤
The trainer ari kuvuga caracters z aba slays . Ntaziko harabakobwa bafite uburere kandi bakunda byukuri kdi bafite n umuco
Abanyarwandakazi basigaranye umuco nibake, niyo mpamvu abanyamulenge babarusha kubaka ingo.
nanjye ibya trainner ndabyemera
Ibirayi ni byiza ariko sibyiza kurya byinshi, ibishyimbo biri riche en protein
Munyibukije ubututu peeeeeeee
🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏ICYONGEREZA NACYO KIGABANYE KUKO NDUMVA ARI CHINESE ( ZE BLUETOOTH DEWISE IS CONEKITETE).JUST BEGGING
Jo twiiiiiiiiin❤❤❤
The trainer disi yahuye nama slay gusa kuko iyo mico yabakobwa Ari kuvuga shn 😅😅😅😅
abantu nkunda bahuye ndanezerew ☺️❤
cyokoza trainer avuze ibintu bizima uno munsi kbsaaa
Mpinga chr stop kurya ibiryo birimo tungurusumu utwite and tangawizi ni bibi cyane utwite
Muraho neza abatwins namwe abo duhuje kubakurikira?mukomere cyane kdi twigire kur trainer abantu mukunita iyo kitchen paper ku meza ntimuzongere iba mu gikoni ikindi musure google murebe umumaro wayo pe please!
Nukuri ndabyuka nteka Imvage Oya peee kandyame Ahubwo
Trainer rwose uvuze ukuri abakobwa dukunda ubukwe peeee😂
Uravuga ukuri rwose bekukuburanya
my Favorite food ❤❤
Ukuntu Nkunda umuhungu Uzi guteka 😂😂 uzambwire nze nkwigishe fresh ubutaha uzavange inyanya na salsa bizaba biryoshye kubi ushyiremo na Magi ushyiremo soya sousi
The trainer on this point of machine u're wrong. Kuko abakobwa ntago dukoresha machine only for reporting only. This time we are even coding and dealing with big systems. Ahubwo reach out to me turebe ukuntu twakora aka website ka trainer😊
Trainer yasomye quotes nyinshi😂😂😂
Zamufunz mu mutwe hubwo nez nez😂
ibi biryo biteye appetit
ase bro izo nombe urazigaburira nde? ibirayi nibyo wari gusuka muri iyi salsa
Cool Kitchen😎😎🔥
Ngwino mukunzi akukunda❤❤❤❤❤❤❤❤mpinga chou kowambaye umukandara buriya ntakibazo byatera baby waba Jo 😊 disi urumubyeyi ufite imbaraga Uba wahagaze wavuze ntako utaba wagize swiitati akukunda❤❤❤❤
Inda ntirakura cyn kuburyo byagira icyo bimutwara kd buriya ari kwiyumva
Omg ngwino na minga na the trainer ❤❤❤
Yooo iyo mvanjye wap ayo mazi umenye niyo vitamin dis oya we ugomba kuziga gupima amazi
Nigeria again 😂
Nkirumwana narinziko aritegeko kurya imvange kumankwa nijoro tukarya umuceri kandi narinziko bigomba kuba muri buri rugo hhhhhhh
😂😂😂 ndakumva cyane najye narinziko inyama ziribwa nijoro gusa 😅😅😅 na weekend, biterwa na famille uko mwabiteguye
👍CYAKOZE INAMA UTANZE KU MUNOTA WA 24 NICYO , HARI AMAHIRWE ABANTU BABURA KUBERA GU FAKINGA UBUZIKA BWABO. IYI SI KANDI AHO TUGEZE GUSHYIRA HANZE UBUZIMA NIYO MODEL SI N'ICYAHA CYANE KO BITUNZE ABANTU BENSHI.
Hey the trainer! Naherukaga Channel yawe murikumwe na Terishy, Courage with Jo twins show🌹
Sha muradutuburiye suko
Bravo la jeunesse rwandaise👍🏽
None ivyo biraya ubiteka amasaha angahe???
Please bro wige basi uko batandukanya r na l kuko birajabye kumva Umusirimu nkawe utabizi cg ujye wivugira ikinyarwanda
Nareke kuvuga ibyongereza byishi rwose
Ikiganiro cyiza kirimo ubwenge n'inyigisho.
Ibaze gutumira abantu wowe musagwa ukanywa abowatumiye batanywa!!!!!
Mana we! None se yabi bahatiriza badashaka koko!
Harantu ngwino avuze nka mpinga
😂😂😂 najye nabyumvise ❤
Bro bimeze bite c nanjye wazantumiye ko twasagiye before I have a lot to
Ask u please
Narababwiye ngo mushake amafaranga naboneka munjye mubitaro byakure kureba abana birirwa bakukira inka za base banazahirira abo muzatuma basa neza kurusha nabo mumugi mwirirwa mubona Kandi munubake mwishimye
Ntago umuntu aminina ibirayi ushyiramo amazi bihura kuko intunga mubiri zose ziba ziri mumamininwa
Nanjye niko mbizi ushyiramo amazi atabirengeye bigahura kbsa
Ariko wibeshye ugashyiramo amazi menshiii urabiminina rwose pe ntakibazo
Nawa days I get it🤩🤣
Tubabarire pe 😆😆😆😆
Wampaye akazi pp wang sibyo ubushomeri kobinyish
Was good with twins ❤but boy you talk too much it's like uriwenyine nukiharire ijambo 😂 knd ibintu byose ngo urabizi 😂
Narinziko arinjye wabyumvishe gusa yatumiye abantu yarangiza akiharira ijambo yarangiza ngo numusirimu hhhhhh!!!
Yewe iyi simvange y'umuchef pe😂😂
Nibyo pe nanjye fite umuntu tumaranye 8 ans yaze kundeka aragenda akagaruka nanjye nkamubabarira murimake birakomeye
Yewe ndumva arihatari nyagasani agufashe
That's so toxic ,uzamurek
Uziko nabo bakoze inama😂😂
ibyo uyu musore avuga nibyo cyane
Niba warize guteka ntabwo ukurikiza amabwiriza yigikoni kuko ntawujya guteka yambaye imirimbo amaherena,amasaha,impeta byose ubikuramo ariko yaba wowe nabo murikumwe ntaho mutaniye kdi ibyo mukora mukurikirwa nabantu benshi kdi bakabigiraho ubworero muba mutwigisha nabi mukosore thx brother & sisters
Ariko se! Ari iwe nta kibazo! Niba wowe warize guteka, amabwiriza wayahawe ko wari mu ishuli et pas dans ta cuisine! Kandi bakagutozaga kuza kora ahantu.
Niba utajya utembera, ahantu bateka bambaye neza ndetse na bijoux bazishyizeho, uzarebe film basi.
Ndabakunda
Hejuru jo
Sha aho sibyo pee.nukunvikana
Team twins💓
Twins
Wapi wapi pee
Ibyo uvuga ntabwo aribyo
None c umuhungu utira imyenda agatira isaha urukweto yewe hari nabatira inzu ngo yiyemere k'umuntu tuvuge ko ntabo Uzi ko babaho?
None c urumva Atari ugushaka kubaho uko atabayeho?
You are speaking from quotes mr man !!!! Try to look a bit abt reality
Hello Guys Mwasiguriye 1. ibidusa, 2. amadegede 3. ibikoro , 4 ubututu mwasiguriye mukirundi 🇧🇮🇧🇮 ?????????????
Mbakund kub 🇧🇮
😍