@@manigahussain6214 Abakiriye Yesu by'ukuri ntabwo bashobora gukoresha ikibuno kk batitaye ku umubiri uzabora ahubwo bitaye cyane ku ubugingo bwabo kk bafite ibyiringiro ko buzabaho iteka ryose.
Araberewe kandi niba yishimywe ntakindi. Buriwe akora ikimushimishije kidahuje nundi. We have to respect others wishes and opinions! Life is short so do wherver that make you happy! God bless you all, mwandike comments sidasesereza abandi, mujye mwishira mukigwi cyurikur interview ari wowe wavuga urebe comment nawe zakunezeza wunveko nundi muntu arikimwe nawe.
Ark abantu nukuberiki tubabazwa nimitwaro tutikoreye erega buriwese amenyibye kuko kumunsi wurubanza buriwese azabazwa ibyo take care for your self reka umukobwa wabandi
Isi igeze ahatemba nukuri Imana ikomeze itubabarire Hama abakunda Yago TV Show like hashe 🔥🔥🔥
Isi irarundutse nifiteye ikida pe ariko nzakigumana da
@@TetaOlivia nawe uragifite🤣🤣
@@iranzizouzouzuriathiranzi8588 uruda ndinarwo pe 😂😂😂😂
@@TetaOlivia nikurugabanisha nawe🤣🤣🤣
Ntabwo bizoroha pe, ubu aho isi igeze nukuba uko ushaka kuba, ati ubutaha nange nzakunera 😂😂😂
Ark c we komurikuvuga nabi amafaranga yatanze saye mwaretse akaryoshya nubundi ko ubuzima aributo ijoyi rata ❤❤❤
Yesu araje ba kristo ntimusamazwe nivyiyisi kuko twebwe ntiturabisi nubwo turimwisi yivyaha 😭😭😭😭
That'true ✌️✋✋✋✋
Amen
Amen
Nkwifurije kumenya Yesu mukobwa akakuruhura kuko urarushye cyane rwose
It will end in tears Cherie ntawumenya aho bwira ageze
I don't judge anyone but it will end in tears 😭😭😭
True
How and why???
@@nayebaleallen3471 cause she abuse and denying God for the gift of body it means from gift of God she is not satisfied 😭🙏😭
Azapfumuka mureke
Mwancacyiye number Yuko nabonaho number yiy tv uyumutekamitwe nkamukozisonikoko
Ibibazo nifitiye mbirenzeho nkakuvuga nabi naba nta Soni ngira. Urasa neza mukobwa mwiza iryohere kdi wirambire ubuzima ni bugufi❤
Hhhhhhhhhhhhhhhhh wamuntu uratsekeje bikomeye ngo ntiwarenga kubibazo ufite ngo ujye kuvuga kibindi
😅😅😅😅😅😅.
Ndihiritse pe😅😅😅😅
Afise ikibuno kibi
Gitey nabii nagize ngo ninjye wabibony gusa 😊
njyewe ndabona arisawa
jealous
Ntago ari ishyari reba neza gitereye hejuru @@chantelmuhorakeye1290
Wooo byiza cyane mukobwamwiza ereganuko ntabujobozintawitanjyayo
Umubiri ni ubusa uzabora.Uwaguha amahirwe ukakira Yesu,akakuruhura.
Nonese abakiriye yesu ntago umubiri wabo uzabora
@@manigahussain6214 Abakiriye Yesu by'ukuri ntabwo bashobora gukoresha ikibuno kk batitaye ku umubiri uzabora ahubwo bitaye cyane ku ubugingo bwabo kk bafite ibyiringiro ko buzabaho iteka ryose.
Ndagukunda YAGO❤ witiranwa numuhungu wange
Yago I ingaruka zo ziveho kuko ntaho badapfa 😂😂😂 kdi icyizakwica ntumenya iyo cyiva ahubwo bijou nakomeze yi ryohere😂😂😂
Murasiganwa numuyaga . Ese iyaba mwihindura kugira muhindure calendar y' Imana yogutura kuriy' isi .
Kwibanga mubuzima bwumuntu sibyiza nibakureke rata urananerewe Kandi urinamwiza bakureke
😂😂😂😂😂😂ahwiiii
Team ya brother hejuru cyane yubahwe brother ❤uwonawe ariko yibebeza arikwisoko uwirata yirate koyamenye yesu ibisigaye nubusa isi irahenda knd uwutazi ivyisi avyitivyiwe
Yesu wenyene kweri niwumuntu yokwirata nayubundiho ivyoyigira vyohera ahubWo Imana imutabare
Uyumukobwa ndamukunda knd afite umutima mwiza nabwo yirata
Nshimira Imana yashyizeho gupfa
Araberewe kandi niba yishimywe ntakindi. Buriwe akora ikimushimishije kidahuje nundi. We have to respect others wishes and opinions! Life is short so do wherver that make you happy! God bless you all, mwandike comments sidasesereza abandi, mujye mwishira mukigwi cyurikur interview ari wowe wavuga urebe comment nawe zakunezeza wunveko nundi muntu arikimwe nawe.
Arko abantu urabazi woe?! Abenshi muribo wagirango nibisimba ntibita kumaranga mutima yabandi
This is like a flower shelflife, timing is everything!
Yago courage mwana imana iguteze imbere ndagukunda cyane sinzi ukotuzahura
Uzazane nundi kumusura ni karibu
Mumicho yazungu ntibakunda ikibuno niyo mbanivugira, ariko biyongerela amabere kuko bo bakunda amabere manini chane bagachonga namazuru, abazungu bakora plastic surgery cane 😊
If everything was a person❤
😂😂😂😂😂😂❤❤I really love u sweet Dabijou❤Niwowe gisobanuro cy'umukobwa umeze neza❤
Yago waduhurije uyu mukobwa na Sunny akamuduhera ikinyarwanda😅😅
Yego rata sunny yamumbwirira
Umva injiji ikibuno c nihe cyakwinjiza
Usimye mumico mibi gusa
Ese komwese mbona mwasaze ngo Imana imubabarire ubwo mwebwe muri aba malaika ?? Mwagiye muraba ibyanyuu mwihane kugiti cyanyu mureke ibyaha kugiti cyanyu mwijuru ntawuzajana nundii
Imana iturengere cane itubabarire kuko turayirakaza cane turayigaya cane kugaya ukoyaturemye itubabarire 😢😢😢ukuntu yuzuye kwiyemera rero nako ese iyonzu uzopfa uyisige urirata buhoro kandi uze wibukako utayipfukanye niyonyo niwapfa izobora cabugufi ugabanye ubwibon 😢😢😢nukuri Imana ikomeze itwihanganire pe zamushima uko Imana yabaremye
Imana irihangana Guys 😢😢😢😢
Icyo kibby kirikuvuga kiyemeye niyompamvu Imana itazashyiramo imiyaga nijya kucyerekana
ntamyaka ijana rata .nubundi turapfa tukabisiga .Soo,ubwo rero ugomba kuyarya ukubishaka ukaniyitaho ukubishaka 🥰😍
Ndakwemera cyaneee muturanyi❤❤❤❤
Nukuri ntugirengo n ishyari 😂😂 ahubwo ndabona ntakigenda peee 🙊
😂😂😂😂
Cyakoze iyo nkuyu avuka muri Sudan nibwo yari kuvuga ko ari mwiza naho mu Rwanda uyu se aza muri bangahe beza koko ? Niba ariki kibuno gusa !
Arko nanone wikwihenura kubantu sst kuko umubiri nubusaaaa komeza witezimbere arko utishyize hejuru buriya wibutse ibibera kwirimbi cyng mubitaro wavuga uziga.nihitiraga da
Babikoze neza bibereye amaso! Uzongereho utunure duke cyane bigendane no hasi! ❤
Nibyiza ariko relo muminsi mike azabagisha numuryango kuko ntabwo ikibuno numugongo biri proportional kandi bigiraingaruka kuri whole body
Rata chr Abantu munjyemureka amashyarii uyumubwa rwose nimwiza kndi kwiyitaho sicyaha pee amafranga naye numubiri nuwe so what rwose Kura laha beautiful girl❤ ikindi Abantu mufite imidigi mukore sports zishire dii mureke amatiku😅😅
I love herr ❤❤
Nyamara ibyo sunny avuga nukuri
Brian ari proud yinda ye
Team Yago ❤
Ayayayaaa abandi barikurwana bagabanya ibinure n ikibuno we akabyongera does sho think about amaguru a supporting icyo kibuno, n’umugongo ?
Ukibuno cye cyinateye nabi
Amahitamo yawe nubushobozi bwawe vyubahwe👌 ark ntuvyiratire cane ngowimare
Utazi umwanzi asiga umubiri sh😅
Ibyo nibimwe fatakumavuta yavuze bakubitaho bigaturika 😂😂😂😂😂turashize nonoho 😂
None se fatakumavuta abizi ate ko atari yanicarana nuwatanze amamiriyoni ye ngo akoreshe icyo kibuno
I like her 🥰
Dabijou ni mwiza,kandi afite nagatima keza
Umubiri nimubi kuko urashukana mwabantu mwe!
Nonese ubu iki kibuno ugiitunga muri wese cyangwa ntujya unnya?
Do what’s works for you rata as long bigushimisha. Ntanumwe wasabye ubufasha nubundi niyo urwaye ntawugutwaza uburibwe 🫥🫥
Courage dabiju🎉
I love it
Ikibuno cye giteye nabi cyane jye mfite experience ihagije kubibuno byabagore kuko ibyo nabonye byambaye ubusa na computer ntibabibara rero uyu ntabiyemereho icyibuno cye ni ntakigenda.
gusangira lonch 😂😂😂😂 urayirashe gusa nitambukiraga 🏃🏃
Cyokoze byo!
Pole disi
Ariko disi yesu aragukeneye mukobwa mwiza
😀😀😀😀isi irikoreye !!!!!!
Rata warakoze kuko ubuzima bwawe ni impano Imana yaguhaye rero ugomba kwiha care bishoboka ❤
Ahubwo mbwira waraye iminsi ingahe?
Naho rata courage rwose kwiyitaho nibyo byambere,uwo bibabaza anwe amazi birashira
Ubundi bibatwaye iki koko mubure guhiga $ rata enjoy yourself
Ahubwo atubwire amavuta yisiga
Sha mukobwa wari gusaba Imana ikakwongera ubwenge kuko nibwo warukeneye kurusha ikibuno kuko ico kizakwirangiriza🤷🇧🇮
Nyamara ushoye 12m ugakuramo 100m ntagihimbo kibirimo kuko biramwinjiriza
Kumengo ico gisusu ntikingana?mbona umengo kirasumbana...😢
Ark ikibuno cya m12 ikicyana kuri Tualete zisazwe cg afite iyiwe nubund agendana?
Ariko hari abana bafite ikibuno bateye neza barebare,batitukuje Kandi ibyo byose Ari karemano ....Dabijoux ibye n'inshinwa ntacyo yaza atubwira we already know her.
Umwijuto w’ikinonko ugirango imvura ntizagwa uwo ni ujana tu utaisha one day kandi Mugondoza Imana yabaremywe
Umuntu wibuka bijou muri kabiri nampe like ❤❤❤
Uhibuka gusa niwe nshaka hano yigaragaze twishimane
Bijou ndagukunda courage kbs twika wimanukire
Yago Hejuru wacu courage nukuri ❤️🔥
Ark abantu nukuberiki tubabazwa nimitwaro tutikoreye erega buriwese amenyibye kuko kumunsi wurubanza buriwese azabazwa ibyo take care for your self reka umukobwa wabandi
Biteye isesemi man🫢🫢🫢😂😂
Ngongo namenyanye nabakire ngo ngo I don't care about friends 😅😅😅😅 nabaho mbonye injiji peee nkuyukoko atinyuka kuvuga ukuu azapfa yihambe ouuupsss noneho ngo ikibuno gituma atambuka😂😂😂 nese ndabaza ubu nta passport agir wee ubu niyo cyaze umwanzi akora kwinshi mbpa Uwiteka agutabare siii byeee
Yongeresheje ikibuno None ubu asgaye annya zagabu 😅😅😅😅
That's business go higher bby girl ❤❤
Aliko mubisanzwe abantarwandakazi abarundikazi igitsina gore hafi yabose mbona bafite amabuno meza nomunda hato kandi Aliko bavutse da
❤❤❤❤
Ariko Yago sha nawe ukeneye kusetsa pe😅😅😅😅
Imana idutabare
Iyo ndirimbo niyande
Yoooo uteye agahinda shenge gusa sishyari arko birasanabi pee
Ahaaa....ikibuno ukagiteza juste kugira uje muri boîte gusa!!!!😅😅😅 Nuburaya rero bubibatera!😂
This lady is too defensive as if she knows inwardly that she is wrong!
Nanjye ndabona Ari nka wotamelon imwe hirya indi hino nago bisa neza
Harumunsi uzakizunguza uge kubona ubone kiratakaye
😂😂😂😂
Impera nimperuka bizobaturikana
😆😆😆😆😆😆😆
😂😂😂😂😂😂😂😂
😂😂 ahwi ndatembagaye 😂
Hy
baragihaze nkabalo imana izagufashe ntuzamere nkumukobwa wo muri kenya urimo gupfa yumva kubera ibyo yaboze ikibuno cyose
Uzajye nogukoresha mumaso kuberako ufite agasura kabi mumaso 🤣🤣😂🤣🤣🤣🤣🤣🤣 ninde urebako ikibunocye kitangana 😂😂😂😂hose
😂, 😅😂😂
DABIJOU numukobwa wisobanukuliwe afite ubwenge afite money avuga indimi nyinshi mbese arasobanutse, rero nukuri muvuge macye , mwe kumucumuriraho, ibyubugingo bizwi n'imana ahubwo ntawampa number ye🤷
Ariko nisawa
Fear women brö 🔥✍️
Ni Nigeria na congo.nyine😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆
😂😂😂😂😂baba bijuse
@@jeanafazari1864 kabisaaaaaaa
Ntago turi proud yinda zacu nukubura uko tugira 😂😂😂😂
😂😂😂😂eeheeeee
Suko c sha 😂😂😂😂😂😂😂
Twarumiwe hhhhhhhh😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂 Florence unkorey umusi kbsa
Noneho nawe uyabonye wabikoresha?sha gewe si ukwirarira uko nteye nyuzwe nabyo kdi tuvugushije ukuri iyo uzi imiterere yawe ugena nimyenda ijyanye nayo kdi ukambara ukaberwa gewe 12million sha nayigura ikibanza hahahaa keretse niba yarikwije ikofi hose pe akaba amaze kubaka isi yifaranga naho ntabwo byapfa koroha ko wabinkorera biyo wampamagara kubinkorera kubuntu ntabwo nabyemera si ukwirarira pe gusa ntimunyumve nshuti
Cyane rwose inda nibicece birajenana nanjye uwayampa najyayope
Njye ndabona ari za watermelon zirimo😅😢😂
Tugufitiye products zizewe zigabanya umubbyibuho byihuse Kandi zitagira Ingaruka kubuzima uzikeneye watugaana Aho dukorera nyarugenge tukaziguha cg tukazikuzanira Aho uherereye hose USA, Europe na Canada zikugeraho Numero zacu nwatuboneraho ziri Muri profile pic yaçu iyo irimwibara ritukura mwAjyaho Mugakandaho mukazibona Murakoze
Twagusangahe nangahe?
Uwiteka utwigishe kwita kwiherezo ryacu.
Amen Uwiteka aduhe ubwenge bwo kubara iminsi yacu
Ahaaa Nzaba Ndeba pe
Ariko kuki abantu biyemera 12M agitega aba Motar koko
afire range rover we
Uziko wagirango isi mwarayiguze ntitukibagirwe ko tuyinyuraho tutayituraho ibyobirashira 😂😂😂
Love 💕💕💕💕💕💕💕😘😘
@yago ibibuno byacu biti natullerrrrreeeeeee
Ngo natulereeee 😂 😂
@@huguesgirumugisha8727 😂😂😂😂jye narumiwe koko. Ubu ayo mafr iyayatanga yiga koko cg akayafashisha abashaka kwiga babuze amafr. Ngo ni naturere
Ngo Speciareeeee😂😂😂😂😂
@@rosemarie7426 Oya nagezaho twumvis kwari umuhanga muri français 😂 😂 😂
The top chatt
Muzosubire muducangany ngomuriko mutwereka Ahakobwa batey nez kand arivyo bashirayo Ubu rr ndemey Nzizera bake Ipuuuuuuuuuuuu
hahh muri rusange abanyarwandakazi bateye nk'ibisabo(ndavuga i bwami) ibyo ni ibisanzwe gutera neza hano iwacu naho uyu we rwose si we wagira icyo abihinduraho kuba karakitejeho ntibikuraho ko hano iwacu hari benshi Imana yihereye imiterere myiza karemano uyu ntarimo n'ibyo bamushyizeho ntibishobora kuba byiza nk'ibya karemano.
Ubuse ikibuno kigiterano cyakurura umuntu ra? Kiriho ninkovu zaho babaze?
Nimba aribyo koko aribinure bayaza bakabishyira aho ushaka ndumva ntacyo bitwaye