Umugore Yantanye Abana Barindwi | Ubu Nirirwa Mpetse izi Mpanga Yaramaze Kubyara : ARATURIJIJE
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 7 ก.พ. 2025
- Twasuye wamugabo wirirwa ahetse umwana wimyaka 7, Mu kiganiro kirambuye na Afrimax TV yatubwiye agahinda yahuye nako nyuma yuko umugore we amusigiye aba bana wenyine, ndetse akagenda ntakintu avuze
#Kumufasha_0782732944
Hamagara 0782732944 niba haricyo wamufasha ibaruye kuri Byago
Yesu we ufite icyigeragezo peee gusa sha munjye mwihangana byibuze mubyare umwe cyangwa babiri kuko ubuzima bwo mwisi bwarakakaye bagabo namwe bagore mumenye ubwenge mubyare bake please
Nta habi Imana itakura umuntu,gsa wa mugabo we uri mu ishuri utegetswe kuryiga neza ukarirangiza.Nyagasani akoreshe abantu be bagire icyo bagufasha🙏ihangane kdi ukomere ,abo bana bazakugarura mu buzima bwiza.
Yoooo Imana izi byose!! Ko we mutamushyiriyeho giving life???
Gusa birababaje cyane ariko ntamugore wasiga abana gutya ntampamvu
N
Ygo rata ubuse simbafite ntiyirirwaga ankubita ngo nzagende nkamubwir ko ntazata abana banjy Aho kubata yanyica uwo yagiy hari impamvu
Ubwo cyaricyamutesheje la tete 😂😂😂 barere nyine wumve icyabagore bakurushije!!! Mwebwe se komubatana abagore burimunsi kontawuzakuvugubusa 😮😮😮😮 uwomugore niwewanjye uwamunyereka namugurira brochette ya zingalo ❤
Papa pole Sana abagore biyimitsi nikobameze gusa azinshuza icyonakubwirako nuko Aho Ari adatuje kubera abobana yagutanye afimax tv kuba uyivugiyeho haricyo bizahiNdura mubuzima bushaliriye urimo humura imana irikumwe nawe
muzaze mbahe inkuru yuwantanye icumi kandi barakuze
NGO witwa byago yewe so ntakwanga akwita nabi.pole kabisa ariko uwo mudamu wijishuye ibibondo IMANA izamuburize amahoro aho yagiye
Mbega 😭 birababajepe ubuse uyumudamu Aho Ari arasinzira yarisigiye abana beza gutya?Imana izakuregere wamugabowe
Imana izahana uwo mudamu nukuntu abandi twabuze abana we arabata kandi iyo anywera kugikombe cyokubabura yari kurira
Uwo ni umurundikazi koko? Ko batazi guta abana ?
Mana ,uyu mugore uzamuburize amahoro aho Ari.
Abana 7 mana tabara uwo mugore ntazagaruka déjà afite ikibazo ntabwo wata izi mpinja uri muzima yesuuuu
Ihangane,umugore utaye abana banganac gutya ubona yuzuye,ubu c arasinzira ahari mbegaaaaa isiiiiii
Ariko koko harubwo batubwira kubyara abo dushoboye kurera tukigira nabi, uyu mugabo ku myaka afite n'ubushobozi, mubigaragara izombyaro ninyimshi ninkaho umugore yaranarushye kubyara.
Imana irihanga numvantafise iconovuga niyizi impamvu
ISO akwanka akwitwa Izina ribi pe!uwo muvyeyi yakwise iryo zina yaraguhemukiye,Afrimax yumusaba i foto yuwo muhemu wumugore ukamutwereka,wosanga tunabana ino i Burundi yiyorobeka mubantu kd ari umugome
Yoooo nkubu ntabwoba afise kwel gutangur uduhinj nkutwo😢😢😢
Uyumugabo arikwishakira umugati mwimucira urubanza umugorewe kuva yabyara yibera mubitaro C H K baranahuza cyane ubwo harimpamvu .... Cg neko arimubikomeye byokurera
Abana wenyine uyumugabo anasura kenshi umugorewe
Yooo Ibaze nukuri pe Gusa namumama wapha gusiga abana bangana kuriya namamvu anabikoze yaba afite ikibazo cyo mumutwe
Imana imutume Malayika amukugarukanire kuneza /kunabi guheruyumunsi ntiyongeregusinzirakugeza agarutse.
Arikose wasabye ibyokurya byabana ukarekeraho , nugira amahirwe mubiryo harasagura. none wowe, igishoro nkagira icyo nkora , inzu yokubamo itari ubukode , kwishurira abana amashuri . Iyo usabye byishi wisibira naduke warikubona.
Ariko se uyu gore uta abana bangana gutya nimuzima koko.wamugore we ugira ubwenge ko!!aba bana uzababwira nguki.iso ntakwanga akwita nabi koko.gusa ababishobora twamufasha nibura ziriya mpanga zikabona amata
Ubwose kumbugabo yante abana kontabataye harimo ubugome nubugoryi
Nyamara banyarwanda mujye mwitondera gutanga'Amafaranga yanyu mutazi ukuri, nubwo kumenya ukuri kwibintu nkibi bibabigoye.ndagira ngo mbibutse ko hateye abateka mutwe muburyo butandukanye.gushishoza biba byiza.
Murakoze.
Disi ni satani waginduye gahunda, abagore nibo yateje guta ingo, no guta abana bato, byo twari tumenyereye kubagabo.
Ariko babyeyi bataye abana ntibibabereye rwose, mugaruke, mwikwicisha abana agahinda, ntacyasimbura MAMAN 😭😭
Pore rata Iman izabafashe❤❤
Ubundi ibisazwe iyo umugore amaze kubyara agira ibisa na psychological problem agahinda gakabije nimutekerereza idasanzwe iyo wabyaye impanga byo biba akarusho iyo utabonye umuntu ibizi ngo akubehafi biba ikibazo gikomeye so wasanga nawe ariko byamugendekeye niba ntakindikibazo mwarimufitenye
Nonese yapfuye kugenda ahaa ibyikigihe ntawamenya Nuko
Mugemwihangana komubadutana twebwetukanarera mugemwumvako abagore dufitumumaro😂❤
Ababyeyi turakwiye kujaturita amazina abana tuzinico asigura buriy haramazina wita umwana akamukurikirana ibaz nkuyumugabo ngo byago nyabyago ngibyo byaramukirikirany so Imana imutabare🧎🧎🧎🙏🏼🙏🏼🙏🏼
Unvugiye Ibintu pee,Ahubwo uyu mu papa azashake Ukuntu yahinduza irizina
Ese mwebwe iyo mudutanye abana dutuza tukabarera. Kuki mwebwe bibananira tudahari😂😂😂ubwo wasanga warumaze kumubyimbaho none yarabikweretse,ariko pole basi😢😢
Uransekeje mujye mumenya agaciro kumugore
Irerere abana azicuza nyuma
Yesu.weee!!?? Tabara uyumugabo.nundi.wese ufite umutima utabara.mushyireho Numero ye
Imana irahari bambi bizagendabeza
Mwihangane😊
Imana data ikuze abac bana
Nta mugore uhagiruka mu bana be bangana batya ntakibazo afitanye n,umugabo gikomeye waba nawe warabigizemo uruhare ubu umaze kumenya agaciro k,umugore wawe
Humura imana izakurengera.
Mwijangane
Imana,ikubehafl
Mwabantumwe mungo habamo byinshi uyumugore simushyigikiye ariko ntago umugore yata abana gutyogusa nuyumugabo sishyashya
Apuuu,vyotuma ata impinja ??n'ubugome gusa. Azavyicuza
Ubwo woe wojugunya abana bafite amazi 4?????
Reka reka yarahemutse peee guta impanga??? Umugabo naho yobagito ntiyata abana bimpanga bizamukoraho peee
Ntacyatuma utinyuka guta impinja kuko burya twemera byose bibi kubera abana
Niyo umugabo yakwanga ntiwabitura abana
Yooooo Yesu we birababaj nukur 😭
Ariko se iyo urebera no kuri zankuru zo muri Kenya,ukatubwira aho uwo mugabo aherereye wowe munyamakuru?Uyu mugabo arababaje cyakora
Yew man nihatari komeza kwihangan kuko iman irababon aboban bazakura maze
Isi ntisakaye nawe nyagirwa mugabanye amahambo😊
Ibyuvuga nukuri
Aturuka i Burundi amagana he?
Hhh Sha abagore turi amadayimoni kweri..imyaka 15..ugata abana nimpinja...sha imana izakwishyura
Sh nigake umugore atabana sinzumutim aho yawukuye uwo
Sh nigake umugore atabana sinzumutim aho yawukuye uwo
Umugabo wintwari kbsa. Abo bana bazakubere abumugisha nukuri kuko ububutwari ntibusanzwe
Ibyago bigwira abagabo koko.
Arikose Mana umugore gito abagabo barabona koko ihangane nukuri
Uwo mugabo akomeze yihangane nkuko yabitangiye kurera abana biwe ntacyike intege kuko harera imana ikindi nacyo jewe ndi umurundi mumpe amazina yu mugore wiwe ni ntara avamo yo muburundi ni foto yiwe jewe bishobotse no mushakisha nkamubona murakoze
Nubwo umugabo yo mpemukira ntabwo noheba abana banje umugore nuwabana nogenda njanye abana banje
Yewe wee Umubyeyi we yamugeretseho umuvumo utabaho pe.
Mukaperezida
Manayanjyewe uyumugore imana izamubaza ababanayataye numugomepe ntacabaye yagukoreyikicyabiguteye mugabo pore imana izagufasha uzabarera
Mbega umubyeyi gito ,ndababaye sinzi niba asinzira pe
Umugore ntambabazi agira
Ariko ali umugore wamuhata kubajana mukazi.
Papa ihangane mana korigikorwa
Wihangane tooo
Iyooomana😢😢😢
Bazakura abana bavuka mu mugambi w'Imana.ubu nibo bazaba batanga ibihamya mumyaka irimbere
Ahubwo bazakore iperereza wasanga ! Umuntu iwabo bataribazi iyo yashakiyese ahaaa ibyubu wabwirwa niki ko yagiye. Basigaye babishyingurira.
Ihangane
Ariko harinikindi gitangazamakuru namubonyeho.bagirana ikiganiro ariko bitunguranye .kuko uwomunyamakuru yaramusanze kumuhanda arimo ashakisha uwamufasha afite abobana
Wowe c abana nawe wabise ngwiki?
Amosor kuko uwomugore ni umusazi icyobita umugore ni ukugira umutima ukomeye humura imana iharikubwanagaragu bayo nawe igihe nikigera izagutaba peee
Twe tukamenyera ni rwo rushako rwo muminsi yi mperuka uganda!
Baheke woe iyo ubata baba bari kumwe nande? Ubwo yagiye yaraboze umutima abagabo!!!!Sha ntampuhwe ubuse njye simbarera njyenyine se wabyaye arihe? Akebo nigeramo yaragutanze kko naw wari munzira byongey uri numwogishi!!!! Ahaaaa! Woe ntumbabaje mbabajwe nabo bana
Mama wabana azagaruka humura
imana izamuhana ntabumuntu agira nagato
Yirirwa abyara nk'urukwavu yarangiza ngo ba mufashe twe x ntituzi kubyara
Cyangwa waramwishe. None urikuyobya uburari bagufate ahubwo
Uyu mugabo ni umugabo
yoo pere
Pp wawenyin yarakwe mej 😅byago ,kwer. Yeah
Pore sana abagabo bahuranibibazo abagore bigaramiye
Yeg disi njya mubona mu mujyi disi😥
Abagabo bimfura babaho pe
Nkiyo ajyana abobana c?
Byago yakwise nabi pe
Mujye mubyara bake mushoboye kurera mwanjiji mwe
Ubuse umwe we ntiyakuntanira mwagiye mureka
Tuza di hari n,ubyara umwe akamunanira yewe utazi akari mu minsi .........erega uri mwisi nawe bucya bwitwa ejo wimusonga
Mana we mbega umugore winyamaswa ubwose nibayarafitanye ikibazo numugabo yarigufata umwanzuro wogutabana birababajepe🤦
Ashobora kuba yaragize problem pysicologique kubera kubrara
Niko bimeze
Uyumugore yarahemutse
😭😭😭😭😭!!ihangane
Umukecuru ubyaye 7 Ata abana gutyo! Ni u busazi
Pore sana😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Mana yanjye uziko Ari bunyamanswa gusa tujye tugira umutima utabariza abababaye nabari mukaga kdi na leta injye ushyireho akayo, kweri niba twimirije imbere ubumwe ndetse nindangaciro zisanzwe zituranga ukaba urumuyobozi wagiricyufasha Uno mugabo ukamubona mu muhanda nimpinja mwaba mukwiye carte rouge kbs
Mana nziko ushobora byose renjyera uyumugabo
Cyeretse niba mambatoto baramuroze ntamugore wats abana be
Wasanga yarasaze akiruka
Hahhhh
Rata ntabwo uyu mugore ari muzima, ahubwo bazabaze iwabo, wasanga yirirwa yiruka mumuhanda namwe muri kumurenganya
Iwabo se ntuhazi?Ariko muge mushaka abantu b"imiryango muzi
Oolala?Ihangane pe njye mfite imashini 2 zogosha nzaziguha pe urebe ko watangira gukora
Yooomasikini mpore 😭😭😭
Uwo mudamu ashobora kuba yararwa mumutwe , cangwa ukaba waramudwaje mumutwe . Ngo ntiwamukubitaga ariko gukubita niryokosa gusa? Nokubyarana numuntu gatanu utaragera iwabo utanahazi nabyo nibikosa biremeye Murebe umumaro w'umugore, ubundi abagabo beshi bavugako ntamumaro bagira, wenda nawe warabimubwiraga , yashatse kukwereka icyo amaze.
Muduhe ifoto yuwo mugore tumubone nimba abiburundi
Can we get wife side too
ubu c ninde wajya kurera abana 7 Koko Imana imurengere pe
Oya uwo mudamu ntakwije mumutwe ntabindi mwumva meze neza
Mana we uyumugore ubu ahari araryama agasinzira Mana tabara
Sinshimishijwe nuko yataye abana arumugore ark abagabo namwe muri babi,barere nyine mwebwe ko mugenda mukabadutana
Hoya rwose uko umugore yabara nabana siko we yabitaho
@@twitekubanatv2020 yego ye sitwe twaremewe kubabara ,nabagabo bijye bibageraho
Mushyire number ye hano
Guhunda yokuboneza nayo irakenewe