Ayo mafaranga agaragara nk'aho ari menshi ariko kdi twibutse ko bisaba kuyabitsa mu manyarda,tugomba no kwibuka ayo tuzahomba mu gihe amanyarda azaba yataye agaciro.
Urakoze kuri service,ariko ufata umwanya munini kuri introduction, sujet waje kuyi aborda après 6 minutes c'est trop kuri content iri éducatif geragez ugabanye umwanya ube bref, hama merci beaucoup
Ikindi nshaka kubaza umuntu uri Mu Rwanda akaba afite Umuvandimwe we uri USA yamusangayo gute ngo nawe ajye guturayo? Ese birashoboka sinzi ko wabinsobanurira pe njya numva babivuga?
Ni byiza ibyo utubwiye bya investment ariko ngize ikibazo ese ushobora gukora izo operations zo kugira bank account ( open acount) zo kubitsa no kubikuza ni ibyo byose watubwiye uri hano muri America niba bishoboka ni iyihe bank mu Rwanda ibikora??
Yego birashoboka, ushobora gufunguza account uri hano muri America/ ukabika online, hanyuma ushobora kujya ukora transfer kuri Account yawe muri America. Bikatuma ushobora kubikuza no kubitsa ntakibazo. iyo bank yitwa BANK OF KIGALI.
Imisoro ku nyungu se ko utayibara? Inflation rate se? Nzayabika mu mitungo niyo yunguka vuba. Ikindi banks zo mu Rwanda nta comptes zimeze gutyo baguha mu madollari. Ziba mu manyarwanda kandi ata agaciro vuba cyane.
Uziko ariko inyungu baguha nayo uba wayisoreye 30%?. Ikindi mu rwanda reba icyo bita inflarion rate, . Njye ndabona uri kwamamariza BK nta kindi iyi video ogamije.
@@paulabcdef1234kubantu bari USA bashaka kugura Bond muri Bk bakaba bashobora gufata credit muri USA hanyuma bakayashora mukugura Bond , dufashe urugero rwafashe loan 250k$ muri USA akunguka 2812$ , ubwo Bank yafashemo loan USA yayishura angahe buri kwezi we agasigarana angahe?
True, mu Rwanda niho hari inyungu. Ariko wakagombye no gushyiraho inflation rate
Urakoze Bwana Ndahigwa ariko birahenze njye ndi Mu Rwanda birashaka igishoro pe gifatika
Thank you sir🙏🏾 uduhaye amakuru meza cyane uri intwari🙏🏾 bless you🙏🏾
Merci kumakuru uduhaye
Ushoorakubauri mwalimu gusa utari umu technicien
Ntabwo bihurarwosenukuri ko muri bank
Thank you Ndahigwa utwaguriye ibitekerezo rwose .
Merci bro.
Ayo mafaranga agaragara nk'aho ari menshi ariko kdi twibutse ko bisaba kuyabitsa mu manyarda,tugomba no kwibuka ayo tuzahomba mu gihe amanyarda azaba yataye agaciro.
Nkunda cyane ukuntu udusobanurira my dear brother kandi urumwarimu mwiza ndakwemera
Urakoze cyane brother
Urakoze Cyn kutumenyesha Ayo mahirwe gsa birasaba Ubuntu ufite amafranga menshi
# Ubuse nkanjye wumunyeshuri Uba murwanda icyo gishoro cyavahe
Good analysis but u need to factor in the inflation.
Unless u live in Rwanda
Ubu bumenyi uduhaye ni ingenzi pe aya makuru sinarinyafite. Urakoze cyane
Muraho urakoze cyane uzatwereke nuburyo abafite macye nayo yakungukamo murakoze mbarije abadafite igishoro kinini
Urakoze kubwikikibazo
Urakoze Kuri izi information
Paul Bite. Ni Tony UK
Siku mingi sana Grand frere, nilikutafutaka lakini wapi ndakubura neza neza.
Ugiye uvuga urasakuntego byaba byiza cyane kuko urarondogora pe.Ikiganiro cyajya kiba kigufi kandi bikaryoha cyane.Content ni sawa Cyane Thnx
Reka ubujajwa ! Ntago bikureba niba arondogora . Ujye urba icya nyoko
Ko warenganye wogacwa we; nuko wareshya ga?!!I lyo niyo nyunganizi warufite?!
Urakoze kuri service,ariko ufata umwanya munini kuri introduction, sujet waje kuyi aborda après 6 minutes c'est trop kuri content iri éducatif geragez ugabanye umwanya ube bref, hama merci beaucoup
Ikindi nshaka kubaza umuntu uri Mu Rwanda akaba afite Umuvandimwe we uri USA yamusangayo gute ngo nawe ajye guturayo? Ese birashoboka sinzi ko wabinsobanurira pe njya numva babivuga?
Birashoboka, nimba umuvandimwe wawe afite ubwenegihugu
Uwo Muntu se agomba kuba we yujuje ibiki kugirango ahamagare Umuntu amwakire.
wansobanurira ikibazo neza please.
Ububumenyi ni ingirakamaro
Nibyo pe,
Uzatubgire kubyantu bari muzabukuri
Kuki bobatanasha kwaprica takix
@@innocentkumbuka8383 nabyo biri kuri list yuvayı nzasobanura ubutaha.
Yes Inyungu zirimo ariko c uramutse upfuye Ninde uzamenya ko wari uyafitemo !??
Risk mbi cyane !; utanashyizeeho umwenda bakugerekaho ko wariye akagendera Ubuntu . Amafaranga byiherere !
@@Richmindinspireme Haba muri Banki cyangwa no mu kazi ni ngombwa ko ushiraho umu beneficiary(umuntu wizeye)
Yayaya nibyabakire bayagwije
Thank you
30k$*13.5%=4050$
Good job, naribeshye aho.
Unva imaniguhumugisha ndizepe
Ariko nabona namba yawe gute
@@innocentkumbuka8383 namwe rwose
Kandi murakoze.
Ariko ibisibyabafite amafranga menshi
utinda kurasa kintego
hahahah amatsiko aba yabaye menshi se? next time tuzabikosora sorry.
Ni byiza ibyo utubwiye bya investment ariko ngize ikibazo ese ushobora gukora izo operations zo kugira bank account ( open acount) zo kubitsa no kubikuza ni ibyo byose watubwiye uri hano muri America niba bishoboka ni iyihe bank mu Rwanda ibikora??
Yego birashoboka, ushobora gufunguza account uri hano muri America/ ukabika online, hanyuma ushobora kujya ukora transfer kuri Account yawe muri America. Bikatuma ushobora kubikuza no kubitsa ntakibazo.
iyo bank yitwa BANK OF KIGALI.
Ni bank of Kigali iri murwanda
@@ishimweachel6010 yego
bank iguha inyungu ikuyeho umusoro wa 30%
Ikuyeho umusoro wa 5% muri BK
Be straight to the point.
Yes sir
Paul, ntabwo 13.5% ya 30,000 Ari 5050 hubwo ni 4050
@@niyongabojean-baptiste4782 Oooh nibyo, urakoze, nari nabaze nabi. Thanks.
Imisoro ku nyungu se ko utayibara? Inflation rate se? Nzayabika mu mitungo niyo yunguka vuba. Ikindi banks zo mu Rwanda nta comptes zimeze gutyo baguha mu madollari. Ziba mu manyarwanda kandi ata agaciro vuba cyane.
Konte yamadolari iremewe mu Rwanda. Abantu benshi barazikoresha it's fine. Gusa ntabwo wayikoresha nka saving account. Wabitsa ukanabikuza bisanzwe gusa.
Urakoze kunkangura nakoranaga na BK naka inguzanyo gusa ubu ngiye gu tryinga kbsa
urakoze nawe Nshuti
Uziko ariko inyungu baguha nayo uba wayisoreye 30%?. Ikindi mu rwanda reba icyo bita inflarion rate, . Njye ndabona uri kwamamariza BK nta kindi iyi video ogamije.
Paul dusobanurire , ko ayo mafaranga 250,000$ uba wayafashe muri Bank
Ubwo muriyo nyungu ya 2812$ loan ya bank uyishura angahe?
@@falconmediatv hoya, iyo ni nyungu gusa. Kumuntu ufite 250,000$ muri Bank of Kigali muri bonds, ubaze usanga Bank ya kwungukira nka 2,812$ ku kwezi.
@@paulabcdef1234kubantu bari USA bashaka kugura Bond muri Bk bakaba bashobora gufata credit muri USA hanyuma bakayashora mukugura Bond , dufashe urugero rwafashe loan 250k$ muri USA akunguka 2812$ , ubwo Bank yafashemo loan USA yayishura angahe buri kwezi we agasigarana angahe?
kucyi mwirengagiza imisoro
@@aimablebyukusenge-g3f nayo twayivuzeho muri video 5% ku nyungu mu Rwanda BK na 10% kunyungu muri CD muri USA.
Inzoga zarakwishe uravuga ubusa
Uzicwa n'umuze n'amatiku wowe kuki uvanga ibintu hari izo umugurira ???
Ufite inzigo mbi cyane
Ngo??
Yishwe n'inzoga birashoboka ariko nawe wishwe n'amagambo, ubwo umugabo inde muri mwembi, ese ubundi umusinzi we nta nama yagira abantu.
wari wa bolotse kbsa kuko 30.000 kuri 13.5% = 4050 mugihe wowe wanditse 5050
aho bigaragaye neza ko urimo kudutuburira naho ufashe 5050 wari wanditse ugabanya 2 uhise ubona 2025 kuko nibyo bwibukaga neza kdi ukoze imibare ya 5050 ntabwo ari byo rwose. ubutaha ujye utumbwira udasoma kandi ukore nimibare yanyayo kuko ntabwo kwi imagine mu bibare bibaho cyane noneho kumafaranga na 0.00001 byamafaranga birabra rwose
Ndabona wowe ushobora kuba Coach, Urakoze
Ndagusaba numero ya whatsaap kugirango ngusobanuze neza
@@bartolomeuinacioissa2492 ndamutse mbonye izawe na kuvugisha, ntakibazo.
Cyangwa nkaguha email yanjye:
yesuimmigrationsolucionesllc@gmail.com