Umva ibi niba hari uwo mwaryamanye mutarabana!
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 9 ก.พ. 2025
- Phone/Whatsapp: +250793019829
chat.whatsapp....
Family Pillars iharanira ko buri wese agira umuryango mwiza kandi utekanye!
Family Pillars ikora ibikorwa bitandukanye
• Dukora ubujyanama ku mibanire y’abashakanye
• Dutanga inyigisho z’umubano ku bitegura kurushinga
• Dutegura abagiye gushyingirwa (Bridal shower & Groom Shower)
• Dukora ubujyanama ku mibonano mpuzabitsina (ku bashakanye)
• Dutanga inyigisho ku mibanire y’abashakanye n’uburere bw’abana
• Dutanga ubufasha mu guhitamo igitekerezo cy’umushinga winjiza
Ushaka kutuvugisha cyangwa kutwandikira, watubona kuri +250793019829.
Wakoze kureba iki kiganiro!
Niba hari ibyakubatse, turagusaba kugisangiza inshuti zawe, no kunyura kuri link iri munsi y'ikiganiro ukaza muri group ya WhatsApp aho tuganirira buri munsi.
Dukomeze tubane.
Hello
@@KarenzijoginahKarenzi Hello!
Ibi byo ngomba kubyumva cyane courage muntu wange ❤❤❤❤
Urumuntu wumugabo uvuze ukuri kuzuye ibihamya birahari gs uzigurire akantu 🧡🧡❤❤🙏👍👍
Urakoze Jeanine.
Vyiza cane murakoze
Ndakwemeye uri umuntu wagaciro
Urakoze
Urumuhanga bro👍,kbs ubyuvuga nibyo Imana ikwagure🙏
Urakoze cyane
Imana iguhe umugisha n'Umuryango wawe kunama mutanga
Urakoze cyane Gentille
Ukuri kuzuye
Kuryamana mutarabana murahararukwana cyane bikaba bibi cyane
Ibyo uvuga ni ukuri
Iki kiganiro cyari gikwiye kujya guhabwa urubyiruko
Ibyo avuga, uwabikurikije niwe uzi ibyiza byabyo!
Ni uguhwitura abagifite umutima kugira ngo pressure irabagamburuza!
Murakoz nceee
Ngombakubakurikirana🙏🙏🙏
Yes
Ndabashimiye inyigisho nziza zihuye neza neza nuko naje mpora nigisha kuko nifuza ko abantu babana neza mungo. Dusobanukirwe.
Imana iguhe umugisha mwinshi iki kiganiro iyaba buri wese yacyumvaga
Murakoze cyane. Mugisangize abo muzi muraba mubafashije.
Izo nama ni nziza cyane.
Woow
Urakoze
Urakoze nawe
Ibyo uvuga nukuri ijana kwijana. Uri umwarimu mwiza!
Urakoze
Waooo iki kiganiro ni ubwege cbs
Urakoze cyane Happy
Ibyo nikokuli pe mureke twirinde ibyo bintu
Mukomerezaho pe nukuri rwose mwasoma
Urakoze cyane Everyne
Urakoze cyane Evelyne
Murakoze ku nama zanyu zubaka
Urakoze nawe
Kuryamana abantu barabisuzugura nyamara nyagasani harimo ibintu by’urusobe! Nikita ku marangamutima bigakora ku bwonko amaraso akivanga, ubyuka, mbese sinakubwira! Uba uhindutse undi muntu utari wowe! Imana iti muzaba umuntu umwe
Ntabwo abantu basobanukiwe byinshi mu bigize ubuzima cg bitera imidugararo mu mibereho yacu.
Niyo mpamvu twiyemeje kumurika kugira ngo abantu babone ibyo batareba uyu munsi!
Mwubahwe muraduhanuriye
Urakoze. Usangize inshuti zawe
Murakoze! muri iki gihe cya none abagabo Batanga inama nkizo. sibenshi
😂😂😂😂
Murakoze cane🙏 Imana ibahezagire❤❤
Murakoze cyane
Uko mwalimu mzuri kabisa
Asante sana!
mbonye ukuri hano ukuyu mugabo abivuga yitonzemo ndamwikundiye
Ark mana kuki urubyiruko rwubu tutumva ibintu kimwe. Iki kiganiro ndagikunze mana udufashe
Jyewe ndi umuvugizi wa Family Pillars bavuga ibintu byinshi biri byo! Bagera ku ngo, imibonano mpuzabitsina ukuri kukajya ahabona! Mukomeze Uwo mujyo
Urakoze cyane 😀😃
❤❤❤❤❤
Murakoze cyane 🙏
Nabanaga namwe muri grp ya Whatsapp none nahinduye nmr birangira tuburanye
ark ndabakunda cyane
Urebe link ya WhatsApp muri description ya video zikurikiyeho uzongere ujyemo tujye tubana buri munsi
❤❤❤
😢😢
Nta Nber zanyu mwatanze
Uraho? Numero zacu ziri muri description.
Ibidashobokerabantu kumana birashoboka utabasha kubihagariya yakwirigirimana yo yabimufashamo vuba kandi neza
Uru mujyanama mwiza Nuko ahantu kubyumva bigoye
ABANTU BAGARURIRA ABANDI GUKORA NEZA NO KUZAGIRA EJO HEZA NUKURI BARAKENEWE,MURAKOZE KUKIGANIRO KIZA.
Urakoze
Iki kiganiro ni cyiza pe!
Ikiganiro kiza cyn,ndagikunze
Urakoze cyane. Ugisangize inshuti zawe
Kuryamana se 😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅Ako nakantu keza ntawakarek😅😅😅
Niba ibibintu warabikoze ukabikoreshwa nogukunda umuntu nyuma mugashwana ukaba ubu ntagikomere cyabyo ufite umutima wawe warababaye uhinduka ikinya pe cg se ukaba urimo kwibeshya ko bikuryoheye ariko muri wowe ushira
@inezamahoro1788 hhhhhhhhhhhh 🤣🤣 nubu uracyaryamana kugeza upfuye
@UwinezaAline-em2ue nooo ndikuvuga before marriage
Yabaye urybyiruko rwubu rwumvaga iki kiganiro ni ukuri 😢
Urakoze cyane. Ugisangize inshuti zawe uraba uzifashije
Hejuru cyane rwose inyigisho zanyu turazikunda cyane,ubundi IMANA yaguhuje na Gisele yari yabonyeko ibitekerezo mufite bihujwe byagirira society akamaro .
Turikumvarwose urubyiruko turahari
Njyewe ndubatse nkeneye inama zanyu
Uzakoreshe numero ubona muri description tumenye inama ukeneye
Murakoze! muri iki gihe cya none abagabo Batanga inama nkizo. sibenshi
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂