Plaisir wa zaburi nshya YEMEJE padiri pierrot KO PAPA FRANCIS ariWE KINYAMASWA KIVUGWA MURI BIBILIYA

แชร์
ฝัง
  • เผยแพร่เมื่อ 8 ต.ค. 2024

ความคิดเห็น • 72

  • @andrendoriherezo7607
    @andrendoriherezo7607 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Padiri arakoze cyane.Burya umwemera nyawe ni ushobora gusobanura ibyo yemera n'impamvu yo kubyemera nubwo haba harimo ibyo abandi batemera.Gusa mbwire Padiri ko amadini yose atayobora ku Mana abakristo bizera.Ibyo Padiri arabizi neza nubwo ashaka kubikwepa kubera kwigengesera kuba yavuguruza umushumba we Papa kandi birumvikana

  • @ntakirutimanajeandedieu8721
    @ntakirutimanajeandedieu8721 14 ชั่วโมงที่ผ่านมา +5

    Ibiganiro nkibi bituma ukwemera dufite n,ubumenyi mu ijambo ry, Imana byiyongera. Mukomereze aho

  • @sibongiriyeviateur2573
    @sibongiriyeviateur2573 12 ชั่วโมงที่ผ่านมา +4

    Aba bapadiri baza kuri social media mbona barumvise kare icyo Papa Francisco yasabye abasaserdoti muri iyi sinode! Gusohoka ukajya kureba intama, aho kurindira ko arizo ziza kukwirebera, ibi biganiro bituma umwanya twamaraga kuri social media tureba ubusa, ahubwo tuwukoresha mugusobanukirwa nukwemera kwacu, ibyo ntajyaga numvira mu kiriziya batwigisha, ibyinshi mbyumvira hano kd bikanyubaka, thanks padri pierrot ndibuka inama wangiriye duhuriye muri penetesiya, I Remera ubu zaranyubatse navuyemo umuntu wumumaro, Nyagasani agukomeze

  • @uwamahoromariegloriose4608
    @uwamahoromariegloriose4608 15 ชั่วโมงที่ผ่านมา +2

    Waooo,Padiri Pierrot rwose iradufasha,biragaragara ko isobanura ibyo uzi neza,Imana ikongerere ubwenge n'ibuhanga dukomeze twige

  • @JuliJuliette
    @JuliJuliette 13 นาทีที่ผ่านมา

    Padiri weee urakoze cyane rwose Nyagasani agukomerezere iyo ngabire y'ubuhanga ikurimo nukuri. Kiliziya Gatolika iyobowe n"abanyabwenge bavuga ibyo bazi kdi babifite gihamya. Ndetse bayobora abantu kuri Yezu Kristu nyawe rwose Imana Ishimwe yo yaduhaye Kiliziya ntitujye guhabira muri aya madini y'inzaduka avuga ibyo atazi agamije indonke zabo. Plaisir wee rwose nawe urabibona ko imisubirize ya Padiri yuje ubuhanga n'ubwenge pe ntaho ihuriye nababandi uganira nabo bafite urusaku nk'urw'ingunguru zirimo ubusa koko.

  • @Faustina-p7r
    @Faustina-p7r 9 นาทีที่ผ่านมา +1

    Wow uyu munyamakuru wa Zaburi Nshya Ndamukunze cyane ni umuhanga

  • @GilbertManirakiza-i1l
    @GilbertManirakiza-i1l 13 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Mumbarize padiri aaho Yezu avuga ATI uwutemera iziza ru'umwana w'Imana ushavu ry'IMANA riri kumutwe iwe bisigura iki kuki papa atabihishuriyo abo tudasangiye ukwemera

  • @izerejoycemary3414
    @izerejoycemary3414 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Mwazadukoreye ibiganiro ku gitabo Cyi ibyahishuwe na igitabo cyu umuhanuzi Daniel?
    murakoze

  • @didiertuyisenge-wi1oj
    @didiertuyisenge-wi1oj 12 ชั่วโมงที่ผ่านมา +2

    Patiri,turagushimiye iki kiganiro kirandugije kurundi rugero mukwemera Yezu Christu Umukama wacu.Bujumbura turabakurikiye

  • @MukanyirigiraJosee
    @MukanyirigiraJosee 21 ชั่วโมงที่ผ่านมา +3

    Plaisir ntiyiyibagize ko imyuka yose itava ku mana ,nawe ubwe arabizi ibyo bene dada birirwa bahanura.ikindi ngo kuko yabivuze bigasohora ngo Imana yavuze!sekibi niyo yangaKiliziya kwereka abantu kuri Kiliziya ibibi ibikora cyane.

  • @niyojoselyzoo3599
    @niyojoselyzoo3599 13 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Rwose padri pierrot ni umuhanga pe dukunda ukuntu rwose uzi gusobanura neza ibyo urimo urabyumva neza rwose
    Uri umusaserdoti iteka❤

  • @kunda44
    @kunda44 16 ชั่วโมงที่ผ่านมา +3

    ese ko Plaisir aba ahangana we biragoye kwigisha umuntu udashaka kumva ahubwo ahangana

  • @ritaparadienimusabe1622
    @ritaparadienimusabe1622 19 ชั่วโมงที่ผ่านมา +2

    Yezu Kristu niwe Nzira, Ukuri n'Ubugingo. Tuzi kandi ko ari Imana yigize umuntu.
    None Ufata inka nk'imana ye (ikigirwamana), iyi ni Imana mwagisha abantu koko.
    Kuri iki kibazo muzahigeho cyane kuko ntabwo mwavuga ko abantu basenga ibigirwamana bazi Imana nyakuri? Gusa Imana Nyakuri Irabazi n'ibyo bazi cyangwa batazi Imana Irabizi, Ifite uko Izabagenza.
    Buri wese nahagarare mu kwemera kwe kandi abe ari ko yigisha.

  • @irakizaprince7128
    @irakizaprince7128 22 ชั่วโมงที่ผ่านมา +2

    Woow 👏👏
    Iki kiganiro kirahugura benshi rwose..
    Thanks to Emmy, Pierro & Plaisir👏

  • @MushimiyimanaAlphonsine-wz8pp
    @MushimiyimanaAlphonsine-wz8pp 23 ชั่วโมงที่ผ่านมา +5

    ARIKO MUTUBURIZE PLESILE NTAZONJYERE KWIKORERA CYIRIZIYA KUKO KIRIZIYA NI UMUBYEYI NTAMWAMA UTUKA UMUBYEYI AJYE YIJYISHA IBYO YEMERA IBYO ATEMERA YUBAHE ABABYEMERA NIBYO BYABA BYIZA KANDI TWESE TUKUBAHANA

    • @ntamahoroyabanyabyaha4267
      @ntamahoroyabanyabyaha4267 23 ชั่วโมงที่ผ่านมา

      Numubyeyi wande? Ahubwo ngiyi:Ibyahishuwe 17:5
      Mu ruhanga rwe afite izina ry'amayoberane ryanditswe ngo BABULONI IKOMEYE, NYINA W'ABAMARAYA, KANDI NYINA W'IBIZIRA BYO MU ISI.

    • @MushimiyimanaAlphonsine-wz8pp
      @MushimiyimanaAlphonsine-wz8pp 21 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

      Ibyo UDASHAKA KWEMERA sinjye uje kubikwemeza
      KIRIZIYA NTAGIHE IFITE CYO KUJYA MUMATIMU😊

  • @amclaude
    @amclaude 12 ชั่วโมงที่ผ่านมา +2

    Yewe ga yewe ga!!! None se Emmy (Na Plaisir ahari) nawe akora umutwe w'inkuru ze atwika koko!!!! Nyamara ntibibereye... bibaye byiza byakosorwa, uhereye ubu no gukomeza mu gihe kizaza. Bityo ugire icyo wigisha Abandi mu gukoresha ukuri n'umucyo bitagombeye gushyirwamo umunyu cyangwa isukari by'igisoryo nyamara bidatanga icyanga cya nyacyo, kigana ku kurokora za Roho... ahubwo bishobora kuyobya Intama zigicumbagira mu kwizera no kwemera !... Ngaho reka dusabe Roho Mutagatifu Abishyireho Umucyo, hakorwe ibikwiye byiza kandi byihagije. GUSA IBI BIGANIRO MUKORA NI BYIZA KUBERA KO MUTUZANIRA ABAJIJUKIWE BAKADUSOBANURIRA, bitandukanye n'uko ubu usanga Abanyamakuru benshi barabaye abazi byose, basobanura byose, ... nyamara bibeshya kandi ababizi bagombye kubaza batabuze.

  • @sophientakarutimana9377
    @sophientakarutimana9377 35 นาทีที่ผ่านมา

    Benediction, umugushisha guhezagira différant(bitandukanye) nuguhabwa amasacramento

  • @umutonichance1685
    @umutonichance1685 5 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Mbega abantu bayobejwe Matrin Luther yarenganyijwe nu Bupapa nitorero kiriziya gaturika ariho ubuprotestant bwakomotse kuri Matrin Luther kuko busobanura ubuhakanyi yahakanaga inyigisho za Roma ubwo burozi bwanyu munwigumanire mbega ewe nugusenga mbega Padiri we ewe nawe ukenewe kwigishwa ubu Papa nibwo bwarenganyije ubwoko bwimana Mugihe cyakera kandi nubu niko bigiye kugenda uwo Papa uriho niwe urimo no kwihuyisha ibihe byimperuka

  • @ndayishimiyeprosper1671
    @ndayishimiyeprosper1671 21 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Muri iyo Title, Emmy Uzi ubwenge kbsa. Nabatemera Kiliziya cg abarwanya Papa,nabo ukora kuburyo bishyira bakizana mukiganiro.Kudahangana nuwo mutavuga rumwe,ahubwo byaba na ngombwa ukajya muri position arimo bimuca imbaraga zo gukomeza kurwanya Ukwemera kwawe❤

  • @dimaskaka6682
    @dimaskaka6682 10 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Nyagasani umwe ntabwo ati imwe Pierrot

  • @GustaveTwagirayezu-yv8ek
    @GustaveTwagirayezu-yv8ek 13 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Byiza cyane twungutse byinshi cyane.

  • @sibongiriyeviateur2573
    @sibongiriyeviateur2573 12 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Praisir haraho agera akigira injiji kd namwemeraga, nkubwo uraharira kubijyanye nuko amadini yose ashobora kugeza ku Mana, Urumva Koko utari kwigizankana!!!

  • @nshimyumuremyijules3620
    @nshimyumuremyijules3620 14 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Ese hari umuntu utari umwana w'Imana? Ese hari umuntu utari muri Kiliziya ?

  • @ritaparadienimusabe1622
    @ritaparadienimusabe1622 21 ชั่วโมงที่ผ่านมา +4

    Padiri Pierrot arigusobanura neza pe!

  • @manirakizafestus
    @manirakizafestus 15 ชั่วโมงที่ผ่านมา +2

    Murakoze cyane!

  • @ritaparadienimusabe1622
    @ritaparadienimusabe1622 19 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Iyo umutinganyi aje asaba umugisha nimuhite mumushyira ahantu mumwakire muganire mumwigisha.

  • @JanualMateso
    @JanualMateso 22 ชั่วโมงที่ผ่านมา +2

    Emmy ni byiza cyane muradufasha.wamfashije ukampa number ya padri pierro na Alexis wa reginat pacis.merci

  • @rwangizamirerarwamuhandang7770
    @rwangizamirerarwamuhandang7770 15 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Injiji zikomeye uzisanga mu madini y'inzaduka aho zibeshywa ibibonetse byose zikabimira bunguri.

  • @bettyuwingabiye7944
    @bettyuwingabiye7944 16 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Mbega ikiganiro kiryoshye!!!!!!❤❤❤

  • @ntakirutimanajeandedieu8721
    @ntakirutimanajeandedieu8721 12 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Ubundi abita Papa inyamaswa cg igikoko 1) ni abatazi Kiliziya Gatolika 2) Ni abatazi nuwo Papa 3) Ni abanzi ba Kiliziya Gatolika kuko uwo wanga n,icyiza akoze ubona ari kibi ukamusebya 4) Ni abasobanura Bibiliya nabi. Kuko igikoko cg inyamaswa ntaho bihuriye na Kiliziya Gatolika n, umuyobozi wayo. Bisobanura ingoma z,isi zagiye zisimburana zirwanya Kiliziya Gatolika. Bishushanya sekibi ubwayo. Usoma igitabo cy,ibyahishuriwe Yohani intumwa uko ashatse n,icy,umuhanuzi Danieli ayobya benshi

  • @Safkhd2
    @Safkhd2 21 ชั่วโมงที่ผ่านมา +2

    Segatashya Emmanuel yavugaga iby’ijuru kandi atarize

  • @isingizwethiery
    @isingizwethiery 13 ชั่วโมงที่ผ่านมา +3

    Erega kiliziya izahora iyoboye mwakwicaye mukiga mwabagabomwe hhhhh ubwose nkawe uriguhangana ninzoberere koko muri theologia ubwosiwowe wikozeho.iyo uca inbox koko hhhhhhhh amadiniyinzaduka murambabaje.

  • @NicolaschryosobulleMbanzamashi
    @NicolaschryosobulleMbanzamashi 21 ชั่วโมงที่ผ่านมา +2

    Abarokore (Tous les prostants ces sont des enfants prodiguës).ntimugate umwanya kuri bo , cyane cyane mu gihe badashaka kwemera ibyo kiliziya yigisha. Ntabwo umubyeyi w'umunyampuhwe ariwe wagiye gutahura umwana w'ikirara ahubwo umwana niwe wisubiyeho agaruka kwa se.

    • @ndayishimiyeprosper1671
      @ndayishimiyeprosper1671 20 ชั่วโมงที่ผ่านมา

      @@NicolaschryosobulleMbanzamashi Umubyeyi yajya kumutahura,cg Umwana akigarura,byombi apfa kuba biganisha kugukira k'Umwana.Yohani yaje atarya atanywa,naho Yezu we aza Arya kd anywa.Aribyo ubivuze utyo wahita unavuga ko Yezu abeshya muri wa mugani w'Umwungeri mwiza.Usiga 99,Akajya gushaka 1 yazimiye.Nimwene aha ubujiji bwacu buhera buducamo ibice;kd ubuhanga bw'Imana bugaragarira mubikorwa byayo(muri impact).Amina Amina.Ndafashijwe!!

    • @ndayishimiyeprosper1671
      @ndayishimiyeprosper1671 20 ชั่วโมงที่ผ่านมา

      @@NicolaschryosobulleMbanzamashi Mugihe gikwiye bamwe muri bo bazajya bemera,Nyagasani abihishurire uko We abishaka.kd Imana ishobora byose.

  • @karugwiroantoinette9017
    @karugwiroantoinette9017 19 ชั่วโมงที่ผ่านมา +2

    Plaisir araburana urwa ndanze

  • @radegondebayisenge24
    @radegondebayisenge24 13 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Ahubwo nge mbona ibi biganiro bicisha bugufi abasaseridoti, mwatwigisha ibijyanye n'ukwemera kwacu mudahanganishije abadateze guhinduka. Ba padiri rwose murekere aho

    • @sibongiriyeviateur2573
      @sibongiriyeviateur2573 12 ชั่วโมงที่ผ่านมา

      Oya, Papa Francisco, yasabye abasaserdoti Gusohoka mu bigo bagasanga intama Aho ziri hose, Nahano kuri social media rero kuhagera nuburyo bwiza bwo gushakasha intama Aho zihugira, ukazigisha inkuru nziza, ibi ahubwo mbibona nkimbuto ya sinode

  • @habimanamussa4924
    @habimanamussa4924 20 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Inyamaswa ntabwari papa nubutegetsi. Buzaba buyoboye isi

  • @ndayishimiyeprosper1671
    @ndayishimiyeprosper1671 19 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Harikibazo Nshaka kubaza Plaisir.Iyo asobanukiwe,akanyurwa ko pope atarinyamaswa, cyane ko avuze ko anyuzwe kubusobanuro bw'ubutinganyi Icyo Pope yabivuzeho arinako Kiliziya ibyemera? Ese Plaisi bigusigira iyi new Understanding, ko umera nk'Unyuzwe Ese uhita ufata icyemezo ukitandukanya nabasebya Pope,bigusigira iki? Cg Uri nka Bibiyane umara kunyurwa,akarushywa no kurangiza ikiganiro gusa; ubundi akongera akarikorombereza.Icyo gihe ni Sekibi iba yiyoberanyije,uba wemeye bya Nyirarubeshwa😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢

  • @SiboruremaJanvier-y6j
    @SiboruremaJanvier-y6j 23 ชั่วโมงที่ผ่านมา +2

    Emmy iyi title yikiganiro ndabona ivugitse nabi.ongera ubisuzume

    • @gskijojo3497
      @gskijojo3497 22 ชั่วโมงที่ผ่านมา

      Nawe atangiye gushaka aba followers

    • @ndayishimiyeprosper1671
      @ndayishimiyeprosper1671 21 ชั่วโมงที่ผ่านมา

      Oya azubwenge. Harimo philosophie de Socrate.

  • @ritaparadienimusabe1622
    @ritaparadienimusabe1622 19 ชั่วโมงที่ผ่านมา +2

    Abantu bavuga ko bibiriya izahindurwa ni abasebya papa na catholique kuko TH-cam ikoreshwa n'abantu bavuga ukuri bake n'ibinyoma byinshi. Tubasabire

  • @Safkhd2
    @Safkhd2 21 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Kubaha Imana niko kumenya Imana,kuva mubyaha niko kujijuka, hari abaminuje basuzugura Imana bivuruguta no mubyaha

    • @ndayishimiyeprosper1671
      @ndayishimiyeprosper1671 20 ชั่วโมงที่ผ่านมา

      th-cam.com/video/305OOQGc2yY/w-d-xo.htmlsi=PnRiPF6njrvRw2o6

  • @MushimiyimanaAlphonsine-wz8pp
    @MushimiyimanaAlphonsine-wz8pp 23 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    MBEGA IKIGANIRO CYIZA NUBWO NJYIHEREYE HAGATI AKO NDAZA KONJYERA NJYIKURICYIRE NEZA 👍

    • @emmy_pro_media
      @emmy_pro_media  23 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

      kabisa , uze gusubiramo

  • @MunganyinkaJeanne
    @MunganyinkaJeanne 15 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Abanditsi ngo ntibandika ibihuha??????
    None se umwanditsi wumunyarwanda wanditse ko nta genocide yabaye mugihugu nibihuha,,?????!
    Uyu munyamakuru ni umuhakanyi cyane.

  • @ritaparadienimusabe1622
    @ritaparadienimusabe1622 20 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Iyo umutinganyi aje imbere yawe ati ndi umutinganyi mpa umugisha bishaka kuvuga iki?

  • @HappyDominoes-cl1mp
    @HappyDominoes-cl1mp 21 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    abadive iyo bavuga kuri papa burya baba babeshya abayehova iyo bavuga 144000 nabi barabeshya yewe muraducanga

    • @ndayishimiyeprosper1671
      @ndayishimiyeprosper1671 20 ชั่วโมงที่ผ่านมา

      @@HappyDominoes-cl1mp Cyane kbsa.njye ndanafashwijwe.

  • @Safkhd2
    @Safkhd2 21 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Nyirabiyoro yahanuraga atarageze mw’ishuli

  • @HagumukizeJeandamascene
    @HagumukizeJeandamascene 18 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Ibyo nibyo pee

  • @NdikumukizaTheoneste
    @NdikumukizaTheoneste 18 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Brezil ko avugako atize kdi bibiriya ivugako mose yize ibwami

  • @nyirahakizimanadative7585
    @nyirahakizimanadative7585 23 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Plaisir we ntabwo ari we

  • @ritaparadienimusabe1622
    @ritaparadienimusabe1622 19 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Mukoreshe amagambo yo mu iyobokamana kuko niryo murimo

  • @mboningabajeanbosco444
    @mboningabajeanbosco444 22 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    ❤❤❤❤

  • @STELIRtablet0103
    @STELIRtablet0103 22 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Germe ni ingemwe

  • @STELIRtablet0103
    @STELIRtablet0103 22 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Germes ni ingemwe

  • @nyirahakizimanadative7585
    @nyirahakizimanadative7585 23 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Ikinyamaswa bavugaga ni udukingirizo

    • @AnnemarieUwizeyimana
      @AnnemarieUwizeyimana 22 ชั่วโมงที่ผ่านมา

      😂😂😂😂😂😂😂😂imbavuvzanje urazishura.

    • @Raggaf102
      @Raggaf102 21 ชั่วโมงที่ผ่านมา

      Ubupapa ni inyamaswa yavuye munyanja

  • @ritaparadienimusabe1622
    @ritaparadienimusabe1622 21 ชั่วโมงที่ผ่านมา

    Ikiganiro kiryoshye

  • @VictorBenimana-b3r
    @VictorBenimana-b3r 22 ชั่วโมงที่ผ่านมา +1

    Na bibiliya yera ntabwo ihuza na ntagatifu

    • @ntakirutimanajeandedieu8721
      @ntakirutimanajeandedieu8721 12 ชั่วโมงที่ผ่านมา

      Impamvu bidahura ni uko uwayanditse cg wayandikishije ariwe Luther yanditse Bibiliya ihuje n, inyigisho ze.