Sabin est un journaliste professionnel. Aba informateurs, information vyose biragurwa. Et c est légal. Il a le droit de payer pour avoir l information. Rero ibyo murimo ntimubizi. Iyo terrain youtoube muyiveho ntimuyizi kabisa. Izo conflits zanyu ntahandi ziri. Ibyo Yago avuga ni uburofa. Nta kosa na rimwe ririmwe. Ndakunze saaana uyu mutumire. Really smart.
WA munyamakuru we uri kumwe na Emmy mu kiganiro ibyo uvuze ni byo. Uri umunyabwenge ndakwemeye Cyane. Ikibazo cya Sabin na Yago ni comfrit d' internet nta mpamvu yatuma Yago avuga ko Sabin yamuhemukiye. Bari mukazi Kandi buri wese agomba kwishakira abatumirwa cg se abakiriya . Ibyo Sabin yakoze yigarurira abatumirwa be ni SAWA. Sabin courage ukora akazi kawe neza. Uri umunyamwuga ukora neza. WA munyamakuru we nawe ubwo bwenge ufite bimpa kizere ko nawe uzatera imbere. Nawe courage uzatera imbere. Komereza aho
Ubusesenguzi bw'uyu mu jeune bunyeretse ko kuri iyi mihanda hakiriho abantu bafite ibitekerezo bya nyabyo! Bro, urasobanutse🎉 gusa witege igitero yago ari bukugabeho! Kuko ni wowe muntu ubashije kumuvuga uko Ari pe!
Ndagukunze cyane njye mba hanze ariko ingestion uvuze kuri yago nanjye niko nazibonye iyo ugiriwe neza nuwo wayigiriye uba ugira Imana ariko niyo atabikoze ntarubanza rurimo naho rwose izo ngeso zone ni moi muri sociaux kdi no mu rugo
Reba Ibindi biganiro uciye kuri iyi Link👉th-cam.com/video/GzEN9J8J_Lg/w-d-xo.htmlsi=oLgpfHabgDu5P4N5
Rurema urankoreye Cyane. Narimfite ubwoba ko urubyiruko rufite ibitekerezo nimitekerereze nk' iya Yago none urampumurije.
Arashaka guteka imbere nibumve Kandi bakurikize impanuro uhaye Yago bazagera kuri byinshi.
Mwana wanjye nibakumpere amashyi. Imana zawe ni izubaka u Rwanda rwacu.
Ndagushimiye cyane
❤❤❤❤❤
❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Saben ntashyari rega agira kko ntiwagirira ishyari umuntu ukuri hasi, ahubwo iyo uteye imbere barahurura kd ntago Saben yafasha abantu bose big up Murungi wacu❤️🥰🥰
Truely
Nuko bifate gutyo wigendere ntamakuru tuba dufite uretse ibyo tubonahano
I couldn't agree more❤ God bless Sabin🎉
❤❤❤❤❤aba Sabrina ❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Uyumusore ndamukunze cyane numunyabwenge emmy muriminsi uratumira abanyabwenge
Uri Incabwenge wa musore we👌Ikibwigwa nicunva ntuhogore
Musore ibyuvuga ni ukuri ahubwo abantu banga ukuri mwana musaza bahe ukuri buriwese ajyaho ashaka bitewe namahitamo yeee rwose bavemukwinjirira imiryango nkukubivuze babigumishe mukazi
Uyu niwe munyamakuru utavangiye wakunva ugasobanukirwa👑🙌🙌🙌🙌🙌🙌
Sabin est un journaliste professionnel. Aba informateurs, information vyose biragurwa. Et c est légal. Il a le droit de payer pour avoir l information. Rero ibyo murimo ntimubizi. Iyo terrain youtoube muyiveho ntimuyizi kabisa. Izo conflits zanyu ntahandi ziri. Ibyo Yago avuga ni uburofa. Nta kosa na rimwe ririmwe. Ndakunze saaana uyu mutumire. Really smart.
Dukeneye abantu bumumaro nkaba,bavuga ibitekerezo bizima apana amazimwe🎉🎉
Kuva iyi Saga ya Sabin yatangura mwese nimufute ibiganiro hasigare iki kiganiro vraiment.Banyarwanda banyarwandakazi mur showbiz hakenew abantu bafis ubwenge nkuyu Rurema.Sabin naw afis ikintu kidasanzw nka nyakubahwa PK nuguceceka mukavuga mukavuga he is so wise.
Ndahumurijwe pe: burya mu rubyiruko rwacu haracyarimo abafite gutekereza neza!! Courage musore!!
He is very intelligent 👌
Sha wamusore we nagukunze uzagaruke.sabain yakoze neza rwose.nakunze ukuntu usobanura neza.gusa umuntu ukumva ABA arumunyabwenge.kk nawe uri umunyabwenge
Kuva TH-cam yaremwa nibwo tubonye umunyabwenge❤❤❤
Unva nanjye nukuri uno musore numunyabwenge pee.
Numuhanga pe nemeye
Umva uzi ubwenge pe!!!! Utumye nange mbukoresha ngarukira sabin. Isimbi tv komeza utsinde
Cyane rwose tuzamure IQ Saben simuzi sinziko nzanamumenya gs nimfura muzindi pe. Mushishoje
Erega buriya umuntu ntazakwangishe undi nibibi njye ntamunyangire ngira pe niyowambwira ibibi byumuntu mbanziko nawe haribibi ugira
Tuzamenya ukuri kdi ukuri Niko kuzatubatura
Nukuri umuntu aretse kuyoborwa nabafite inyungu zabo agatekereza yabona ukuri isimbi forever
@@manishimwelydie7687Sha nange nuko pe kabone nubwo yaba ari inde
Ariko iki kiganiro kirimo ubwenge pe❤❤❤
Nukuri
Aba sabienne and love is our name forever 💪💪💪❤❤❤❤❤❤❤ hejuru cane ❤❤❤❤❤❤❤❤
love this guy RUREMA kweli
WA munyamakuru we uri kumwe na Emmy mu kiganiro ibyo uvuze ni byo. Uri umunyabwenge ndakwemeye Cyane. Ikibazo cya Sabin na Yago ni comfrit d' internet nta mpamvu yatuma Yago avuga ko Sabin yamuhemukiye. Bari mukazi Kandi buri wese agomba kwishakira abatumirwa cg se abakiriya . Ibyo Sabin yakoze yigarurira abatumirwa be ni SAWA.
Sabin courage ukora akazi kawe neza. Uri umunyamwuga ukora neza.
WA munyamakuru we nawe ubwo bwenge ufite bimpa kizere ko nawe uzatera imbere. Nawe courage uzatera imbere.
Komereza aho
Uyu mutumirwa rwose imitecyerereze ye iri hejuru cyane pe yakoze
Na Emmy amwigireho
Uyu mutumirwa azi ubwenge.asobanura neza
Eeeh ben numvishe umuntu ufite ubwenjye buzima bravo Mr 🙌🤝Nuko ubwira abatumva !!! Yago afite ikibazo mumutwe niba mumukunda mumuvuze ahokumuteza ibizatuma yimanika peee !!Ahageze nabona ntawukimwumva cyangwa akabura abo à manipulât azi yahura !
Nagasazi pe nikabucyura
He is very very smart
True ❤
Sha so yakwise Rurema, izina riragukurikirana kandi nawe urimo urarisupportinga. Big up! Ibitekerezo bizima kandi by'umuntu muzima.
Competition iba ahantu hose sabin nta kumurenganya
Kuriyi mihanda Nubwambere mbonye umuntu usobanutse, uyu nuwambere kbsa,
Musore ndagukunze cyane kbsa
You 'very very smart ❤❤❤❤❤
Mbega ikiganiro ca haut niveau!!!
Urakoze mutumirwa mwiza.
Abasore nkaba nibo igihugu gicyeye kbsa
Urumuhanga wamugabo we👍👍
Mbonye umuntu ubona neza ibi bintu nkuko nanjye nabibonaga. No mwisoko barwanira abakiriya nkaswe youtube. Yago yatekerezaga ko yaje ngo bamurere😂😂😂😂. Nishimiye iki kiganiro kweri❤
my fist comment here this guys is so intelligent
Danny is very clever, kubusesenguzi akoze kuri iki kibazo cyq saga ya Yago. Yago ni Umwana murizi udakurwa urutozi. Akazi karamunaniye, ahitamo gu creating urwango kdi yibasiye abafite izina rinini, kko ibye bitaganwa. So niba atakibasha gucompenta mu murimo muri showbiz. Nyine yisanze yasanye inzira yanyuragamo, kdi ntawukora ikiza agamije umunsi umwe kuzakigira iturufu kugirango werekana ko uri mwiza.
Oya yago yagiye mumuziki areka ibiganiro sagaye yayamajwi ajyahanze ,abonye azimye ATI banyima abatumirwa Sabin yantwaye briane Irene amwima ba dorcas Sha akaza abatukiribyo nkaho wamugani wuyu muhungu nitegeko kumuha ibyasabye? Iyo ataza yataka ababafite amazina manini ntiyari kuzamuka! Ariko kuzamuka atuka abobanini siko yari kuzavuga nakanyamabi nibwo kaba kibabaje
Nagatangaye kumbe nuwi 94 Kane ariko abatarabonye nibyo bavuga haaaaa
Ahubwo reka nshake isibo muhe like
Mbega umuhungu mwiza Kandi ufite ubwenge ❤❤❤❤unva urumuhanga cyanee va kubi go ryi NGO ni bosco
Uyu muntu urengejeho aragutera umwaku
Dukeneye abanyabwenge nka Danny Rurema kbs, you're so intelligent bro courage, nawe Emmy wigire kuri Danny
Emmy igira kuwo munyamakuru kuko avuga ibintu afiye inimenyetso ; kuko rimwe uvuga ukuri ubundi ukavuga Ibindi???.
That guy is very brilliant! I wish the interviewer is as brilliant as interviewee. It would be a very interesting show.
Big up to him.
Uvuze ivyo nashaka kuvuga wa musore we❤❤❤
Uyu musore numuhanga azi isi kbs, nizere ko no mwishuri watsinze neza. Ubumwe niyo nkingi yiterambere ryacu.
Uyumutipe rwose akoresha anaylse pe uvuze ukuri❤️
Mhn henzupe kbx uyu mu brother ari very smart
My guy RUREMA ndakwemera cyane
Uyu mu G arı gukoresha ubwonko Imana yamuhaye 👏👏 Kandi ntabwo ari gukoresha amarangamutima 💙
RIB yatinze guhana abanyabyaha 💯 Yabafashe nkabana ira bahenda henda uti mwirinde ibyaha, bigera aho barengera.
Bose ni inyungu bashaka ibindi ni ubugoryi bwa Yago
❤
Exactly
Wamusorewe komereza aho
Imana ikomeze ikwagure mubwenge
Tera imbere musore mwiza
Uzigushyira mugaciro
Emma keep it up kbs. Uyumutumirwa simuzi ariko ndamukunze pe, ni aba dukeneye mwitangazamakuru basesenguzanya ubuhanga na fact bitarimo amatiku. 👍
Mbega umuntu uzubwenge🤔 wamusorewe uvuze ukuri kuzuye
Dore umuntu uzi Yago uwo,nokuzana ibyamoko yagiragango agire abo yikururaho asanga abanyarwanda twacanye kumaso tumuha urwamenyo.yewe ga ababig energy ndabakomeje barinyuma yumuyaga kbsa
Ahubwo ba big energy babure kujya kuvuza umurwayi wabo
Mbabajwe nukuntu Emmy Nyawe adafite intellectual capacity yo ku understandinga uyu mu type!!! Genda wa musore we uri umuhanga kdi abanyamakuru nkawe nibo dukeneye uyu ngo ni Emmy nabandi nkawe badafite ubumenyi nubushishozi buhagije mubyo bakora bakwigireho!
Uzadusesengurire na Clara
Ubusesenguzi bw'uyu mu jeune bunyeretse ko kuri iyi mihanda hakiriho abantu bafite ibitekerezo bya nyabyo! Bro, urasobanutse🎉 gusa witege igitero yago ari bukugabeho! Kuko ni wowe muntu ubashije kumuvuga uko Ari pe!
Nibwo burwayi afite kuki yumva yavuga abandi ntibamuvuge?! Ikindi utuntu yago avuga bamuhemukiye namafuti pe kuko nawe ubwe nikibazo
True
This guy is super intelligent👌👌, why abantu bafite mumutwe nkuyu bataza ngo bavuge hakirirwa hiyamamura abafite hafi yantabwo!!!!
Wamuhungu we, you're very smart
Iyaba ikikiganiro cyabonangwa nabenshi,
Courage kbs.
Nukugisharinga
@@ingabireaisha7099
Yes that's true 👍
Nkunze ibitekerezo vyawe bro uvuze ukuri pe😊
Arko murabanyarwanda bahehe kweri,umuntu iyo akugabiye uramwitura kandi aho hantu ntanubwo uba wemeye kuhahemuka niyo mpanvu bavuga ngo agasozi kamanutse inka kazamuka iyindi,gusa wakoze gutumeka Danny
Ubu tuvugeko murababantu bose ntababandi bahora bigira aba big energy barimwo😂😂😂😂😂😂 mwihane gose mwarahubaguritse, wakoze caane mutumirwa❤️❤️❤️❤️
Baravuga iki se wa mfura we
😂😂😂😂😂😂nukuri pe
Abasabinne muri he❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Courage rwose,uvuze ukuri
Uyu mu type nukuri nki mwunva nahise mukunda kuko afite ibintu bizima
Abatazi icyiza cyo guceceka mutangiye kugenda mubibona.Ukuri kwa Sabin singombwa ko ajya hariya akagusobanura.Abantu ubaha igihe.Abamusebeje mu minsi micye murababona batangiye kuza kumushinjura kuko yabahaye igihe gihagije cyo gutekereza no gusesengura
Koyisebeje wenyene yasebejwe nande?
Ahubwo bamwe batangiye kwigarura😂😂😂😂
@@carinemanirambona2708ntiyisebeje kuko ibyo bavuze byose nta video zibikorwa twabonye😂😂nawe zamura QI wamuntu we😂
Emm rekauwomuhungu atubwire ibyubwenge turamukunda❤❤❤❤
Uvugishije ukuri kbsa
Imana ishimwe ko hari abazima bakiturimo
Ndagukunze cyane njye mba hanze ariko ingestion uvuze kuri yago nanjye niko nazibonye iyo ugiriwe neza nuwo wayigiriye uba ugira Imana ariko niyo atabikoze ntarubanza rurimo naho rwose izo ngeso zone ni moi muri sociaux kdi no mu rugo
Ariko nibyo rwose wamutumirwa we simwanga ariko rwose yago aragoye kubana
Njye naranabimwandikiye kuri comment ya tv ye
Kuva nareba ibyiyi saga ya Yago nubwa 1 numvishe umuntu abashije kuyikorera analysis ya yanyayo..uyu musore numunyabwenge ahubwo uyu Emmy ntazi kubaza abanyabwenge
Nkunze ubusesenguzi bwawe peuh, other influencers need to refer to this
Uyumusore azi ubwenge aranshyishimishijepe yago afite ikibazogikomeye
Sha Dany asasanguye neza pe. Ushizemwo ubwenge
Ariko se Emmy uransebeje rwose wakwihanganye ugatekereza cyane hano koko uri kutubihiriza Kandi ufite umutumirwa wanyawo kbs
Ntabwo ari ukuba injiji ahubwo iyo ufite umutumirwa umuganiriza nkaho nta kintu uzi uzumve ukuntu scovia aganira na sam
Bambwirire kbs nkunzukosobanura ibintu
Tout à fait One Love uje utumira Abanyabwenge les intellectuels nkaba ❤❤❤🙏😅
Very logical and analytical.
Uno mutipe ni umuhanga peeeee azi gusobantura ibintu IQ ye iri hejuru kbs big up
Ahubwo ninkoma mashyi yarishyuwe namaco yinda
Ako abantu bavugisha ukuri Bose barishyuwe kuki mudashaka ukuri ayo mafaranga yo gupfusha ubusa wayabona kuki mushaka ko babashyigikira mudashaka aba banenga umuntu utagira amakosa abaho
Ese mbibarize ntamuntu numwe wemerewe kuvuga ukuri?
@@Jacques250tvofficial 🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Ese we umaze kwishyura bangahe kweli
@@Jacques250tvofficialuragowe wowe
Brilliant
I like your insight, gusa ntabwo ari "harigihe azantamo blague" ahubwo ni "Harigihe azanamo blague" akitandukanya nabwo.
Emmy bavuga conflit d'intérêt😊
Abantu nkamwe nibo twabuze ureke abavuga bakagirango isi niyabo
Cyakora Emy uryana mumatwi peeee🤮
Très intélligent🎉
Dany urasobanutse, uwiga yige, uwumva yumve
Aba Sabine ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Emmy wakoze can muri yiminsi urikudukorera umuti ufite abatumirwa babanyabwege kd Sabe nakomeze akomere nukuri Imana azamurwanirira ntakinyoma kicara kuntebe 2 umunsi 1 tuzavuga abafana ba Saben turahari🙏
Sha ndabashimiye pe, nibura abanyarwanda benshi bamenye ukuri. Nabasaba ko mwagishyira kumachannel menshi
Uyu mutype ko afitemo akantu k'ubwenge ra
uyu mu capo amvugiye ibintu byose natekerezaga kuri yago kbsa uri umuhanga musore. Big Energy hejuru cyane
Byibuze namba nawe urubig ufite ubwenge
Wa musore we uri i Nyangamugayo peeee Kosora agatsiko😢
Sha baribatangiye kumusenya mubundi buryo
Umunyabwenge kbsaaa.uravuga umuntu ntakurambirwe uzagaruke ujye ubabwira
Sabin ntago uri malayika urakosa nkuko nabandi bose bakosa
Gusa imana yonyine niyo yokukurenganura kdi turagukunda🙏❤️
Tukwifuriza kugaruka mukazi tugutehereje turi benshi
Gusa emmy uteye isesemi urashaka kugonganisha abantu ntago ukemura ibibazo ahubwo urabiteza ukanabishakisha ahreeee🤮
Gusa uyu mugabo urumunyabwenge kbsa 🥂
Yago nawe afite ubwenge bwinci ariko abukoresha nabi sana😥 Imana imuhe ubumuntu ave mumurongo urimo
ariko twibukiranye ko iyo njye nawe dukoranye ari wowe wankeneye ukanabinsaba iyo nkwemereye tugakorana niyo nabigiramo inyungu ntibizakuraho ko nagufashije kuko niwowe wankeneye mbere plz.
Rurema nakifuje kujya nkurikira ibiganiro byawe byose kuko nabera mbonye umunyamakuru w' umunyabwenge ushira mu gaciro .
Ariko banyamakuru bandi mubura iki ngo mukosore youtube nyarwanda nk' uyu Rurema.
Harya ukora hehe muhungu wanjye? 1:09:22
Emmy nawe ndakwanze gake cyane. Ngo gusaba imbabazi Yago wazisabiye iki? Uranyumije.!
Uyu muntu niwe mbonye umfite ubwenge usesengura kdi ntasakuza cyane ngo ashake kubidutamika kungufu
Hahahh
❤❤❤❤uvuze ukuri kbs lmana iguhe umugisha❤
Yago baramutinya kuko ukuri nikinyoma ntibihura bro👌
Bande bamutinya?
Bande bamutinya?😅
Yago ameze nkabana 😂ntago aziko barimukazi hubwo ntabyatinyitsemo
@@kireziyvette6671 rata nuko gutukana nugusebanya nibyo babona atinyitsemo? Sabin cg Irene abo avuga bamwanga bariyubaha ntibasibizanya nawe
Bagomba kumutinya kuko the guy is a psychopath
Muvan amatiku aho !!! Abo bagabo nibasabane imbabaziii birangire naho nimukomeza kujya mu menshiii muratuma Sabe bamushyira hasiii burundiii ni yiyunge na Yago birangire twe turi Abagenerwa bikorwa ibyo Sabe yakoze byiza abishimirwe ibyo yakoze bibi abisabire imbabazii the same of Yago ❤ Mwebwe abafana ibyo guhengira ku muntu mu bireke !!!
Wagize Analysis nziza pee
Yago ntamuntu yabana nawe agira ivangura bya hatari
Uteye ubwoba ntacyo wakora ngo twinge yago urumva ibintu byose umurunzeho! Uramwanga peeee! Capitaine❤❤❤
Njye naravunti ababatumirwa nidebire mbonyumuntu usobanuribibintu neza
A wise man kbsa 🎉 ahubwo uzamuye IQU yacu kbsa. Menye aho ntagomba kongera gutera agasongabugari 😂😂😂
Uyu mutype ujye umutumira Azi kuganira kandi afite ubusesenguzi bwo mu rwego rwo hejuru afite n'ubwenge
This one is just trying to be intelligent.He has nothing sensible to say!