This is very educating. Can you please also do a discussion the way family members like siblings of both sides intervene guseenya amago. It’s also a big problem to many.
Sabin azi ubwenge erega ESE ndimbati Ratamga imbabazi ziki ko ntazo yamusabye?ikindi Kandi niba amushinja kumugambNira. No kumusaba ruswa kuki atajya ku murega Sabin azi ubwenge PE ndimbati akomeje kumushakaho amahane Kandi nubundi aba abeshya ni uburyarya
Une belle initiative de diffuser cette réunion familialle,Sabin uzadushakire carine na Olivier twongere tubumve
Beautiful couple Carine & Olivier❤
Abemera ko urukundo rujya aho rushatse ❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto mve m'ubushomera 🙏
Ooh wow. Mbega ibintu byiza byuzuye ubwenge. Sabin, please keep it up! Ikiganiro kiza cyane rwose uzagikome.
Ntabwo ndubaka urugo ariko ndize muburyo bukomeye cyane. Murakoze
Nibyo Vraiment abadamu turi abajyanama beza akenshi iyo mugiye inama mugashyira hamwe nka couple birakunda.
Ése ko kera muri secondaire habagaho amasomo nka sport ,dessin, religion,.. kuki ubu mineduc itashyiramo" isomo ry' imibanire myiza mu ngo" ko byakubaka imiryango
Iwacu nubu biracahari
Yoo she is very humble... akagori ko muhanda sha ni akambera nange nkemera kubi!
No ya sugira
woooow... wamvugiye ibintu. Mind set iri hanze aha yatuma umuntu atazubaka!
Cyane zazatuma duhera mugihirahiro
Ikigori cyo ku muhanda cyubahwe❤
This is very educating. Can you please also do a discussion the way family members like siblings of both sides intervene guseenya amago. It’s also a big problem to many.
carine ndakuzi disi Nababyeyi nawe bakiriho bari beza banasenga wagombaga kugira urugo rwiza kuko nabo baribafite urugo rwiza
Carine mwiza nari narakubuze
Mutanze inama nziza wowe na Olivier❤❤❤
Ariko PAM kuki nkunda cyane❤❤❤ wambaye neza pe
Duhe part 2 sabin please ibi biganiro nibyo tuba dukeneye cyane kurushaho ngumuryango nyarwanda ukomere
Carine et Olivier ❤❤❤❤❤❤❤
Yes,sincerely ! Money is not everything though it's important
Next ntihakaburemo pst Hortanse Mpazimpaka
Egoooooo pastor Hortense ntakaburemwo na pastor Rutayisire.murakoze.
Pamela ❤
Your couple is just so sweet...kubumva biraryoshye...
Inama nziza murakoze cyane Carine & Oliver ❤❤
La belle Carine🥹🩷🩷🙌🏿
Olivier na Carine nimwe bo kwigiraho kweri👏
Imyumvire yabakobwa babaye hanze kandi babaye hanze ntabwo mugukunda uwo bazabana ntabwo ari ba materialists Iyo akubonyemo ubwenge agukunze murabana
Gusa iyo muhuje n'Imana irabasanga iyo umwe yizeye cy c akamumvira mukanubahana byanze bikunze murakira
Merci Sabin kuhatubera
It isn't all about money but commitment:"That's marriage"
Eh dore Olivier disi...twigeze gusengana ahantu za 2014 ...Imana yagize neza disi...
Denis na Sarah batu bangu ♥
I love this!
Olivier komeza komela ndamuzi iremela nishyimiyeko Ufite ulugo mukomele cyane
Mbega témoignage nziza ya Carine
Very nice event !
Well done !
j'ai trop aimé
It isn't all about money but commitment
Sha ni hummer kweri ni mwiza cane pe afise ubwenge
Waou mbega évent nahombye we
ubutaha ntuzabure!
Dr Alfred Bizoza my lecturer of Econometrics
Nkunze uko professeur yavuze umuntu ntahindurwa n'a FRS biba Ariko yarasazwe
Saban we need 2 please
aunti wacu courage nice couples
Kujyinama byubaka umuryango ariko abagabo bajya bijyira ba debande 😂 iyo bahiye baza kuriri umugore cgw bakamutura umushiha gusa sibyiza pueh iyurugo rujyinama niyo baba bakoresha 5k mucyumweru gusa bose babonako ntawuhisha undi umugisha wimana ubana babo iyo hajemo buriwese nake yopoo birarangiye pueh
baravugango Amafaranga numusemburo wibyihishe mumutima .
Bega byiza ❤❤
Hhhhh naringizengo ni hummer yinyundo😅😅😅😅😅
😅😅
Muranyigishije cyane
Nukuntu abagabo basinzira!!! Nzi uwamufatiyeho icyuma yamenye ko yamuhishe loan ,arangije abivaho but yarabitekereje
Prof se ko ntumvise ibyo yigishije kdi nkaba numva muri kumushimira ku inyigisho yatanze.
Hhhhhhhh
Hhhhhhhh
Ikiganiro cyiba cyabaye kirekire bagashyiraho ibyingenzi Niko njye byumva da!!
Ariko nubwo ibi bintu tubyita ubusirimu sinzi niba aribwo ,reba uyu mubyeyi uyoboye gahunda ukuntu ari mwiza ariko reba uko yambaye imbere y'isi yose,ese muzirikana ko TH-cam isigaye irebwa na bantu bingeri zose koko!!Hejuru yibyo ariko ikiganiro ni sawa cyane
Ubuse koko bigutwaye iki wakwiymvira ibigufitiye akamaro ibindi ukbyihorera
Hhhhh ubwo urashaka ngo ndye ifi ntakuyemo amahwa Koko!!
@@ngererojeanine8440kubivugaho njye ndunva ntacyo bitwaye.yambaye nabi rwose.
Umuntu yambara ukwakunda apa ukundi buriya ujyende mugishimisha abantu wazapfa utishimye mureka abantu bishime
@@francineuwamariya974 ntawamubujije pe nuburenganzira bwe.ariko ntibibuza abavuga kuvuga.
Vraiment ndanezerewe nange nu mutware tubijyamo inama
Woww... biraryoshye rwose.. nirwogere
Abana back nimukomere cyane
Oh 😊
Ibiganiro biraryoshye Kandi biratwubatse mwakoze ariko indimi z'amahanga ni nyinshiiiiiiiiiiii rwose icyo muzagikosore ubutaha
who wouldn't get a hummer if its available 😀
Ikiganiro cyiza sabin nubwo ntararongora arko ni tres bien
Isimbi❤❤❤❤
Mbega ikiganiro cyiza 👌🏾👌🏾👌🏾
Sabin nakunzeko wanze amatiku ya ndimbati baguhamagara ngo mu kiganiro
Yagize neza pe nanje nabishimye
yankoreye iyo yingeaho nisegonda yo kumwumva cg akavuga irindi jambo yari kuba ampemukiye.
Sabin azi ubwenge erega ESE ndimbati Ratamga imbabazi ziki ko ntazo yamusabye?ikindi Kandi niba amushinja kumugambNira. No kumusaba ruswa kuki atajya ku murega Sabin azi ubwenge PE ndimbati akomeje kumushakaho amahane Kandi nubundi aba abeshya ni uburyarya
@@lolitaimena9782 muvandi nkunze ukuntu mukurikura pe
Nahise mvuga ni Sabin ni umunyamwuga
@@muzunguemmy8484 cyane rwose
Waouh ndihano
Exactement l'argent ne fait pas le bonheur
Bavuga ngo umugabo ni umwana wundi
Nice ❤❤❤❤
Umugore wawe uramuratira nde ku mihanda???Mwagiye mwiyumanganya
My Gee Oliver
Give me like❤ Sabin keep forward
Sabin ntayo yagutega
Mjo
Mplpmjmomjm
@@maniraduhadonavine5542to
😮@@maniraduhadonavine5542
IKI kiganiro nicyiza peeee
Ariko muganiro cyiza ndikumva ntitubure ubumuntu?
Ibi nibyo tuba ducyeneye kureba kbsa
Andy
Umugabo nawe ni umwana w'undi pe!
Mutwigishe twimenyere
❤
👌🏽
Ibi biganiro nibyo sawa rekana nabamwe bavuga umubare wabo baryamanye dukeneye ibigabiro biri educative
Uyu professor ni theories ari kwivugira gusa hari ubwo mugenzi wawe mwashakanye umubwira amafaranga ufite agahita acreatinga expenses zitunguka kandi wowe wayageneye kuyabyaza andi.abantu benshi bafata umwanzuro nkuriya ari uko babanje kugeragezanya ukaba waramaze kubana ko ntaho mwagera mukomeje gutyo
Aho ikibazo ntikiba kiri ku mafaranga nugushakira ahandi vyapfiriye,ariko ubundi ivyo professor avuga nivyo kumuhisha si igisubizo na gato
Ibyo biterwa nuko muba mudahuje icyerekezo.nimigambi
hummer nta essance😂😂😂
Ikiganiro mu rugo n,inkingi ya mwamba.
Aba ni bande se noneho ?
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
😘😘😘😘😘🎉
Yoooo
kuruta ibyonumvise hano
Sabe wakoze ikintu kiza gushiraho
ikikiganiro nisawa
Like me following
Pamela we wambaye Nabi pe !sinkunda gutanga comments mbi ariko ni byiza kuvuga ukuri ibyo bitugu byawe washyize hanze rwose mwuka wera akumurikire ubishyireho agashati .Kandi kera waruzi kwambara neza wikwije Kandi ntawakurushaga kuberwa.
Nubundi ntazi kwambar
Yew yambaye nabi pe!!! Ntadeni yasigayemo rwose ryo kwambara nabi
Ntimunyurwa ubwo iyo yambara mini warikuvuga ibinganiki koko, namwuka wera noneho ajemo😂 Kdi ntakwatagize ugereranije nabiki gihe
Arikose abantu twabaye Gute?kuki dukunda kureba ibyabandi cg mureka abantu murebe ibibareba nibibafitiye umumaro
Ariko nkubwo ntakindi mwabonye cg mwumvise ? Ngo imyenda murarwaye gusa .mugende mubaze mukire
Inama nziza murakoze cyane Carine & Oliver ❤❤
Ariko nubwo ibi bintu tubyita ubusirimu sinzi niba aribwo ,reba uyu mubyeyi uyoboye gahunda ukuntu ari mwiza ariko reba uko yambaye imbere y'isi yose,ese muzirikana ko TH-cam isigaye irebwa na bantu bingeri zose koko!!Hejuru yibyo ariko ikiganiro ni sawa cyane
Waouh ndihano
❤❤❤❤
Ibiganiro biraryoshye Kandi biratwubatse mwakoze ariko indimi z'amahanga ni nyinshiiiiiiiiiiii rwose icyo muzagikosore ubutaha
Inama nziza murakoze cyane Carine & Oliver ❤❤