MU IFUHE RYINSHI - Antoine RUTAYISIRE - IYI KIGALI YUZUYE IBIRARA BY'ABAGOREðABASORE BIGIZE BIG BOY
āļāļąāļ
- āđāļāļĒāđāļāļĢāđāđāļĄāļ·āđāļ 10 āļ.āļ. 2023
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp.com/FHRYGoxn6MW...
#Irene_0788208757 #Bohoka
No one is completely perfect in the world but GOD blesses us as long as we are not perfect.halleluiah
ESE KOMBONA UMU CHOU DJIHAD AREBA NKUMUSAZA WANYWEYE URUMOGIII REBA AYO MASO WEEEEE
Iyi nkuru nari nayibonye ku IGIHE nabuze Video ngo nyumve neza Murakoze cyane Uwiteka abahe umugisha
Pasta Rutayisire ndamukunda
Abagore baragoye cyakoze ubuse baritereta cg nibo bahitamo kuba ibirara usanga abo ba big boy aribo babiteye Njyewe muzarebe kenshi umugore atangira kureba aba ex, nabandi bahuye iyo yabuze presence yumugabo ngaho reba abagabo umwanya aguhaye aba ari mu mupira abandi ngo arareba amapiano zandirimo abakobwa bubu babyinisha ikibuno byubuhehesi wowe niba aba yarakurambiwe cg yaraguhaze sinzi usanga bitoroshye Imana idufashe naho ubundi iyi Kigali ingo nyinshi zubatze mu manegeka cg ku musenyi ziracumba kandi koko niko zubakwa yabaye imvugo
Ndagukunda ubu umugabo yarantate kand ndamukunda twaza bonana ndutax ngotsejyere ubu yabyaye yahanze utsengere ðŠīðŠīðŠī
Ndanyuzwe cyaneð Mushumba Imana igusesekazeho imigisha . Mwubaka imitima, mukaba n'ingo.
Uvuze ukuri kweriðð
GUSA NDAGIKUNDA NUBWO ARIKIBWA KIVUGA KURUSHA IDEBE RIRIMO UBUSA
Iti nyigisha ntago njya nyihaga âĪ
Ikimbabaza nuko baba bagaragiwe naba past kazi babo muzambarize koko abobagore ubwo abagabo bazakizwa gute baherekezwa naba past
Thank you always pastor ð
Uri umwigisha mwiza kandi ufasha benshi gukira.
Iyi nyigisho ninziza pe ntiwayihaga kuyumva kandi harimo amakosa benshi mu bubatse bakora bishimira kugwiza ibigaragara ariko imbere batagwije ibyatuma batindana aha ndavuga ibyo umwigisha atubwiye kandi byeze ingo zisenyuka nyinshi nizitunze kandi babandi barwanira kubona ikijumba nibishyimbo usanga bakundaniye muri Duke Ese wa mugani biterwa niki ubu? Nubwo burara avuga??
That's true
Amena amena abobagore natwe baratwumije iyubivuga ababizi turumirwa noneho basigaye bahaguruka bakajya kuryoshya dubai isi irashaje pe kd basize abagabo babo abandi ni aba divorce mbega yesu niwe wagiricyo akora
Ni umuregwe! Barahaze! Ni zo ngaruka zo kugira ubukire udafite Yesu! Imana idutabare!
Njye ndabizi ibyobikundi byinshi naho birimo ababijyamo kd bishyigikiwe nabapastor kazi gusa bamwe baba divorce uzahugura ugeze ryari koko past ko ntako utagiye abagabo barumiwe bariyakiriye
Abagabo ki se bo ni shyashya ?! Twajwemo, ingo zaratewe ahubwo dusenge cyane kandi twihane! Imana idutabare pe!
Erega paster ngew nshyigikiye abagore bisohokana kuko abagabo babo babasohokanye ntabwo babitekereza so ibyishimo birahenda.kndi abagabo benshiiiiii barikunda birenze ibikenewe.kuburyo baba bumvako abagore arabo murugo gusa ibyo rero nibyambere yindege ntibyavamo p
Imana ijye irengere abagore kuko uko umugabo akunda umugorewe nâuko amufata nibyo bituma umugore amwubaha.Imana ifashe ingoð