GUTWITA: ICYUMWERU 1: ICYO UKWIYE KUMENYA|| NI IBIKI BYIHUTIRWA GUKORA MU CYUMWERU CYA 1
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 21 ต.ค. 2024
- Tugezeho igitekerezo cyawe muri comment tuzakigarukeho mu kiganiro cyacu gitaha.
Twandikire kuri #0788789544 no kuri email: tetanyampinga@gmail.com utubaze ikibazo wifuza ko twazagukoreraho ubushakashatsi.
Ushobora kudushyigikira utugezaho inkunga yawe ukoresheje MoMo 0788789544
Sangiza abandi ibi biganiro, ufashe Society.
Ngiye gukora ibiganiro bivuga ku icyumweru kucyindi kugeza umuntu abyaye ! tuzavuga ku impinduka ukwiye kwitega buri cyumweru,ibyo ugomba kwibandaho mumirire mumyitwarire, yemwe nzanakubwira ibyo ugomba kugura kuburyo tuzagendana kugeza ubyaye.
kora subscribe kugirango hatazagira ikiganiro na kimwe kigucika.
Navuye mumihango, mucyumweru gikurikiye mpita ntangira kubabara imoko zamabere yombi, byatewe Niki buriya
@@mukeshimanadorcas8937 ibyo birasanzwe kumuntu uvuye mumihango ushobora kuba wari ugeze mugihe cy'uburumbuke
Hellooo mperuka kuva mumihango ndumumama sindavyara ariko ndababara hepfo yumukondo nkumva agasonga munda bivakuki
Nanjye nshaka ko unsobanurira ese ushobora kumpara igihe kingana gute utagiye mumihango ngo umenye ko wasamye
Sha ibyo uvuga nibyo kbx ndakwemeye
Ok murakoze cyane ibyomuvuze nukuri benshi duhura nabyo bikadushobera ark ubu ndasobanukiwe
Byiza cyane
Nyami reka nkubaze, hashize icyumweru nkoze imibonano ese ubwo muriyo minsi natwita?? Murakoze cyn turabakunda
Nyampinga wacu murakoze cyaneee kuduhugura disiii ndakwibutse twize kukigokimwe muri college Inyemeramihigo kugisenyi.nukuri nanjye murakoze kumpugura nanjye biramfashije ndacyari umugeni ndimukwabuki murakoze cyanee❤❤❤❤
Thanks 🙏
Muraho neza.niyihe nama mwangira kuburyo gucira byahagarara
Ch nukuri komerezaho utumye nisobanukirw
Mwiriw neza mugab nnx umunt iy atwit akab arim kuv amaz mujyitsin bib arukuber icy 🙏🙏
umuntu utwite inda ingana iki?
Ok murakoze cyane
Muga uhaka gutwita umuhungu wabigenza ute
Nanjye mfite ikibazo muga maze ucumweru 1 nindwi 1 ntabona imihango ariko amabere arimwo kurya none Nanjye noba narasamye?ariko ntabindi bimenyetso numva ndakwinginze nanjye unyishure waba ukoze 🙏
Icyumweru kimwe n'indwi 1ni igihe kingana gute?
Hello Nyampinga ndagukurikiye akakanya courage kabs
Merci
Imana iguhezagire❤❤❤
Urakoze cyane
Sha chr munda hanyishe pe
Pole ,Imana igukize
Nyamiga mwiza urakoze cyane ndagukunda cyane
murakoze cyane
Mwiriwe neza muga ubu icyumweru cyambere impinduka tubona ni izigihe wasamiye cg ni uguhera igihe uherukira mumihango murakoze ndagukunda
ni uguhera igihe uherukira imihango iyo utazi umunsi wasamiye
Nuguhera kugihe wakaboneyeho imihango cy igihe uyiherukira?
Thanks
Urakoze cyane Maa❤
Nawe urakoze
Ibyuvuga nibyo muga. Iyo nsamye kwituma bimbera ikibazo ,
Ikindi utwo turaso ntubona hashize ukwezi nsamye.
Murakoze cyane kuduha ikiganiro
Imana iguhe umugisha kuduhugura p
Urakoze cyane kutujijura imana igihe umugi shaa ndagukunda
😊😊
😊😊😊😊😊
Ngarutse ngushima wamfurawe
Konkonje cyane nrukuber icui nomucyizibacyinda
Ese muga mperuka mumihango le 27/10/nubu sindandansubira kubibona kd mfinse ukwezi guhindagurika,haragera igihe nkumva ndashushe umubiri wonse nkabira nintugutae bikamara nka 4 min bigaca bihera ,nn muga noba narasamye?
Uheruka imihango ryari?
@@nyampinga1266mperukayo le 27/9 kandi ngira ukwezi guhindanguruka noba narasavye,harager igihe nkumva shushe cane nkabira intuguta nyinshi mur 4 min bigaca bihera
wiriwe ijyihe kwamuganga bampaye cya onapo cyaranjyiye ese nshobora kuba nasama ndabinjyinze mumbwir
nyine narimaze ukwezi nta rabona imihango kubera onapo ese ko onapo yaranjyiye nshobora gusama ndagusabye mpa kumakuru
Nyandikira kuri WhatsApp tuganire
nigute nabona nimero zanyu zo kuri whtsap ko mfite ikibazo
Nyampinga asant
Ndagukunda immaculate
❤
Nahose kuzana amazing mumabere biterwa niki
Ese ningombwa ibimenyetso. Byose bigaragare
Oya ushobora kubona kimwe cg byinshi mubyavuzwe
@@nyampinga1266Murakoze cane ndasobanukiwe
Ese muga umuntu iyo umuntu ababara amabere ndetse akagira nikirungurira cyane ubwo yaba atwite???
ibyo ni bimwe mubimenyetso byo gusama ariko bishoboora no kuba ibimenyetso byuburwayi
@@nyampinga1266 ubwo bivuzeko niba atarugusama nuburwayi???
Merci
Ngirinama
Napimishije
Tesist
Impapisitiv
Ariko
Ibimenyetsobyuko
Nkwite
Nukuburaimihango
Nokwangakurya
Ubwosinwite
Nyampi
Mbwira
Uratwite
Ese,uvuye,mumihango,hashize,iminsi, I biri,wasama
Cyane rwose nuri mumihango arasama bitewe nuko ukwezi kwe kureshya
Mbegase washobora gupima ko wasamye hashize 1semaine ukabona resultat nziza.kutonekara mukiziba cinda biva guki?
Igisubizo kigaragara nyuma y'iminsi 14
Nonese muga ukwezi ko ariminsi 30. Inda twayibara icyumweru iminsi ingahe ? Icumweru niminsi ingahe?
Ikimweru ni iminsi 7
❤❤❤Urakoze cyane
Nagiragango mbaze umuntu akoze imibonano nyumayumunsi 1 avuyemumihango yasama?
Urakoze chane kunama utugejejeho nones Imana kwamuganga bakunvaumutimaweutela hashize igihekinganiki?
batangira kuwumva kucyumweru cya 9
Narinziko umugore wasanye atongera kugira imihango.
Ntabwo yongera rwose kugira imihango
Ese nyampi kunyi iyumuntu yasamwe Acika umugongo akanababa mucyizibacyinda kurakoze
nyababyeyi iyo iri kwakira umwana igihe ari gufatamo birababaza icyakora iyo unyweye amazi menshi biragabanuka
Thank you for your help
You are welcome
Mbega iyo ukoze imibonano uri mumihango mbega wasama
Wasama rwose kumuntu ugira ukwezi kugufi
Mwaramutse muga wapfashije nkubu ukwezi kwajye kurahindagurika kandi nakoze imibonano ndikwiyumva nkumvanarasamye kd nakoresheje Test tsanga ntada pfite nayikoko maze imitsi ibiri2 nyivuyemo none ijyihenyijyiramo ndejyejeho imitsi5 ntayibonye jyirinama utsubize Murakoze
Wakoze test ryari?
Nanjye pfite ikibazo nkicya Mugeni, nakoreshej Test hashize ibyumwer 2 ndetse nicya 3, nsanga ntayirimo
@@nyampinga1266
Nanjye mfite ikibazo nkike
Ariko nakoze test nyuma yiminsi 4 mbuze imihango kdi nonekara amabere ariko numugongo mbanumva undemereye
Ushoborakubawarassamwe nubabare amabere
Wawo!!! Congratulations mukobwa mwiza it's okk and it's necessary for our life, good👍👍👍
thank you
Murakoze cyane nonese murikyi cyumweru cyambere umuntu ashobora kuba yakumva uburibwe bwinshi mumugongo?
yego bibaho
Nonex muga konajye amabere arikurya ndatwite tubwir please 🙏
Sha nibyo nareba ikiganiro none muricyocyumweru 1 wagira ibitotsibyinci ukaribwa munda numugongo ukajya wumva ushaka kwihagarika burikanya ukaribwa hejuru yigitsina neza murakoze
Yego birashoboka
Nonese ukimara guhura numugabo ugahita ugira iseseme biterwa niki?
urakoze nyampinga urakoze pe
urakoze nawe
❤
Ibiganiro byanyu turabyishimira cyane
❤❤
Ese iyo umukobwa azana ibintu byumweru mugitsin bisobanura ko yaba yarasamye?
oya ntabwo aricyo gisobanuro. ibyo bintu byumweru ni ururenda kandi rurasanzwe
Mahoro Can nyampi nagomba ndakubaze ko wavuze ko uribwa munda mbega umugongo wowo nturimo mubibabaza? Je ndari umugongo biteye ubwoba mombwira ico bivako.murakoze
Nabyo birashoboka
Nonese ni ngombwa ko ibi bimenyetso byose bibaho? Ko numva nagize bibiri bonyine gusa?
Nago biba kumuntu wese
Murakoze
Hama mfise ikibazo Niki umuntu yokora kugira agwize canke yongereze imisemburo?
Manawe komerezaho pe
Ukoze imibonano uki
Ntushobora kubabara amabere utarasamye
birashoboka cyane mugihe cyuburumbuke niyo mpamvu tubijyanisha no kwipima .
Nonese ukoze imibonano nkuyumunsi bugacya ukabona ururenda rwumeru nkuwigi bisobanuye ko wasamye?
Oya
Thank you so much ❤️❤️
ese gusinzira cyane bisobanura gutwita
Oya ushobora no gusinzira cyane udatwite
Ariko akeshi ubutwit
Noe komuvugako hinjira intanga imwe mbega iyumuntu atwite amahasa haba hinjiye intanga zingah?
Urakoze cyane
Njyewe nkoresha urushinge ariko simbona imihango byashobokako naruhagarika nkayita sama cg byafata igihe
Nibagusubize najye numvireho
Ese iyo umuntu arikugerageza gutwita ark ntibikunde kd tugerageza kenshi ubwo biterwa nicyi mbwira p
buri wese agira impamvuye kugiticye. byasaba kuganira nawe umuntu akamenya aho bipfira
uraho neza muga? ese birashobok ko waribwa mu igifu nyuma yo gusama? ndavuga kubasanzwe bakirwara namber yo gusama.
Nonx birashoboko umuntu
asama abura imisi 13 ngo ajye mumihango
Nyampinga mfasha . Ese ushobora gusama ku muñsi ukurikira randevu yo kuboneza igihe ukoresha agashinge
Iyo wishe rendezvous bishobora gutuma imisemburo yuburumbuke izamuka ukongera ugasubira Muburumbuke ukaba wasama
nonese nyampi, ukoze imibonano nyuma nayamasaha mirongo 72 atarashira ukumva urababara hejuru yigitsina cyangwa se washaka nko kujya kunyara cyangwa kwituma ukababara nkaho harikigiye gusohoka uri gusunika byo biterwa niki, nukuvugako wasamye muri iyo minsi itatu cyangwa birashoboka ko waba umaze nkiminsi warasamye
ibi ntabwo ari ikimenyetso cyo gusama ahubwo uba wakoze imibonano nturangize. donc ntabwo uba wageze kumusozo wicyo gikorwa.
Nonese nyampi, ushobora kumenya niba wasamye uri gukora imibonano cyangwa muminsi itatu ukoze imibonano wabimenya?
Nyampi, wansobanuriye ese icyumweru cya mbere kibarwa umwana aruko yaheze muri nyababyeyi
wao
👌
Ese ushobora kugubwa nabi kd wakora ikizami ugasanga ari negatif hashize iminsi umunani ubikoze?murakoze
Murahonez muga ex iyo umuntu yakoze imibonano akaribwa Munda numugongo ,icyumweru cyashira Munda hakaba hanini cyane byo bisobanura iki??
Nyandikira kuri WhatsApp tuganire?
Ibyo bimenyetso nibyo byose urumuganga ndakwemeye
Ok
Ese konkora imibonano intangangabo zigasohoka mugirintama kd nshaka gusama
Nibazako ari iziba zitangira umumaro kuko ziba arinyinshi itanga rero hagenda nyinshi hagakoramwo rumwe gusa ziriya zigaruka nizitagira umumaro niko ndabizi
Murakoze cyane.mwampa whatsaap yanyu?
Mwaramutse muvand nonx konjye amabere akunda kurya kumpoko ???
Ni ibisanzwe ihangane
Okay nonx ubwo naba narasamye
Nitwa Aline murakoze ibiganiro byanyu nibyizap
Urakoze cyane nawe
Myampi kojye kombabara Munda hasanze
Ngo?
Ese inda yicyumweru kimwe kwamuganga barayibona
Thex
Nonese ntushora kubabara mukiziba kinda Kandi udatwite?
Birashoboka cyane
Iyongeze mugihe cyuburumbuke mbabara mukizibacyinda numugongo biterwa Niki?
biterwa nuko nyababyeyi yawe iba iri gushaka icyari ishobora kurereramo umwana uramutse usamye . uge ugerageza kunywa ibintu bishyushye, no gukora imyitozo ngororamubiri bizagufasha
Kandi inzoka ziba zifugacyan
ntabwo inzoka zivuga burya ni amara aba avuga
Ese umuntu arwaye infection ashobora gusama? Munsobanurire MBA numva narasamye najya kwa muganga bakambwirango ni infection
Infection za hehe?
Nyandikira kuri WhatsApp
Infection zo mu nkari
ese umuntu ashobara gusama hashize iminsi ine avuye mumihango
yego birashoboka
mwiriwe neza mugabe ese iyo umukobwa numusore nakoze imibonano mpuzabotsina indakigiye wasama narabikoze arko ntabimenyetso binyerekako nasamye mungire inama pe ndaremewe murakoze
Ntabwo mbashije kumva ikibazo cyawe
Mukomere cyane nonese umuntu akoze imibonano mpuza bitsina habura Ibyumweru 2 ngo age mumihango yasama nsobanurira
Nonese kobyambayeho narimvuye muri leg hashize imitsi 2
Muribyo muvuzeho impinduka najyize nugutonekara amabere nyakozeho kuburyo narikanda hakavama umweru usanamazi
Mupfashe munsobanurire
Nikiganiro cyiza
Ko nUmva bifitanye isano nimihango
yego birasanzwe humura
Mwiriwe noex utwo Turaso tuza Mu gihe kingana gt ?
Mwiriwe neza Nyami ese ushobora kubabara Munda kd utari nomumihango ikindi utanatwite?ese wamenya ko utwite mugihe kingana gute ubuze imihango?
birashoboka kuko ushobora no kugira nubundi burwayi.
Namenyante kotwite
Bjr Nyampi njye shaka usobanurire kdi usubize plz iyo umuntu yasamye abona ururenda? Cg iyo wasamye ntarurenda wongera kubona ? Ikindi biterwa niki ko umuntu yahagarika onapo akamara umwaka wose atarasama mbwira unangire inama yuko nabigenza ngo byemere murakoze😊
Umugore utwite rwose akomeza kubona ururenda
Ibyo kuboneza urubyaro Reba iyi video th-cam.com/video/tKhwQHreb48/w-d-xo.html
Ese utarabona umihango wabwirwaniki ko wasamye
Ngefite ikibazo haribinini turiy twagripe nanwaga narintaramenyako nkwit hasij nkukwez ubwontakibazo byangiraho
Ntacyo bizagutwara ariko ntuzabyongere
Nnex muga utarajya mumihango ubura iminsi nguyijyemo wasama?
Abura iminsi ingahe?
Ese umuntu amezi ane atari pisha mushobora kumuca amafara
Byaterwa naho wagiye kwipimisha
Muga byashoboka ko wasama habura iminsi 7 ukajya mumihango niyo ibihe byaba bihinduka.ikindi wabona impinduku mu minsi 2
Ubizi neza ko ubura iminsi 7 ntabwo wasama