NUKORA IBI UZAKIRA INYATSI NA KARANDE💔UKO ABAPASTORS N'ABAHANUZI BENSHI BATEZA Abakristo UMUVUMO😭
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 3 ต.ค. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Ndinginga Imana Data wa twese mwiza inyuzuze umwuka wera, nukuri inyigishe biruseho icyo nkwiriye gukora ngo ntayicumuraho. Amen
Imana iguhe umugisha Pamphile! Iyo Imana iguhagurutsa nko guhera ku myaka 5 ishize ukazamura! Ubwo abasatuzi bari barimitswe mu nsengero. Bafatanyije n'abashumba b'abahemu boretse imbaga y'Imana, babiba imbuto y'ubuhenebere idacika bigoranye.
Urakoze cyane mukozi wImana turi gusobanukirwa cyane. Courage courage. Uhabwumugisha nImana
Murakoze turafashwa cyane ngaho rero mutubwire uburyo ki twakwikuraho iyi myuka yadufashe kubera ubutamenya mudufashe please!!!!
Imana ikumpere umugisha cane muduhugure amadini yaratunyoshe cane
Mukoziwima, Imana ikomeze ikwagure , gusa mutubwire nicyumuntu yakora kugirango izinyatsi zituveho
Iki kiganiro kirimo impuguro nziza👍💯💯
Urakoze cyane Mukozi w’Imana.👏👏
Imana Iguhe umugisha🙏
... gutanga icya cumi bitanga umugisha ntibitanga ubugingo. Mushishoze mubaze Imana abo mukwiye kubiha. Urakoze kuri iyi nyigisho.
Number one Ibyo nukuri ntibaguteramabuye ukurigucamuziko ntigushya.🙏❤️❤️
uyu Mugabe avuga ukuri
Hari ahantu nasuye urusengero rw'igishushanyo gisengwa ntangazwa n'ukuntu abantu bakizanira amaturo baje kugisaba ibikomeye kandi iruhande rwaho hari kiliziya n'izindi nsengero. Abantu bakomeje kugomera Imana no kohoka ku mahano.
Iman'iguhezagire mukozi w'Imana je nisanze arije umbwira kuko nagiye nimuka ngo ndabe Aho noronkera akarusho ariko nisanze mu ruhombo. Je nasengera mw'ishengero ya Pentecôte mugabo nja mu vyumba naratanze impuzu ndatanga amahera mu vyumba bambwira KO bansengera kugira Imana imperez'umugisha ariko ivyanje vyagiye bizama gushits'ubu. None numvis'ubutumwa bwawe numva arije bubwiriza. Ndakwinginze unsengere kuko natanze ishikanwa ahataroho ntabizi. Ariko Ubu narabiretse sinkija mu vyumba mugabo ndabona narakoreye umwami atariwe kuko niyumviriye uko nari pbayeho n'umuryango wanje narasubiy'inyuma cane kuko nama mu madeni misi yose umushahara n'ukwishura amadeni gusa niwaba mpejeje. Nahuye n'inyatsi idasanzwe mfasha Yesu Christo antabara nkuko yemeye kuncungura. Navyinjiyemwo ntabizi mukozi w'Imana.
Imana idufashe iduhe Mpwemuyera kugira tubashe gutahura abakozi b’Imana bukuri
Yesu n"ashimwe cyane brother
Ndafashijwe wee .Imana iguhe umugisha mwene data Pamphile. Hari abantu nashatse koherereza fr ngo nshyigikire umurimo w Imama, umutima ntiwabinyemeza pe. Mwuka wera atuyobore tuemenye kurobanura imyuka
Imana iguhe umugisha mwinshi. Kubwo kudu hugura na ubu gwaneza
Ngewe nahaye umuntu amafr nga arangije. Ambwirako ntayo yabonye. Nabaza. MTN. Bambwirako ayafite. Agumye huga kana ndaya boro kesha.
Ahita ajya gusenga azirika. Ibyange.
Rero ibyo bintu. Biriho
Uhoraho Atwongere Imbaraga nokumenaya ubwenge bw'ukuri Amen
Pamphile Yesu aguhezagire cane, uvuze ukuri gose, Imana igukomeze cane
Asante uramfashije pe narinarabuze uwubinyigisha
Murahoneza ndabakunda ndabakurikira,ark nge ndavuga kucyacumi na maturo yesu atarajya kumusara nawe yarabikoze ark.amaze gutanga yaravuze at birarangiye,soma abaheburayo 9:1,10:5,nukuri umutu utura,agatamba nawe aba adorable ibyo atazi
Iyo amaf yose utanze yiswe icyacumi cg amaturo nta murimo w, Imana Uba ukoze ahubwo Uba usubiye mumategeko ukanga Ubuntu bw, Imana
Ahubwo dukwiye gutanga ayo mafaranga tuyaha abantu bababaye imfubyi abapfakazi ndetse tugashyigikira umurimo w, Imana arko bitiswe kwakundi
Izinyigisho zaramyubatse merci
urakoze cane mukozi w'Imana izo nyigisho zawe ziranyubatse cane.Tukwiye kwiyubara cane murino minsi
Ibihe tugezemo birakomeye Imana idusange itwigishe Kandi mubwenge .kuko inyungu nimikorere yimyuka myinshi bizatuma tugwa munzira
Ko bigoye gutandukanya Abakozi b.Imana n abasatani. Ko.bose.baka amaturo nicyacumi
yewee ayo twarayatanze cyane
Kandi ndagusabir'umugisha Imana ikwonger'amavuta kugira ibandanye gukebura ishengero ry'Imana.
Ayo natanze yarakwiye nzokorera Imana mu bundi buryo
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana
Amahoro pamphi..none KO wa wundi watumira ..umwe yacaga mu Nkiko 37 yavuze KO kudatanga icacumi ARI icaha
Nange ntyo
Ariko nawe yavuzeko tugomba kugitanga ariko tukagitanga Aho twizeyeko arugutera inkunga umurimo w'Imana kuko niyo udatanze icyacumi nabwo ugibwaho urubanza
Ariko abàntu Mwagiye mukurikira ko aricyo kitumaze kutumva nogusobanukirwa pamphire yavuzeko mutazajya mutanga icyacumi , Subiramo ikiganiro
Pamphi .ibi byatumye beshi bashinga amadini kubera babonaga inyumgu zabamwe bazikuratamo natwe NGO nububyuste.😢😢.imana iturengere
Muntu Yesu akwiteho ikigiracumi turemeranya ko gitanga umugisha kidatanga ubugingo .harizindi nyisho mbi zigeze mumatorero ngo ikigiracumi ngo amaturo,amashimwe,nicacumi ngo biri muma escalier a yo kujamwijuru.yesu nuwo kuturengera akaduha ubwenge bwo gutahura
Yego ugihumirije abonako arububyuste ariko bazishinga kubera inyungu babonamo sha
I agree with you Pamphile
Ariko se impano ko tutazihuza, twese imyuka ni nituyirobanura, tuzakorera Imana gute.
Hezagirwa mukozi w’ Imana numugisha kubona tugufise pe
Ndabamenyesha ko iyo mbonye amadini y,ikigihe ndasekaaaa ubundi narangiza nkariraaaaa ubundi narangiza ngasenga.iyo nseka mbanseka abavuga ko bavuye mwijuru mwijuru kuzana ubutumwa abandi ikuzimu gute wemera ko umuntu ahagarara kuruhimbi kugirango avuge ko avuye ikuzimu ukamutega amatwi ugatanga n,ibihumbi byo kumushima.iyo ndira mbandizwa mba ndizwa n,intama ziyobera mwibyo binyoma.iyo nsenga mba nsengera kugirango intama zitoranywe zikurwe murabo Kandi nange nsaba imbaraga kugirango ntayobera murabo bakurikira ibyo binyoma uwiteka abagirire ubuntu kugirango mukurwe muriyo nzira yagutse ibaganisha mwirimbukiro.amen
Gusa Imana ikomeze ikurinde abapagani nabafarisayo bomumadini
Kandi Imana ikomeze ikwuzuze ibyayo Uhezagirwe
Ariko se ko uvuga ngo icyacumi n,amaturo bihabwa umukozi w,imana.umukozi w,Imana ninde ese ayikorera iki?
Imana icuhe umugisha Pamphile
Uwiteka aduhumure
ijambo nabarokoke cyangwa nabarokore aho hagombye gusobanuka murakoze.
Imana ikomeze ikwagure mukozi W'Imana
Umva barayariye kabsa ariko ngewe nayatangaga numva ko nkoreye umugisa ubundi byananira nkihana kurya icyacumi ngo ni icyaha cyo kwiba Imana udusobanurire rero igihe icyacumi kutagitanga biba icyaha naho bitaba icyaha byadufasha Kandi unatubwire uko tugomba kukibara
ariko yarabivuze pe uyumugabo nkunda kumukurikira ku ko avuga ibyo Imana Ishaka
Ugitanga utagitang ntacaha birimwa nakato
Pamfile urakoze Imana iguhe umugisha utubwiye ibintu bikomeye
❤❤❤ jyewe ndagushimiye kubera ko .utajyiye mumatiku ari.kuma channel.gusa mbabwize ukuri.abantu barikuvugira satani Aho kwamamaza ubwami bw imana.knd bitwa abakozi b imana.
Mbwirira abatetesha abana, kuko ninukubahemukira, baba babi iye future.
Umuvugabutumwa wigisha icya cumi n'amaturo usanga abashumba bamuhererekanyaaa! Ikibabaje ni uko baba bafite ubuhanuzi bubishyigikira!
Byihorere mpamfile inyatsi rwose twayikuye kubantu twahaye amafrng none wamugani ko tutazi ababikoze niba ari abiyita abakozi b Imana cg ari abasanzwe ntitwabimenya niyo mpamvu dukwiriye kugira umwuka wera akatuyobora muburyo dukwiriye gukora naho ubundi ntibizatworohera pe
Ndagukunda
Uzagane iMyamirambo mu miduha imbere ya situation ihari ubaririze ibyahaberaga narahasengeye aho kunguka ukanyagwa icyakora harasenyutse
Ibyo n'ukuri
Imana ikumpere umugisha.
Mukozi w,Imana sibyo kuko tubahamagara aruko twarembye pe
urakoze kutwigisha kuko nukuri nabwonarimbizi imana inabare
Urakoze cane mukozi w'Imana batwigisha ngwi cacumi nitegeko ry'Imana nguwutabitanga Akora icaha
Ariko wamwumvise nabi ntiyigeze abauza gutanga icyacumi ahubwo yababuzaga gupfa kugitanga kubatambyi mutizeye neza ko bakorera Imana naho gutanga icyacumi nitegeko ryImana ahubwo Aho ugitanze menya neza ko arahanyaho Atari ugutera inkunga umurimo wasatani nibyo yatubwiraga
Muhabwe
Umugish
Très intéressant.Urakoze cyane
Komeza udusobanurire mukozi w'Imana
Uradufasha. 1:03:34
Murakoze kuduhugura
Yoo Imana idutabare.
Yooo iki kiganiro natinze kukibona ark gihinduye amateka kubuzima bwange
Pamfille nibarukubimeze abanabacu abagabobacu abagorebacu abavandimwebacu akazikacu byaratambwepe NYAMARA mureke twitekerezeho🤦
UWITEKA IMANA DATAWATWESE nitujyirire ibambe nimbabazi KUKO haribyinci twakoze kubwo kutamenya
Gusa burababaje KUKO tugabwaho ibitero twe-tukabifata nkibyoroshye
Nukuri IMANA iturenjyerep
Komeza udusobanurire mukozi w'Imana
Uradufasha. 1:03:34
Ndagutahura cane ivyuvuga nukuri
Ko numva bikomeye pamphile,dupfa gutanga uko twiboneye, ahubwo Uwiteka aturengere atwuzuze Umwuka Wera.
Nukuri nibyope byambayeho imana idutabare
Brose bitrwa nokurarikira ubutunzi kdi YESU yteyintambwe yogucabugufi yigira umukene kugirango atwigishe kunyurwa naho ibyubutunzi abantubakeneye nziko abagwije ntanicyatanabahabobantu nomubatunzitubonababugwije
Uvuga ukuri mwenewaaa
Uraho neza
Ngew singira aho idini ariko ntanga icyacumi mutorero mama asengeramo
Inyuvuzenukuri pe
Ariko uziko mperuka kumva umu pasteur kuri TH-cam asobanurira abantu inzozi. akavuga ngo baze bihuse ni ituro riremereye ngo abasengere bikurweho ngo ni imivumo nazakarande😉🤔
Yesa turengere nukuri
Nonese umukozi w lmana uhabwa amaturo agomba kuyakoreshiki?
Ubundi kera yabwaga abarewi ,mugihe cyintumwa agahabwa intumwa zikayatungisha abakene .basangiraga ibyo bafite none abo bakozi b lmana bayikorereki? Turacyafite abakene imfubyi n abapfakazi
Noone ubwo buhanga bwo gusobanukirwa ivyo vyose yoba ari umuntu ameze ate,ko bivugwa ko ninjiji itazayoba muriyo nzira
Ese ko muhora mutanga ibyo byacumi mu maze kugira imigishya yihe ,ahubwo ko murushyaho gukena ! Mwayashyiriye byibura abagwayi mubitalo mukabagemurira ,mukabagurira imiti ,koko ,diabete imaze abantu ,ipathite C abayigwaye ,basi mwabaguriye iyo miti aba cance babuze imiti nkabo nibo mwafasha
❤ nkuko mwagemurira abafuzwe ,cangwa se mujye gufasha ababuze kahunga,ibishimbo ,isukari basi ❤
That's true
Icyambere mukwiriye kumenya ni uko icyacumi kitari kigenewe abalewi gusa.
Cyaratangwaga kikagabanywamo kane :
igice kimwe kigahabwa abalewi,
ikindi imfubyi n'abapfakazi batagira umuryango cg bafite abana bakiri bato,
ikindi abakene
ikindi abanyamahanga badafite uburyo.
Ibyo nibyo mu Burayi bakora. Impôts bazikata umuntu wese ukora bakazigabanya abakene , imfubyi n'abapfakazi batagira uburyo, abanyamahanga bemewe nk'impunzi, n'abapasteur b'amadini Leta yemera. .
Ariko se Pamphile iyo number yawe iba kuri Whatsapp
Ahaaa nzaba ndeba
Njyewe natsinzwe nabyinshi mubyo watwigishije
Ameni ameni
Nihe nakura Itandukanyirizo ryabakozi basatani nabakozi b'Imana.
Ukwiye gusenga cyane ufite icyo kifuzo Imana izabiguhishurira kdi wumve ikiganiro neza Hari ibyo yavuzemo bibaranga Ibindi mwuka azagenda abigusobanurira nugira umwete would gusobanuza Imana
Ibyuvuga nukuri,nange nzi urugo rubamo umuhanuzi igihe cyose ,iyo bashwanye numwe bazana undi,gutyo gutyo ,hari nuwo uwo mugabo yateye inda umwana yabyaye hanze amuzana murugo yamubyaranye numuhanuzi wabahanuriraga, narabahuguye byaranze kdi nibigugu mwidini rya ADEPR uwo mugabo numudiyakoni bamwe bimikwa kubera mumufuka bitari umuhamagaro, mbese nibibazo wibaza ijuru bajyamo rikakuyobera
Mbega umwanda Mana yange
Nukuri muvandi begere nibiba ngombwa ubasheyaringe iki kiganiro bahumuke kuko Bari mubuyobe kuba uziranye nabo rero wicika itege ngo barakunaniye ongera ugerageze kubigisha Imana izaguha umugisha
Nukuri dukwiye gusenga tugasobanukirwa
Yebabaweee
Bashyigikirwa nabagorebabo bakanga kubatanga ngobatabura ibyobyubahiro
Ariko n'ariya mafaranga abantu batanga mu nsengero ngo bashinganisha abana babo ni ukubasheta. Mutambeshye ibihumbi 2 ushyize mu gaseke byatuma umwana arindwa? Hari n'amaturo ngo yo kubohoza ibyacu Satani yazirikiye ahantu!
Ndakwinginze tuzabonane
❤
Ivyuvuga nukuri
Kuzuye nanje ntamuntu yampenda abahabwa icacumi bigurira imiduga myiza nzofasha abagowe
❤❤❤❤
Uwiteka akomeze intambwe z'ibirnge byanyu
Nta riri muri bibiliya
Ndumva narikwe umuvumo ntabizi munsengere.
Nibyo ibaze nku muntu utanga ubufasha ku muntungiye kwivuza mubapfumu
Kandi ntiwahamagara umerewe neza!
Ibi ni benshi baturambitseho ibiganza!
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Mana weeeee!
Uwo mudamu ndumva naramwumvise rimwe kuri channel y’Iyobokamana ( mumbabalire niba nibeshye ) kandi ni uwo muri RUSIZI
Uwa uze ko icya cumi cyatanzwe nabi bagomba kwica amande , numvise bigoye ku buryo wagurisha utwo ufite nabwo ntubashe kubona indishyi
Nigute wamenye ko wahaye umukozi wa shira I??
Ntawe uzongera kubona amaf yanjye
Jyukorera Imana ufasha ababaye
ujye ukorera Imana uhe abacyecuru batakibasha kwikorera ntaho ubundi mubihorere