NIYONZIMA Paulin; Mbese Dukomeze Tujye Gusengera mu Nsengero?
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 20 ต.ค. 2024
- "Umugore aramubwira ati “Databuja, menye yuko uri umuhanuzi. Ba sogokuruza bacu basengeraga kuri uyu musozi, namwe mukagira ngo i Yerusalemu ni ho hakwiriye gusengerwa.” Yesu aramusubiza ati“Mugore, nyizera. Igihe kizaza, ubwo bazaba batagisengera Data kuri uyu musozi cyangwa i Yerusalemu. Dore mwebweho musenga icyo mutazi, ariko twebwe dusenga ibyo tuzi kuko agakiza kava mu Bayuda. Ariko igihe kiraje ndetse kirasohoye, ubwo abasenga by’ukuri basengera Data mu Mwuka no mu kuri, kuko Data ashaka ko bene abo ari bo bamusenga. Imana ni Umwuka, n’abayisenga bakwiriye kuyisengera mu Mwuka no mu kuri.”" Yohana 4:19-24
Amen 🙏 igikwiye nukwitegura guhabwa imvura y'itumba
Urakoze kuduha ukuri
Urakoze cyane Imana ikongerere
Icyuvuze nukuri nukuvugango Imana ikeneye abayisengeramukurinomumwuka nahibindintacyobimaze
Yesu aguhe umugisha cyane Imana isubiriza igihe koko
Amen amen.
Mutumishi rwose muribibihe murakenewe cane mukomeze mucyengeze ijamboryimana ahantuhose kugirango abatumviye munsengero bumvire kumbuga .
Imana izabahemba .
Njewe nuye nairobi
imana ibahe umugisha kubwibyisho byanyu
Imana ikomeze ibakoreshe mugihe nyacyo nka kino
May Our God bress u and protect you from haterz
May Our God bress u and protect you from haterz
Urakoze cyane Paulin, Umwuka w' Imana aragukoresheje kugirango abantu bamemye icyingenzi.
Urukundo Imana Yadukunze ntirucogora koko. Kubona Yaraduhaye ibisubizo by'ibibazo dukwiye kwibaza ikaduhishurira n'ibidutwara igihe cy'ubusa? Ihabwe Icyubahiro. Muvandimwe Paulin, Uwiteka Aguhe umugisha.
Imana iguhe umugisha cyane kandi rwose umuhati wacu si uwubusa ku Mwami .Yesu akomeze kutwikoreza icyo kibazo kingenzi
Ndukunda rwose ibyigisho byanyu Imana ikomeze ibambike imbaraga
Imana ige igukomereza mu imbaraga zayo ndagukunda cyane nukuri
Imana ibahe umugisha kubwiri jambo👏😌
Murakoze cyane ninginze aababwiriza bage bSoma komet kugirangonitegure badusubize ibibazo tubatwababajoje
Imana ibahezagire ,impay inyishu yikibazo narinfise.murakoze
Amahoro abe muribeneta bose bakunda umwami wacu ariwe yesu Kristo ahimbwezwe iteka urukoze cyane mwene data kuko udusubije nimeza kndi uwiteka
Oohhh Imana iguhe umugisha mwene Data urujijo rwose rukuweho!!!
Icyigisho cyiza cyane! Ni ukuri Imana ikwiyoborere.
Amena
Imana iguhe umugisha
Uku ni ukuri kuzuye 100/100
Imana ishimwe yandikishije ibyanditswe byera byayo igatanga ubwenge(Mwuka wera) ngo dusobanukirwe
Urakoze
AMEN 🙏.Imana itubashishe kuyisenga mu Mwuka no M'ukuri..Twibaze Niba twanditswemo ,Mugitabo cy'ubugingo.
Imana ibakomeze muburyo bwumwihariko turipfuza kuganira namwe kuri telefone
Ibyo uvuga nukuri kbisa duhuje umutima turumwe pe
Amen. Imana iguhe Umugisha muvandimwe, ibi bihuje n'Ijambo ry'Imana.
Nubura ubwenge IMANA IZAKUREKA MTARUSENGERO RUBAHO RURUTA URWAREMWE NAYO Mee, you
Nukuri ukuri mu ijambo ry'Imana kuzuyemo koko ahubwo nuko imitima yacu idashaka kukwakira. Imana idushobize kwakira ukuri kose mu mitima yacu
IMANA ishimirwe ko nubwo
Ikiremwamuntu cyayikuyeho
Amaboko arikoyo iracyatumenyera,
Ibidukwiriye, Ibishimirwe
Amen
Daniel n'ibyahishuwe P 482,483. Aho ijambo ry'Imana ritubwira kwitandukanya n'urudubi.....kandi ko itorero ryihuje n'isi ko ari Baburoni. Mudufashe.
Uzandufashe utubwire niba mugihe tugezemo tugomba gutanga I cyacumi .mwuka azabigufashemo.thx
Iyi ngingo iri mu byigisho turi gutegura.
Pour l'âme humble et croyante, la maison de Dieu sur la terre est la porte du ciel. Les chants de louange, la priere, les paroles prononcées par les représentants du Christ, sont les moyens que Dieu emploie pour préparer un peuple en vue du ciel et de ce culte plus élevé ou rien de souillé ne peut entrer.
Par la sainteté attachée au sanctuaire terrestre, les chrétiens peuvent apprendre comment ils devraient considérer le lieu ou Dieu rencontre son peuple. Un grand changement s'est produit, non pour le mieux, mais pour le pire, dans les habitudes et dans les coutumes des gens en ce qui concerne le culte rendu a Dieu. Les choses précieuses et sacrées qui nous rattachent a Dieu perdent rapidement leur emprise sur nos esprits et sur nos cours, et elles sont rabaissées au niveau des choses communes. La révérence que le peuple témoignait autrefois a l'égard du sanctuaire. ou il rencontrait Dieu, a disparu en grande partie. Cependant, c'est le Seigneur lui-meme qui a établi l'ordre de son service, l'élevant bien au-dessus des choses temporelles. TE2 229.1 - TE2 229.2
Témoignages pour l'Eglise, vol.2, chap.29
Satani arazi ubwenge cane, ni umuhinga wo gutegura imigambi. Kugira ngo azosohore abantu vyoroshe, abanza kubankisha aho bakoranira no kuhatesha agaciro.
Ariko noneho Imana iri mu rusengero rwayo rwera, isi yose n'iceceke imbere yayo.
Thank u
Dufashijwe n’igisubizo uduhaye nukuri imana ikongerere impano kndi nkwifurije kuzabana mubwami bwo mw’ijuru
Cyane ko muri iyi misozi yombi hateranirwaga rimwe narimwe kandi dukeneye gusabana n'Imana buri munsi
Amen lmana iguhe imigisha
Mwiriwe, mushobora gukurikira ubuhamya bwiza bw'Umupantekote wahindutse umudventiste kuri INDILIMBO NSHYA TV. Murakoze
Wirinde, kutubeshya utubwire ikibazo usengerorufite
Pollin icigisho niciza cane hamankuko abandi babisavye muzotubwire nokubijanye nicacumi namaturo kuko kuramya kujana nogutura amaturo kugirango tumenye ukotwotura Imana ahodusengera haba kurusengero mwitsinda ncanke mungo
Imana yomw'ijuru iguhe umugisha mwene data ikwagure iguhagarareho nshimye lmana kubwawe umuhati wanyu suwubusa ku mwami.
Wakoze cane
Noneho ubu ikimenyetso cy,'inyamaswa cyamaze kuremwa
Uzatubwire no kungingo y'icyacumi
Ku isabato kuri Itegure gusanganira Imana yawe Innocent Nizeyimana azavuga ku ngingo isobanura iby'icya cumi n'amaturo. Uzakurikire uzayumva neza.
Peter Imana ikongerere imbaraga
Ubwo ukibaza "umwuka w'ubuhanuzi" uri mu buyobeeeee bwa ki divantisiti bazanwe na HGW.
Uwiteka ahabwe icyubahiro kubw Ijambo rye
IGISUBIZO CYAHURANIJE
Ntimukirengagize guteranira hamwe:
Ibyanditswe bigira biti “twe kwirengagiza guteranira hamwe, nk’uko bamwe bajya bagira, ahubwo duhugurane, kandi uko mubonye urya munsi wegera, mube ariko murushaho kugenza mutyo” (Abaheburayo 10:25). Birumvikana ko abasenga by’ukuri bagomba kugira ahantu ho gusengera bateranira kugira ngo ‘bazirikanane, banaterane ishyaka ryo gukundana n’iry’imirimo myiza.’-Abaheburayo 10:24.
Utarafashe urukingo kwatemerewe kurwinjiramo
@@akayezujosiane6737 la ni uyu munsi se ntabwo bemera ko umuntu yinjiramo? Ubwo niba Ndashaka kwikingiza rero nasengera mu rugo
Nawe kuva aho wabera udushyize mu cyeragati uvuga ngo aho gusengera cg idini nonese wowe islam catholique Adventiste bose wemera ko bose bari mu nzira itunganye uzabidusobanurire
Kuki mutambwiye ko iyi channel ibaho kk narinziko ari prisious prent truth gusa mbere nambere ndashaka kuzajyera muri iryo somero
Amen