Solution NI uguha ubuzima bwe Yesu Kristo akamubera UMWAMI N UMUKIZA W UBUGINGO Bwe. AGAKIZWA. AKAKIRA YESU. NANJYE BARI BARANDOZE CYANE BIBI CYANE MAZE GUKIZWA , NDAKIRA MERA NEZA
Mwami yesu nguhaye ubugingo bwanje bubangamiwe nindwara cyanecyane zomugifu nzimaranye imyaka yenda kugera ku 12 ariko nyagasani ndi gutrustinga muri wowe wakijije Razaro amaze imibarwa 3 mubutaka nanjyewe niringiye wowe ko uri kujya kunkiza iki cyago cyabaye akazizi muri jyewe mbigusabye nkwiringiye ko uri kujya kumpa kugira good health amen
Hashize icyumweru umuntu wandogaga ansabye imbabazi .
Murakoze cyane kuduha iri sengesho .
Imana ibahe umugisha utagabanije ♥️⚘🌹🌹🌹⚘
Amen! Urakoze Rukundo kuri ubwo buhamya.
Uhoraho akurinde ikibi kandi aguhozeho ineza ye!
Amen
Amen
Yesu kristu nyiri mpuhwe ndakwemera kandi ndakwizera nkiza abanzi,abagome,nabarozi mana yange nukuri ndakurangamiye ni wowe miringiro yange ukize numuryango wange ninshuti n,abavandimwe bange.
Urakoze cyane nubwo namashengesho menshi irisengesho rinkoze kumutima harumuntu wavuzengo nzashaka ariko àta kiriho ndaguma nsenge irisengesho maze ashye take cyane yumve
Muranejeje cyane.
Ndajya numva iri sengesho burimunsi.
Imana ibahe umugisha mwinshi.
Amen!
Rukundo urakoze cyane kdi umunezero w'Uhoraho ntukage kure yawe!
nezererwa nawe unezereze abandi. Urukundo rw'Imana nirugusabe😇
Uhoraho aguhozeho ineza ye!
Amen ndabiziko uri muruhande rwanjye YEZU ndakwizera.
Sinarinzi iri sengesho guhera ubu nzazandivuga urakoze Dawe.🙏
Imana ishimwe !
Mutoni, urakoze gushima. Uhoraho agutoneshe kdi aguhozeho ineza ye !
Nukuri murakoze cyaneee
Irisengesho niryiza cyane Nyagasani ngwino ubanenange ananzibange ubatsindire umpe kukwiringira ukureho abandogabose nabanyanya kuraho undindire inyenyeri yanjye
Amen
Umwana wanjye muhe ubwenge ntiyibagirwe ibyo yize ,muhe ubwonko bwibutsa Dawe .urakoze Dawe.🙏
Nukuri Imana itwumve
amen imana yacu nihabwe icubahiro namwe mutwitwararika mukwifatanya natwe imana ibahezagire
Amen!
OmanOman, urakoze gushima, Uhoraho aguhozeho ineza ye kdi akurinde ikitwa ikibi cyose.
Urakoze kumpsha umugisha, ndawakiriye! duhezagirwe twese 😇😂
Yesu ndakwwmera😮😮😮😮❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Nukuri Imana udukize IMYUKA MIBI n iy abarozi baduteza,Amen
Amen 🙏🙏🙏🙏
Aranzi Dawe hakorwe ugushaka kwawe. Dawe kiza umwana wanjye.amen🙏
Yezu ndakwizera nkiza inyatsi
Ungaruri ibyanjye byanyazwe!
Amen
Yezu ndakwizera nkiriza umugabo kuko nziko nta kikunanira
Mana Yanjye Tega urwabya rwawe Amarira yanjye Ahongobokeremo! Sinzakorwe n'Isoni Nyagasani❤ nkiza Abanzi bandwanya Igihe mfite ubwoba niwowe niringira
Mana unsindire abarozi nabandi Bose bamfitiye imigambi mibi Bose. Batsindwe mu izina rya YEZU. Amen
Nta bwoba ndikumwnawe manankuda❤❤❤
Amen nyagasani ngwino ugumane nanjye unsindire abanzi byanjye bose
Yezu ndakwizera nkiza urwango numujinya knd umpe gukunda no gukundwa urakoze Yezu
Amen🙏🏼
Mana ukurebo uburozi nimyuka mibi iba mumuryango wange🙏🙏👏👏
Amen Amen Amen
Nyagasani rwose natube hafi yacu cyanee cyane ababana baba muri centre Izere Nyinawimana
Urakoze Yezu kudukiza imbaraga zabarozi
Mana yajye ndakwizeye unkize uburwayi bwose hamwe numuryango wajye mana yajye mpa imbaraga zose zo kukuramya no kuguhimbaza mana yajye mpa gukora ibyonsabwa byose neza ukobiri undinde imigambi yumwanzi sekibi
Amen amen amen 🙏
Amen niringira imana ark ndata ijambo ryayo mana fasha murumuna wange umukize imyuka yabadayimoni bamugendaho ,bamubuza amahoro ,bamubuza gusinzira batsindwe mwizina rya yezu AMEN🙏
Solution NI uguha ubuzima bwe Yesu Kristo akamubera UMWAMI N UMUKIZA W UBUGINGO Bwe. AGAKIZWA. AKAKIRA YESU.
NANJYE BARI BARANDOZE
CYANE BIBI CYANE
MAZE GUKIZWA , NDAKIRA MERA NEZA
Nyagasani. Yezu. Ngutuye. Niyongabo erc. Umuhindure. Ibitekerezobye. Umugarure munzira nziza. Niwowe niringiye. Mubyeyi 🙏🙏🙏🙏🙏
Shimirwa Nyagasani. Uri muzima Yezu
Nyagasani jyumpera umwana wajye umujyisha Kandi musaza wajye wajyiye kwikosi, uzamurinde, azaveyo amahoro. Amena
Uhoraho ntsindira imyuka mibi yabarozi imyuka yose y'ikibi maze unyejeshe amaraso yawe yigiciro Amen🙏 murakoze
Nkiriza umwana ajye asinzira neza nyagasani niwowe twiringiye❤
Mama yanjye nanjye ndakwiringiye sinzakorwe nikimwaro ntuzareke abanzi banjye banyishima hejuru . Nkiriza ubuzima Kandi uduhindurire amateka nabava ndmwe banjye Kandi udutsindire ibitero byabarozi nibyasekibi.Amen
Amen 🙌 yezu ndakwizera Kandi ndagukunda singizwa nyagasani yezu
Amen 🙏🏻
Mwami yesu nguhaye ubugingo bwanje bubangamiwe nindwara cyanecyane zomugifu nzimaranye imyaka yenda kugera ku 12 ariko nyagasani ndi gutrustinga muri wowe wakijije Razaro amaze imibarwa 3 mubutaka nanjyewe niringiye wowe ko uri kujya kunkiza iki cyago cyabaye akazizi muri jyewe mbigusabye nkwiringiye ko uri kujya kumpa kugira good health amen
Niringiyimana kuko ikiza indwara diabeth umuvuduko wamaraso Ibibyimba Munda byose byose urabikiza singizwa nyagasaniyezu
Nyagasani nkweretse AGBA Aime Christian umukize Amina
Amen,amen,Tega urwabya rwawe amarira yanjya atonyangiremo.
Abanzi banje bazakubana bahunga umunsi nagutabaje amen amen ndabizi uhoraho arikumwe nange amagara yange wayarinze urupfu nyagasani.
Yezu ndakwizera❤❤❤
Tega urwabya rwawe amarira yanjye ahongobokeremo😭😭😭😭💔🙏🙏🙏🙏
Amen yezu mwiza ndizigiye ikiganza cawe
yezu ndakwize ye ni wowe nirinjyiye Amena
Mbahaye ubutwarebwogutsinda abarozi
Yezu ndagukunda ndakwizera ndakwemera ndakwinginze nkiza abanzi bange bantega iminsi ngo nzapfa rubi ndakwinginze nyiyereka kuko ndagushaka kd ndananiwe nanijwe nibingerageza Yezu ndabiko ariwoe ushobora byose kd ntakibasha kukubanira ngwino ngwino Kristu mwana w,imana nzima
Amen, mukama ubishatse nanje wonkiza abarozi.
Amen 🙏🙏🙏🙏🙏
Uhoraho komeza undindishe ububasha bwawe unkize imbaraga z,abarozi n,iz,umwijima
Amen alleluya yezu ni mizimama kandi arakiza
Amen!
Nibyo rwose. Yezu ni muzima kdi arakiza.
Alexia, Uhoraho aguhozeho ineza ye kdi agushoboze ibyo utishoboza uyu munsi!
Amen❤ good
Nyagasani nkweretse Niyibizi Emmanuel ngo ubariwowe wo kumutabara,yonjyeye gukunda umuryangowe ibyo mbisabye nizeye mwizina rya YEZU KRISTU wapfuye ukazuka.
Amen , mukama ubishatse nanje wonkiza.
Nyagasani tabara papa wumwana wanjye wonjyere umuhe ubwe buzima butecyereza neza.
Tega urwabyarwawe amarira yanjye atonyagimo amina❤❤❤
Amen 😢😢🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏lmana ni sigizwe
Yezu ubishatse watsindira abashakungirira nabi,uburakari bwawe nibutsinde abobantu
Nyagasani sinzakorwe nikimwaro, ngufitiye icyizere
Amena . Munfashe umuryango wanjye ugire amahoro.
Am
Yesu aramubwira ati: NI NJYE NZIRA N'UKURI N' UBUGINGO .
NTAWUJYA KWA DATA NTAMUJYANYE. Yohani 14:6
NI NJYE REMBO UMUNTU NIYINJIRA MURI NJYE AZAKIZWA.
JEAN 10:6
ARIKO ABANYABWOBA N’ABATIZERA , N’ABAKORA IBIZIRA. N’ABICANYI N’ ABASAMBANYI N’ ABAROZI, N’ ABASENGA IBISHUSHANYO,
N’ ABANYABINYOMA BOSE , UMUGABANE WABO UZABA MU NYANJA YAKA UMURIRO N’AMAZUKU ARI YO RUPFU RWA KABIRI . Ibyahishuwe 21:8.
Abanzi banjye bazakubana bahunga umunsi nagutabaje
Amen
Uhoraho nkiza imbaraga mbo z,abarozi
Amina
Murakoze cyane Amen amen amen
Ijyihempfitubwoba niringira impuhwezawe
Mana yange nkiza imbaraga mbo z,abarozi
Mana nkuraho imyatsi nkuraho uburozi nimyuka mibi
🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Amena
Abandwanya ntibagira umubare mana yanjye uburakari bwawe nibukureho abobantu
Amen amen 💖❤❤❤❤
Mana dukize roho mbi zishunya mubapfuye ,turagutakambiye Nyagasani 🙏🙏🙏
Amen
Yezu ndakwizera ubishatse wankiza imigambi mibi y,abarozi na zakarande
Mana yanjye tega urwabya rwawe amarira yanjye ahongobokeremo
Ibirenge byanjye wabirinze gutsikira amen
Amen !!!Yagasani Niwewe Ndangamiye
Urakoze mana : amen
Komezu utindenyagasanini!!!!!!!!!!!! ,,,,,
Amena. Habwikuzo Nyagasani.
Nyagasani
Ngutuye abo wampaye Bose ngubatsindire imbaraga zabarozi. Kandi nge uze. Undwanirire umpe gutsinda imbaraga zabarozi. Yezu ndakwizeye.
Urakoze nyagasani 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Ndasabira umwana wajye kumukia ubugomeb bwa sekibi nakarande zi
Nkunze irisengesho
❤❤❤❤❤🎉❤❤❤
Yezu mwiza ndakwizera
Tega urwabya rwawe maze ibitonya byamarira yajye bitonyangiriremo
Nkiriza Umwana wanjye ajye asinzira neza Yezu
NYAGASANI niwowe roho yanjye irangamiye,sinzakorwe nicyimwaro.
Mana yanjye niwowe nirinjyiye
Yezu ndakwizeye unkirize umwana abyuke abe muzima
Haranira gukorikiza
Nukuri mana pfasha ndaryam nkarota hari ibint bintera bikaniga pfash kubwubunt bwawe
Umuntu yabona ahantu handitse irisengesho ate?
Murakoze cyane Amen 🙏 ❤❤
Yezu wanje iri sengesho rishike k'umuryango wanje wose. Turinde abansi baboneka n'abataboneka amen.
Shimirwa Nyagasani YEZU
Ijambo ry imana dushimiyimana
Mana ndumwabawumukobwa nab😮uzimihaho mana njyiricyukora mn kubuzimabwa mn urabizintacyinagukoreyemana ndagusabyedawe njyiririmpuhwedawe ndakwizeye
Humura nange natakiye Yezu nyirimpuhwe muruhango nyibona kumyaka 19 nari nagiyeyo mfite 18 humura Yezu aragukunda azagukiza!niba utarakira komeza kumwizirikaho!!!🙏
Yezu nkiza nkuko wakijije razaro
Christ Yezu udukize
Mana twumve kd udukize kuko ariwowe twiringiye