Mu 2015 nabonye uburyo itangazamakuru iyo urikoresheje nabi, rishobora kuba avantage y'uwo muhanganye. Ndi Mike nacisha make ,kuko inkuru iriho nuko Mike ari umwinjira. Kandi koko abinjira nta jambo bagira . Uyu mugore ni umuhanga. AZI POLITIQUE YO KWIGARURIRA ABANTU BRAVO KBSA. NONEHO MADAM ,NDASABA KO AHUBWO MIKE WAMUKANDA MPAKA N'ABANDI NKA MIKE BIYIRUKANYE AHO BINJIYE. MU KANDI GACE ,WAZAVUGA NGO MIKE NKUKO TUTABYARANYE NTAKINDI KINTU UGOMBA KUMBAZA NDAGUCIYE MU RUGO RWANJYE. ARIKO UKANABIVUGA UVA AHO, KUKO YAKUGIRIRA NABI. UZANISHINGANISHE
Ubukwe butari état civil ni nul est non avenu !! Ahubwo se ikanzu yayamvariye iki koko !! Pression sociale ngo baka yarongowe ? Yewe ga !! Dépenses inutiles 🤔🤔
Ese nkubaze? Waba waruhari asambana hari ifoto ufite? As long as ntafoto ihari ntawugomba kumucira urubanza kandi uyu mu mama Imana izamukorera ibitangaza mwamuteye amabuye ariko Imana nziko izayamukuraho vuba
Cyakora mana ibibazo bibwira Abagore pe kayezu ihangane icyogisimba kikuvire mubuzima ayo marira abana bawe barira ntibyari bikwiye ko bayarira bagakwiye kwishima ukababera papa wabo na mama wabo gusa be strong nizereko wabonye isomo.
Njye mbona yari yarabuze uko yikuraho Mike n'inkoni ze, biriya yabikoze abishaka kuzana Simeon, gusa Mike arabeshya miliyoni 10 twese twarubatse aho zikoze kunzu harigaragaza!! Ikindi uyu mugore azi ubwenge kuba ataratanze inzu y'abana ho ingwate muri Bank, ndabimushimira kuko yari kuzaguta, bakayiteza, ukangarana abana!! Ese ubundi uyu nta Mugabo uhura n'ikibazo ngo yirukankire mu itangazamakuru!
Men like Mike should take a note about this situation because they are so many nowadays ,they pretend to be a good men to get from innocent women ,they think we are all stupid oooo what a shameless man 😂😂😂 visiting a lady and decide to spend a whole night
Sister pole Sana Mike kwisimbi yavuze ibitabapfu wihangane nkukemereko umugabo agusambanya akakwaka nimitungo yawe. Abagabo bikigali benshi batera ishozi.
Ni umuteka mutwe ruharwa mike niyihanagure, ikindi nange nabonye uriya mugore ni mumwitegereza nta stress afite nankeya . Inama nagira mike nuko yamureka rwose
Good morning my friend marry xams from the Jesus thank God bless you amen thank you so much Jesus for gift card for Jesus, god bless you in, your heart from Jesus amen Jesus for gift card, thank you so much for Jesus
Ariko hari abantu mbona bavuga ngo uyu mudame yajyanye umugabo mu buriri. Mwagirango ntimukurikira uko yageze mu cyumba. Ari wowe wahungira he? Kandi ko bari bibereye muri salon batanicaranye. Murakabya kubogama cyane rwose. Mike ni umutekamutwe yashakaga kurya imitungo yuriya mudamu ahubwo nuko yabaye umunyabwenge agakomera ku bintu yateganirije abana be.
Yewe uyu mugore nari namwumvise nabi rwose noneho ndamushyigikiye !! Puuu va kumutekamutwe rata. Komera kuri abo bana uwo mugabo atabatwara imitungo yabo.
BTN nimwe nunsekeje ahubwo. Iyo iyi nkuru nayo iza kuvugwa na valens Pappy. Nkumva ibimwaro yari kuba afite. Yavugagako Simeon yatatanze ruswa. Ahubwo njye numvaga bisa nkaho Marc yamuhaye akanku ngo ayice umurya
wa mubyeyi we wokabyara we gabanya kwiha rubanda wo kagirimana weee. nubwo yaba yaraguhemukiye singombwa ko wirirwa mubinyamakuru. umenye ko izi nkuru nabuzukuru bawe bazazireba p, ahubwo icare uruhuke witekerezeho ureke gushaka kuba icyamamare mumafuti. kandi wirinde kubizanamo abana abanyamakuru baza kubabaza ubusa. thanks
Ubundi se ibinyamakuru bizamumarira iki?
Uyumugabo imitwe yatetse ya muphiriye busa neza , nagira inama umuntuwese ubesha urukundo umuntu agambiriye kurya utwundi akabire kuko abantu bacanye kumaso ndabarahiye
Uzarebe inkuru yambere uko byatangiye uzagirira umugabo impuhwe
Uri intwali madame , abagore mwese muhaguruke mwirwaneho ibirura byabaye byinshi . Félicitations mada urumudamu wimenye urwanirira ibyawe n’abana bawe . Bravoooo. Gusa hari ikosa wakoze ariko urababariwe.
Iyi couple yabaye imfashanyigisho nziza kabisa.... ibi bibazo birahari, abwirwa benshi akumvwa na beneyo.
Kabisa
Ndumiwe nyamara mwitonde uyumungabo ibyo yakoze byose yarateguye nigute yashutse uyu mungore ngoyambare ikanzu yabajyeni amubeshye gusa ntanubwo basezeranye ndumiwe koko nimureke uyu mungore yararenganye ndababaye cyane imitungo izarikora
Mbega igihungu kigicucu we ,burya ntiwanasezeranye nuwo winjiye ushaka kurya imitungo yipfubyi yoooooo ,uruwo kubabarirwa kuko nsanze nudacunga neza ngo wihane wiyegereze Yesu uzaba imbwa nyabunsyuguri kumuhanda .
Shima Imana ko umumenye mutarabyara, Ahasigaye umusibize aho yavuye ureke abagabo urere abana bawe
Madame bakuace , vous êtes une femme très intelligente , usiuzishe Nyumba ya batoto utakuwa mayibobo mukingali.
Ufite uburenganzira ngo byo gusambana nuwo ushaka mugihugu kirimo umutekano🤣🤣🤣🤣🤣
Canee goose
😂😂😂😂😂nanjye nibyo byanyisha
Cyane peee! Haru uzi usambana nuwo adashaka se?!
@@musabiremamariejeanne7195 mu gihugu kirimo amahoro😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Yavuze kubana si ugusambana
Inkuru yambere wagirango n'umugore wananiranye naho uwo mugabo n'igisambo.
Mureke gushyushya abanyarwanda imitwe kuko ibibazo byanyu mubiziranyeho kbs....mwese muri ibihomora kd mugarukire Uwiteka kuko turimubihe byanyuma...
Murubanza uvuze mbere wumva ariwe munyakuri uyumubyeyi yahuye nuruvagusenya pole mama
Njye numva Mike mbere nahise numva harimo amafuti n ubwiyemezi bwishi... Ngo yanze gutaha ngo badaserera yirarira hanze... Déjà nahise numva harimo tena... Ngo yanyuze kwa maman we 🤔🤔 franchement 🏃🏃
Djama yarakurikiye imitungo yumugore simple is that !
sha wamudamuwe nawe wakoze amakosa ariko na Michel ntiyoroshye nge ndamuzi naturanye nawe hariya kumuhima hafi yokwa kiruhura yahoraga akubita umugore we. gusa wamudamu we nushaka umureke
Sha gukubita abagore ndumva yarabigize umwuga!! Namureke rwose, n'inka ntizigikubitwa!!!
Yego rata amugendere kure ahubwo anishinganishe kuko mike yabuze Byose nkigata...
Rata Ode uzicare ushime Imana yarakuyoboye🙏iyo wemera Ibyo yakubwiye byose ubu uba uri gusembera
Amahirwe ufite nabiri:
Ayambere nuko mutasezeranye, aya kabiri nuko mutabyaranye.
Ibindi nudashyiramo sentiments cg ubugoryi biroroshye
Kabisa uravuga ukuri!!!
Niyaba yamwanduje Corona naho?
Uwo mugabo ni umunyamitwe mama iyo utagira ubwenge Kari kuba kakubayeho
Cyanee 👍 ni pepo
Kabisa ! Naho ibya Simon na Odette bombi ni majeur kabisa
Ibibera mu ngo ni amayobera kabisa 😅😂🤣🤣
Simeon ntihagire umuseka uyu mugore ni mwiza kandi afungutse mu mutwe. Mike ni incabiranya igenzwa n'imitungo
Iyo point yo irumvikana ,ariko akantu ko gutanga umuti saa cyenda z''ijoro ,ukawutangira mu cyumba cy 'uburiri ahaaaaas
Mu 2015 nabonye uburyo itangazamakuru iyo urikoresheje nabi, rishobora kuba avantage y'uwo muhanganye. Ndi Mike nacisha make ,kuko inkuru iriho nuko Mike ari umwinjira. Kandi koko abinjira nta jambo bagira . Uyu mugore ni umuhanga.
AZI POLITIQUE YO KWIGARURIRA ABANTU BRAVO KBSA. NONEHO MADAM ,NDASABA KO AHUBWO MIKE WAMUKANDA MPAKA N'ABANDI NKA MIKE BIYIRUKANYE AHO BINJIYE.
MU KANDI GACE ,WAZAVUGA NGO MIKE NKUKO TUTABYARANYE NTAKINDI KINTU UGOMBA KUMBAZA NDAGUCIYE MU RUGO RWANJYE. ARIKO UKANABIVUGA UVA AHO, KUKO YAKUGIRIRA NABI. UZANISHINGANISHE
Uyu mugore azi ubwenge uje agomba kujya amwubakira ibindi azajya yinjiza gutyo na etage uzayibona n'imodoka tu
Wamubyeyi we urimwiza, uzubwenge, ugirurukundo, ndetse mbona ntamuntu umaze ukwezi ashatse ngo ace inyuma umugabo we, uno mubyeyi ararengana pee, ahubwo Imana imurinze umujura wari yaraje kumugira inzererezi hamwe nabana be . Shima Imana mubyeyi. Kandi Imana izagushumbusha urukundo rukwiye. 🙏🙏
Uyu mugabo nawe ashobora kuba ari ibandiiiii naweeeeeee
Kabisa !!
Ntawagucira urubanza komera kubana bawe ndakumva pe
Uri shitani wamugorewe
Madame pole sana warahatswe.
Yagira akwambure vyooose .
Usigare uri mayibobo
You are a smart lady
Uvuga inkuru ujijita bigaragarako bimwe ubeshya. Reka rero nkungire Inama reka kwivamo Va mwitangazamakuru kuko iyubintwari ubawaraje mubinyamakuru utarafatwa usambana. Umugabo mucyumba cyundi Mugabo wisezerano
Ko ntawabanye babikora twabyeza gute ko yasambanye?
@@ednahtje agahwa Kari kuwundi karahandurika. Gusa ntawavuzeko yabikoze ariko twoyayo
Ariwowe uri kuri camera wabikora neza se Ma??
@@jessica-py5sf uvuga ukuri wabikora neza da
@@happyrwanda1557 ubwo se ko ntawe uri mu mutima we twabwirwa n'iki ko abeshya?
Ikigabo nigisanbo,cyahuye numugore uzubwenge
Madame niyiyakire nta mugabo afite kuko uriya ndabona ari stress azamusaza.
Mike nanjye numva abeshya, ko yavuzeko yagurishije imodoka y'ikamyo kubera ubukwe kandi akaba avugako yasigayemo amadeni mubera ubukwe buhenze ubwobukwe bwari ubw'umwami womukihegihugu
Ubukwe butari état civil ni nul est non avenu !! Ahubwo se ikanzu yayamvariye iki koko !! Pression sociale ngo baka yarongowe ? Yewe ga !! Dépenses inutiles 🤔🤔
2021 !! Turi mubihe byanyuma .
Oyurindaya mbaya reka watumakumugabo akuganirize ntabagore Bari bahari
yewe umenya ibyingo bigoe pe 😭😭😎
Mana yanje jewe ibintu vyikigihe biragoye cane ese muvyukur ni uwuhe muntu asigaye wokwizerwa kombona abantu bose bakanuyee amaso bipfuza kurya ivyobataruhiye nukuri Imana idufashe caane jewe haraho ngera ahantu nkumva nivyokurongorw nzohavura mbivemwo .
Ok, theank you for Jesus iove so much name your gevet from Jesus
Arikose ubundi nigute utumira undi mugabo mugicuku ngo aze akuganirize nawe nti woroshye
Nuko ariwe yari yizeye😊
ndumva muri kurushwanwa kubeshyuza biragoye kumenya umunyakuri iyinkuru iragaragaramo gupanga kwinshi abayihawemo ijambo bararangera umugore ndetse umugabo abajijwe umunyamakuru ahinduka umucamanza birakabije cyane
Wa mugorewe uri hatari none se nibyo byaguteye gusambana .Imana izaguhana
Ese nkubaze? Waba waruhari asambana hari ifoto ufite? As long as ntafoto ihari ntawugomba kumucira urubanza kandi uyu mu mama Imana izamukorera ibitangaza mwamuteye amabuye ariko Imana nziko izayamukuraho vuba
Simeo niyihangane kbc,yarihuse cyane asanga umugore amurusha ubucakura
What a movie and actors!!!!!!!
Ahubwo wamugore we wagize amahirwe kuko yaraje kukwesikoroka ngo agukureho iyo inzu. Story zanyu ni ndende kbisa
Papa Mike oroshya umutima, wiciraho iteka umugore wawe kuko nawe utari umutagatifu. Mama Odetta oroshya umutima, wiciraho iteka umugabo wawe kuko nawe utari umutagatifu. Muntu wese wamenye iyi nkuru, oroshya umutima wawe were gucira urubanza aba babyeyi kuko nta Mutagatifu uyu numwe ubaho kuri iyi isi. Ku nyungu z abana bazakomoka muri uyu muryango, ku inyungu z umuryango nyarwanda, Muntu wese ufite urukundo muri we, nimusengere ukwiyunga kwaba babyeyi, guca bugufi no gusabana imbabazi bisana kandi bikomora ibikomere byose. Ukwiyunga kwaba Babyeyi bizatanga ikizere ko urukundo nyarwo rubabalira byose. Murakoze
Cyakora mana ibibazo bibwira Abagore pe kayezu ihangane icyogisimba kikuvire mubuzima ayo marira abana bawe barira ntibyari bikwiye ko bayarira bagakwiye kwishima ukababera papa wabo na mama wabo gusa be strong nizereko wabonye isomo.
Uriya mugabo ni umwescro nuko avuga yaraziko bazagurisha yaje kwescroka ngo asebye umugore we ntamugore wazana umugabo mucyumba cyumugabo niyo asambana ajya ahandi uyumugore ibyo yakoze yarabizi
Njye mbona yari yarabuze uko yikuraho Mike n'inkoni ze, biriya yabikoze abishaka kuzana Simeon, gusa Mike arabeshya miliyoni 10 twese twarubatse aho zikoze kunzu harigaragaza!! Ikindi uyu mugore azi ubwenge kuba ataratanze inzu y'abana ho ingwate muri Bank, ndabimushimira kuko yari kuzaguta, bakayiteza, ukangarana abana!! Ese ubundi uyu nta Mugabo uhura n'ikibazo ngo yirukankire mu itangazamakuru!
This lady is Honest and Beautif
ul, Mike Should Immediately leave this family and go because he is a thug and untrustworthy Person
Bro videwo ya mbere uno mugore yavuze ko ubukwe bwari nka aniversary rero iyi ngingo yonyine irahagije ngo ihamye umugore icyaha
Men like Mike should take a note about this situation because they are so many nowadays ,they pretend to be a good men to get from innocent women ,they think we are all stupid oooo what a shameless man 😂😂😂 visiting a lady and decide to spend a whole night
Cyakoze Maik avugana ubwiyemezi pe
Wavuga ubusa wagira ute uri indaya mbi kuko niyo umugabo yaba afite abagore 10 ,yaragukoye ntibiguha uburenganzira bwo kumuzanira abagabo mu buririr😭😭🚮nta nubwo ugira isoni zabo bana mubana Kok😏😏nonese nawe ko yagushatse utari umukobwa ,niba afite abana wowe ntubafite
Nibyo pe uko nindaya ibimenyereye, itubaha abana.
Kbs nibyo
Ariko se koko nkubu abana bawe bazabona ibibintu urumva ntasoni buri kugutera.urumva naukuntu uri kujya wusetsa. Gusa Mike wamurushije ubwenjye nakureho .
Imana yomwijuru niyo mucamanza mwica imanza
@@familytv2217 nkawe Koko😏😏Ariko kuki mukinisha Imana mu bugoryi!Imana yaravuze ngo "bagore mugandukire abagabo banyu"Yigeze ivuga ngo masambane?
Ikibazo wowe uyuzakubivamo mbere ntamugore mwiza nkawe cyangwa usaguryo ukubitwa
Sukose sha sibo biteza zimwe Brian. Hhhhh. Ukubitwa ute ariko ubundi numuntu mungana ukaguma ugashyigatira?
Ahaaa uwo mugore aravuga tukumva ukuri umugabo nawe tukumva ukuri nihatari ubu se kuki umugore yaje mwitangaza makuru yakuyemo impeta ko yavuye hagaragara
Ahubwo akayezu Imana iragukunda. Rekereza ikibandi kigukubita mutaranasezeranye
Iyi ni ya Makangu Bruce Melodie yaririmbye. Ipuuu gatsindwe na Yesu
Iyi BTN Tv mumpa amakuru anyubaka kbsa kubera inyigisho nkuramo,gusa uca inyuma undi abireke kuko ijambo ry'imana ribitubwira
From pappy tigo@nyarugenge
Sister pole Sana Mike kwisimbi yavuze ibitabapfu wihangane nkukemereko umugabo agusambanya akakwaka nimitungo yawe. Abagabo bikigali benshi batera ishozi.
Uno mudamu ari kurya hit rwose muri ino minsi.
Mwaramuharabitse none nimumukureho urubwa.
Mumuhe amahoro.
Arko nkuyemo isomo p,gupfakara nabyo ukiri muto sibintu,ubu koko wakwihanganye ibyabagabo ukabivamo ko Bose ari bene mugabumww
Esubwo uratinyuka ukavuga imbere yabanyarwanda koko wacyirayiwe gisambanira mucyumba cyumugabo ceceka uri icyibaha kandi uri urucyecuru bazakurongora nibaguhaga bakujugunye wacyirarawe puuuuuu
Mbega ikigabo:bagifunge rwose icyo gisambo !!! Mbega weeee !!!! Cyakoze ndakwemeye rwose wa mudamu we warwanye ku bana bawe !!!!
Kabisa ku mugore ufite umutima abana ntibakorwaho!!!
Uyu mugabo ni umutekamutwe
Nyumvira umutangabuhamya ngo yakoze Ubukwe bwihohotera kuko batagiye mu rukiko hahaha 😂 🤣 ese ninde wababwiye ko gukomera kurugo ari urukiko? Dusabe Imana Itubere Umuyobozi muri byose ibindi mubivemo.
Ingora inkikose nizo zikomeza ingo ? Vraiment
Suko se wa
Sha mubwenge Imana yampaye dore uko mbibona:
1)nkurikije ukuntu uyu mugore afite confidence;2)ukuntu yambariye interview; 3)ukuntu umutangabuhamya adashaka kugaragara;
4)ukuntu mwashyizemo umwana muto;
5)ukuntu umunyamakuru arimo abazamo ibibazo.
Njye ndabona uyu mugore yakwishyuye ngo ukore iyi nkuru kabisa!
Ni umuteka mutwe ruharwa mike niyihanagure, ikindi nange nabonye uriya mugore ni mumwitegereza nta stress afite nankeya . Inama nagira mike nuko yamureka rwose
Kuzana umugabo muburiri c nicyo cyari ibisubizo wArugorewe rwururaya?
Genda Hoshiii! URI indaya UMUGORE uzana undi mugabo muburiri bw'umugore
None washakaga ko amujyana muburiri bw'umugabo???? Yamujyanye mubwe nyine.
😷😷😷😷😷😷😷😷😷😷😷😷😷
@@clairedusengimana4830 nakomeze ayo mabuno bazayapondekaza
Nyamara siko incuti zose zisambana odmshi
Ntaruvugiro urigito kbs
Ariko abantu turashukika kweri. Aka kanya twibagiwe ibyo uyu mugore yivugiye bakimufata ? . Bwa mbere ati ibyo nakoze mbifitiye ubureganzira, ubundi bati yazanye umuti agira ubunebwe bwo gutaha, none ati twari twicaye muri salon twiganirira buducyeraho,..... Ntitugashukike
Good morning my friend marry xams from the Jesus thank God bless you amen thank you so much Jesus for gift card for Jesus, god bless you in, your heart from Jesus amen Jesus for gift card, thank you so much for Jesus
Uwo mugore numutekamutwe peuh kuki uwo mugabo yahungiye mucyumba ese mwirengagije ibyo yavuze ko yarazanye umuti bikarangira araye rero namwe btn mwazanyemo amarangamutima muzasubize inyuma neza inkuru yambere bitangira umugore yivugiyeko ari nigihugu cyumutekano bityo afite kuryamana nuwo ashaka none murigira nkaho atarimwe mwakoze inkuru ya mbere. Ngo imihango shn uwo mugabo arambabaje, nkawe munyamakuru usohora amajwi utazi ngo yavuyehe ugaragaza ko yahohoteraga abana bumugore, wabihamya ute mbere yo kubitwumvisha,
Nyine umuti yashakaga kuvuga yari inama yuko abyitwaramo
Ariko hari abantu mbona bavuga ngo uyu mudame yajyanye umugabo mu buriri. Mwagirango ntimukurikira uko yageze mu cyumba. Ari wowe wahungira he? Kandi ko bari bibereye muri salon batanicaranye. Murakabya kubogama cyane rwose. Mike ni umutekamutwe yashakaga kurya imitungo yuriya mudamu ahubwo nuko yabaye umunyabwenge agakomera ku bintu yateganirije abana be.
Ni abapfa kuvuga gusa batanakurikiye inkuru yose bareke aribo bibayeho nibwo babyumva
Cyakora wamudamu we nizereko wabonye isomo ryabagabo icyiza nuko wakicara ukirerera abana bawe
Ark c. Mubyeyi niba aruko byagenze wowe wumviseko ugomba guca umugabo inyuma ark mujye mwiha agaciro sibyo
Ahubwo mwashaka ga kumenyekana🙈🙈🙈🙈🙈🙈🙈🙈mwese murabaswezi guzi
Umwinjira ntabwo agira ijambo. Aba bantu barashaka guteza polemique ngo babe abastars kuri TH-cam.
Ahubwo koko ninkaAnniversaire - nagende ntacyubahiro wamugani ,apuu uyu Mike ndamugaye najye ????
Wamugore we ikigargara uri mutayirara. Iyo umugabo adahari wishakira umufatanyabikorwa
Babyita ibitabapfu wamugorewe umugabo niyoyaba mubi ntibisobanurako usambanira imbere yabana utanguburere bucye ngurahima umugabo urigusambana genda warasebye none irimo kuvuga amangambure ndiwowe nakwicecekera rwose 😏😏😏😏😏😏😏😏😏
Bajye babwizanya ukuri mbere yo gushakana.
Uyu Mugore ni mwiza ariko Ubwiza bw,Umugore bumugeza I Bwami ariko ubwenge nibwo bumugumishayo
iki ni ikirara dusanzwe tukizi,uyu mugore ni indaya,Mike yamwibeshyeho
Yewe uyu mugore nari namwumvise nabi rwose noneho ndamushyigikiye !! Puuu va kumutekamutwe rata. Komera kuri abo bana uwo mugabo atabatwara imitungo yabo.
Nta kuri kubirimo kuko Simeon nawe mwari muryamanye ntiyari umugabo wawe ahumbwo nanjye ejo nzaza unkingurire. Sebanani Andre yarabiririmbye neza
ntasoni ugira. ntibabikoze. niba utumva ikinyarwanda nyarukira kwiga
Umvukuntu urigicucu wakigorewe
Oya urindaya byanga byakunda ibyuvuga biragaragaramo ibinyoma
Uyumugore ukuntu avuga ndabona wagirango arikumukuri ubuse tuzamenya uko bizarangira ngo tumenye umunyamakosa uwariwe koko I'm waiting
Ubu nyuma y’imyaka itatu ni gute nisanze aha hantu 😂😂😂 gusa munkuru ibanza uvuze ko ufite uburenganzira bwo...... ibindi ni ibisobanuri buri wese yakirwanaho ngo ukuri kwe guhabwe agaciro😭
Ahaaaaaa nukuguseka gusa ntacyindi wararutanze icececyere gusa ufite umuco wuburaya ihane yesu akugirire neza naho ubundi ntamahoro yibyaha
wimucira urubanza umugabo nawe si shyashya😊
Tekana Mme yagukundiye ivyo ufite.abasilamu sabo gukunda
Dukeneye part 3 ya Simeon rwose muyidushakire 😂😂😂
Hhhhhhhh
Hhhh waryohew
@@myvenif3627 hhhh iyi season iraryoshye kbs hh
N'iya 4 y'umugore wa simeon niba amufite🤷♂️
Simoni arakenewe cane kabisa kuko niho serie iza kuryoha neza ubundi bakomerezeho na part 3,4,5
Hhhhh, ubu wabwiye uy'umwana ngo yirize kugirango ibyo uvuga byumvikane,ese ko wavuzeko ufite mukuru muturanye kuki atariwe wahamagaye ukanjya guhamagara uwo mugabo,ntanumwenzi muri mwese,ariko uyu mugore ni zandaya mutaburana ngo uzitsinde ngo wahamagaye umugabo ngo muganire??😀😀😀
Ukaba umwise indaya nkaho wamuguze ☹️ ariko mwagiye mureka guca imanza ibyo yahuye nabyo nawe byakubaho cg bikaba kuwo ukomokaho ncuti uyu mubyeyi mwifurije gusimbuka iki gikombe kandi azabaho neza
Yewe uyu mubyeyi yarebye kure pe! Ibaze ngo niba ashaka kubaka agurishe imitungo ayihe umugabo hhhhhhh mbega imitwe ivanzemo ubujiji!!!
BTN nimwe nunsekeje ahubwo. Iyo iyi nkuru nayo iza kuvugwa na valens Pappy. Nkumva ibimwaro yari kuba afite. Yavugagako Simeon yatatanze ruswa. Ahubwo njye numvaga bisa nkaho Marc yamuhaye akanku ngo ayice umurya
Jewe Imani ndabuze iconovuga kuko sindubaka ariko wamuntu we ibibintu biraca intege kumuntu atarubaka kwahio miye Sina rakuongea murakoze
Kuba wumvise kwafise abandi sico carigituma umusuzuguza ako kagene,wariguha agaciro igikorwa yagukorey.
Urindaya mbaya wowe😂😂
Warakoze umenya ubyenge karee
Ngo m wambaye imyenda murifotoza ngo mukunde mugaragaze ko mwasezeranye imbere y'Imana hhhhh m ukorera Satani mureke mukubitwe inkoni mwembi mwishyure ibyo mwakoze ntibibaho ntimugakine N'Imana muraje mwicane
Nyawivuga amabi ameza ahari
Kuba afite abana nabagore wowe c ntufite abana batarabe
Sha uri umugore mubi umuvuze nabi arukomushwanye
Gusa ntamahoro yumwinjira
Mike ngo aramutse asutse isosi y'uyu mugore yose hasi ngo ingo nyinshi zasenyuka!! hhhh yisuke hasi n'ubundi nawe ndumva iyawe ntacyo yasize. nawe yisuke hasi abantu bakomeze biyumvire n'ubundi hahire rimwe. si non, dore niwowe wahindutse mubi. hhhhh. akabi gasekwa nk'akezi! munsi y'umukandara nta cyubahiro kibaha koko babivuze ukuri.
Sha iyo hajemo imirwana ndatinya gusa nawe warahemutse kuzana umugabo munzu ,gusa kuba mutarasezeranye mu mategeko nta nijambo afite iyo nzu niyabana niba yaragufashije kuyubaka yarakoze .
Umva mbese 😏
Ndumiwe,namahano,mbega,amahano,nibikwiye,nubwobavuga,uwicayenabi,ababazimbereye
Bakobwa bakowe urukundo rushingiye kubintu murwitondere.
Icyakora wamubyeyi we komerezaho kuko ufite ubwenge kbs!