"LIBIDO"IBIRYO 10 BIZAMURA UBUSHAKE MUBASHAKANYE
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 ต.ค. 2024
- ISIMBI RYA YESU TV twiyemeje gutanga umusanzu mu kubaka umuryango mu ndangagaciro za gi christo, hamwe no gukomeza kwiga (self development) Hari Inama wifuza kutugira cyangwa ubuhamya wifuza gutanga bijyanye n' umurongo wa ISIMBI RYA YESU TV ?
Wifuza ubufasha bwihariye muri Family councelling, motivation , n' ibindi bitandukanye, Watwandikira ubutumwa bwa whatsup kuri (+250)788429917.
#ISIMBI_TEL_0788429917
Madam, iki kiganiro cyanyu gifite iminota 39. Ngeze munota wa 15 numva haza subjects zinyuranye na stories zinyuranye ariko utararasa ku ntego. It's 40% of the entire script, ukiri muri introduction. So, nsohotse mu kiganiro cyawe utaravuga no ku kiribwa cya mbere. Time is money, kandi gukurikira ikiganiro nk'iki ni MBs ziba zigenda. Plz uzige kurasa ku ntego.
Gabanya umushiha niba ntamwanya bireke uzabyumva wawubonye
Please be aware about time management,ntukadufente ujye utekerezs ko abagutega amatwi twese tutari injiji !? Jyurasa kuntego zibyo wateguye kuvuga kuba watubwira ibintu bike bifite umumaro muri 15 min biruta kutumarana 40 min uturondogorera please please
@@ITRUSTJESUS-ub2cy Exactly!
This woman ararondogora cyane ku buryo urambirwa kumwumva , as you said time management ni ngombwa cyane period!
My family my first ministry murakoze cane
Ese nkumuntu wumva atagikunda uwobashakanye bitewe nibyoyamukoreye wamugira iyihe nama
Gewe.byaranze. nfite mugabo itikambonamo..konahora nkora imirimo niyo tugeze muburiri. Abambaza bibazo bidashira kugeraho nokwicara aho.ari nunva ntabi shaka .
Bagusubize numvireho
Madame introduction yawe ntukayigire ndende pls , byaba byiza udatinze kurasa ku ntego !!
Merci bcp
Nibyo pe , introduction yatuma umuntu ahita yigendera
Merci bcq, tante ❤
uvuga amambo meshi cyane
Vyiza cane abantu dufis abafasha bari kur yacu mwodufasha natw impanuro
Amen
Be blessed too much
Ni ubwa mbere nkwumvise ariko urakoze cyane ku kiganiro cyiza pe
@@innocentmugisha3812 Ugiye kuri google byose ubibona ho even more ( ku muntu uzi kuyishakira ho ) !
Ubu ibintu byinshi no kwiga byose google yarabikemuye ariko ni byiza kuko afasha abatabishoboye !
Utaguze neza cane.ubufasha n uko ntigera numva ndabishaka.umfashe rero.
Murakoze Isimbi rya Yesu tv.Imirire ni myiza ariko no kujya kwa muganga iyo byarenze nibyiza ,ese iyi miti yongera libido irahari kwa muganga tumenyereye? ese kuki hadutse abaganga badasanzwe basa naho bihariye mukuvura ibibazo byokurangiza vuba kw'abagabo ,ese nibyo cg ni abatekamutwe?
Eeee reka nicare weeee iki kiganiro kirandaba reka nkukurikireee😘😘
Mbakurikiye ndi mugihugu cyanoroveje nitwa Gilbert ❤❤
Ok
Mwiriwe
Jyewe
Ntabushacye
Jyiranamba
Mujyirinama
My dear introduction irabish ikiganiro il faut résumé l'introduction kuko haribiba bidakenewe!
Libido n’ukugira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina not sex iryoha.
Aindyoherwa mbikora ntashaka ngira Inama ndi Umugore ugishaka ndanatwite, mbigire nte?
Entroduction it long time
Numero nakubonaho ni iyihe?
Mwiriwe ndagukundaa cyaneee!!! ❤❤❤ Ugira intama nziza yesu aguhe imbaraga namavuta
Twereke ifoto ya gombo sister wacu
Iyo introduction yawe ariko ni ndende cane bituma umuntu arambirwa adashikiriye objectif yatumye afungura video
Ndasubiramo muvandi, niiba wibagirwa kwonsa Umwana koko, ntekereza wakabaye uri ku ishuri kwa Maman wabivuze neza ko Maman wawe ari we wakubwiye ibyo utakoreye umwana wabyaye, biriya wita Roho niyo iduhuza na ba Sogokuruza (my family) uzabaze neza, cyaraziraga ko Umubyeyi w' i Rwanda yibagirwa kwonsa umwana yabyaye.
Kuri kuvuga ibiribwa by'abakire gusa?none abaciye bugufi barya iki?
Muhezagogwe muramfashoje imanibagirire neza
Ese icyo cyayi umugore utwite yemerewe kukinywa?
Nakuze iki kiganiro nibwo kibonye wapfasha ukampa nomero yawe murakoze
Urakoze kuduha inyigisho nziza ariko ntabwo twamenye ubu😮menyi bwawe aho ubukomora. Uri nutritioniste, uri umuganga, nibyo ukura ku bukirisitu,...
Bmurakoze kutuvura isimbi
Haribyo nshaka kugusobanuza
Simbi ndakunda❤❤❤
Dore ibifasha kugira umushyukwe ku bagabo :
Sport
Maca
Ognon rouge, ail
The à la canelle
Thé au gingembre
Kutuzuza igifu cyane, ku mugoroba
Jus de grenade frais
Muri make : Ibiribwa byose bituma amaraso atembera neza.
KWIRINDA inzoga, Umunyu etc
KWIRINDA ibiribwa biremereye cyane byangiza imitsi.
You look so beautiful ❤
My family my first ministry ❤
My family my first ministry
My family My first ministry❤
My family my first ministry
Intro ni ndende birarambirana
Ku ntego
Hmm
Muriyiminsi ntwite ko numva nta mibonano nshaka ndabigenza ute?
urarondogora nk'abakecuru peee
Urikigugu wewe ntibikuraba wa kimbwawe biraba twebwe abagore sizi icakuzanye hano wewe ntibikuraba pe hoshi
ibi bintu ubisoma hehe? duhe reference
Ikiganiro cawe kirashisha kwunviriza kuko uguma usubiramwo vyabindi nyene
My family my first ministry
My family my first ministry❤️
Imana iguhezagire cane muhanuzi muvuzi mwiza,tworonka numéro yanyu ya WhatsApp ?
Urasa neza madam, ndagukunda cyane
My family my first ministry
Ndabakunda uranyubaka nkakomera
Uri umuntu muzima!Imana Ikongerere
Ibyo uvuze ngo ( gombo c’est quoi ?)
Okra
c'est quoi
@@joy250.Oook merci 😘😘😘
Okra
My Family my first Ministry😊
Aaaaa ngo yavunitse ukuguru ariko ahandi hatavunitse!
Aha andwaje imbavu
My family my first ministry
My family my first ministry🎉
Uri smart urumunyabwenge ndagukunze❤🙏
Masturbation na pornographie, nibyo, ni bibi.
UVUGA IKI kuri sexe oral ?
Abashakanye bemerewe kurigatana mu gitsina ?
Duhe ton avis en tant que spécialiste.😅😅
❤❤❤ murakoze cyane Mwen'Imana. Ufite urumu-ri komeza rudutembamo. Imana iguhe imigisha mubyeyi.
Isimbirya yesu turaguku da cyane uravuze ngo Rubavu muhaboneka ryari kubonana namwe bisaba iki? Jye ndi aRukara Donati.
Urakoze kuduhugura
Jya urasa ku ntego please umwanya dufite uba ari mutoya
Alikonyamuneka.urabutifuza nkabambwiyengo.kuguha.umuti.ngoni100.000fr.esayomafranga
Urunvakoko.uyamuhakandi wanayamuha.ntihagire.ikigenda
Gombo utwite nivyiza kuyifata,mumbwire ababizi
Wirondogoraa please burasa kuntegooo.
Namba zanyu
Urarondogira please!! Bowiring
❤❤❤❤❤❤❤
Thx,my family&my first ministries
Wirondogora tubwire ibyo bintu 10
Uradufasha cyane Isimbi Imana ijye ikumpera imigisha❤❤
My family is the first church
Rasa intego wangu
Unasema mingi sana
None c kobavugango onapo ituba ubushake bugenda ibyo biryo wabikora
M'y familly, m'y first munistry !!!
Yewe cyakoze ndagukunda nimpamo!! Uranezeza kwelii❤😅😅
Thx alot for your advice
M'y family m'y first ministry
Get to the point
Murakozep
Merci beaucoup
Shahu uri umuhanga!!! I love you❤❤❤❤. Uri nakeza pe
Urambe cane
Mi family mi first ministry🙏
Mercii isimbi ryacuu🥰
Hoya ni Abiyise abahanga bagerageje ku yinjiza mu bantu ngo biganye urubyaro ni ubwiyongere bwinshi ku isi
❤
Imana iguhe umugisha
My family,my ministry
Wauohh très jolie ❤❤❤
❤❤
Thanks alot . Good lesson.
Porono bibi urakoze
Hakenewe iramburangingo
Uzaduhe nimer yawe
My family my first ministry
Amena
Thanks alot . Good lesson.
my
Black chocolate, fraise , water melon , apples, ibindi ni ibihe ?
Cucumber , spice tea , tangawizi, lemonade ,…. honey , romary,…., fruit de mer , …cayenne paper , avocado tomatoes , salade de legumes , ….
URI umubyeyi mwiza
Nigute ndabona address yawe
+250788350673
Uri keza tuu😂
My family my first Ministry