#AKANTUkuKANDI
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 5 ก.พ. 2025
- #ISHINGIRORADIO
Tuguhaye ikaze kuri youtube channel ISHINGIRO RADIO
ibuka gukora subscribe, share na comment
Ushobora no kudukurikira kuri social media:
www.radioishing...
/ radioishingiro
/ radioishingiro
/ @ishingiroradio107.5fm
Sha inda yagutwite iyivamo wakuguziwe ntasoni Wambwawe iyinkuru yarambabaje cyane😢😢😢😢
Nanjye yarambabaje cyane pe
Sha twe twifuje no kumenya Maman uko yasaga .imbwa zabaririye kugasozi. Abacus. None wowe uratinyukaa umuntu waguhayunuzima. Akakotsa. Imana izaguhe urubyaro nibwuzamenyagaciro ko kubumubyeyi😢😢😢
😭😭😭😭😭😭
Azabyare nawe yunve Sha,
Azabyare kdi yibyare aragapuuuu
Wa cyana we urigikenya uziko nyoko niyo ari umurozi abandi bamwanga ukamugumaho none wowe utinyuke ukubite mama😢 akabura ntikaboneke
Yoo uwakwejyera yagukuraho byishi
Wakirumbo we cyumwana ipuuuuuu umunsi mama wawe azakuvuma uzangara uzagwa kugasozi ubu c
Uyumwana n'inkunguzi n'ikivume nawe azakubitwe nabo azabyara guhangara mama we koko akamukubita yewe mwa isi izakwikaragireho iteka urikivume😢
Byarambabaje kuburyo burenze
Yanteye agahinda gutinyuka gukora amahano nkariya
Imbabazi niyo mama wawe yaguha imbabazi ubuyobozi buzagyhane wakoze ibidakorwa wakivume uzabyara wumve imvune yokurera wacyontaziwe
Imana nayo Imubabarire
Nyina wumunta sha utekereza ko papa wawe atazazana undi mugore uzicuza
Wubahe so na nyoko kugirango uramire mu Gihugu Uwiteka Imana yawe iguha.mwana ntukivange ku mibanire y' ababyeyi bawe,kandi ubu ufite cheri😂,.Liyoneli mwakoze cyane,duhe nimero yawe.
Bakuzanirw muka so ariwe mubana ubyumve neza😂😂
Warahemutse, gutwita kubyara ,kurera biravuna. Uwo mubyeyi wawe yaravunitse cyane kubwawe none umwongeye imvune zumutima numubiri.mbuze icyomvuga wanteye intimba.
Woe na swo murinterahamwe kumukubita intebe wamayibobowe uzukuntu yakugiriyex kugise akakonsa akagukuza Sha uzumirwa woe urutwa nuwapfuye cyangwa ukaba imbwa yinyagasozi mokamoka gusa😢😢
Inda nkizi zijye zivamo,ubu kiri kuvuga iki .Wa muhungu mbabariye uzagushaka,uri ikibwa puuu,niyo yaba aroga wamuhishira
Gakubitwe ninkuba , uzabyare wibyare , ugatinyuka ugakubita mama wawe 😢😢 umubyeyi acumura yicaye kdi imbabazi arazihorana ,ariko uzahanwe
Uri imbwa pe 😢😢😢
Sha umuvumo ntuzawukira pe iri ni shyanoo😢.gukubita nyoko abandi ntitubazi😮
Wamwanawe wakoze amahano kuko gukubita Mama wawe namakosa akomeye ntuzongere uzabaze twe twababuze tubakeneye kd ikindi imana izaguhe urubyaro wumve imvune zumubyeyi
Ntukazongere kwivanga mubibazo byababyeyi bawe numunsi numwe Dore byatumye ukoramahano
Ahubwo uwomwana ise yaramuroze aramushambagiza aramuguteza
Uri mukuru bihagije ahubwo watinye ko ugongana namategeko. Nonese ko utakubise Papa wawe? Aho nrabwo nemeranywa nawe
Wamwana we urigicucu pe
Niyongeta kukujwigiriza ntuzahamagare rubanda nabanyamakuru!!!!?😊
Wakubise nyoko nukuntu musa😢😢😢😢
Wa muhungu we uri igikenya byonyine kuba waratinyutse kurambura amaboka yawe ugakubita maman wawe wakubyaye akakurera nukuntu kurera bivuna,uzabyishyura kuko ntiwariza maman wawe ngo birangire gutyo gusa.icyo mbona imbabayurigusaba ni ukugirango udafungwa watinye uburoko si uko ukeneye ubwiyunge numubyeyi wawe.warahemutse uzafate igihe wegere Imana wihane byukuri bitari ukwikiza ugaruke wongere usabe maman wawe imbabazi azakubabarira byuzuye kandi umugire incuti yawe na we azajya agusabira ku Mana,bitaribyo wazibyara na we ugakubitwa na bo wabyaye ukumva uburibwe.isi ntisakaye ntuzi ejo hawe uko bizaba bimeze
Nukuri ibyo uvuze aratinya gufungwa akwiye kwihana bivuye kumutima ntago bikwiye ko umwana yarambura ukuboko kwe agakubita nyina wamubyaye
Iyo ubimenya ugakora swapu ugakuramo iyo mbwa yumusega ntasoni gukubita mama wawe wangegerawe
Ese ibya so na nyoko ubyinjiramo Ute ko bahura utaruhari?
Akabura nikaboneke ni nyina w umuntu twe tutabafite turabifuza ababafite mukabakubita ueakubwira kutagira ababyeyi bimera Sha uwo numurengwe k o mama wawe
Gacurabwenge turahakumbuye,twe twabaga Gihembe ,murahadukumbuje ndi danemark
mwaragafashe kweli
warutuye muri karitiye yakangahe?
Wakigiryi cyumuhunguwe twe inbwa zabaririye kugasozi none wowe urakubita umubyeyi wagutwise amezi 9
Narinziko abana babahungu bakunda banyina
Ducyeneye kumenya na se icyo abivugaho
Nzi. Ko. Abahungu. Bakunda. Mama. Ninkunguzi. Erega. Aratinyuka. Akabivuga😢
Ibyo nibirozi base arigukoresha abana ngo bakubite nyina
Iki gihungu nikibwa
Sha njyewe nkubonye naguha sumu yapanya cyangwa supaguru umva ukuntu mama wae arigutabaza umuhondagura intebe ntasoni koko
Ayo namatacyirangoyi nibagucisheho agihano
Shahu nararize umwana agakubita nyina nibutse ijyise we ukuntu tuba tubabara turihangati yurupfu koko
Ukuntu umubyeyi akunda umwana kuva akimutwita, akamwitaho by'iteka😢😢 umwana agatinyuka gukora biriya
Gukubita mama wawe wakonyeje akaguheka ukamunyarira ukamunera wakigoryiwe umwituye ibyo umuvumo nuzawukira
icyampa bakazakwereka izi message zose abantu baguhaye ukazisoma😭😭Mana ningera aho gukubita umubyeyi wanjye cg kumutuka ,nzacike amaboko n'ururimi kuko ntacyo bizaba bikimariye,
Ark Uru rugabo barufunze
Uyumuhungu yumveko ibyo yakoze bigayitse nukurirwo birababaje kubona wamuhunguwe ufite umujyisha wo kujyira umubyeyi mwiza nkuwo ugatinyuka ukamukubita umvawamwanawe wababaje ababyeyi benshi babonye iyonkuru kutajyira mama biraryana noneho kujyira mukasobyo byo bisharira kubi nukuri urabe wasabye imbabazi ubikuye kumutima rwose ntuzonjyere ayo namahano wakoze pe urabonakoko uwomubyeyi wahohoteye akaburantikahineke ni nyinawumuntu Sha mamawawe uramenye rwose mujyire umunyacyubahiro mubuzima bwawe Sha sinkuzipe arikowarambabaje usibyeko ubunakumenye duhuye nagukwena rwose
Umubwiye ukuri cyane birababaje cyane ndebera koko nkicyo gikomere yagize no mumutwe
Wakivume we kimihungu🤔mbega umuhungu
Uziko nagizengo ni mukaze? Kumbi ni maman we? Sha urakina na nyoko wakugendanye amzezi 9 urinkunguzi
Mubabarire nomuribibiriya umwana. Wikirara yarababariwe
Nyoko wakonkeje akagukuza ukaba ungana utyo none nyoko asigaye akubona ukiruka nkubonye igisimba uzapfana nabi sha!
Ariko iman ijyira amaboko kbs uwo mwan nibamujyane kugororwape usibyeko imana yatabaye uwomubyeyi iyonebe nimufate iyo imufata nibaba baramushyinguye Koko nibafunge ishyano abanze yitekerezeho
Ikigoryi puuu diamond itsindwe muvizina rya Yesu
Numvise ukuntu mama wawe yagusabaga imbazi ugakomeza guhondagura numva mfite amatsiko yo ku kureba sha uri mbwa yubururu ubuse usakora iki umugore wawe ahaaaaa
Ariko yoooo ibaze simiyoni uri gikenya gukubita nyoko nizo mbabazi wisabishwa niza nyirarushwa wamubyeyi ucunge sana bazakwirenza
Umva anafambo mubvuze ngo mama wawe arogawamuhishira nje sinamuhishira agubwo niwe nabuha akaburya burya ngo iyo mama wawe aroga ahera kubana kungira ngo batabinya arabahubika
Umwana nuwawe mbere y'iryo rondo. Ni wowe ugomba kumugirira impuhwe mbere nk'umubyeyi we abo banyarondo uvuga ko aribo abanza gusaba imbabazi ntibamubyaye. Ni wowe ugomba kumufasha gusaba abo banyarondo imbabazi niba ari ngombwa. Uwo mwana yaguye muri conflict ufitanye n'umugabo wawe. Uyu mwana arasabwa kutivanga mu makimbirane ya se na nyina, akirinda kuba igikoresho cy'umwe mu babyeyi be. Bose akabubaha nk'ababyeyi be.
Uwo musore ajyanwe kugororwa akabura ntikaboneke ntikaboneke ninyina sha
Uwo mubyeyi nashake uburyo yigarurira umwna asabe ubufasha incuti nabavandimwe
Wamubyeyi wee narababaye umunsi iyonkunguzi y'umwana watwise amezi9 munda agatinyuka akagukubita numvise ukuntu watakaga urira narababaye uwo mwana wawe isi izamwikaragireho ibihe byose kandi nawe azabyare abamukubita nkuko yagukubise kuko ntiyarikukubahuka bigeze hariya niyo waba uri indaya ntiyarikukubahuka mama komera
Umunyamakuru wakoze iyi nkuru cg undi muntu waba ufite number yamfasha akazimpa
Muhane uwo mugabo naho umwana ararengana kuko byanze bikunze urugo rurimo amakimbirane ntubibura muganize abavyeyi bakundane knd bubahane hanyuma abana nabo bazubaha ababyeyi ni gute umwana wakuze aba munduru nkizo yakubaha mama we ndababwiza ukuri ubwo uwo mwana asabye imbabazi byange bikunde arahita yangana na papawe mushake uburyo mubahuza bose mubaganize hama urukundo rwogere
Umva ukuntu abeshya ngo yamukubise yataye ubwenge! Uri igikenya wa muhungu we, uzibyare!
Ibintu byo kwivanga mu makimbirane y'ababyeyi noneho ugafata inkoni ugakubita Mama wagutwise amezi 9 ,ni ikintu kizagukurikirana kd uzabyicuza,garuka ku Mana ureke kwivanga mu makimbirane ahubwo wowe imyaka ufite wakabaye unabunga ☑
Ugomba kubaha nyoko ukamwibagiza ibyo wakoze iso yashaka kwica nyoko urubozo ukabakiranura nibwo nabanyarwanda tuzakubabarira
Niko wamwanawe akabura nikaboneke no nyinawumuntu
Dore insore sore zingana gutya nizo zahekuye urwanda
Ariko wacyanawe nkubwo nyoko aramutse akwishyuje amezi9 yagutwaye Munda ye wamwishyura?jya wubaha mere wawe.
Uzabona wa mwana we nkaho warengeye mama wawe ukamukubita? 😢
Iki cyontazi cyaramvabaje numvise uko nyina yariraga amubwira ati wambabariye ko nakubyaye , atabaza ati ndapfuye 😢😢😢😢😢😢😢😢😢 uyu muhungu azakubitwe nabo azabyara , azabone ibyepfo nibyaruguru bimuhurirahobimukande nyakurambirakubona ibibi
Uyu ni ikivume nkurikije ukuntu numvise maman ya musabaga imbazi agakomeza agakubata Sha wa mwana we ntuzigera ugira amahoro aho uzajya hose uzajyendana umuvumo!
@@iradukundaoda5716 umuvumo uzamuta ku gasi
Mama itadukunda ihangane
Babyeyi igise cyirajyanape! Kko umwana wabyaye kko
Ibaze Sha nubu njye biranshishe mpise numva ibise
Mbega umwana wigicyenya ese ubwo ubangura inkoni kumu byeyi nta soni koko gsa nakuricyirqnye amagambo wavugaga ukubita umubyeyi numva nawe uri igikenya pe uri umusore wimbwa pe
Hamwana wakubise nyina twari nduturanye yapfuye urupfu rutunguranye
Ariko ubwo ni ubugoryi gufata ikibazo bya family bakabishyira kuri media
Agahwa Kari kuwundi karahandurika😢
Uzaba ikivume wa muhungu we naso azapfana imivumo
Uri inkunguzi pe ugatinyuka ugakubita uwakubyaye
Urakubita nyoko sha twebwe twarababuze mwe mukabakubita Koko uwamumpa ngambere mama Wenda umwaka
Icyo kigabo kigihone abaricyo bafunga
Ubwose iyumwica wakigoryi we
Akabura nikaboneke Umuvumo wakuyemo wonyine urahagije
Gukubita umubyeyi byongeye wumugore uzapfanabi saba imbabazi mama wawe ni mana
Icyambere ntushaka kuvugisha ukuri icyakabiri ntuzikuvuga uradidimanga ikindi rero ntambabazi tuguhaye nkabanyrda KD iyo ndebye ufite umuvumo ahubwo rero jya munzu yimana izagusobanurire kd ujye ureba muri caméra
Ameze nkusaba imbabazi zo kwiyerurutsa
Nanjye nabonye imbabazi yazisabye ari ugutinya gereza kuko ibyo yakoreye maman we ntago yaragakwiye gusaba imbabazi muri buriya buryo rwose, na leta ni imuhane rwose!
Ariko banza anywa itabi nibiyoga byadundubwonko
Cecekaho wakivume wee
Baguhane wamuswawe nabwejye ufite
Agahinda ntikica pe ibaze gukuɓitwa numwana wavunikiye mbega isi weeee ndababaye peee
Sha wibutse ko yagutwite ntiwagakwiye gukora ibyo wakoze,
Nibagufunge wakibawe
Wakubise nyoko wangegera we?ubwo se uwo muvumo uzawukira
Ubundi mwajyiye munkwa inzoganyeya koko
Ndisi aka kana karatuje nibirozi byase birangaragara
Ntabwenge afite agari
Umwna ntawutamubarira aracyashukwa ,kandi virus ifata urubyuruko vuba vuba ,ntimukomeze kumutera ibuye pe!
Uyu mugabo azakwica ntuzasubirane nawe
Urwo rugabo barufunge
Bagufunge ubwonubugome
Jyewe kubwage tumubabarire
Mwimutera IBUYE uyu mwana intandaro nise yapfa
Iyaba haruwazakigonga kigapfa
Nubundi iyimbwa iziyahura
Ngo abahungu bakunda banyina uyuse sumuhungu