Cheri YANGUSHIJE MU CYAHA NATINYAGA|KU BURIRI TWAGANIRIRAGAHO NTAKIBAZO☺️URUKUNDO RWA Aimée N’UMUGAB
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 7 ก.พ. 2025
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Rose uyu mutunirwa azanye ubuhanuzi bwawe uyumwaka Imana ikuremeye igitangaza mvugirango Amen🙏🙏
Muntu wanjye
Amen
Merci
Wooow mbega umugore wumutima. Imana wumviye ntabwo yarikugukozisoni ❤❤❤
Merci beaucoup Rose watuzaniye umwana w lmana ukora ibyo data ashaka Uwiteka amuhe umugisha
Ubugoryi buba mumayerekwa ntibujyira , uko bungana . Kristo mubutayu ntiyatsindishije , iyerekwa. Yatsindishije , handitswe ngo.🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉 Dukwiye , kumwijyiraho:
Nukuri pe ikiganiro cyawe n umutumirwa kiranshimishije kdi Imana igukomereze urugo rwizaaa kdi rw umugisha.
Mbega umwana uzi kubara inkuru mama ancwiii😅😅😅 sha azi kubara neza pe
Much love my Rosie beauty 😍
Wowe ufite ikibazo gikomeye hanyumase Yesu yavugaga ko handitswe atabanje kubona uwo bavugana mubyukuri ntugasuzugure ibyo utazi utazazira ubusa rwose
Imana ikomeze kukuba hafi mubyo ukora byose, ngushimiye uburyo utagize umutima wo gutendeka bamwe babikunda kubi,gusa Imana yabigufashijemo.
Wagaragaje ko uri umukozi W'Imana.ikugenera ugukwiriye.
Imana yarakize kunezeza umutima wawe Mubyeyi 🙏 nubwo byabanje kugorana arko birangira Imana iserutse. Kdi Imana ishimwe ko yakwambitse imbaraga zo kuba aho igushaka!
Ariko,iyo igize amahirwe yokurota,ikakwiyereka nabyo birafasha cyane.urumva imana yaguhaye invitation.
Incwiiiiiii urumugore mwiza knd warakoze kumvira Imana
Rose tubarize Aime uwo muhungu bakundanye ukwezi agahita amuhakanira si mbaraga cg musitafa
Nta commenta nkunda gukora ariko murakoze kuntwenza 😂😂😂#1 mu gutera inkuru 😅Be blessed
Warakoze kubaha Imana no kuyubahisha uzakomeze uyubahe kdi uyubahishe .
Yesu aguhe umugisha
Eeeee. Rose. Uzanyumuntu. Umeze. Nkoko. Imana. Ishaka. Mwigishe. Ibikobwa. Bya payutse.
😂😂😅😅much love from jo Twins show😅❤️
Uwiteka abahumugisha caaan nukuri nabakunze from Burundi nunva nafashijwe
Hari Imana ikivuga nange inganirize
Yaragukunze cyaneee,kdi ntakajagari agira ,akaba n'inyanga mugayo.pbese 👍
Nishimiye ikikiganiro Nicyiza mama Imana ikomeze ikubakire rukomere ❤muzamugarure
Rose ndakwikundira uri mwiza uvuga neza Kandi rimwe narimwe ijya uzaba nibiganiro byumbwenge
Wewr ndakumva cane kuko nanje niko nari meze ntarashaka .Nariyubaha kandi nkirinda ,Imana nayo Ibana nanje.Shimwa Mana wewe wandindiye mu bukumi nkabuvamwo neza .
Ntaho twahungira Imana kukontaho Itaba ( kubaha Uwiteka nibwobwenge).
Rose murako cyanee ❤❤❤
Yesu nashimwe Aimée twararirimbanye muri choir ibyo uvuga byose nukuri pe wubahaga imana ntiyari kubura kuguhemba kd Wari n'a mwiza pe ntubeshya😂😂
Rose dukumbuye marraine wawe muri kumwe❤
Disi ubuhanya bwawe bufitanye isano n'ubwanjye.Nagukunze cyane
Yego disi story yawe ni nkiyanjye!Imana ni serieux
Rose usa neza 😘mukande kugafoto sha nanjye munsure
Ikiganiro biryoshe cane gose❤️❤️❤️❤️❤️
Hano ni ugusaba imbabazi zo gukinisha umutima wumuntu kuko umwana w'ahakana ibintu hakiri kare Kandi iki kintu kiradutsinda inshuro nyinshi
Imana yaragukubise shahuuu!!?iragukunda disi
Iyo ntabwo ar Imana ni imyuka y abadayimoni , humura Imana ntiyakubuza uwo wakunze
Ntamakuru ufite wowe
Rose, komeza uduhe amakuru usanga Abazungu bari barihereranye ubu TH-cam ikaba yariyemeje ko natwe twayabona. Usanga neza neza uko inyandiko zivuga bene izi nkuru z'iwacu muri Anthropos usanga neza neza ntacyahindutse.
Hey Rose.dukumbuye hano Antoinette Nyiyongira
Yegoo
Ro,uzamugarure we numugabo we baduhe story yurukundo rwabo.
Ndumiwe avuze ngo udusore! cyokora abakobwa beza nkaba imana izabandinde kuko abeza baratubenga bagakabya 🤭
Gusa aratwigishije pe❤
my friend unyibukije uburyo twakuze batubwirako gukundana aricyaha 🙊🙊 gusomana byo byabaga ari nko gusubiza yesu kumusaraba😷😷
Hahahhhh ariko byaratureze sha byaduhaye inyifato
Gusomana ntibikwiye ku bantu b'Imana.Ibyo ni ukwiyanduza
Ufite displine niyo mpamvu wakundwaga cyane
Umudamu mwiza avuga ukuli.
Birasanzwe erega ,usivye ko Abarokole bashora kubesha.
Love story nziza pe.
Iyinkura inkoze kumutima murakoze cyn 👏
Disi uyu mubyeyi arashimishije kandi urabona avuga ibimurimo.
Ndabakunda❤
Ahwiiiiu😂rose ati aragukubita😂ibaze gusura umuntu ugakubitwa.ibyabarokore birashekeje.sha njye unkozeho twabonana😅
Buri rugo rugira uko rurera
Hari umwana ureba igitsure akamenya icyo uvuze,gukubitwa kwe nawe yasobanukiwe icyo yakoze
Ufite uwo mwana ndavuga mwuka wera afite uko agenda nuko ayoborwa rero yazize ko yashatse kwigenga kandi sibyabose hari abigenga bigakunda hari nabo bitakunda
@@cynthiamugwaneza1613ariko se urunva ibyo bintu aribyo koko,gukubitwa nabantu ngo n'Imana ivuze.kandi ntiyarari gusengana nabo.ibyo sibyo nihohoterwa.ubundi se iyo mana ituma kurwana nimana ki.njye unkozeho twabonana pe.
Ariko ko muvuga byinshi mukarenza ubwo ibyo ningombwa kubitubwira?
Iyi nkuru irashyoshye rwose😊
Nibyiza cyane pe
Love from Jo twins show ❤😂
Ndagukuuuuunda icyazampa tukaganira.
Wawuuuu lmana ikomeze kukwagura muri byose
Vyose birigisha ❤
Ndanyuzwe niyinkuru nukuri pe kuko najye byambagaho kenshi
Rose 🌹. Nkunda ukuntu useka ijwi rigasa nkiribuze🤦😂😂
Rose nuko utaziyanjye nu Mugabo wanjye itarenze cyaneeee tumaranye imyaka 11ans ariko nanubu na mateka nda❤byimazeyo
Rose aguhe ikiganiro uzatubwire Sha
Imana yubahwe😂😂
Uranshimishije p
Aime uri storyteller mwiza rwose 🤣🤣
Mbega byizacyane. Nukuri warayumviyepe
Abarokore ni abana beza tu!
Ndagaratse. Kugushimira. Aime. Ryose. Watowe. NIMANA. Ok. Ukwiye. Kuzazana. Numugabp wawe. Kuriys chanu. Mugahugura. Cyane. Abakobwa
Incwiii afite kuganira neza azagaruke ubuhamya bwe burimo inama❤
Imana igiye kugusetsa mwizina rya yesu
Amena
Sha nanjye nkunda rose ariko kuberubwizabwe mbona ntamukwiriye
Rose se ni umukobwa?
Numugore @@cecileuwimana8149
Uzazane nu mugabo❤
Aime rwose
Uyu mudamu ni mfura ,abakoze ubukwe kubera pressure yabandi baragowe,nabakoze ubukwe kubera impuhwe rwose nibyiza guhakana
Nibwo bwambere ndebye ikiganiro cyawe ntasimbutse.,Ongeeerrraaa
Aimee weee ndagukunda chyane♥️♥️♥️🇩🇪🇩🇪🇩🇪
Urakoze cyaneee
Rose, usa neza gusumba iyo wiseze bimwe bitukura.
Mana natwe uduhe imbaraga zo kubana nawe❤
Wagiriwe Ubuntu disiii. Uwo Mana ukunda iranamaufuhiraa
❤❤
22:01 ❤❤❤❤
Rose nabakunze wowe na Aimee impa number ya Aimee kdi lmana ikomeze ibashyigikire muribyose nukuri.
Murakoze cyane
Rose mwazaduhaye Part 2 nabakunze cyane
Rose, wazatuzaniye iyo MANA cyangwa SATANI ivugana n'aba Bagore n'Abakobwa "bakijijwe" tukamenya iyo bituruka! Ushobora gushyiraho nk'irido Imana cga Satani ukabashyira inyuma y'irido kugird ngo tutayibona tugapfa, tukumva amajwi yabo gusa. Uwo MUGORE uzamumbarize uko byabaga bimeze AROTA BAMUFATA KU NGUFU!!!
Ubwo utangiye kubyibaza urihafi kuyimenya, Imana iravuga kandi iriho
Iyo Mana utazi,ni byiza ko uyibajijeho,iraje ikwiyereke.
Ndumiwe koko abaronkore murasetsa koko
Nabo mutabanye bari beza nuko batari abawe
Nyine bari kumuhemukir utar uwawe akenshi umwe muri mwe ahemukir undi
Umwiza kuri we nuwamutwaye
Imana iguhe umugisha
Classmate Aimée ❤
Rosa wee ntuzongere gutereka imisatsi myinshi ,wogoshe neza ❤
Byose biramubera
Ariko nyine nawe nuko wariwiryamiye kucyizere cy'isumbabyose ariko nawe ntabundi bwiza bwarigutuma wibona kumuntu Imana yaremye ngo nareba look ye!!!
Tumutegereje n'umugabo
Apu uwo mushake view ikinyinya
Murikigihe biragoye kubona umukobwa wumutima nkuyu
Hhhhhhhhhh Aime Weeee😂😂😂😂Uzi kuzibara.
Yego rata Imana iracyavuga pe nubwo abatubuzi bariho
Niba yaragusomye Ata gusweye nikigwari .Yagombaga kugusoma agahita anakugarika kuburiri akaguhata amabya
😅😅😅 mbega comment
Mbega mbega weeee
Mbega abagore beza
Utwo tuntu two gusomana nitwo sawa kbsa😅😅😅😅😅😅
Urarota koko!!!ingabire nziza!!!!
Nanje ndarota bigasohora.
Mbega inkuru mana😂😂😂😂😂😂
yg ntabwoturabacu nkotwigenge
Ikikiganiro ndagikunze
ATI bafate bose😂😂😂😂
Byarakaze
Hahhhhh 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 Ahwiiiiii 😂😂😂
KO wayunviye uziberaho nezaaa
Non ww ntavyowarikurondera utabiziga kumuhungu igih agutaye ucuhinyuka kwimibereho uyiziga kuri ww
Nagi URI mubi hahhhhhh?
😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅
Ndasetse peee
Ndumiwe pe uyuwe nakasamutwe