Cheri YANGUSHIJE MU CYAHA NATINYAGA|KU BURIRI TWAGANIRIRAGAHO NTAKIBAZO☺️URUKUNDO RWA Aimée N’UMUGAB
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 1 ส.ค. 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- บันเทิง
Rose uyu mutunirwa azanye ubuhanuzi bwawe uyumwaka Imana ikuremeye igitangaza mvugirango Amen🙏🙏
Muntu wanjye
Amen
Merci
Wowe ufite ikibazo gikomeye hanyumase Yesu yavugaga ko handitswe atabanje kubona uwo bavugana mubyukuri ntugasuzugure ibyo utazi utazazira ubusa rwose
Wooow mbega umugore wumutima. Imana wumviye ntabwo yarikugukozisoni ❤❤❤
Merci beaucoup Rose watuzaniye umwana w lmana ukora ibyo data ashaka Uwiteka amuhe umugisha
Yaragukunze cyaneee,kdi ntakajagari agira ,akaba n'inyanga mugayo.pbese 👍
Incwiiiiiii urumugore mwiza knd warakoze kumvira Imana
Mbega umwana uzi kubara inkuru mama ancwiii😅😅😅 sha azi kubara neza pe
Much love my Rosie beauty 😍
Imana ikomeze kukuba hafi mubyo ukora byose, ngushimiye uburyo utagize umutima wo gutendeka bamwe babikunda kubi,gusa Imana yabigufashijemo.
Wagaragaje ko uri umukozi W'Imana.ikugenera ugukwiriye.
Nukuri pe ikiganiro cyawe n umutumirwa kiranshimishije kdi Imana igukomereze urugo rwizaaa kdi rw umugisha.
Ubugoryi buba mumayerekwa ntibujyira , uko bungana . Kristo mubutayu ntiyatsindishije , iyerekwa. Yatsindishije , handitswe ngo.🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉 Dukwiye , kumwijyiraho:
Nishimiye ikikiganiro Nicyiza mama Imana ikomeze ikubakire rukomere ❤muzamugarure
Hari Imana ikivuga nange inganirize
Ariko,iyo igize amahirwe yokurota,ikakwiyereka nabyo birafasha cyane.urumva imana yaguhaye invitation.
Warakoze kubaha Imana no kuyubahisha uzakomeze uyubahe kdi uyubahishe .
Yesu aguhe umugisha
Imana yarakize kunezeza umutima wawe Mubyeyi 🙏 nubwo byabanje kugorana arko birangira Imana iserutse. Kdi Imana ishimwe ko yakwambitse imbaraga zo kuba aho igushaka!
Rose dukumbuye marraine wawe muri kumwe❤
Eeeee. Rose. Uzanyumuntu. Umeze. Nkoko. Imana. Ishaka. Mwigishe. Ibikobwa. Bya payutse.
Ikiganiro biryoshe cane gose❤️❤️❤️❤️❤️
Nta commenta nkunda gukora ariko murakoze kuntwenza 😂😂😂#1 mu gutera inkuru 😅Be blessed
Nibyiza cyane pe
Ntaho twahungira Imana kukontaho Itaba ( kubaha Uwiteka nibwobwenge).
Rose usa neza 😘mukande kugafoto sha nanjye munsure
Uwiteka abahumugisha caaan nukuri nabakunze from Burundi nunva nafashijwe
Ndabakunda❤
Gusa aratwigishije pe❤
Ufite displine niyo mpamvu wakundwaga cyane
Ndagukuuuuunda icyazampa tukaganira.
Iyi nkuru irashyoshye rwose😊
Iyinkura inkoze kumutima murakoze cyn 👏
Yesu nashimwe Aimée twararirimbanye muri choir ibyo uvuga byose nukuri pe wubahaga imana ntiyari kubura kuguhemba kd Wari n'a mwiza pe ntubeshya😂😂
Disi ubuhanya bwawe bufitanye isano n'ubwanjye.Nagukunze cyane
Yego disi story yawe ni nkiyanjye!Imana ni serieux
Rose ndakwikundira uri mwiza uvuga neza Kandi rimwe narimwe ijya uzaba nibiganiro byumbwenge
Imana yaragukubise shahuuu!!?iragukunda disi
Wewr ndakumva cane kuko nanje niko nari meze ntarashaka .Nariyubaha kandi nkirinda ,Imana nayo Ibana nanje.Shimwa Mana wewe wandindiye mu bukumi nkabuvamwo neza .
😂😂😅😅much love from jo Twins show😅❤️
Mbega byizacyane. Nukuri warayumviyepe
Disi uyu mubyeyi arashimishije kandi urabona avuga ibimurimo.
Vyose birigisha ❤
Aime rwose
Wawuuuu lmana ikomeze kukwagura muri byose
Byarakaze
Uzazane nu mugabo❤
Umudamu mwiza avuga ukuli.
Birasanzwe erega ,usivye ko Abarokole bashora kubesha.
Love story nziza pe.
Ro,uzamugarure we numugabo we baduhe story yurukundo rwabo.
Ndumiwe avuze ngo udusore! cyokora abakobwa beza nkaba imana izabandinde kuko abeza baratubenga bagakabya 🤭
❤❤
Love from Jo twins show ❤😂
Imana yubahwe😂😂
Iyo ntabwo ar Imana ni imyuka y abadayimoni , humura Imana ntiyakubuza uwo wakunze
Ntamakuru ufite wowe
Hano ni ugusaba imbabazi zo gukinisha umutima wumuntu kuko umwana w'ahakana ibintu hakiri kare Kandi iki kintu kiradutsinda inshuro nyinshi
Hey Rose.dukumbuye hano Antoinette Nyiyongira
Yegoo
Abarokore ni abana beza tu!
Mbega mbega weeee
Rose, komeza uduhe amakuru usanga Abazungu bari barihereranye ubu TH-cam ikaba yariyemeje ko natwe twayabona. Usanga neza neza uko inyandiko zivuga bene izi nkuru z'iwacu muri Anthropos usanga neza neza ntacyahindutse.
Imana iguhe umugisha
Wagiriwe Ubuntu disiii. Uwo Mana ukunda iranamaufuhiraa
Mana natwe uduhe imbaraga zo kubana nawe❤
Ndanyuzwe niyinkuru nukuri pe kuko najye byambagaho kenshi
Nibwo bwambere ndebye ikiganiro cyawe ntasimbutse.,Ongeeerrraaa
Ndagaratse. Kugushimira. Aime. Ryose. Watowe. NIMANA. Ok. Ukwiye. Kuzazana. Numugabp wawe. Kuriys chanu. Mugahugura. Cyane. Abakobwa
Aimee weee ndagukunda chyane♥️♥️♥️🇩🇪🇩🇪🇩🇪
Urakoze cyaneee
Uyu mudamu ni mfura ,abakoze ubukwe kubera pressure yabandi baragowe,nabakoze ubukwe kubera impuhwe rwose nibyiza guhakana
Tumutegereje n'umugabo
Classmate Aimée ❤
Rose, usa neza gusumba iyo wiseze bimwe bitukura.
Aime uri storyteller mwiza rwose 🤣🤣
Rose mwazaduhaye Part 2 nabakunze cyane
Yego rata Imana iracyavuga pe nubwo abatubuzi bariho
Rose 🌹. Nkunda ukuntu useka ijwi rigasa nkiribuze🤦😂😂
my friend unyibukije uburyo twakuze batubwirako gukundana aricyaha 🙊🙊 gusomana byo byabaga ari nko gusubiza yesu kumusaraba😷😷
Byaraturinze disi😊
Hahahhhh ariko byaratureze sha byaduhaye inyifato
Gusomana ntibikwiye ku bantu b'Imana.Ibyo ni ukwiyanduza
Murikigihe biragoye kubona umukobwa wumutima nkuyu
Mbega abagore beza
Rose nuko utaziyanjye nu Mugabo wanjye itarenze cyaneeee tumaranye imyaka 11ans ariko nanubu na mateka nda❤byimazeyo
Rose aguhe ikiganiro uzatubwire Sha
Hhhhhhhhhh Aime Weeee😂😂😂😂Uzi kuzibara.
Ahwiiiiu😂rose ati aragukubita😂ibaze gusura umuntu ugakubitwa.ibyabarokore birashekeje.sha njye unkozeho twabonana😅
Buri rugo rugira uko rurera
Hari umwana ureba igitsure akamenya icyo uvuze,gukubitwa kwe nawe yasobanukiwe icyo yakoze
Ufite uwo mwana ndavuga mwuka wera afite uko agenda nuko ayoborwa rero yazize ko yashatse kwigenga kandi sibyabose hari abigenga bigakunda hari nabo bitakunda
@@cynthiamugwaneza1613ariko se urunva ibyo bintu aribyo koko,gukubitwa nabantu ngo n'Imana ivuze.kandi ntiyarari gusengana nabo.ibyo sibyo nihohoterwa.ubundi se iyo mana ituma kurwana nimana ki.njye unkozeho twabonana pe.
Mbega inkuru mana😂😂😂😂😂😂
22:01 ❤❤❤❤
Ndasetse peee
Ariko nyine nawe nuko wariwiryamiye kucyizere cy'isumbabyose ariko nawe ntabundi bwiza bwarigutuma wibona kumuntu Imana yaremye ngo nareba look ye!!!
KO wayunviye uziberaho nezaaa
Urarota koko!!!ingabire nziza!!!!
Nanje ndarota bigasohora.
Ariko ko muvuga byinshi mukarenza ubwo ibyo ningombwa kubitubwira?
Woooo kuraje múbyeyi
Apu uwo mushake view ikinyinya
Sha nanjye nkunda rose ariko kuberubwizabwe mbona ntamukwiriye
Rose se ni umukobwa?
Numugore @@cecileuwimana8149
Rosa wee ntuzongere gutereka imisatsi myinshi ,wogoshe neza ❤
Byose biramubera
Ikikiganiro ndagikunze
yg ntabwoturabacu nkotwigenge
Nabo mutabanye bari beza nuko batari abawe
Nyine bari kumuhemukir utar uwawe akenshi umwe muri mwe ahemukir undi
Umwiza kuri we nuwamutwaye
ATI bafate bose😂😂😂😂
Rose, wazatuzaniye iyo MANA cyangwa SATANI ivugana n'aba Bagore n'Abakobwa "bakijijwe" tukamenya iyo bituruka! Ushobora gushyiraho nk'irido Imana cga Satani ukabashyira inyuma y'irido kugird ngo tutayibona tugapfa, tukumva amajwi yabo gusa. Uwo MUGORE uzamumbarize uko byabaga bimeze AROTA BAMUFATA KU NGUFU!!!
Imana iravuga
Ubwo utangiye kubyibaza urihafi kuyimenya, Imana iravuga kandi iriho
Iyo Mana utazi,ni byiza ko uyibajijeho,iraje ikwiyereke.
Ndumiwe koko abaronkore murasetsa koko
Utwo tuntu two gusomana nitwo sawa kbsa😅😅😅😅😅😅
Nagi URI mubi hahhhhhh?
Rose nabakunze wowe na Aimee impa number ya Aimee kdi lmana ikomeze ibashyigikire muribyose nukuri.
Murakoze cyane
Niba yaragusomye Ata gusweye nikigwari .Yagombaga kugusoma agahita anakugarika kuburiri akaguhata amabya
😅😅😅 mbega comment
AIME MWIZA NIBYIZA
Hahhhhh 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 Ahwiiiiii 😂😂😂
Non ww ntavyowarikurondera utabiziga kumuhungu igih agutaye ucuhinyuka kwimibereho uyiziga kuri ww
None umusore akurambagiza umubwiye ko utari isugi hama Mukavana
Hakaza uyundi nawe ukabimubwira nawe ntimukomeze ese ?
Icyiza ni ukubiceceka, kuba utari isugi ni ikosa ntabwo Ari ishema kuburyo ubikubajije wese umugomba ibisobanuro gusa iyo uri isugi uba uri mu ntwari n’abakugira inama ngo ubigerageze ngo bo iwabo ntibaroga baba bagira ngo nawe ube mumubare wabananiwe kunesha iryo rari. Ariko ntukongere guha umusore ibisobanuro nkibyo ahubwo niba warihannye ujyumusubiza ko uri proud y’uwo uri we muri ako kanya. Thank you !
Asyigariwe esubundi urugo rwubakwa nubusugi uwakubwira ingorane amasugi zahuye nazo ubibazase aba arimanzi uzi gucibwa inyuma waragiye urizamasugi ntimubizi
😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅
Hhhh