Abanyita umugome ntibanzi||Mutesi Jolly yavuze ibintu bikomeye mu kiganiro cyihariye na Isimbi TV
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 16 ก.ย. 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Jolly igiti kigira imbuto ziryoha nicyo giterwa amabuye menshi! Just be u girl. Power.
Mfite uburenganzira nafunga iminwa yabakuvuga nabi pe. Gusa ntugabwe intege nabakuvuga uko utari kuko uri sobanukiwe cyane kd njye nkwigiraho byinshi cyane komera ukomeze abandi
Uyumwana wumukobwa mbona arumunyabwenge, ntungurwa na negative comments. Gusa courage Jolly Imana ikwagure mubyukora
Iriza Coco Impamvu ntayindi nuko igiti kiriho imbuto z'umumaro ziryoshye kandi zeze abana nicyo bateramo amabuye. Jolly Imana yibikiye ibihumbi bigukunda kandi abagukunda tugukundira the way you are kuko natwe uko turi ntitunyura bose. Courage kuko nubwo icyo giti bagiteramo amabuye bagitangira Kikirabya uturabo tumwe tugahunguka utundi tukuma nyuma hakazagira udusigara tukazaba imbuto still bagakomeza guteramo amabuye imbuto zimwe zigahanuka ziteze izindi zikangirika ark burya abanyarwanda baravuga ngo irizaba imbuto ntirirumba uko byamera kose icyo Imana yateguye ku buzima bwawe kizasohora
I do love you so much jolly no matter what and how l will continue love you keep it up your my metor
I like that kind of spirit. Courage Mukobwa wanjye.
Sabin, the first enamy in the society is the right person. Jolly is very brilliant, on her age with this kind of maturity she's future Leader. Her character is what world needs today.
Ntawe ushimisha rubanda ibyo wakora byose bazakuvuga, just be yourself my darling 👌 njye ndagufana.
i like this girl coz she is kind to her nation and she is working hard to accomplish her assignment and purpose. for those who don't like her, it is because you are opposite to rwanda's development and weak to achieve your goals
Ufite ubwenge n'intumbero, don't let people discourage you. Abakuvuga bose nabo bafite ama défaut ,nta muntu uri intungane. Aho kugirango tumuce intege , let us support her kuko yagera kure.
Yes let us be positive
Nukuri nkunda ibikorwa byawe ubikorana ubwenge cyane ariko icyampa Imana ikazakongorera kureka kwitukuza sha nabonye umuntu muri operation room bananiwe kumushona kubera umubiri wacikaga abaganga batangira kumukubita ikinya kyamushizemo arimo gusakuza byanteye ubwoba
Icyo mukundira ni uko agerageza kugeza aho ashoboye kutaba Nyamujyiyobigiye. Afite principles... Kudos, girl: you make me proudly feminist.
Jolly ndamukunda ibihe byose nkiriho urimwiza uvuga witonze ugira ubwenge ndakuzi twariganye
Niba koko yaritukuje ni Polopati ye not my polopati 😂😂. Mureka kuba Complitke
Kbsa😂
Hahhhhhhh kabsa pe
Sinkayo yose se sha , jye mbona aka kana kanacyeye rwose
Nibavuge akore😍😎😎😎
@@shsura1975 ntawumubuza nakore Cyanee gusa areke gushyiramo Gutera ubwoba abandi
Ariko abantu baba mu Rwanda barasekeje umuntu wese uje ugusanga umuzi utamuzi mwereke urukungo accueil umwana cg umuntu mukuru tout le monde à droit d'être bien acceuilli
Suko c?? Nibura nkunze comment yawe
Uyu mwana ari mu bantu nkurikira interview ye ikarinda irangira ntarambiwe ,numuhanga rwose ,keep it up mukobwa mwiza ,
jolly ndagukunda pe uri umukobwa wicyerekezo rwose abantu ntawababuza kuvuga ibyo bashaka pe ikibabaje nuko baguma bavuga bakagumpa aho bari bari komeza rwose imihigo .
Waturije abandi bana sha ko nae wabonye utorwa kd ukaba ugeze aho ugeze ago ubugome buzakumarira iki??ubu c waba wangwa nabantu buri wese yakwanga ko ndumva ntawukuvuga neza???isura yae nibyo ugezeho kubera imana wibyiboneshamo nabi
Umukobwa mwiza wumunyabwenge cyane Jolly nge mbona akwiye nko kuba Minister cg depite rwose. Uwiteka amushyigikire cyane
my beautiful mentor, ndagukunda,i love you so much ,sinzi uko nabivuga ndagukunda cyaaaaane.chr bihorere abakuvuga nabi bazakugarukira bagusabe imbabazi. uri umukobwa igihugu gikeneye.abakuvuga nabo bazagerageze bigeze aho ugeze.Imana iragukunda yakwihereye ubwenge.KOMEZA UTSINDE,ABAVUGA BAVUGE.Courage Dear Jolly
Mutesi ndagukunze kbsa I wish if I can get a lady like you dear, your not as such beautiful than others but I have liked your personality it's not your education background but there's someone to born interegente your soo amazing my sister, since 2016 I have been following you, I don't think that we will get another miss Rwanda like you sister, I wish you the best in your life bambe
Jolly naramufanaga cyane ariko nababajwe n'ukuntu yihinduye.Biriya nabyise kutigirira ikizere.Niba utakwemeza abantu utabanje gutwika uruhu rwawe ubwo wakwigisha barumuna bawe iki?confidence=0
Ibyo kuvuga ikinyanglo byo byataye agaciro rwose! We are proud of our mother tongue,"IKINYARWANDA".
Ese wabwiwe niki ko yitukuje
Ikinyanglo cyo uvuga nigiki
Ariko se abataragize amahirwe yo kuvukira mu rwanda no kuhakurira bazaceceke, kuberako hari abatazi indimi za mahanga ehh
Jyakuri IGIHE TV kuri february 27th 2016 urebeko batamukoresheje video irenga iminoto 20 avuga ikinyarwanda cyuzuye. Nubwiyemeze knd nicyongereza atagishoboye
Kuki abantu bamwe bagira ishyari ?uyu mukobwa afite ubwenge kdi arashoboye nina mwiza rwose. Ashobora no kuba umuyobozi mwiza. Love u Jolly sinkuzi kdi sindakubona amaso ku maso ariko nkunda ukuntu wifatira icyemezo ntawe unezeza rubanda courage mubyo ukora mukobwa mwiza.
Uko biri kose uyu mwana n'ubwo mumuca intege afite ubwenge n'ibitekerezo byiza. Ibindi ni amatiku. Mureke umwana yiterere imbere. Muve mu mashyari. Rata courage mama Imana igushyigikire.
That's my miss
@@richardsonkayumba287 njyewe aba miss bose ndabakunda bapfa kuba bakora ibyo biyemeje bagahagarara mu mwanya wabo neza Jolly uri icyitegererezo cy'ibyiza no matter what
Proud of Jolly
Njyewe icyo nasaba bazagukure muba ntu ba selection muba miss kuko ubazanya ubwiyemezi iyo ubajije umuntu 1 akagusubirisha inshuro 3 ibyobintu bintera umujinya
Keza Chantall bazagushyiremo chantal wee
Ahubwo bagize amahirwe kuba arimo !!
Rata uvugishije ukuri
mbambwije ukuri ko ntanundi mu miss wigeze ubaho murwanda umeze nka jolly, ni umukozi kand akunda igihugucye. komerezaho ibyo ukora nibyo bizakugira uwo ushaka kuba we.
I love ur personality..you have a noble character & hard working
umuhoziwabo marie Alice 😊😊
Which personality and noble character are you taling about ? Ibi ni ukugira ego ikabije igera ku rwego rwo kwereka abandi ko you do not care ubarenze uri hejuru yabo...Mu yandi magambo babyita kuba arrogant...Kuki wahisemo kuba public figure ukavugana isesemi imeze gutyo...Uzashake uzamanaging image yawe hanze ureke principe ngo ni gahunda zawe..
wajyaga kuguma mu rugo ntujye muri competition ya miss...Ni uko uvuga si ibya public figure..Who are u little girl? God is watching....Jya witonda turi mu isi ntacyo urusha abandi witonde...
Jolly I do really love your personality ,incredible work the way you serve our nation you really inspire me keep it up
Ibyo abantu bavuga byose rwose Jolly numuhanga kandi courage akomeze ntihakagire ikimuca intege kugeza igihe azagerera kundoto ziwe ntawashobora gushimisha ugushaka kwa buri muntu wese. Jolly turagushyigikiye rwose komeza utsinde
Gabanya kuvanga indimi
ibyose ni ibiki.......
M J urumukobwa ushoboye kandi uzi ubwenge Ibiganiro byawe birimo impanuro n'intanga rugero.courage gusabiye kuzabyara hungu n'a kombwa amahoro y' Imana umuremyi w'isi n'ijuru murikumwe akuzurize ibyishimo ibihe byose.uri umwari mwiza.nawe munyamakuru merci
Uyumukobwa azubwenge. Gusa azagerageze kuvuga Ikinyarwanda cyane yirinde kuvangamo indimi zamahanga mubiganiro byikinyarwanda.
yavukiye UGANDA so don't take it so serious
@@hamadharerimana8187 narahavukiye ariko simvaga indimi nubaha ikinyarwanda iyonganira kuko murwanda sibenshi bazi icyongereza, niyo mbuze ijambo ryikinyarwanda ndabaza uko barivuga kuburyo ngerageza umunyarwanda akanyumva neza
nick nid nanjye nahize secondary yose ariko simpfa kukivuga
Jolly ndagukunda kandi cyaneeeeee icyampa nkazakubona amaso kumaso nkubu nkakubona wansuye Manaweeeeeee ❤❤❤❤
Mwanga ukuri!jolly ntugasamare ubundi abavuga bavuge
Ngewe ndakumva nange nikomeze kugeza nubu.Nakuze ntakunda akavuyo.kandi rata umuntu agira uko yimereye gutandukanye nabandi.Kuko aho abantu benshi bari simpakunda!!
Jolly uracyari muto ariko mu maso amavuta ari kugusazisha imbura gihe , gabanya pe!
Jolly never change she been herself since day one up to now she is not a bad she really love respect and she don't like ignore I am glad she been my classmates for two years go young lady make it the way you feel like I named her mushiki wabo
Afite ubwenge KBS gusa gabanya
Mukorogo
Ntabwo bakuzi nshuti y'Imana wigeze kunyihera lift Ari ninjiro unkura mu town ungeza remera mu modoka yawe nziza
Baca umugani ngo l,homme de valeur est toujour l,objet de critique, kubumva français, uyu mukobwa udafite ubwenge niwe umunenga, afite ubwenge bubonwa nababufite, sindahura nawe mukobwa mwiza, ariko don't give up , urashoboye, ntuzite kumagambo yurucantege guma kumurongo wawe, komeza kuba uwo uriwe ntuzigere uba uwo abantu bashaka kuba we, isige uko ubishaka birakubera ntihazagire ugutokoreza ubwonko, imbere hawe niheza, wifitemo ubuyobozi kandi uzabugeraho.
Kbs Jolly numuhanga mubyukuri. Ureba kure kbs
Jolly rata courage nta misozi nta n'inyanja nta bihe byabuza umugambi w'Imana kuzura
iyo ndirimbo nyikunda kubiiiiiiii
@@carlosnyayo7223 me more
nimba bavugako abangamye kandi bikavugwa nabenshi nibyo navemo abandi babikore.
JYEWE, miss JOLLY simvuga kuguseka , cyagwa gusamala ,ALIKO kukiashobora KU manifests ko UMWANA w'umukombwa atazashobora , MBELE yigihe atalabazwa vraiment nanje MBA strict ALIKO APANA gufunga isura UMWANA atalabazwa ngo asubize , amenye ngo ta tsinzwe CYANGA ngo ta tsinzwe.
ESE HONORAMBLE LOUISE __ MUSHIKIWABO , AZA AHAHAMURA ABANTU , ATALUMVA IGITEKELEZO CY'UMUNTU? HINDUKA , LEKA KWIHAGARARAHO, ESE MISS JOJO NTUZ'U BONA KO WAMULENGANIJE , JOJO AKURUSHA N'UBWENGE PE ,NGIRANGO IMISUBILIZE YE NIYO YATUMYE UMUTINYA , KANDI NDI MUKURU WAWE , NTIWIBAZE MBYINSHI KU MA COMMANTAIRE NAKUVUZEHO .
Uyu mwana numunyabwenge pe, ibitekerezo bye birenze imyaka afite. I love you sweetheart
Sha n ukuri kuba mukorogo yaragukoroze canee nivyooo... Kandi pe à 30ans uzoba uraba. Ariko rero uyu jolie mubona aha. Azavamwo umuyobozi akomeye mu gihugu c urwanda. Kbra araciye ubwenge caneee. Mwavyanka Canke mwavyemera. Uyu mukobwa azogera kure. Honyene no mu kuvuga umengo avukana na nyakubahwa Paul kagame.
Huguette Niyonzima uvuze ukuri pe, kuko uyu mukobwa afite ubwenge bwagutse cyane.
Ma jolly you're really kind and Intelligent girl so I mean I really love you more nkunda nukuntu ugira ikinyabupfura ukagira nukuri😍😍😍😍😍 keep it up sweety
Ni mureke mumufitiye ishyali nta kindi mumuhora.
Numukobwa mwiza ysobanutse kdi ni objective.
Umenya aricyo mumuhora.
Mureke kuba inyanga birama banyarwanda bavandimwe.
I love your character mukobwa mwiza
Nkwanga kubi uba wumva ko buri miss wose adashoboye ari wowe ushoboye
Mfite amatsiko rwose akomeye cyanee yo kuzabona Imisazire yawee Imana izabimpee
you people need to let this gurl breath....everyone is on her neck for no reasons but whyyyyyy......she is a human being and she ain't going to be prefect no more just like any of us....
Chr, bajye bakureka nkurikira ibyo ukora nasanze ugira ukuri kwambaye ubusa ndakwikundira cyane nuko utabizi komeza akazi kawe turagushigikiye na kwigiyeho byishi cyane wazampa Number niba ntakugoye.
Belle et intelligente....be yourself Jolly!
Yewe kunezeza rubanda biragoye uvuga Français ngo ariyemera yavuga English ngo nibiki gihe uko yambaye ngo niki rara yewe biragoye kuneza rubanda courage mukobwa wanjye igihugu
Mutesi Jolly umubona Aratuje natangajwe nukuntu yanse JOSIANE MWISENEZA.arikwarishura akanama.akanavyerekana ntibimusaa
MUTABAZI Celeus, Josiane se ni Imana kuburyo agomba gukundwa na bose. n'Imana ntikundwa na bose nkanswe. Jolly akunda uwo ashaka ibyo ntibikwiye kuba urubanza.
@@yvonnekanzayire3882 inyishu nziza cane 👌👌
Ariko first lady na Louise mushikiwabo ntabwo bitukuje niba ubemera wagombye kuguma uri nature nkuko Imana yakuremye.
Ndagushyigikira ariko harigihe biba ngombwa kujya hagati. To make a better agreement for the best result.... Kugira confidence nibyo ariko kutumva ibitekerezo byabandi sibyo!!!!
Ufite icyanjyiro uzasenge imana igukureho icyangiro kuko ntibibahoko umuntu abantu bose bamwanga hakarura numwe ugucira akarurutega ngo ntawukurwa nabose ariko wowe wangwa nabose nubwambere nabonye umuntu abantu bose banga nikibazo uzasuzume impamvu
Narcissist niko mubona ntakunda kugirwa inama opinion ye niyikurikizwa ibindi ubundi hh
byahumiye kumirari umunsi yerekana ko adashaka jojo
Mujye Mu mibwira ajye avuga Mu kinyarwanda pe!!! Kuvanga indimi ntibigezweho
Nukur nkunda miss jolly pe,yatubereye intangarugero cyane,rero ndamukunda cyane
Ubaha buri wese kuko ntawe umenya aho bwira ageze !ejo ubu buzima urimo bwahinduka ukumirwa nkabandi bose, cg uzagukomokaho bikazamugiraho ingaruka , reka ubugome umenye ko umuntu ari umuntu
Jolly ukwiriye ubuyobozi Imana izagufashe uyobore nka Parliament y'u Rda kuko urashoboye mukobwa wacu
UWAMBAJIMANA ANTOINETTE ibitekerezo nkibi bituma tudatera imbere. Umuntu uyobora parliament agomba kuba yarize ataruko yatorewe kuba miss
Urebye commentaire ziraha ntani 10% yabona keretse yibye amatora
🙄 nimwatwarwa nuyo muzoba mugez ukur pe. Mwarets gutuka abantu bafis ubumenyi koko@!!@
Singleness has age limit
The truth is at a certain stage in life singleness becomes frustrating
Izo Vision ufise zuko umu candidate bamubaza ubunze mwitelefone ukazanzamuka uvuga "non" utumvise nivyo babajije umwana toka ufise regard yerekana ubugome bukurimwo
4 years ago 🤔 ahaaaa ...ntanduru ivugira ubusa koko kandi ngo uwububa abontwa nuhagaze nanjye ndikugenda mbyemera noneho!
Agahisha kazaza ngo ni ayaruguru ....
Arko abantu mwabaye mute haryango iyo umuntu atagiye aseka mumuhanda ubwo ngo numugome? Jolly njye ndahushyigikiye ba uwuriwe ntuzakore ukobashaka !
Tuzageza hehe ubujiji bwacu ,?!! Commentaires ziri négatifs zose zibanze ku bwiza bw'inyuma bwa Jolly ,mwirengagije ibikorwa akora , n'ubuhanga afite. ikirenze ibyo yiha agaciro ,ari Independent sinkabandi birirwa biyambika ubusa bishyira kuma social media.
Igitangaje nukuntu mushima abadafite icyo bajyeza kubanyarwanda ngo nibeza akaba aricyo mushingiraho ,byerekana ko miss Rwanda idafite agaciro ndetse ariyo kwiyerekana gusa ,kdi tubigiramo uruhare mugihe tuvuga nabi abafite ubumenyi ndetse babukoresha neza tugashyigikira abimbura mukoro birirwa biyambika ubusa en plus batajya bagira icyo bageza kubanyarwanda
Suko. Mbivuga
ha ha humura, igiti cyera imbuto nziza nicyo giterwa amabuye ! seul le imbecile ne change pas😏
Ndagukunda pe
Buri wese aba afite uko ateye namwe mumuvuga nabi mugiye ahagaragara umuntu ntiyabura icyo abanengaho
Njyewe mbona bamuhora ko areba kure kandi akaba ari strict!!! Gusa yenda yagerageza kudakomeretsa cyane. Ariko kuvugisha ukuli, gukurikira umutimanama we nibyo.....courage
ni amashyari
Ujye ubima amatwi wikomereze imilimo yawe wifitiye umubili meza urasa neza ahubwo jye nyibwirira utuvuta wisiga kuko urasa neza komera
Arasa nagaswi hhhh
Wao. Mbega umukobwa mwiza. Aciy ubweng. Nkaw nibo Tuba dushaka. Shishikara.
Yewe ndabona asigaje gucongesha amenyo pe
😂😂😂😂😂
Bitwayiki se afite ibyo atanga akayacongesha 🙄🙄🙄
Kuba mwiza iri mwiza kumubiri!ariko jya ugabanya kumwaza bagenzi bawe mugihe urimo ubabaza.kd ugaragazamo ubushizi bwisoni cn.haribenshi bakurusha gusaneza bakurusha nubushobozi bataje muba miss cg nababujemo kd bubaha bagatega amatwi ababagannye.gabanya kwishyira hejuru kuko byazanakugora nigihe uzubaka urugo
Murungi ingaaruka nziza ntibaho,habaho umusaruro mwiza kubyo wakoze, cyangwa ingaruka mbi
Amavuta widiga uzayarekeraho dore ari kukugira umusaza nako umukecuru aragenda akwanjyiriza uruhu mubusaza bwawe uzaba usa nabi
Rwose
Jolly 👍 ❤
the way i am understand for expression it meant that is your nature weather you laugh or not the results and consequensce is they must take it as it is.
kanyamagara abdallah is this English or which language is this????
@@uwimananadine7635 i used money tu bayi english just y the money i had maybe was not enafu 2 match the situations
kanyamagara abdallah 🤣🤣🤣🤣you’re funny.
@@uwimananadine7635 ´non c´est vrai et n´est pas facile.
Impavu bakugirira ishari nuko hari byinshi ubarusha.
Urinyampinga wibihe byose ntamu miss ufite mumutwe hafungutse cagwa wumunyabwenge kawe
True
Nta munyabwenge wiyanga,kwitukuza=kwiyanga,ubu abazungu barishyiraho amabuno cyane kuko biyanga ,bakanitera melanin ngo birabure kuko banga uruhu rw uruzungu rwabo,none nuyu ariyanga kuko yihinduye uruhu.umunyabwenge arikunda akiyemera uko Imana yamuremye,hari itandukaniro hagati y ubwenge n ubumenyi.
Uyu muminsi arashoboye uri mushikiwabo kabisa umeze nkawe%
Hano hari abantu banyamugiyobigiye .abamututse ninabo barikumushima hahhhhh muratsetsa kweli .mugemwiga kuguma kucyo mwavuze bizabafasha murugende Non ibe non.oui ibe oui
Olivia ibyo uvuze nukuri abanyarwanda kumugani wa karasira nindyarya mbi bajya iyo bigiye njye birambabaza nukuri
good attitudefor u.
Ariko mana 😂😂comments ziriha zirashekeje sinzi impamvu mwavuga ibyo byose kandi afite umurongo we ajyenderaho 🤗🤗
Mugihe umurongo ugenderaho ubangamiye abandi ntuhindura?
Umurongo wo kwitonyora se ubaho ntasoni
@@vincentmutaganda4246 rekada utekerezako c washimisha umuntu wese
I love you mutesi jolly ❤❤❤❤
HEY GUYS I HAVE REALIZED THAT ITS TRUE NOT TO JUDGE THE BOOK BY ITS COVER, JOLLY IBY A VUGA NI UKURI AHUBWO NTITAYE KUBINDIYABA AFITE NTAZI BEYOND THE INTERVIEW AND THE WAY I HEARD HER ANSWERS JOLY IS MY DAUGHTER FROM TODAY NKIMARA KUMVA INO INTERVIEW SINJYA MBOGAMA IN WHATEVER CASE NDAGUKUNZE CYANE BE YOURSELF ITS NOT EASY TO CONVINCE ALL PPLE IN ALL MEANS AS LONG AS PPLES VIEW WILL NOT BE UR VIEW ALWAYS AND NOT ALWAYS TRUE ALSO. BE NEUTRAL AND INDEPENDENT ALWAYS BUT ANYWAY HUMBLE YOURSELF BEFORE PPLE OTHERWISE BE URSELF. WE WERE CREATED IN UNIQUE MANNER. NIBA HARI UKO URI NIKO IMANA IZAGUKORESHA KANDI NI NABYO BIZAGIRA AKAMARO. SO PPLE DON'T JUDGE BEFORE MAKING CRITICAL ANALYSIS.
I simply love jolly. keep being who u are
jye MBA mbona mutesi Atari mwiza
Gusa araza gutoboka uruhu pe mumitsi araba yabaye Michael Jackson kambisa rekeraho kwitukuza pe birarenze
Hahahahahhaha ngo gutoboka uruhu
Ntubeshepee....sutoboka nugupfumuka🤣🤣🤣🤣🤣🤣 kashushe,nabipeee
Jackson bwaruburwayi sukwitukuza.
Kbx ntabwo ubeshye ntabwo anyuzwe nuruhurwe peee
Bareka komeza urigendo ntawuneza abantu uzakore ibyawe bigufitiye inyungu abantu bo bareke rwose nanjye nabavuyeho ubu nora ibyanjye
Uyumukobwa numunyabwenge cneeee mubakobwa bose nzi gusa a Bantu ikibashishikaje sukubona abantu bigirakamaro cg gukurikira ibifite akamaro barishakira zandaya nirirwambona barata kobaryoshye naho ibyomuvuga byokwitukuza bibateayiki harudafite umubiriwe azawukoreshe uko ashaka muvane amatiku aho
wow uvuze neza cyane uyu mwana azi ubwenge pee kwitukuza ntibitureba
richardson kayumba bakunda ba Strawbery🤣🤣🤣
president wowee ntanshingano ya guha muri gouvernement kuko ni wowe ubwawe ushaka kwiyerekana nkumunyabwenge, ikindi umuntu udakunze abanyarwanda barikumwe aho ntiyabagambanira?? sha uzabanze wiyumvemo igihugu cyawe, Nimwe twizera tukabaha imirimo muri government ejo mukakigambanira ngo yeeeeee
Ndumukunzi want bikomeye ariko muzampuze na jolly ndabinginze
Uravuga ko kwambara ubusa atarumuco nyarwanda !! Ko utavuga kubijyanye na Mukorogo niba byo arumuco nyarwanda?
Ese woweumushinja mukorogo umuzi asa ate?cg ushaka kuvuga ko nta munyarwandakazi w'inzobe ubaho!?Njye nifuza ko twajya dutanga ibitekerezo byubaka!Ni gute wakwisiga mukorogo no mu mutwe koko!!?Ntimukabereho gusenyana pour gusenyana
@@nyirarukundoceline5490 ntamafoto ye wabonye mbere yuko aba Miss? Akiri mubuzima busanzwe.
Yakoresheje mukorogo kdi mu Rwanda ni faux sana, naho mind yo ni sawa nk'uko bikwiye kuba biri kuko ni model
@@nyirarukundoceline5490 ark ni miss w' urwanda. Nuburenganzira bwacu kugira icyo tuvuga.
@Umulisa Josiane urashaka kuvuga ko mukorogo utayizi? Umubeshyi.com
You give good advice for all rwandan never give up
Sabin wakoze gutumira umukobwa wubwenge. Yavuga iki kuri avantages support bihabwa abakobwa bihawe nabahungu?
hhh niryambe somwe comments nkazimr izi ndabona jolly kandi azahinduk kuko ibibirabaj.ark yabyivugiy ngontiyakr abantu bose !!!!!! narumiw🔱🔱🔱🔱🔱
nkurunziza olivier sha ubanza aragatindi koko ibaze ukuntu avuze ngo mpitamo abo nkeneye kubana nabo,.
She’s smart chameleon she looks like Sophia Robot.🤔
Uyu mwana azi ubwenge cyane
Usibye ubugome
Aranasuzugura cyane
Twahuriye muri shop andebana agasuzuguro ukagirango aranzi😂
Gusa ibyo nibumureba
Cg mwahuje amaso ari kwirebera umugati muri etajeri ukeka ko ari wowe arimo kureba😕Yakureba nabi atakuzi se buriya?
Jolly is beautiful, serious, decision maker, ahubwo ikica abantu ni mindset kuko usanga abantu baramwishyizemo cyane. Naho gusuzugura Ntabwo ari umunyagasuzuguro.
@@ISIMBITV nanjye sinumva ko umuntu mutaziranye yakureba nabi !
@@3mtvdignite565 umuntu yirata ntibisaba kuba azinanyi nuwo agaya uyu namwanze muri miss yuyu mwaka warabonaga uko yirya kuri josiane
Ariko muri aba mbere pe!
Ngo mwahuye atakuzi akureba agasuzugure😳😳😳😳😳
Ntawe uneza Rubanda kbs...!
Yaramaze ndamwishuriye nubwo atangumye!
Umugabo ashora kuzayoborwa kakahava.
Kbsa
Azi ubwenge ariko iyo atitukuza
Ujye witukuza naw
Azi ubwenjye kandi ataraza mwaravugaga ngo ntakijyenda ark mwagiye muhagarara kukuri kwanyu
Uziko asa nkasofiya 🤣🤣🤣🤣
Sophia robotte😀😀😀😀😀uranyish pepepepepepe
Ahwiiii
Sofia se sumuhanga? hahahah
Jesuuuuuu
Ngaho igaragaze nawe turasanga usa na.....!!!!!!!
Ngo afite ubwenge?niyo wagira ubwenge ariko ukaba umwirasi ubantabwo ufite?umunyabwenge ntiyemera ubwengebwe yemerwa n,abandi
Hhhhhh,arko narumiwe mukorogo muvuga yayisiga atayisiga bibarebaho iki? Mwaretse umwana koko,kuki mubabazwa nibitabareba?
None se ko ajya kuri bose babireba nyine nawe nyine ibyo akora babivugira kuri bose babireba,ikindi umenyeko yamenyekanye ku bya miss yarangiza akihindura uruhu ubwo yahise abyica rero none kuki wagira ikibazo nibabivuga?vuga ibyawe n abandi baravuga ibyabo.
Ako gakobwa kariyemera sana ntimuzingera kugatumira, gafite mukorogo nyinshi
ase nkawe agutwaye iki koko? buri munu wese afite uko yumva agakora hanyuma kitwara rero nawe hari ibyo ukora abanu banga don't go around judging people!
Ariko abantu batinyuka gutuka Nyampinga ubwo rubanda rugufi mubatuka ibingana iki?
Karamaze shyeee
Uvuzukuri mama wowe niwowe gusa ujye ugerageze ikinyarwanda kugirango na batumva urworuzungu basobanukirwe wacu
M San
Iikibazo mwana usigaye utamenya niba uri white, black indian or Chinese, ariko umeze nka sister wa michael jackson