Ibimenyetso 20 Bigaragaza Umukobwa Uzavamo UMUGORE MWIZA
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 8 ก.พ. 2025
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Kagire inkuru mwana w'iwacu Nyamijos. Ndacyategereje ko utekana n'umutware. Ariko ubundi wazatumiye umwana w'iwacu Bamenya tukisecyera. Keep it up komeza wegere imbere
Haaaaa, urambwiye peee! Ariko nokubwirako hari umuntu agiye guhebwa kuva uyu musi. Urakoze cane. Wubahwe.
Rose turagukunda pe uvugisha ukuri ,ariko uzaze uvuga. Cane
Top 20quality 👌
Cousi ibyo n ibyingenzi kandi byadufasha nibindi bizagenda byiyongera kubyo watubanjirije urakoze cyne 🙏
🥳🥳🥳 uruwagaciro Rose🙏🏿
Urakoze Rose❤️ from🇧🇮
Thx Rose
Congratulations👍
Subizise ko ngukunda byindani urakoze numvise hafi ya byose mbyujuje.
Great Cyn rosa
Tuvugana
Muraho Rosa ndagukunda ushatse wampa number yawe
Ariko ukabije kuvuga gahoro gerageza wongere
Rose boo🥰♥️♥️
Urambara pe!
Murakoze cyane
Nawe urapfundikanya ntabyo uzi
Chr urakoze cyane ndumva rwose nanjye ndimo
Nyamara aba yagerageje pe ntawumenya byose.
Nibura yazanye ama idées ye, wowe se wazanye iki? ongeraho nawe ibyawe udusangize, ureke kugaya.
Wabireberaga iki? niba ubishoboye kumurusha bitwereke maze turebe ibyawe