ไม่สามารถเล่นวิดีโอนี้
ขออภัยในความไม่สะดวก
Umugore wanjye baramunyangishaga kubera ukuntu asa n'ibirenge bitambitse| Umugabo wanjye agira isuku
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 30 เม.ย. 2021
- #IMPUHWETV Shyigikira_Uyu_Murimo #Pst_Fanny_0788612604
___________________
WHATSUP GROUPS
____________________
Follow this link to join my WhatsApp group IMPUHWE TV RWANDA: chat.whatsapp.com/FvwaXQqMEMU...
_________________________
t.me/joinchat/pID8OBgGuXNhMzk0
Join Impuhwe TV Telegram group. 🤛🤛👆👆👆👆👆
Sereine
IMPUHWE TV is a channel with editorial line specialized in EVANGELISM, SOCIAL AND ECONOMIC DEVELOPMENT. Our Purpose is EDUCATION and ADVOCACY
if you like us subscribe and share our VIDEOS
Ahubwo se uyu mubyeyi Ninde mugore mwiza nkawe koko!? Mbega 🥰🥰🥰 mumpuze nawe rwose
Amen ! Ngo" Ibirenge byatambukaga bijya kuvuga ubutumwa " . Waooo ! Yesu, ngusabye umugabo uzakunda gutya 🤲
Nanje nukuri Imana twumve 🙏🙏🙏
Imana yumve gusaba kwanyu
Wamunya makuruwe ndagukunda ubazanya ubwenge
Imana izobaha abagabobeza mwebwe gusa mukomeze ukwizera
@@chany9950 Amen 🙏
Uri mwiza cane Mukozi w'Imana Pasteur Fanny, kandi muhesha Yesu icubahiro🙌🙌
😭😭😭😭😭yooooo ibirenge bitambika bijya kuvuga ubutumwa data wange 😍😍😍😍🙏🙏
Mana uzampe umugabo uzankundira ukondi 🤲
Nanje!
Sha watomboye umugabo rwose igisabune number 1
Mana we uzabakomereze urukumdo
Nkunze ijambo Ngo ibirenge byatambikaga bijya kuvugira Imana 🙏🙏🙏🙏
Yooo uyu mugore yesu yaramutwegeje maaana ehukuntu yamuhaye umugabo mwiza yesu aguhaye araguha ukumirwa pe pe pe
Ariko Njye ndabona arimwiza, afite n'iminwa myiza
Wow.uyumuryango nimwiza rwose.amasura bavuga ngo nimeza ngo ibikara sibyiza harya.rwose nuyumumama nimwiza
Uyu mudamu ni mwiza wa Mugabo we umugore mwiza umuntu amuhabwa n Imana
Uyu mugore Fanny nimwiza cyane imfura cyane
Fani nimwiza imana.ikomeze ibahe umugisha
C'est une belle dame pourtant...amaso ntabona kumwe . Muraberanye💕
Uyumama nimwizarwose cyaneko azi Imana
Ngaaho nukuri kose uyu mugore nimwiza birenze!! Reba iryo josi, umubiri mwiza, ahubwo ryari ishyari!!
Ryari ishari nukuri abantu mu gihe nkico bagira ishari cane.Ahubwo Yesu Ahe umugisha aba bantu baranezereje kandi baranezerewe.
Ni Natural cyane mu maso heza,iminwa, Amaso,intoki ububi babonaga ko ntabwo mbona!!!
Uyu mudamu Ndamukunze nimwiza numugabowe bafite urukundo bakunda imana
Uyu mupastor ndamukunda cyane
Muranejeje cyaneee Yesu abahe imigisha myinshii abakomereze urukundo
Pastor Fanny afite igikundiro cy'Imana, njye ndamukunda cyane. Imana imuhe umugisha n'umuryango we!
Nicya sympa
Paster Fanny afite umugabo mwiza nkuwanjye ariko na fanny nimwiza kandi turamukunda cyane
Ni ukuri umugabo we ni mwiza Kandi aratuje
Ndangukuze paste kubwoamangabo meza imana l guheumungisha
Imana ikomeze kubakoresha kumurimo womana turabakunda peee
Imana Disi ibakomereze urugo umugore arasa neza cyane afite ubwiza bwImana
Imana ibahe umugisha bambe kubwo kwizera.
Yego disi Gabriel ndamwibutse ku Nkurunziza muli lunch hour yarafite amavuta Imana ibakomeze
Praises to God
Imana ibahe umugisha. Ikiganiro kiryoshe cane kandi kinubaka.
Ahubwose ko mbona adasa nabi. Abantu bakunda bitandukanye ntihazagire ukubuza gukunda ugukunda
Ubuse ni mubi gute
Muri beza cyane
Fanny Yesu ashimwe, ndakwibutse mirama, nanjye ndacyakomeje ndagusuhuje numutware wawe.
Uyumugore nimwiza cyane gute arimubi egoko
Woowwww❤️❤️❤️❤️
Hiii iyi couple iraberanye pe...icya mbere bakunda Yesu ikindi ni beza cyane. Ngo uyu mu maman ni mubi ?? Uyu mu maman ni mwiza rwose. Ndamwikundira pe arimo Imana. Aratuje, c'est une femme très sage. Yesu abashyigikire.
Umusore winenaguza ntiyubaka vuba yubaka ashaje.ntamugore abamubi .Imana yarabahezagiye
Yaweeeeee! Wa mugabo we ngize icyo nkukundira! Kuba udakunda ideni!
Muribeza cyane
AMEN 🙏🏿🙏🏿
Umugore mubi nuwutubaha umugabo
Nukuri
I like this couple it makes me very happy and inspers me
Nukuri uyumuryango nimwiza rwose
natwe turàgukunda
Yooo uyumugabo asa napasiteri sharire womuradeperi
Ni mwiza rwose uyu Mubyeyi
Epiphanie nimwiza afite umugabo mwiza ukunda imana
Incwiiii family nziza cyane
God bless you pastor and family
Erega abantu bareba bitandukanye..uri mwiza Kandi uri Naturel
Abantu barachanga kbs beautiful 😍 lady😘❤
Beautiful couple❤️ Ni beza Rwose baranaberanye. Fanny ndamukunda numugore mwiza nkunda Ni imisatsi ye
Kabisa ari naturelle,ntavyo yihinduyeho,ngo yisige
Numudamu mwiza caane nukuri
Nkunda ukuntu wigirira natural
Ndabakunda umana ibampere umugisha ❤🙏🙏🙏🙏
Turagukunda caaane
Muraberanye
Ariko pasteur GAB jyuha ubutumwa madame wawe yoye gukosora lmana vernis kunzara amahera Ku matwi none se KO ari umupasteur ubuse yigisha abandi iki atari kubayobya inzira ariko urazi umugabo wawe akijijwe cane afite inyigisho ihembura imitima
Nyamara Fanny nimwiza, bose numugabo nibeza
Cyane ni beza barashimishije
Disi ubuhamya bwanyu biteye agahinda, muzatandukanwe nurupfu ndabasabye
Ubuhamya buraryoshye harimo amasomo meza. Muzatugezeho vuba Part 2 . Uwiteka ahabahe umugisha🙏❤️🙏
Madame uri mwiza.
Sha abavugaga ko Fanny ari mubi ubwo sinzi uko umwiza wabo asa. Fanny ni mwiza pe,gusa icyo munenga ni ugukora ikiganiro ahekenya shikarete ntibikwiye umubyeyi mwiza nkawe.
Uyu mudamu ni mwiza pe
Uwiteka ya ragutetesheje rata mama itetere mumaboko yuwiteka
Yemwee 🤔 ariko ndareba nakibazo afite Kandi igikuru nuko wamukunze
Yo
Ndabasetse !!!!!!!!
Arikwabantu ubwizabashyakaga. Nubwahe?kombona uyumudam asaneza.
Icyo mbakundira gusaba biza mbere yabyose! Ngo hatagira ushaka kunyoherereza agashiraho Fanny 😂😂😂😂
Impamvu bavugagako ari mubi nuko bamugereranyaga nawe, couplé iyo umugabo arusha umugore ubwiza biravugwa. Ubona bitana boneye, naho uwo mudamu rwose simubi nuko umurysha uburanga niyompamvu babivuga
Ariko ndabona ari umugore mwiza
Ni mwiza rwose asa na jeannette Museveni
Uge ubitibwira ahubwo nge narinkumbuye peee kandi ubyunveko ngukunda
Nimwiza umubyeyi njyew ndagukunze ufit igikar ciza urimwiza mam nukur
Ahubwo ndabona baberanyepe
Ahubwo se uyu mubyeyi ko ndeba ubwiza bumuzengurutse!!! Uri mwiza shenge! Njye nanagukunze!!
Ni ukuri ni mwiza cyane. Bose ni beza
@@SereineNziza Ubundi Umugabo w'umunyabigwi, inyuma ye haba iteka umugore mwiza w'umunyabigwi. Dore umugabo mwiza wakiriye umugore w' INGENO ryavuye ku Mana RUGABA NY'IR'UBUHAMBARE. Imana ibishimire Bakundwa!! Mukomeze mugire ibyishimo!!! IMPUHWE TV mwakoze cyane, nishimira kubona abashakanye buje URUKUNDO rw'IMANA
Nibyo ni ukuri
@@SereineNziza wowenawe nkukunda kubi wishyura naba fana bawe❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Afite sha umugabo mwiza naho atawubaho mubi
NDUMIWE NINASUBIRA KUVUGA NZOBA NTAZI KURABA
Uyu mugore wamukura he se ahubwo?
Ubwo bashakaga koburongora utujajwa ngo nuko dufite munda hato????
Hahahah😋😋😋
Uyu mudamu ariko ni namwiza nubwo yirabura.yirabura neza
Umu Mama mwiza gutya,ububi bwiwe burih kweri??
Uyumu dame nimwiza rwose sinzicyobamunengaga
Ni imfura ahubwo umugabo akomeze neza ntabazamutware
Nkunda umutwe n umusatsi by uyu mubyeyi👡👡
Uruzakomera ntirusaba amakamyo
Ko mutatwereka umu bébé none ?Turabakunda cane natwe Serene na Fanny ndabakunda muri abakozi bi Mana babahanga
0
Muri beza mwambaye ubwiza bw 'Imana pe ! Uwiteka ahore abakomeza
Birasanzwe akenshi abagabo beza barongora abagore babi
Uyu mugore koko hari ukuntu asa...agaragara nk' abagabo..ntabgo ukuntu asa aribyo dukunze kwita abagore beza muri rusange
Abagore beza mubyo wita rusange nuko ukurikira ibyabandi rusange bavuga
Uzerekane uwawe turebe ukwasa ushobora gushaka uwowita mwiza gahangayika kuruta uwashatse udafite isuranziza muvuga
Yihagazeho kandi yabanye nabakomeza ubuzima
Abayeka mutwe gusa
Beauty is in the eye of the beholder. If the husband finds her beautiful, that' s good and enough.
But in my view, she is not what i call a beautiful or attractive Rwandese woman. ( Just my opinion)
Ukwiyegukizwa kwo ijambo ryimana rivuga ko duda nishusho y'imana abobeza nabi ubunyene uvuze nkumuntu ari mubu bivuze kwo niyamuremye arimbi .ukwiye gukizwa
Wowe uko ureba ubiterwa nibyabandi bavuga
Ese umugore ubyaye inshuro 3, uragirango ase ate? Uko yasaga 10years ago ntabwo ariko asa. E.i. narinfite 63kg in 2011. Ubu nfite 110 kg na bana 3. Uko nasaga sikonsa. Ubwo bwiza bwabantarwandakazi : aho waba wibeshe cyane. Kuko rwandese dusigaye twerekwa mu ma tv na za miss rwanda nibo bacyeya cyaneeeeeeeeeeeee cyane kandi. Minority
Ubu se uyumudamu aracyabyara,jye ndabona ashaje da uyu mu type ashobora kuzajya yirira abana hanze 🤗
Kandi wumva bafite abana.barabyaye tayari
😏😏😏😏😏😏😏😏
Uvuze ukurikije aho amaso yawe agera areba ntawakurenganya. Uyu mugabo aranyunzwe n'umugore yashatse yabihamije ntampamvu yo kujya hanze.
Uribeshe caaaaane, abantu baja hanze usang bafise abo twita ngo nibeza,kuk batwaran par emotion, ariko uwo yamutway yabisengey kand yavyiyumviye
Egoko mana ahubwo se abana beza afite wowe uzababyara afite abana beza babahubgu bane ahari nubu afite uruhinja rwukwezi sha munjye muvuga muziga mwisi ntawutanyagirwa
Iyukoreye Imana ntacyo itagukorera mubarkiwe watumishi wa Mungu