Iyaba abagore Bose bakumvaga nta makimbirane yo mu muryango nyarwanda ya yandi atuma abana Bata ishuri cg umwe yica undi abana bajya mu muhanda ibi byacika burundu komerezaho Maman Migno nakunuze ikiganiro cyawe hari abagore ngiye kujya mfungura telephone mbumvishe iki kiganiro❤❤❤
Iyaba abagore Bose bakumvaga nta makimbirane yo mu muryango nyarwanda ya yandi atuma abana Bata ishuri cg umwe yica undi abana bajya mu muhanda ibi byacika burundu komerezaho Maman Migno nakunuze ikiganiro cyawe hari abagore ngiye kujya mfungura telephone mbumvishe iki kiganiro
Iyaba abagore Bose bakumvaga nta makimbirane yo mu muryango nyarwanda ya yandi atuma abana Bata ishuri cg umwe yica undi abana bajya mu muhanda ibi byacika burundu komerezaho Maman Migno nakunuze ikiganiro cyawe
Merci beaucoup Madame Mignonne.uri umudame w'iteka nimba ariko ubikora atari ibikino vyonyene
Uwiteka aguhezagire kumpanturo muduha.
Ndangunze
Ariko rero Mama Mignone,hari igihe uhura n'igihanda sha! Kwihangana bikanga pe😋😊😋😊😋😊
Madame urakoze caaane Imana iguhezagire😊
Nubwo abagabo watangiye uduheza(abagabo), ntanzoga itagira abavumbyi. Uravuga ukuri cyane, ariko n'abagabo bagomba kwihangana kuko numutwewurugo.
Bjr ndagukunze rwose madam mignone ahubwo niba aribishoboka wazashaka ahantu hazwi nabenshi wajya utangira ibyobiganiro byawe bikaba akagoroba kababyeyi ugatanga na canceling kubafite ibikomere byingo kubazikirimo ndetse ninyigisho kubakobwa bitegura kurushinga
Imana ikongerere gusa uradukanguye
Mama ndangunze cyane ahubwo natinze kumenya ibinganiro byawe❤❤❤
You're right, you're reason Madam. I adore you. Imana iguhe umugisha nawe
Murakozecane kwigisha abagorebose
Kuwangese arimo kukankuramo
Imana irakoze ikunyeretse ngo umpugure nubwo mbimenye nshaje ariko haracyari ibyiringiro, kandi Imaana iguhe umugisha mwinshi yagure impano zimpanuro muri wowe, utubereye umugisha rwose nawe habwa undiii
Murakoze muvyeyi mwiza wacu kudufasha no kudufashiriza aba dame neza bacu❤
Mbega,ikiganirocyiza,twebwe,abagore,uratubwiye,pe!dukuyemo ibyigisho,couragerwose,Kandi imanaiguhe,umugisha.😊😅
Incabwenge maman keshi bazanye nishakira nogutwara utwowavunikiye kuva urumwana gushima ugeze kwubaka😊
Vyiza cane murakoze kutwigisha ingen tuzotunganya ingo zacu❤❤❤
Umva amazina Maniriho Gaspard nyagatare marimba ndakwemeye kweri ahubwo ibaba byakunda ukabakorera ingando zaburimwaka
Mm Mignone ndagushimiye cyane,ibibintu uvuze wabikuye kumana rwose,
Iryo n'ivugabutumwa rikomeye,
Ngaho vuga nokubagabo nabo,
Imana izaguhemba rwose
Madame impanuro zawe ni Nziza caaaane kandi zirubaka imiryango. Urakwiye gushinga ikigo co guhanura Ingo. Félicitations mingi
Maman Mignonne mvuze kurimpano yurwanda namahanga naba mbeshye?
Murakoze kunyigisho zanyu nonese akubujije gukora kandi ntamwenda akugurira ntamavuta ubwo wabireka ?
Ugomba gukora kuko ntawamenya ejo n'ejobundi uko bizaba bimeze
Urakoze cyane haricyonkuyemo
Komerezaho mubyeyi wongerekd impuguro kuko ahantu heshi ntibacyuha dufashe rwose❤
Mama we, urakoze guha impanuro abagore, uravugisha ukuri udaciye ku ruhande. Iyaba abakobwa bagiye kurushinga bakurikiraga izi mpanuro zawe, bakubaka zigakomera.
Haje ibyo bita za care , ni nziza pe! Ariko hano hanze zasenye ingo. Abasore n'abagabo b'ibihehesi babigize business,umwuga, abagore ba bapfapfa rero barashukwa ngo babonye abazi gutanga care bakabasambanya.
Madame sinkuzi ariko ndakwemeye . Uragahora utanga impanuro ku bashiki bacu. Bravooo!
Merci maman
Ahubwo noneho utumye ngikurikira nshishikaye😅
Fatiraho rwose ntuzongere gucikwa. Nanjye ndakomeza mbashakire ibyiza
Madame mignone komera caneee turagushimiye
Urakoze cyane
Imana Iguhe Umugisha maman Mignonne
Murakoze kunyigisho mubandanye kunganira ingo
Nukuri Mama urakoze
Maman.minyo.gewehanondi ndagusaba.namba.yawe kugirango.ninzikigali.nzagushake.kukuganiraneza.kbs
Urakoze cane kumpanuro uduhay twebwe abadame
Kubwa Yezu na na Bikira Mariya urakoze mubyeyi Ab'Ijuru bakube hafi ukomeze kubakira ingo nyinshi ziri gusenyuka.Dukeneye ubutumwa bwawe pee!!
Urakoze kutwigisha mubyeyi
Imana iguhe umugisha
Iyaba abagore Bose bakumvaga nta makimbirane yo mu muryango nyarwanda ya yandi atuma abana Bata ishuri cg umwe yica undi abana bajya mu muhanda ibi byacika burundu komerezaho Maman Migno nakunuze ikiganiro cyawe hari abagore ngiye kujya mfungura telephone mbumvishe iki kiganiro❤❤❤
Imana iguhe umugisha rwose turashima
Ndagushimiye mama Imana iguhe umugisha
Courage Mma Mignone mwiza
Madam sha usa na so agyisaba nyoko pe.imana iguhe umugyisha.
Amen
Impuguro nziza rwose. Komeza utugire inama mubyeyi
Iyaba abagore Bose bakumvaga nta makimbirane yo mu muryango nyarwanda ya yandi atuma abana Bata ishuri cg umwe yica undi abana bajya mu muhanda ibi byacika burundu komerezaho Maman Migno nakunuze ikiganiro cyawe hari abagore ngiye kujya mfungura telephone mbumvishe iki kiganiro
Abagore bazengereje abagabo bo ni benshi kuko hari abaca abagabo babo I inyuma kandi bari kumwe mu kabari
Sha uri mwiza,ibyo itwigisha nibyiza byadutasha,maze kukubona byonyine byatuma jye mbyubahiriza uzampe agafoto kanyu by'umwihariko.
Murakoze inyigisho zubaka muhezagigw
Mama ndagushimiyecane kunyigisho mutanga muriki kiganiro ndagukurikiracane ndi mu burundi imana iguhe umugisha
komereza Aho M Minyone ndagukunze cyane
Murakoze cyane ndanyuzwepe
Merci Bcp.Uri umwigisha mwiza
th-cam.com/video/yeGZL9U37og/w-d-xo.htmlsi=k2JkycDDd-0o1LzT
Ahubwo umugabo amaze kubarera umugore arabigarura umugabo akitwimbwa ubundi agatunganirwa
Good 😊
Iyaba abagore Bose bakumvaga nta makimbirane yo mu muryango nyarwanda ya yandi atuma abana Bata ishuri cg umwe yica undi abana bajya mu muhanda ibi byacika burundu komerezaho Maman Migno nakunuze ikiganiro cyawe
Very good advise maama
Urakoze maman ndagukunda❤
Are weeee ibyobose SE ninde wabivamo gukora nkumukozi
Ngurikumuha care hanyuma usenabi ajyegushaka abasaneza
Imani guhumugisha uhuguraneza komerezaho
Sha njyewe byo nabonye guceceka no kwihangana kongeraho kubabarira bifasha ababyeyi murugo pe
Very good
Sha agahindamfite sinziko harundimugabo ugafite
Murakz kutwigish vyinshi bizima❤
Urumwarimu bye narifite ibitosti ariko mpisenkanguka icyicyiganiro nicyizarwose kubadamu umusimwiza Imana igukomeze
Ohhhh, wowe rata uratanga inama nziza.Komereza Aho.
Iki kiganirro tugihe abantu Bose dukunda bacyumve pe. Harimo inyigisho nyinshi Kandi zikomeye Kandi zikenewe cyane
Iki kiganiro ni cyiza Mubyeyi. Komereza aho ufashije Kandi wubakiye benshi.
Original
Bagire inama bave my bashuka bo muri bridal shower no mu bigare bagenderagamo. Ngo habuze care nkaho abagabo bo batayihabwa.😅😅
Utanga inama nziza zubaka ,ndakwemeye . Akazi ni ngombwa cyane niko gatuma tubaho.
Ndagushimiye cyane ku mpanuro utanze!uzatange n'impanuro ku bagabo!
th-cam.com/video/yeGZL9U37og/w-d-xo.htmlsi=2OqyoAyTR4xIdQ7O
Abagabo nabo hari icyo twaganireye
Uri umubyeyi mwiza, cyane nkunze impanuro zawe ,kandi uhaye benshi inama yubaka.
Izi mpuguro zirakenewe rwose,urakoze cyaneeeeeeee
Courage courage M Mignonne.
Komerezaho Mama Mignon
Vraiment ndanyuzwe maman
.Mama.mignone..iMana.ikomeze.kukwagurira.ubwenge.uzakiza.benshi
Nice one🎉
Mukomereze ago guhugura
Yego Mama Mignone,uradufasha pe!
Uranyubatse mubyeyi. Muze mwumve impuguro pe
Courage mm Mignonne
Murakoz cne🧎
Murakoze
Kibazo abagore mugira cyangiza cyane mukunda imiryango yanyu iyo musanze y umugabo mukayica mu rugo
Ibiganiro byawe ningirakamaro pe komereza aho
Iki kiganirro tugihe abantu Bose dukunda bacyumve pe. Harimo inyigisho nyinshi Kandi zikomeye
❤❤❤❤
Uwokumva Arumva uwo kurusenya azarwisenyera kubera ibyoyahisemo
Mama we imana imuhe umugisha
Unva inyigisho zanyu zatwubaka n'uko kamere zacu zidatuma tubyubahiriza.ubu hari abari kugituka ngo irate n'uko utashatse nk'urwo nashatse,n'uko wakoze,n'ibindi.....
Uyu mu dame aravuze ibintu bikomeye muvyumve mwaba kobwa mweee❤❤
Njye ndanyuzwe Kandi ndumvise.
Komeza uduhe impuguro
Mbega we turagukeneye kabisa.nubwo bamwe turi kumera imvi dukeneye ibi biganiro pe ibyo tutamenye ngo dukore ubu tugiye kwikosora kandi abatugwa muntege bumve pe bumve rwose
Hari n'abagore bohereza abayaya gusasa mu cyumba cyabo munyumvire ishyano ryaguye ibipfapfa gusa
th-cam.com/video/VcDUHwjndNQ/w-d-xo.htmlsi=dHqjG0Wduxcs0CJV
Kurikira iki kiganiro ☝️☝️
Ukora nk'uwasizwe amavuta , Kandi ukomerez'aho kuko ingo zirahanzwe
Vyiza cane muvyeyi hezagirwa
Ukwiye kumanuka ukigisha n' abatagera ku ikoranabuhanga uri umwarimu mwiza pe!
Urakozecyanepeee komezawbakirihugu
Iyo uvuze ngo irareba abadamu gusa utuma n’umugabo wari kwihitira atayinyuraho: that’s a good folozofiya to get more views 😂
Abagore atari bake biki gihe bahindutse IBISHEGABO.
Amahirwe yurugo rwiza ntayo nigezengira ahubwo mumfashe
❤❤❤❤
Twaragowe twebwe abagabo twabuze oyotujya goduhuge
Bera